Tag: news

  • Hello world! #rwanda #RwOT

    Welcome to WordPress. This is your first post. Edit or delete it, then start writing!

    source https://www.imbere.com/2020/08/07/hello-world/

  • Bugesera : Umwana we yandujwe SIDA ku myaka 4, aratabaza Perezida mu karengane yakorewe n’abarimo Umushinjacyaha Mukuru #rwanda #RwOT

    Mu 2002, nibwo umwana we w’umukobwa wari ufite imyaka ine y’amavuko icyo gihe yafashwe ku ngufu n’umugabo witwa Mukeragabiro Prudence wo mu Murenge wa Nyamata, amwanduza Sida.

    Mukeragabiro yaje kugezwa mu rukiko araburana aratsindwa ndetse mu 2009 akatirwa igifungo cya burundu, ariko mu mwaka ukurikiyeho wa 2010, Semutwa yaregeye indishyi aza gutsinda mu 2011.

    Semutwa avuga ko yatsindiye indishyi ya miliyoni 41Frw ariko kugeza ubu akaba atarahabwa iyo ndishyi [Yagombaga kuvunjwamo umugabane wa Rukeragabiro].

    Muri rusange abo mu muryango w’uyu mugabo wanduje Sida umwana wa Semutwa bari bemeye ko bazaha Semutwa ingurane y’ubutaka bungana na metero 50 kuri 80 [50/80], gusa ngo ibi ntabwo byakozwe ahubwo nyuma gato y’uko urubanza rusomwe bahise bafata bwa butaka babugurisha na Havugiyaremye Aimable.

    Mu kiganiro na UKWEZI, Semutwa yavuze ko nyuma yo gutegereza iyo ngurane akayibura yatangiye kwiruka mu buyobozi butandukanye, asaba kurangirizwa urubanza ariko akabura ubufasha haba mu buyobozi bw’Akarere, Minisiteri y’Ubutabera ndetse n’ahandi.

    Yakomeje agira ati “Inzego zose zizi ikibazo cyanjye. Kunsiragiza n’uburiganya nakorewe n’ubuyobozi nasabaga ko nabona undenganura, Nyakubahwa Perezida wa Repubulika mbonye umungezaho niwe wandenganura kuko abandi bo byaranze.”

    Umushinjacyaha Mukuru muri iki kibazo…..

    Semutwa avuga ko yagerageje kujya kugeza ikibazo cye ku Mukuru w’Igihugu ubwo yari yagiye I Nyanza mu 2015 ariko agezeyo asanga nta mwanya w’ibibazo uhari.

    Avuga ko icyo gihe abakozi bo muri Perezidansi bamwakiriye akabasobanurira ikibazo cye akanababwira ko isambu yagombaga guhabwa umwana we yaguzwe n’abarimo Havugiyaremye Aimable ari nawe Mushinjacyaha Mukuru muri iki gihe.

    Ati “Icyo gihe nababwiye ikibazo cyanjye noneho nyuma Havugiyaremye haje kumpamagara arambwira ngo noneho tugiye kuguha ingurane y’ubutaka bwawe.”

    Meya Mutabazi ati ‘Umwana genda umuhe igikoma’

    Semutwa avuga ko yasiragiye kenshi mu buyobozi ashakisha uwamufasha aza kugera ku rwego rwo gushya amaguru.

    Umwana we wandujwe Sida niwe umwitaho wenyine kuva icyo gihe kandi ngo ni ibintu bigoye nk’umwana uba akeneye kwitabwaho by’umwihariko.

    Ati “Ingaruka ni nyinshi. Uyu mwana byatangiye afite imyaka ine kugeza uyu munsi ninjye umwitaho njyenyine, hari indwara zatewe n’ibyo bibazo byose ninjye umwitaho mu gushaka ubuvuzi n’ibindi byinshi.”

    Semutwa avuga ko uyu mwana ari umunyeshuri mu Ntara y’Amajyepfo aho aba asabwa kuza gufata imiti kenshi aturutse ku ishuri akaza muri CHUK.

    Akomeza agira ati “Ntan’uwo naka itike ngo ayimpe ahubwo nigeze no kujya mu karere mbibwiye Meya Mutabazi numva igisubizo ampaya ari ukunkomeretsa ngo uwo mwana se ubundi anyoye igikoma yaba iki ? Noneho umuvugizi we arambwira ngo ese arakinywa akaruka ?”

