Blog

  • Ubuhinde buri mu kababaro gakomeye kubera gufata ku ngufu umukecuru w' imyaka 86 y' amavuko #rwanda #RwOT

    Buri mwaka mu Buhinde habarurwa ibikorwa ibihumbi n'ibihumbi byo gufata abagore n'abakobwa ku ngufu, ariko bimwe muri byo biba birenze ibyo umuntu atekereza.

    Kimwe mu byihariye biheruka, ni aho polisi yo mu murwa mukuru Delhi yafashe umugabo uri mu kigero cy'imyaka 30 kubera gusambanya ku ngufu umukecuru w'imyaka 86.

    Swati Maliwal ukuriye Delhi Commission for Women yabwiye BBC ati: 'Kuwa mbere nimugoroba yari imbere y'iwe ategereje umugabo umuzanira amata ubwo undi mugabo yahamusanze.

    'Amubwira ko usanzwe amugemurira amata atari buze maze amusaba ko amujyana akamwereka aho yabona amata.'

    Uyu mukecuru yarandaye aramukurikira, amugeza hafi aho ahantu bororera amatungo amusambanya ku ngufu, nkuko Madamu Maliwal abivuga.

    Ati: 'Yaratakambye ngo amuveho, amubwira ko angana na nyirakuru. Ariko uwo mugabo akomeza kumugirira nabi nta mpuhwe, mu gihe undi yageragezaga kwirwanaho.'

    Abaturage batambukaga hafi aho bumvise umukecuru ataka baramutabara. Uwamukoreraga 'ibya mfura mbi' bamushyikiriza polisi.

    kuwa kabiri tariki 08 Nzeri 2020Madamu Maliwal yasuye uyu mukecuru wahohotewe iwe, avuga ko kumubona 'byari biteye agahinda'.

    Ati: 'Ushenguka umutima iyo akubwiye ibyo yakorewe. Afite ibikomere mu maso n'ahandi ku mubiri ndetse yambwiye ko byamuteye kuva amaraso mu gitsina. Afite ihungabana rikomeye cyane.'

    Madamu Maliwal yasabye ko uwamukoreye ibi ahanishwa urwo gupfa, avuga ko 'atari umuntu'.

    Ati: 'Ngiye kwandikira ushinzwe ubucamanza i Delhi na guverineri w'umujyi bihutishe ikirego cye kandi bamumanike mu mezi atandatu'.

    Mu Buhinde, gufata ku ngufu n'irindi hohotera rishingiye ku gitsina byagiye kumenyekana cyane kuva mu kwa 12/2012 ubwo umukobwa w'imyaka 23 wigaga ubuvuzi yafashwe ku ngufu n'abagabo benshi akanakubitwa cyane, mu modoka rusange itwara abantu iri kugenda muri Delhi.

    Yapfuye azize ibikomere hashize iminsi akorewe ibyo. Bane mu bamuhohoteye bahanishijwe urwo gupfa bicwa bamanitswe mu kwezi kwa gatatu uyu mwaka.

    Nubwo hashyizwe imbaraga mu gukurikirana bene ibi byaha mu Buhinde, umubare wabyo wakomeje kwiyongera muri icyo gihugu.

    Ikigo cya leta gikurikirana ibyaha kivuga ko polisi yabaruye ibirego 33,997 byo gufata ku ngufu mu mwaka wa 2018 gusa — imibare ivuze ko buri minota 15 hakorwa icyo cyaha.

    Impirimbanyi zamagana ibi byaha zivuga ko imibare nyakuri yabyo irenze cyane iyi izwi kuko hari ibyaha byinshi nk'ibi bikorwa ntibiregerwe.

    Kandi byose ntabwo bigera mu itangazamakuru — ibikoranywe ubugome bukabije n'ibyihariye cyane nibyo bivugwa mu binyamakuru.

    Uwo mukecuru yinginze uwamukoreraga 'ibya mfura mbi' ngo amureke kuko angana na nyirakuru ntiyamwumva

  • Wildebeest Migration Blocked In Maasai Mara #rwanda #RwOT

    An anonymous video has emerged showing a group of people believed to be workers of a tourist camp in the Maasai Mara forcing a herd of Wildebeests to change their centuries-old route after crossing the river.

    Between July and October the wildebeests set off in one of the most spectacular tourism scenes as they migrate from Maasai Mara to Serengeti parks. This migration attracts millions of tourists from across the world just to witness nature's wonders.

    According to reports from this wild side, the waters pressure apparently caused a stampede and an unknown number of animals are said to have died as a result. This is said to have pushed the nearby camp workers to re-direct the migrating wildebeests.

    Meanwhile, Kenya's Tourism Minister Najib Balala has demanded the removal of a tourist camp built next to the Mara River which is blocking the famous wildebeest crossing.

