Umunyamabanga wungirije wa Leta Zunze Ubumwe za Amerika Ushinzwe Afurika, Tibor Nagy, yatangaje ko yagiranye ibiganiro na Ambasaderi w’u Rwanda muri icyo gihugu, Mathilde Mukantabana, byagarutse ku ifatwa rya Paul Rusesabagina, ukurikiranyweho ibyaha birimo iby’iterabwoba.
Mu nkengero z’ikiyaga cya Mugesera giherereye mu Murenge wa Rukumberi mu Karere ka Ngoma, habonetse imibiri 42 y’abatutsi bishwe muri Jenoside yakorewe abatutsi mu 1994, indi ibiri iboneka mu nkengero z’umugezi w’Akagera.
Isi yose kuri ubu yugarijwe n’ibibazo by’ubukungu byaturutse ku ngamba zafashwe zo guhangana n’icyorezo cya Coronavirus. Ni ibintu byasyubije inyuma ubukungu bwa buri umwe mu batuye iyi isi.
Abaturage batuye muri imwe mu midigudu yo mu Kagari ka Cyarwa mu Murenge wa Tumba ndetse n’igice kimwe cyo mu Murenge wa Mukura mu Karere ka Huye, bavuga ko bamaze igihe kigera ku mezi ane bavoma amazi kuri robinet arimo imyanda batazi aho ituruka.