Abashoferi b’imodoka zitwara abagenzi mu buryo rusange (Taxi) bo mu karere ka Musanze, barinubira kuba baratangiye guhagarikwa gukora kuko batabonye imisoro y’ukwezi muri ibi bihe bya Coronavirus.
Kuva mu 2004, mu Rwanda habaye impinduramatwara mu itangazamakuru yatumye havuka radiyo nyinshi zigenga, televiziyo ndetse n’itangazamakuru rikorera kuri internet, bifasha abaturage kubona amahitamo menshi dore ko kuva mu 1961 bari bazi Radiyo Rwanda gusa.
Leta ya Vatican, icyicaro cya Kiliziya Gatolika ku Isi yiyemeje kubahiriza amasezerano ya Montreal yavugururiwe i Kigali mu 2016 agamije kurinda akayunguruzo k’izuba.
Kuva mu 2004, mu Rwanda habaye impinduramatwara mu itangazamakuru yatumye havuka radiyo nyinshi zigenga, televiziyo ndetse n’itangazamakuru rikorera kuri internet, bifasha abaturage kubona amahitamo menshi dore ko kuva mu 1961 bari bazi Radiyo Rwanda gusa.
Ubuyobozi bwa Rayon Sports bwatangaje ko bwamaze gusinyisha rutahizamu w’Umunya-Togo, Alex Harlley, akaba ari mwishywa wa Emmanuel Adebayor wabaye umukinnyi ukomeye i Burayi.
Dr. Habyarimana Deogratias, umwarimu muri Kaminuza y’u Rwanda no mu zindi zo Mu Rwanda no mu mahanga, yinjiye mu muziki nyuma y’igihe kinini yari amaze atanga amasomo ajyanye na muzika ari mu mujyo wa Kiliziya Gatolika.
Urukiko rw’Umuryango wa Afurika y’Iburasirazuba kuri uyu wa Kane tariki 18 Kamena rwatesheje agaciro ubusabe bw’Umunyarwanda wareze Urwego rushinzwe imirimo imwe n’imwe ifitiye igihugu akamaro (RURA), wavugaga ko yahagaritswe akanirukanwa ku kazi binyuranyije n’amategeko.
Simba SC iri ku mwanya wa mbere muri Shampiyona ya Tanzania ni yo ishobora kwegukana rutahizamu w’Umunya-Ghana, Michael Sarpong, uheruka kwirukanwa na Rayon Sports.
Abatuye ku kirwa cya Nkombo bavuga ko nubwo gahunda ya Guma mu rugo iri kubafasha kwirinda icyorezo cya Covid-19, yatumye babura uko bagera ku isoko kuko ntaryo bagira ku kirwa cyabo.