    'I have discussed with Narok Governor Samuel Tunai, about the camp built beside the Mara River, blocking the wildebeest crossing. It's very disturbing and we expect the Governor to take action and have the camp removed,' Balala said.

  • DRC: Appeal Hearing In Vital Kamerhe's Case Set For September 18th #rwanda #RwOT

    On September 18th next week, former strong chief of staff Vital Kamerhe and two co-accused will appear before judges for an appeal hearing at the Kinshasa Penitentiary Reeducation Centre (CPRK), formerly Makala central prison.

    Vital Kamerhe, Samih Jammal and Jeannot Muhima Ndole, all three convicted in this case, have been notified as to this.

    The all-powerful chief of staff of the head of state, Kamerhe, had lodged an appeal against the judgement of the Gombe tribunal de grande instance which sentenced him on June 20 to 20 years of hard labour for embezzling public funds.

    The Kinshasa / Gombe Court of Appeal had once again referred the case. The next hearing, which will be the fourth in the series, is set for September 18.

    However, Kamerhe is not in good health- he was evacuated to a health centre outside prison in the capital of the Democratic Republic of Congo. His personal assistant Michel Moto had mentioned blood pressure problems and contamination with Covid-19.

    According to his relatives, his condition has stabilised and in recent days he has had several exams. He However, in a rumour circulating on social media, it is claimed that Kamerhe is allegedly sneaked to a house belonging to his wife along Uganda avenue (avenue Ouganda) next to Joseph Kabila's house GLM.

    Republican guard soldiers who protect Joseph Kabila's house next door categorically refused the inspectors to come and leave Madame Amida because they know that Vital Kamerhe is inside.

  • Affaire Rusesabagina : Le Dossier dument instruit et transmis au Parquet Général de la République #rwanda #RwOT

    Le Parquet a immédiatement convoqué le présumé terroriste pour se faire signifier les crimes dont il est accusé. Au nombre de ces derniers, il y a le crime de terrorisme, de pillage et incendie de véhicules, de prise d’otages et de meurtres sur des populations civiles innocentes.

    Le Procureur lui a précisé que les crimes dont il est accusé ont été commis en juin 2018 à la lisière de la Forêt Nyungwe en District Nyamagabe et à Nyabimata du District Nyaruguru en Province du Sud par le mouvement armé FLN/Forces de Libération nationale placé sous sa haute direction car étant une aile armée de la Coalition MRCD/Mouvement Rwandais pour le changement Démocratique.

    Le Parquet Général dispose de cinq jours pour faire comparaître devant le juge le Présumé criminel pour le début des débats.
    Les autorités judiciaires rwandaises réfutent toujours l’idée largement répandue dans les réseaux sociaux selon laquelle le détenu aurait été kidnappé. Outre elles, une large opinion publique se rallie à cette hypothèse du retour volontaire de M. Paul Rusesabagina surtout qu’un prêtre-politicien Thomas Nahimana résidant en France avait fait la coqueluche des médias en ligne avec ses déclarations de vacance du pouvoir. Il avait donné le Président rwandais Paul Kagame pour mort. Et cette idée ne le quitte pas même actuellement.

    Contrairement à la thèse de sa famille qui affirme son kidnapping espérant ainsi user de l’influence de la Communauté internationale pour faire libérer le détenu brandissant dans les débats le vice de procédure dans son arrestation, l’opinion publique locale trouve potable le fait que le politicien aurait voulu vérifier de lui-même la thèse de la vacance de poste présidentiel.

    Au cas où la thèse familiale prévalait, la justice rwandaise gardera toujours le droit de poursuite d’un terroriste qui, non seulement, trouble délibérément l’ordre public du capitalisme rwandais dynamique mais aussi et surtout, il a ciblé les honnêtes citoyens à qui il a ôté la vie.

    Le terrorisme étant un crime impardonnable de nos jours, il sera difficile au nombreux conseil de l’accusé de brandir l’idée du Kidnapping de son client au moment où il aura tué quelques dizaines de cibles civils et non, jamais, militaires.

    IGIHE
    http://dlvr.it/RgJwHK

  • Rwamagana_ Kigabiro: Umugore yangije igitsina cy' umugabo we mu gihe atamumara ipfa mu gutera akabariro #rwanda #RwOT

    Umugore wo mu Murenge wa Kigabiro mu Karere ka Rwamagana yakomerekeje igitsina cy'umugabo we, amushinja kutamuhaza iyo bageze mu buriri, kugeza ubwo yatangiye kujya amuca inyuma.

    Byabaye mu ijoro ryakeye kuri uyu wa Gatatu, mu Mudugudu wa Bigabiro, mu Kagari ka Cyanya. Umugabo avuga ko umugore we yamukomerekeje akoresheje amenyo.

