
Abanyarwanda 79 bari bamaze igihe bafungiwe muri gereza zitandukanye muri Uganda, barekuwe boherezwa mu Rwanda; mu gihe abandi 51 buzuza 130 Uganda yemeye kurekura bazagera mu gihugu ku wa Kabiri.

Abanyarwanda 79 bari bamaze igihe bafungiwe muri gereza zitandukanye muri Uganda, barekuwe boherezwa mu Rwanda; mu gihe abandi 51 buzuza 130 Uganda yemeye kurekura bazagera mu gihugu ku wa Kabiri.




1.Guhumekera hejuru
Umukobwa ushatse gukora imibonano mpuzabitsina iki ni ikimenyetso umusore bari kumwe ashobora guhita atahura. Iki kimenyetso nta mukobwa ushobora kugihisha kuko bikorekera imbere mu mubiri we. Uko bigenda umubiri we uba uri gukora ububobere bwinshi bigatuma ukenera oxygen nyinshi, bigatuma umutima we utera cyane akabahumekera hejuru.
2.Gutukura amaso
Umukobwa ufite ubushake burenze bwo gutera akabariro akenshi amaso ye aratukura kandi akazamo amarira wamureba ukabona yirebesha icyoroshye. (amaso yayateretse)
3.Gucika intege
Iyo umukobwa yafashwe aba yacitse intege kuburyo akenshi icyo umukoresha cyose agikora ni ukuvugango aho umujyanye ni ho ajya kabone n’ubwo yakabaye ari kubyanga ushobora kumva avuga ati oya ariko ukabona ari kubikora. Umukobwa acika intege iyo guhumekera hejuru bihagaze. Umubiri we urangije gukora ububobere.
4.Gutosa ikariso
Iyo yagize ubushake bwinshi usanga mu gitsina cye ububobere bwiyongereye ku rwego rwo hejuru kuburyo bigera no ku myenda y’imbere bikaba byagera aho bihinguka n’inyuma. Iyo umubiri umaze gukora ububobere ubwohereza mu gitsina kugira ngo busukure aho igitsina cy’umusore kiza kunyura niyo mpamvu ikariso ye ihita itoha.
5.Kugundira umusore
Umukobwa iyo mwaganiraga akagira ubushake bwo gukora imibanano mpuzabitsina aragusatira gahohora gahoro yagufata akagufata akagukomeza ku buryo ubona adashaka kukurekura.
6. Kukuryamaho
Iyo umukobwa afashe icyemezo cyo kukuryamaho utari usanzwe ubimuziho, wamusuzuma ukabona afite bimwe mu bimenyetso byavuzwe muri iyi nkuru nacyo kiba ari ikimenyetso cy’uko ashaka ko mukora imibonano mpuzabitsina.

Ikitonderwa: Umukobwa n’umusore bakoze imibonano mpuzabitsina baba banyuranyije n’amahame agenga umuryango mugari (society), abemerewe gukora imibonano mpuzabitsina ni umugabo n’umugore bashakanye. Umukobwa n’umusore iyo babikoze biba ari ubusambanyi hashingiwe kuri bibiliya, naho mu mategeko iyo umugore cyangwa umugabo bashatse bakoranye imibonano mpuzabitsina n’undi muntu nibwo byitwa ubusambanyi.
The mirror
Igihugu cy’Ubwongereza cyatangite gushyira mu bikorwa gahunda itegeka ko umuntu wese winjiyemuri iki gihugu aturutse hanze agomba kwishyira mu kato k’iminsi 14. Kuri uyu wa 08 Kamena 2020 nibwo iki gihugu cyatangiye gushyira mu bikorwa aya mabwiriza kubantu hafi ya bose binjiye bavuye hanze mu rwego rwo gukumira no kugabanya ikwirakwizwa rya Coronavirus.
Izi Ngamba zafashwe na Leta y’Ubwongereza, zanenzwe cyane n’abayobozi bo mukigo Cy’iby’indege zitwara abantu gicumbagira muri iki gihe. Bavuga ko iyo ngingo irenze urugero, kandi ko ishobora gutuma icyo kigo gitakaza imirimo ibihumbi n’ibihumbi.
Abongereza cyangwa abanyamahanga bazoba bagendereye Ubwongereza basabwa kubahiriza iyo ngingo y’ukwikumira mu gihe cy’imisi 14. Atari uko bazohanishwa ihazabu y’amadolari 1250 cyangwa se ngo bakurikiranwe n’amategeko.
Nkuko Ijwii ry’Amerika dukesha iyi nkuru ribitangaza, Hari abibaza igituma Ubwongereza, bwageramiwe n’ikiza c’umugera wa Corona kurusha ibindi bihugu vyo mu karere k’i Bulayi bukaba butangiye kudohora buhoro buhoro ingingo bwari bwafashe ku bijanye n’icyo kiza.
Munyaneza Theogene / intyoza.com
source http://www.intyoza.com/umuntu-wese-winjiye-mu-bwongereza-arimo-gushyirwa-mukato/
Nitwa Akayesu Marie Josee mfte imyaka 24 ndashaka gukundana n’umusore w’umunyamujyi usirimutse. Ntabwo nshaka babandi b’abastar b’ibikabyo bagenda bidunda, bambaye amaherena n’imisatsi isutse, oya ndashaka umusore w’umusirimu wiyubaha wambara neza ibintu bisirimutse. Ubyujuje anyandikire inbox
Kumwandikira inbox Kanda Hano wiyandikishe mu bashaka umukunzi nurangiza kwiyandikisha Ukande hano maze nubona izina rye urikandeho uhite ukanda ahanditse “Message” maze umwoherereze ubutumwa. Niba waramaze kwiyandikisha mu bashaka umukunzi Kanda hano maze nubona izina rye urikandeho uhite ukanda ahanditse “Message” maze umwoherereze ubutumwa cyangwa ukande kuri Chat muganire mu ibanga rikomeye murebana imbonankubone ku ikoranabuhanga rya Webcam.




