U Burusiya bwitakanye Minisitiri w’intebe w’u Butaliyani wavuze ko Putin yamwijeje gukora iperereza ku irogwa rya Navalny #rwanda #RwOT

Written by

in

U Burusiya bwahakanye ibiherutse kuvugwa na Misitiri w’Intebe w’u Butaliyani, Giuseppe Conte ko Perezida w’iki gihugu yamwijeje ko yiteguye gutangiza iperereza ku irogwa rya Alexei Navalny usanzwe utavugwa rumwe n’ubutegetsi bwe.

source https://igihe.com/amakuru/mu-mahanga/article/u-burusiya-bwitakanye-minisitiri-w-intebe-w-u-butaliyani-wavuze-ko-putin

Comments

Leave a Reply

Your email address will not be published. Required fields are marked *