Blog

  • Pascaline arashaka umukunzi uzamufata neza.

    Nitwa Uwiduhaye Paccy (Pascaline) mfite imyaka 26 ndashaka umukunzi uzabasha kumfata neza akanyubaha. Ndifuza umusore witonda ucisha make udasaragurika kandi utanywa itabi ufite imyaka hagati ya 27-35 anyandikire inbox.

    Kumwandikira inbox Kanda Hano wiyandikishe mu bashaka umukunzi nurangiza kwiyandikisha Ukande hano maze nubona izina rye urikandeho uhite ukanda ahanditse “Message” maze umwoherereze ubutumwa. Niba waramaze kwiyandikisha mu bashaka umukunzi Kanda hano maze nubona izina rye urikandeho uhite ukanda ahanditse “Message” maze umwoherereze ubutumwa cyangwa ukande kuri Chat muganire mu ibanga rikomeye murebana imbonankubone ku ikoranabuhanga rya Webcam.

    source https://www.imbere.com/pascaline-arashaka-umukunzi-uzamufata-neza/

  • Umurundikazi witwa Rosette ufite ubwiza budasanzwe arifuza umusore w’umunyarwanda bakwikundanira.

    Nitwa Rosette Niyonizigira ndi Umurundikazi ntuye Bujumbura ariko mama wanjye ni umunyarwandakazi mfite imyaka 23. Ndashaka umusore w’umunyarwanda twakwikundanira tukibanira kuko niteguye kuza kuba mu Rwanda nkibanira n’umukunzi wanjye nizo ndoto zanjye. Umusore utarengeje imyaka 35 ufite akazi keza n’inzu witeguye gukora ubukwe anyandikire inbox twikundanire.

    Kumwandikira inbox Kanda Hano wiyandikishe mu bashaka umukunzi nurangiza kwiyandikisha Ukande hano maze nubona izina rye urikandeho uhite ukanda ahanditse “Message” maze umwoherereze ubutumwa. Niba waramaze kwiyandikisha mu bashaka umukunzi Kanda hano maze nubona izina rye urikandeho uhite ukanda ahanditse “Message” maze umwoherereze ubutumwa cyangwa ukande kuri Chat muganire mu ibanga rikomeye murebana imbonankubone ku ikoranabuhanga rya Webcam.

    source https://www.imbere.com/umurundikazi-witwa-rosette-ufite-ubwiza-budasanzwe-arifuza-umusore-wumunyarwanda-bakwikundanira/

  • Umukobwa uba muri France witwa Louise arifuza gukundana n’umusore w’umunyarwanda.

    Nitwa Kabanda Marie Louise mfite imyaka 31 ndi umunyarwandakazi ariko mba mu gihugu cy’Ubufaransa kuva muri 2007 niho ntuye ni naho nkorera nkaba ntuye mu majyaruguru y’icyo gihugu mu gace kitwa . Ndifuza gukundana n’umusore w’umunyarwanda cyangwa se umurundi utuye mu Bufaransa cyangwa se akaba atuye mu Rwanda ariko yakwemera kuza gutura inaha tukabana. Ibyagombwa n’ibindi yakenera kugira ngo aze inaha nabishaka. Ndifuza umusore ufite urukundo rw’ukuri tuzabana akaramata. Kuko sinifuza gushaka umuzungu bitewe n’uburyo iyo mushwanye gato ahita asaba divorce. Njye mu buzima bwanjye narahiye ko nzabana n’umugabo umwe tugatandukanwa n’urupfu. Uwo musore agomba kuba afite imyaka irenze 30 atarigeze abyara kandi byibuze yararangije kwiga kaminuza (A0) kuko njye mfite Masters. Anyandikire inbox nibwo musubiza vuba no kuri email ashobora kuhanyandikira ariko ho sinkunda kuyikoresha. Email yanjye ni [email protected]