    Semutwa avuga ko n’inzu abamo ubwayo yenda kumurwaho kubera ibibazo kandi ubuyobozi butamufasha cyane ko hari n’amafaranga y’inkunga yari agiye guhabwa ku murenge bamubwira ko asanzwe ahabwa inkunga ya FARG [nayo avuga ko ari ibihumbi 10Frw ahabwa ku kwezi].

    source http://www.ukwezi.rw/mu-rwanda/Amakuru-anyuranye/article/Bugesera-Umwana-we-yandujwe-SIDA-ku-myaka-4-aratabaza-Perezida-mu-karengane-yakorewe-n-abarimo-Umushinjacyaha-Mukuru

  • Noëlla Izere wihebeye injyana gakondo yakoze indirimbo isana imitima y’abacitse intege #rwanda #RwOT

    Uyu muhanzikazi umaze igihe gito mu muziki ariko by’umwihariko injyana gakondo avuga ko iyi ndirimbo yayikoze nyuma yo kubona ko mu mibereho ya buri munsi hari abantu bakora ariko bakabona ibintu byabo bitagenda neza nk’abandi.

    Mu kiganiro na UKWEZI yavuze ko indirimbo ‘Icyo uzaba’ yayikoze agamije gukomeza abari mu bibazo bitandukanye abereka ko iyo bakomeje gukotana bagera kuri ya ntego bari bafite.

    Ati “Hari abantu bihebye cyangwa se bacitse intege mubyo bakora ariko burya ikigaragaza intwari ni uko ihangana nabyo ikagera kuri ya ntego yari ifite mbere.”
    Noëlla Izere avuga ko yahisemo gukora injyana gakondo kugira ngo azibe icyuho kubera ko urubyiruko rutitabira cyane umuziki wa gakondo.

    Reba ikiganiro twagiranye na Noëlla Izere

    Kuri we asanga n’ubwo ashobora kuzakora izindi ndirimbo zitari gakondo ariko azagerageza gushyiramo wa umwihariko we wumvikanisha kuri buri wese ko ari umunyarwandakazi aho yaba ari hose.

    Yagize ati “Icyuho kugiti cyanjye nje kuziba ni icyo kugerageza guteza umuziki wa gakondo imbere cyane cyane ko urubyiruko rutitabira uyumuziki wa gakondo rero nkavuga ngo tutabungabunze gakondo mu minsi iri imbere wazasanga dufite ama ibisekuru bitagira gakondo.”

    Yakomeje agira ati “Nose se abana bacu bazigirahe ? Kuki ? Rero numva ariwo musanzu nshaka guha umuziki Nyarwanda ndetse n’umuziki wacu ugere kure hashoboka”

    Noëlla Izere amaze kugira indirimbo zo munjyana yagakondo ebyiri aho iyambere yasise ‘ibyisi’. Indirimboye shya ‘Icyo uzaba’ arapanga kuyikorere amashusho vuba bishoboka.

    Avugako ari gukora byinshi bishoboka ngo abe yasohora album ye ya mbere bidatinze.

    Noëlla Izere yakuze akunda kuzaba nka Kamaliza, Kayirebwa Cécile , Florida Uwera, Muyango, Rugamba ndetse akumva cyane n’abandi baririrmba umuziki wo hambere.

    Ubutumwa atanga by’umwihariko asaba urubyiruko gukunda ibyiwabo niba banatira batire ariko bongera mubyiwabo. Asoza asaba buriwese kumushyigikira mu bikorwa bye akora.

    Reba indirimbo nshya ya Noëlla Izere

    Reba ikiganiro twagiranye na Noëlla Izere

    Yanditswe na Kubananeza Willy Evode

    source http://www.ukwezi.rw/Imyidagaduro/article/Noella-Izere-wihebeye-injyana-gakondo-yakoze-indirimbo-isana-imitima-y-abacitse-intege

  • Umwaka urirenze rutahizamu Bertrand abazwe, yakomoje ku bubabare bukabije, ubwoba bwinshi yanyuzemo muri icyo gihe #rwanda #RwOT

    Ku munsi nk’uyu 2019 ni bwo rutahizamu w’Amavubi na Gasogi United yabazwe imvune yo ku kuguru kw’ibumoso, ibintu avuga ko yanyuze mu buribwe bukabije.

    Hari tariki ya 6 Kanama 2019, uyu mukinnyi ukina asatira anyuze ku mpande yakiniraga Mukura VS, yabagiwe mu bitaro byitiriwe Umwami Faisal.

    Mu kiganiro yagiranye n’ikinyamakuru ISIMBI, yavuze ko yari afite ubwoba bwinshi cyane kuko yumvaga atazakira ngo yongere gukina ruhago.