    Umukobwa wo muri uru rugo yabwiye IGIHE dukesha iyi nkuru ko byatangiye nyina acyurira Se ko nta kindi ashoboye uretse guhaha bakarya, agera aho atangira no kumwerurira ko amuca inyuma kuko ntacyo yishoboreye.

    Ati 'Ikosa riri kuri mama, afite ingeso zo guca inyuma ya papa akajya mu bandi bagabo, nijoro yatangiye abwira papa ko azajya ajya gusambana n'uwo musambane we, ngo naza hano papa amuhahire arye, ngo kuko ntakindi ashoboye.'

    Uyu mugabo wakomerekejwe igitsina n'umugore we yavuze ko batangiye gushyamirana bavuye kunywa inzoga, bageze mu rugo atangira kumwibutsa ko amuca inyuma.

    Ati 'Twatonganye cyane tugeze aho turarwana ipantalo nari nambaye imvamo, ikimanuka yahise asingira igitsina cyanjye sinzi uko yakigize, mu gihe badukijije nisanze mvirirana, abana banjye bahise banjyana kwa muganga barampfuka, ngaruka mu rugo mu ijoro cyane.'

    Uyu mugabo yavuze ko atafungisha umugore we kuko bafitanye abana benshi bagikenewe kurerwa, kuko babyaranye abana barindwi kandi bose bakiri bato.

    Yavuze ko ibyo kumuca inyuma n'undi mugabo asa n'uwabyakiriye kuko bimaze igihe kinini, ariko ngo aho bimuterera ikibazo ni uko umugore we amuca inyuma akanabyigamba imbere ye n'abana bumva.

    Umukobwa w'aba babyeyi yasabye ubuyobozi gushaka uburyo nyina bamujyana ahantu akigishwa indangagaciro, ku buryo areka ingeso mbi kuko nk'abana zitabubahisha.

    Amakuru aturuka mu baturanyi babo ni uko mu gitondo bagiye kubunga umugore akabyanga, akigira gucuruza kuko ibyo yakoze abona nta kosa ririmo.

    Inkuru ya IGIHE

  • Umusore yahuye n' uruva gusenya aho inzoka y' inkazi yamuriye igitsina ubwo yicaraga ku musarane #rwanda #RwOT

    Umusore w'imyaka 18 muri Tayirandi habuze gato ngo atakaze urugingo rwe ubwo yakoreshaga umusarani wo munzu.

    Siraphop Masukarat yahise ajyanwa kwa muganga vuba na bwangu, nyuma y'uko inzoka isohotse mu gikono cy'umusarani ikamuruma ku gitsina 

    Uyu musore yagiye kumva yumva uburibwe bukomeye bw'ikintu kimufashe igitsina ubwo yari yicaye ku musarane, mu guhaguruka asimbukiye hejuru yabonye inzoka nini imurekuye isubira mu gikono cy'umusarana, niko igitsina cye amaraso yari yatangiye gutonyanga.

    Ikinyamakuru Naija News dukesha iyi nkuru, kivuga ko ibi byabereye ahitwa Nonthaburi hagati muri Thailand mu birometero 13 werekeza mu Majyaruguru ya Bangkok.

    Mama wa Masukarat yagize ubwo bukomeye buvanze n'agahinda nyuma yo kubona ibibaye ku muhungu we, yahise ahamagara imbangukiragutabara bihutana umwana we ku bitaro bya Bang Yai biri hafi aho kugira ngo bite ku bumara bw'inzoka n'igitsina cye cyaviriranaga kubera ko cyakomerekejwe n'amanyo y'inzoka.


    Masukarat ati:' Nakoreshaga umusarane, bintunguye nagiye kumva, numva uburibwe nk'unjombye urushinge ku gitsina, nasimbukiye hejuru, ndebye mbona inzoka inagana aho nari nicaye, amaraso yavaga agwa hose, ndizera ko igitsina cyanjye gishobora koroherwa'

    Nyuma abashinzwe inyamaswa baje mu nzu bafata inzoka bayishyira mu mumufuka mbere y'uko bayirekurira mu ishyamba ikagendera! Ahari utekereje ko wowe itakugendana!!!

    Sutapath ariwe nyir'urugo, avuga ko akibaza ukuntu iyi nzoka yageze mu nzu yabo kugeza igeze mu bwiherero batayibonye. Ati:' Sinzi uko inzoka yinjiye mu rugo rwanjye, byashoboka ko yanyuze mu myobo ihuza umusarane'

    'Nziko inzoka yababaje umuhungu wanjye ariko nizeyeko ari bukire, azahorana ubwoba bwo kujya mu musarane, ndashima abakorerabushake bafashe inzoka'

  • Rubavu:Lancement du projet de prévention des grossesses non désirées chez les adolescentes par le sport #rwanda #RwOT

    Ce projet de deux ans, financé par l’Association internationale des Maires francophones (AIMF) et le District de Rubavu , a pour finalité d’aider à réduire les grossesses précoces non désirées et améliorer le bien-être, l’inclusion sociale des mères adolescentes, en sensibilisant la communauté et rendant accessibles les soins maternels, reproductifs et sexuels.