    Kumwandikira inbox Kanda Hano wiyandikishe mu bashaka umukunzi nurangiza kwiyandikisha Ukande hano maze nubona izina rye urikandeho uhite ukanda ahanditse “Message” maze umwoherereze ubutumwa. Niba waramaze kwiyandikisha mu bashaka umukunzi Kanda hano maze nubona izina rye urikandeho uhite ukanda ahanditse “Message” maze umwoherereze ubutumwa cyangwa ukande kuri Chat muganire mu ibanga rikomeye murebana imbonankubone ku ikoranabuhanga rya Webcam.

    source https://www.imbere.com/umukobwa-uba-muri-france-witwa-louise-arifuza-gukundana-numusore-wumunyarwanda/

  • Asiya arashaka gukundana n’umusore ufite gahunda yo gukora ubukwe.

    Nitwa Asia Kalim, mfite imyaka 20 ntuye mu Biryogo nkaba mbana na mama kuko papa wanjye we sinigeze mumenya. Iyo ngerageje kuganiriza mama nkamubaza amazina ya papa cyangwa se aho aherereye, mama ahora ambwira ibintu bitandukanye, akambwira ko ari umwe mu bahinde baje gucuruza inaha mu myaka yaza 1999-2000 gusa ikigaragara nuko mu by’ukuri nawe ntamuzi ariko ngo akeka ko ari uwitwa Kalim. Mama wanjye ni umuntu uzi gukora ni umucuruzi ariko akunda kubaho ubuzima buhenze cyane, yego nibyo azi gukorera amafaranga ariko nawe uko ayakorera niko ayatagaguza bigatuma biba ngombwa ko yiyambaza abandi bagabo bakamuha andi mafaranga ninayo mpamvu mfite basaza banjye babiri nabo tutazi ba se. Kubaho muri ubwo buzima ntazi papa ntazi inkomoko yanjye bintera agahinda kenshi niyo mpamvu ntashaka ko abana banjye byazababaho. Aha hanze hari ibishuko byinshi nabashije kubyirinda mu myaka ishize ariko simpamyako mu myaka iri  imbere nzakomeza kubyirinda niyo mpamvu ngiye gushaka umugabo.

    Ni muri urwo rwo rero nifuza gukundana n’umuhungu ufite urukundo rw’ukuri niyo yaba adakize ntakibazo ibintu tuzabishakana kuko nanjye narangije amashuri yisumbuye ubwenge mfite nashakisha tugahuriza hamwe tukiteza imbere. Gusa akaba afite ubushobozi bwo gukora ubukwe kuko sinakwishyingira. Abe ari umusore uri mu kigero cy’imyaka 30 akunda gusenga, idini yaba asengamo ryose nta kibazo nzemera kurisezeraniramo.

    Nzamubera umwana mwiza sinzigera niyandarika kubwe cyangwa ngo musuzuguze, nzamukunda n’umutima wanjye wose, nzamwubaha mucire bugufi cyane, sinzigera musuzugura kandi sinzigera mubera umutwaro. Nzamukunda mubihe bibi nibyiza, twaba twariye cyangwa twaburaye sinzabura kumukunda, sinzigera mubabaza, nzagerageza kumushimisha ibishoboka byose, igihe azaba yababaye nzagerageza kumusetsa kuko nkunda guseka no gusetsa, Nzamubera ibyishimo, nzamubera umunezero mubihe byose. Ibi mbivuze mbikuye ku mutima kuko maze iminsi myinshi mbitekerezaho. Uwumva ari tayari anyandikire inbox.

