Tag: featured
-
APR FC na AS Kigali zemerewe gutangira gukora imyitozo #Rwanda #RwOT via @kigalitoday #rwanda #RwOT
Tariki 23/09/2020 ni bwo ishyirahamwe ry’umupira w’amaguru mu Rwanda “FERWAFA” ryari ryandikiye Minisiteri ya siporo, risabira uburenganzira amakipe ya APR FC na AS Kigali ngo babe batangira imyitozo.
-
- APR Fc igiye gusubukura imyitozo
Minisiteri ya siporo kuri uyu munsi yamaze kubasubiza ibamenyesha ko bemerewe gutangira imyitozo ariko hakurikizwa amabwiriza yo kwirinda Coronavirus, ndetse inasaba FERWAFA gukurikirana ko byubahirizwa ndetse ikajya inatanga raporo buri byumweru bibiri muri MINISPORTS.
-
- Minisiteri ya Siporo APR FC na AS Kigali gutangira imyitozo
Ikipe ya APR FC izahagararira u Rwanda muri CAF Champions League, ikaba ari yo kipe yonyine kugeza ubu yamaze gupimisha abakinnyi bayo, mu gihe AS Kigali nayo iteganya kubikora muri iki cyumweru kugira ngo yemererwe gutangira imyitozo.
-
- AS Kigali yemerewe gusubukura imyitozo

-
-
Kwimikirwa i Paris ukayoborera muri Afurika: Ukuboko k’u Bufaransa muri Afurika nyuma y’ubwigenge #rwanda #RwOT
Françafrique ni ijambo ryahimbwe bwa mbere na François-Xavier Verschave, impirimbanyi ikomoka mu Bufaransa ari nawe washinze umuryango Survie ugamije kurwanya ruswa n’inzara mu bihugu biri mu nzira y’Amajyambere. -
Umukobwa wabyawe mu ibanga n’Umwami w’u Bubiligi yatsindiye uburenganzira bwo kwitwa Igikomangomakazi #rwanda #RwOT
Umukobwa wabyawe mu ibanga n’uwahoze ari Umwami w’u Bubiligi, Albert II, yatsindiye byemewe n’amategeko uburenganzira bwo kwitwa umwana w’Umwami w’u Bubiligi. -
Kiyovu Sports igiye kwerekana abatoza bashya #rwanda #RwOT
Kuri uyu wa Gatanu nibwo hamenyekana abatoza bashya bazakorana na Karekezi Olivier nk’Umutoza Mukuru wa Kiyovu Sports mu myaka ibiri iri imbere.source https://igihe.com/imikino/football/article/abatoza-bashya-ba-kiyovu-sports-barerekanwa
-
Gasabo: Igishushanyo mbonera gishya cyitezweho gukemura ikibazo cy’abatuye mu manegeka #rwanda #RwOT
Ikibazo cy’abaturage batuye mu manegeka ni kimwe mu byagiye biteza impungenge dore ko bishyira ubuzima bwabo mu kaga, gusa ngo kubahiriza ibigenwa n’igishushanyo mbonera gishya cy’Umujyi wa Kigali byitezweho kuba igisubizo kirambye ku kibazo cy’umubare munini w’abatuye mu manegeka bo mu Karere ka Gasabo. -
Carson, izina ry’umuntu urangwa no kugira amakenga #rwanda #RwOT
Izina Carson rikomoka mu Bwongereza aho risobanura “Umukirisitu”, iri zina rikunze kwitwa abahungu ndetse n’abakobwa. Riri ku mwanya wa 7422, mu mazina akunzwe cyane muri Leta Zunze Ubumwe za Amerika.source https://igihe.com/abantu/amazina/article/carson-izina-ry-umuntu-urangwa-no-kugira-amakenga
-
Ni iki cyatumye u Rwanda rutagera ku ntego yo kwihaza ku musaruro w’umuceri? #rwanda #RwOT
Mu 2008, Leta y’u Rwanda yatangije umushinga wo kuvugurura ubuhinzi mu gihugu, maze ishyiraho gahunda yo guhuza ubutaka bugahingwaho igihingwa kimwe, hagamijwe kuzamura umusaruro wacyo ndetse no gukurura ishoramari mu buhinzi, byose bigamije guteza imbere Abanyarwanda barenga miliyoni ebyiri bakora ubuhinzi nk’akazi kabo ka buri munsi.