source https://www.imbere.com/josee-arashaka-gukundana-numusore-wumusirimu/
Nitwa Ndayuzwe Laurence mfite imyaka 20 mu buzima bwanjye sinigeze nkundana sinzi n’uko bimera. Ndashaka umusore twinjirana mu rukundo rwanjye rwa mbere, umusore uzamenya kunyihanganira kandi akantwara buke. Abe atarangeje imyaka 27 anyandikire inbox.
Kumwandikira inbox Kanda Hano wiyandikishe mu bashaka umukunzi nurangiza kwiyandikisha Ukande hano maze nubona izina rye urikandeho uhite ukanda ahanditse “Message” maze umwoherereze ubutumwa. Niba waramaze kwiyandikisha mu bashaka umukunzi Kanda hano maze nubona izina rye urikandeho uhite ukanda ahanditse “Message” maze umwoherereze ubutumwa cyangwa ukande kuri Chat muganire mu ibanga rikomeye murebana imbonankubone ku ikoranabuhanga rya Webcam.

source https://www.imbere.com/laurence-arashaka-urukundo-rwe-rwa-mbere/
Nitwa Uwamahoro Pamela ariko banyita Mahoro nkaba nshaka umukunzi . Usome profle yanjye neza nubona ibyo nsaba byose ubyujuje unyandikire inbox niteguye kuguha urukundo rw’ukuri.
Kumwandikira inbox Kanda Hano wiyandikishe mu bashaka umukunzi nurangiza kwiyandikisha Ukande hano maze nubona izina rye urikandeho uhite ukanda ahanditse “Message” maze umwoherereze ubutumwa. Niba waramaze kwiyandikisha mu bashaka umukunzi Kanda hano maze nubona izina rye urikandeho uhite ukanda ahanditse “Message” maze umwoherereze ubutumwa cyangwa ukande kuri Chat muganire mu ibanga rikomeye murebana imbonankubone ku ikoranabuhanga rya Webcam.

source https://www.imbere.com/mahoro-pamela-arifuza-umukunzi-uhuye-nibyifuzo-bye/
Nitwa Iratuzi Melissa Teta nkaba nshaka umusore dukundana ufite gahunda yo gushinga urugo. Mfite imyaka 24 nkaba niteguye gukunda umugabo wanjye n’umutima wanjye wowe. Umukunzi wanjye agomba kuba atarengeje imyaka 40 kandi yiteguye gukora ubukwe. Njye mfite akazi keza ndetse n’amajyambere natangiye kuyagura. Ubishaka anyandikire inbox
Kumwandikira inbox Kanda Hano wiyandikishe mu bashaka umukunzi nurangiza kwiyandikisha Ukande hano maze nubona izina rye urikandeho uhite ukanda ahanditse “Message” maze umwoherereze ubutumwa. Niba waramaze kwiyandikisha mu bashaka umukunzi Kanda hano maze nubona izina rye urikandeho uhite ukanda ahanditse “Message” maze umwoherereze ubutumwa cyangwa ukande kuri Chat muganire mu ibanga rikomeye murebana imbonankubone ku ikoranabuhanga rya Webcam.





source https://www.imbere.com/iratuzi-melissa-akeneye-umukunzi-witeguye-gukora-ubukwe/
Nitwa Nashimwe Nicole mfite imyaka 20 nkaba nshaka umusore dukundana ufite urukundo rwinshi kuburyo azarumpa nkabura aho ndukwiza. Njye ndarufite kandi niteguye kurumuha. Nyandikira inbox
Kumwandikira inbox Kanda Hano wiyandikishe mu bashaka umukunzi nurangiza kwiyandikisha Ukande hano maze nubona izina rye urikandeho uhite ukanda ahanditse “Message” maze umwoherereze ubutumwa. Niba waramaze kwiyandikisha mu bashaka umukunzi Kanda hano maze nubona izina rye urikandeho uhite ukanda ahanditse “Message” maze umwoherereze ubutumwa cyangwa ukande kuri Chat muganire mu ibanga rikomeye murebana imbonankubone ku ikoranabuhanga rya Webcam.





source https://www.imbere.com/nicole-afite-imyaka-20-akaba-ashaka-umusore-bakundana/