    Kumwandikira inbox Kanda Hano wiyandikishe mu bashaka umukunzi nurangiza kwiyandikisha Ukande hano maze nubona izina rye urikandeho uhite ukanda ahanditse “Message” maze umwoherereze ubutumwa. Niba waramaze kwiyandikisha mu bashaka umukunzi Kanda hano maze nubona izina rye urikandeho uhite ukanda ahanditse “Message” maze umwoherereze ubutumwa cyangwa ukande kuri Chat muganire mu ibanga rikomeye murebana imbonankubone ku ikoranabuhanga rya Webcam.

    source https://www.imbere.com/asiya-arashaka-gukundana-numusore-ufite-gahunda-yo-gukora-ubukwe/

  • Umuhoza Anne arifuza gukundana n’umusore utazamubabaza

    Nitwa Umuhoza Anne Marie mfite imyaka 27 ndifuza gukundana n’umusore utazambabaza. Mwa basore mwe ndabizi muri mwe harimo abatajya bagira impuhwe, ndabingize mumbabarire rwose narababaye bihagije ntayandi marira y’urukundo nshaka kurira, unsaba urukundo abe afite gahunda, kuko urukundo ni rwiza ariko ntakintu kibabaza nkarwo. Njye mfite urukundo rw’ukuri ruzira uburyarya uwabona twahuza anyandikire inbox.

    Kumwandikira inbox Kanda Hano wiyandikishe mu bashaka umukunzi nurangiza kwiyandikisha Ukande hano maze nubona izina rye urikandeho uhite ukanda ahanditse “Message” maze umwoherereze ubutumwa. Niba waramaze kwiyandikisha mu bashaka umukunzi Kanda hano maze nubona izina rye urikandeho uhite ukanda ahanditse “Message” maze umwoherereze ubutumwa cyangwa ukande kuri Chat muganire mu ibanga rikomeye murebana imbonankubone ku ikoranabuhanga rya Webcam.

    source https://www.imbere.com/umuhoza-anne-arifuza-gukundana-numusore-utazamubabaza/

  • Nitwa Bebe mfite imyaka 23 ndifuza umukunzi.

    Nitwa Uwimbabazi Beline bakaba bakunda kunyita Bebe, ntuye mu karere ka Rubavu ndifuza umukunzi ufite gahunda twakundana nk’umwaka umwe gusa tugahita turibanira. Uwabona twahuza anyandikire inbox niho ibindi turi bubiganirire.

    Kumwandikira inbox Kanda Hano wiyandikishe mu bashaka umukunzi nurangiza kwiyandikisha Ukande hano maze nubona izina rye urikandeho uhite ukanda ahanditse “Message” maze umwoherereze ubutumwa. Niba waramaze kwiyandikisha mu bashaka umukunzi Kanda hano maze nubona izina rye urikandeho uhite ukanda ahanditse “Message” maze umwoherereze ubutumwa cyangwa ukande kuri Chat muganire mu ibanga rikomeye murebana imbonankubone ku ikoranabuhanga rya Webcam.

    source https://www.imbere.com/nitwa-bebe-mfite-imyaka-23-ndifuza-umukunzi/

  • Nitwa Clementine mfite akazi keza icyo mbura ni umugabo.

    Nitwa Clementine Mukamwezi, mfite imyaka 28, nkaba mfite akazi keza kanshimishije, urebye mu buzima ibintu umukobwa yakabaye yifuza ndabifite icyo mbura ni umugabo. Niyo mpamvu nshaka umusore dukundana byaba ngombwa akambera umugabo tukibanira. Ndashaka umusore utari umunebwe, ukunda akazi kandi ukunda abana, ufite imyaka 30-40 anyandikire inbox.

    Kumwandikira inbox Kanda Hano wiyandikishe mu bashaka umukunzi nurangiza kwiyandikisha Ukande hano maze nubona izina rye urikandeho uhite ukanda ahanditse “Message” maze umwoherereze ubutumwa. Niba waramaze kwiyandikisha mu bashaka umukunzi Kanda hano maze nubona izina rye urikandeho uhite ukanda ahanditse “Message” maze umwoherereze ubutumwa cyangwa ukande kuri Chat muganire mu ibanga rikomeye murebana imbonankubone ku ikoranabuhanga rya Webcam.

    source https://www.imbere.com/nitwa-clementine-mfite-akazi-keza-icyo-mbura-ni-umugabo/

  • Ndashaka umusore dukundana ugomba kuba yujuje ibi bikurikira:

    Nitwa Tuyizere Denise Dede mfite imyaka 20 narangije amashuri yisumbuye nkaba narize ibijyanye n’icungamutungo ndashaka umusore dukundana. Ubishaka arebe kuri profile yanjye ibyo nsaba nabona abyujuje anyandikire inbox.

