Ibibazo bya ADEPR bikomeje kuba agatereranzamba: CA yiyambuye ububasha ishyiraho komisiyo ya baringa #rwanda #RwOT

Written by

in

Ibibazo bimaze iminsi bivugwa mu itorero ADEPR, birimo gucikamo ibice hagati ya Biro Nyobozi, guheza no kwirukana bamwe, gusesagura umutungo n’ibindi, byatuwe Inama y’Ubuyobozi (CA) y’iri torero ishyiraho komisiyo yo kubyigaho, gusa abakurikiranira hafi ibibera muri iri torero bemeza ko ari ‘baringa’.

Comments

Leave a Reply

Your email address will not be published. Required fields are marked *