    Yagize ati“ntabwo byari byoroshye, nari mfite ubwoba bwinshi cyane numva birangiye, gukira bizangora, icyo gihe narababaye ariko bitari cyane kuko bambaze neza.”

    Yakomeje avuga ko nyuma yo kubagwa ari bwo yaciye mu bubabare bwinshi arimo gukora kine.

    Yagize ati“nababaye cyane ndigukora kine kwa Rutamu, niho numvaga ububabare bukaze, ariko ndashima Imana kuko nakize vuba, mu byumweru 3 nari maze gukira, ndashima Rutamu(umuganga w’ikipe y’igihugu) na Mukura banyitayeho bakamvuza nkakira.”

    Iradukunda Jean Bertrand yakiniye amakipe atandukanye hano mu Rwanda nka APR FC, Bugesera FC yavuyemo ajya muri Police FC, batandukanye 2018 yerekeza muri Mukura VS na yo yasojemo amasezerano muri uyu mwaka akaba yaramaze gusinyira Gasogi United.

    Ubwo yari amaze kubagwa muri King Faisal Hospital

    Zidane wa AS Kigali umwe mu bamusuye

    source http://isimbi.rw/siporo/article/umwaka-urirenze-rutahizamu-bertrand-abazwe-yakomoje-ku-bubabare-bukabije-ubwoba-bwinshi-yanyuzemo-muri-icyo-gihe

  • Samsung Breaks New Rules With Galaxy S20 Ultra 5G #rwanda #RwOT

    Covid-19 Pandemic will for the next decades cause comprehensive adjustments in the way life is experienced and this means drastic technological innovations for the new normal.

    Samsung has unveiled a very seductive and mystical phone it has called the Galaxy S20 Ultra 5G– it is a masterpiece of futuristic 5th generation lifestyle.

    This magnificent Mystic Bronze coloured Galaxy premium neutral tone has a satin texture that is as timeless as it is on trend.

    “It has three powerful cameras that keep you honing your craft,” Samsung said Wednesday as it seduced its loyal and potential customers.

    This gadget is the first to merge a pen with a phone, Note put a whole new world in your pocket. As we face a new normal, life demands a new kind of device. This is not a smartphone as you know it.

    “This is a computer suite in your pocket. This is next-level gaming on mobile. This is a pro-grade 8K camera and editing suite. This is the power phone that forever changes how you work and play,” the manufacturer boasts from its website.

    The wonders of the S-Pen- its operable distance extends approximately 10 meters from the device in open space. Control range may vary depending on surroundings and other factors.

    The manufacturer says the gadget has improved wireless charging speeds with Fast Wireless Charging 2.0 USB PD 3.0 (PPS) certified Fast Charging for wired charging (AFC and QC2.0 compatible) *WPC certified Wireless charging.

    Recording quality is improved with the High AOP Mic that minimizes distortion in noisy environments. AOP: Acoustic Overload Point.

    source https://taarifa.rw/samsung-breaks-new-rules-with-galaxy-s20-ultra-5g/

  • Ibintu ukwiye kumenya ku mukunzi wa Cristiano Ronaldo, se yafunzwe azira gucuruza cocaine #rwanda #RwOT

    Georgina Rodriguez w’imyaka 26, ni umukunzi w’umukinnyi w’umupira w’amaguru w’ikirangirire ku Isi, Cristiano Ronaldo ukinira Juventus yo mu Butaliyani akaba akomoka muri Portugal.

    Georgina Rodriguez ni umunyamideli ukomoka muri Spian y’amajyaruguru mu Mujyi Jaca utuwe n’abantu ibihumbi 13, ni hafi y’umupaka w’Ubufaransa, ibirometero 450 uvuye mu mujyi wa Madrid, nyina yari umunya-Espagne na ho se akaba ari umunya-Argentine.

    Hari ibintu bimwe byihariye ukwiye kumenya kuri uyu mukunzi wa Cristiano babyaranye umwana w’umukobwa, Alana Martina dos Santos Aveiro w’imyaka 2.

    Muri 2011 ni bwo nyina umubyara, Ana María Hernández yitabye Imana azize impanuka. Se Jorge Rodríguez yafunzwe imyaka 10 azira gucuruza ikiyobyabwenge cyo mu bwoko bwa Cocaine.

    Uyu mukobwa wavukiye mu muryango utari wifashije cyane, mbere yo kujya mu mideli yari umubyinnyi.

    Yakuze yumva azaba umubyinnyi ariko kuko ababyeyi batemwereye kwitabira ishuri ryigisha kubyina ahitamo kwibera umunyamideli nk’uko The Mirror ibitangaza.