    Kumwandikira inbox Kanda Hano wiyandikishe mu bashaka umukunzi nurangiza kwiyandikisha Ukande hano maze nubona izina rye urikandeho uhite ukanda ahanditse “Message” maze umwoherereze ubutumwa. Niba waramaze kwiyandikisha mu bashaka umukunzi Kanda hano maze nubona izina rye urikandeho uhite ukanda ahanditse “Message” maze umwoherereze ubutumwa cyangwa ukande kuri Chat muganire mu ibanga rikomeye murebana imbonankubone ku ikoranabuhanga rya Webcam.

    source https://www.imbere.com/ndashaka-umusore-dukundana-ugomba-kuba-yujuje-ibi-bikurikira/

  • Akamanzi Dorcas arifuza umusore bakundana.

    Nitwa Dorcas Akamanzi nkaba mfite imyaka 21 nkeneye umukunzi uwabona twahuza anyandikire inbox.

    Kumwandikira inbox Kanda Hano wiyandikishe mu bashaka umukunzi nurangiza kwiyandikisha Ukande hano maze nubona izina rye urikandeho uhite ukanda ahanditse “Message” maze umwoherereze ubutumwa. Niba waramaze kwiyandikisha mu bashaka umukunzi Kanda hano maze nubona izina rye urikandeho uhite ukanda ahanditse “Message” maze umwoherereze ubutumwa cyangwa ukande kuri Chat muganire mu ibanga rikomeye murebana imbonankubone ku ikoranabuhanga rya Webcam.

    source https://www.imbere.com/akamanzi-dorcas-arifuza-umusore-bakundana/

  • Ishimwe Sandrine arifuza gukundana n’umusore wakwemera kumusanga mu Bubirigi.

    Nitwa Ishimwe Sandrine Gaelle mfite imyaka 26 mba mu gihugu cy’Ububirigi mpamaze imyaka 6 narangije kwiga umwaka ushize ubu ndakora mfite akazi keza. Ndashaka gukundana n’umusore w’umunyarwanda wakwemera kuza akansanga hano tugafatanya gushaka ubuzima tugakora ubukwe tukabana tukabyara abahungu n’abakobwa. Ndifuza umusore ufite imyaka 26-30 witeguye kuza gutura inaha kandi afite impamyabushobozi ya kaminuza. Nzamufasha uko mbishoboye, ariko bitewe n’uko nanjye ntariyubaka neza aribwo nkitangira akazi, byaba byiza abashije kwibonera itike imuzana noneho njye nkamufasha ibindi byaba kumucumbukira no kumufasha kubona ibyangombwa. Niba wumva byashoboka unyandikire inbox cyangwa kuri email : [email protected]

    Kumwandikira inbox Kanda Hano wiyandikishe mu bashaka umukunzi nurangiza kwiyandikisha Ukande hano maze nubona izina rye urikandeho uhite ukanda ahanditse “Message” maze umwoherereze ubutumwa. Niba waramaze kwiyandikisha mu bashaka umukunzi Kanda hano maze nubona izina rye urikandeho uhite ukanda ahanditse “Message” maze umwoherereze ubutumwa cyangwa ukande kuri Chat muganire mu ibanga rikomeye murebana imbonankubone ku ikoranabuhanga rya Webcam.

    source https://www.imbere.com/ishimwe-sandrine-arifuza-gukundana-numusore-wakwemera-kumusanga-mu-bubirigi/