Uko wamenya umuntu ufite uburwayi bwo mu mutwe buzwi nka ‘Psychopathy’ #rwanda #RwOT

Written by

in

Ntabwo ari buri muntu ufite uburwayi bwo mu mutwe wiruka ku muhanda cyangwa ngo avuge ibiterekeranye, ibi bigatuma hari igihe bigorana gutahura ko umuntu afite uburwayi bwo mu mutwe kuko aba nta tandukaniro agaragaza mu bijyanye n’imyitwarire agaragaza hagati ye n’abandi.

Comments

Leave a Reply

Your email address will not be published. Required fields are marked *