    Mbere y’uko we n’umuryango we bimukira muri Bristol, England , yakoranga nk’umuseriveri mu kabairi mu gace bari batuyemo.

    Mbere y’uko ahura na Cristiano Ronaldo muri 2016, yakoraga mu iduka muri Espagne ahembwa amapawundi 250 ku cyumweru, yabaga mu nzu ifunganye.

    We na Cristiano bahuriye mu iduka rya Gucci aho yakoraga, nyuma bakomeje kugenda bavugana kugeza babaye abakunzi.

    Cristiano arusha Rodriguez imyaka 9. Rodriguez yavutse mu 1994 mu gihe Cristiano yavutse mu 1985, gusa aba bombi bavuga ko imyaka ari imibare ntacyo ivuze mu rukundo, icya mbere ni uko baba bakundana.

    Umukunzi wa Cristiano yanakoze mu kabari

    source http://isimbi.rw/siporo/ibintu-ukwiye-kumenya-ku-mukunzi-wa-cristiano-se-yafunzwe-azira-gucuruza-cocaine

  • Rwanda Launches Digital Platform To Allow International Bidders In Auctions #rwanda #RwOT

    The Ministry of Justice, in partnership with the Rwanda Development Board (RDB), today launched a digital bidding platform that is aimed at making the enforcement of orders efficient and transparent.

    The platform, accessible at https://cyamunara.gov.rw/auction/ will reduce the processes involved in the enforcement of orders and curtail malpractices occasioned by human interaction.

    Additionally, the platform will make it possible for potential bidders outside the country to participate in the auction exercise.

    Speaking at the launch, Johnston Busingye, Minister of Justice and Attorney General, said that the platform is a long-term solution to the challenges faced in the execution of enforcement of orders.“I would like to commend RDB and other partners for working closely with the Ministry of Justice to effect change in the execution of enforcement orders, from a manual to an electronic system that is in line with the Government’s vision of digitalizing all its services,” he said.

    Clare Akamanzi, the Chief Executive Officer of RDB, said that over the last 10 years, Rwanda has implemented focused reforms aimed at improving the doing business environment for the private sector to thrive.

    “Private sector contribution to the economic development of Rwanda is primary. We cannot talk about development without developing the private sector; activities such as this help the private sector to thrive in our economy.

    The net outcome of the electronic system is to improve the quality of auctions and recovery rate. We hope that this system will help banks and the private sector in general to thrive.”

    The new Registrar General instructions on Management, Lease, Auction, and Take-over of mortgages, in addition to electronic auctioning of collateral, also provide for a bid deposit to ensure that only genuine bidders participate in the auction.

    The instructions also provide for a possibility for the property owner to object to the price if it is less than 75% at the first and second rounds of auction.

    Read more of the instructions here: rdb.rw/wp-content/upl

    source https://taarifa.rw/rwanda-launches-digital-platform-to-allow-international-bidders-in-auctions/

  • Property Brokers Become Jobless As Rwanda Adopts Online Public Auction #rwanda #RwOT

    Rwandans on Wednesday begun online bidding for properties lined up for public auction bringing an end to age old cumbersome and emotional method that involved physical presence of bidders at the site of property.

    For any property available for auction valued at or above Rwf5million, interested bidders from wherever they are required to first deposit 5% of the price (reference price) as bid security. This is also refundable.

    This new system is aimed at preventing any form of manipulations, influence peddlers and various forms of corruption previously experienced in analogue public auctions.

    Martine Urujeni the Head of the Access to Justice Services in the Ministry of Justice explains that the new online method aims at weeding out ‘mafia rings’ formed by some brokers to distort prices and value.

    According to Urujeni, when a successful bidder pays the price within the time limits specified by law, he or she deducts the bid security from the price to be paid.

    The law provides that interested bidders enter offer prices through the electronic system where they are kept confidentially. Six hours before the auction hour, the prices are disclosed, again through the electronic system and also submitted by email to both the bailiff and each bidder.

    “This fee is deposited onto the bank account specified by the Ministry of Justice and is refunded if the bidder is not awarded the property in question within three working days,” Urujeni was quoted in an interview with a local publication.

    Meanwhile, Richard Kayibanda the Registrar General says, “It will be easier, faster and more transparent. The client can place their bid at any time and will be able to see the bidding results at the opening time, which will be communicated through email.”

    source https://taarifa.rw/property-brokers-become-jobless-as-rwanda-adopts-online-public-auction/