U Rwanda ku mwanya wa kabiri muri Afurika mu kugira ubwisanzure mu bukungu #rwanda #RwOT

Written by

in

U Rwanda ruri ku mwanya wa Kabiri muri Afurika mu bihugu bifite ubwisanzure mu bukungu, aho muri raporo ya 2020 ya Economic Freedom Index rufite amanota 70.9, bituma ruba urwa kabiri muri Afurika na 33 ku Isi.

source https://igihe.com/ubukungu/article/u-rwanda-ku-mwanya-wa-kabiri-muri-afurika-mu-kugira-ubwisanzure-mu-bukungu

Comments

Leave a Reply

Your email address will not be published. Required fields are marked *