Nta mwaka wirenga u Rwanda rudashyizwe ku ntonde z’ibihugu byubahiriza neza ihame ry’uburinganire ndetse bigaha amahirwe angana abagabo n’abagore yo kujya mu nzego z’igihugu zifata ibyemezo. Nubwo u Rwanda rusa n’urwamaze kwesa uyu muhigo mu nzego za leta mu z’abikorera ho birasa n’aho urugendo rukiri rurerure.
Leave a Reply