    Aurole Bana Sinzi le la coordinatrice de l’Association des femmes sportives de Kigali (AKWOS) a demandé au secrétaire exécutif de secteur Rubavu de collaborer pour que le tournoi commence en janvier 2021.

    “Les travaux débuteront ce mois-ci par une étude de la situation dans la région Je voudrais encourager les secrétaires exécutifs de secteurs à collaborer pour que nous commencions en octobre prochain avec la formation des équipes qui participeront au tournoi en janvier. Et nous allons devoir nous réunir en février 2021 pour l’évaluation de mi-parcours’.’

    Ruhamyamyambuga Olivier le secretaire execurif du district de Rubavu a chaleureusement encourage tous les intervenants dans le projet à travailler ensemble, en communiquant et respectant les mesures de prévention du covid 19.

    “Au nom du district de Rubavu, je tiens à remercier ce projet car le projet contribuera au développement du bien-être social de notre district et le pays en general,mais je veux vous informer de tout ce dont nous avons besoin pour participer a ce projet”.

    Mwongereza Clement president du Forum de développement et d’action conjointe (JADF) rassemblant toutes les organisations non gouvernementales et églises prestant dans le District Rubavu, a garanti la collaboration de ses associations- membres a ce projet.

    '’c’est une force supplémentaire nous garantissons notre collaboration car JADF nous demanderions que les établissements de santé soient dotés de personnel compétent en particulier la maternité et le choix de la personne formée doit être pris au sérieux pour que la personne formée soit utile à la population”

    Félicité Rwemarika, Fondatrice, présidente et représentante légale de l’Association des femmes sportives de Kigali (AKWOS),Prix de la Femme Francophone 2018, a, dans son intervention, remercie tous les partenaires pour leurs efforts déployés pour l’educatin au bien-être de la jeunesse faite de futurs dirigeants du pays.

    '’Je remercie l’AIMF d’avoir reçu notre proposition et le district de Rubavu pour l’effort,AKWOS qui a fait tout ce qu’il ai eu Maternité,J’encourage tout le monde à participer ensemble pour atteindre l’objectif de cet esprit patriotique de travail sur les intérêts des jeunes car ces les jeunes sont les futurs leaders”

    Albin LAZARE Chargé de mission au secrétariat permanent de l’Association internationale des Maires francophones (AIMF) a affirmé que le projet démarre en ce mois septembre et que le district de Rubavu verra, par ce projet, baisser le taux des grossesses précoces non desirees des jeunes femmes.

    Outre l’activite d’organisation du tournoi de football des adolescents, le projet fournira des soins maternels, reproductifs et sexuels aux beneficiaires. Pour cela, des actions suivantes demareront : la Construction de 7 postes de santé au niveau des cellules sous-équipées du District , equipement de la maternité située au Centre de Santé de Mudende(Construction et Équipement).

    Il est prevu que le projet coûtera 582 000 € et la durée du projet est estimée à 2 ans.

    Olivier Mukwaya

  • Affaire Rusesabagina : Le Dossier dument instruit et transmis au Parquet Général de la République #rwanda #RwOT

    Le Parquet a immédiatement convoqué le présumé terroriste pour se faire signifier les crimes dont il est accusé. Au nombre de ces derniers, il y a le crime de terrorisme, de pillage et incendie de véhicules, de prise d’otages et de meurtres sur des populations civiles innocentes.

    Le Procureur lui a précisé que les crimes dont il est accusé ont été commis en juin 2018 à la lisière de la Forêt Nyungwe en District Nyamagabe et à Nyabimata du District Nyaruguru en Province du Sud par le mouvement armé FLN/Forces de Libération nationale placé sous sa haute direction car étant une aile armée de la Coalition MRCD/Mouvement Rwandais pour le changement Démocratique.

    Le Parquet Général dispose de cinq jours pour faire comparaître devant le juge le Présumé criminel pour le début des débats.
    Les autorités judiciaires rwandaises réfutent toujours l’idée largement répandue dans les réseaux sociaux selon laquelle le détenu aurait été kidnappé. Outre elles, une large opinion publique se rallie à cette hypothèse du retour volontaire de M. Paul Rusesabagina surtout qu’un prêtre-politicien Thomas Nahimana résidant en France avait fait la coqueluche des médias en ligne avec ses déclarations de vacance du pouvoir. Il avait donné le Président rwandais Paul Kagame pour mort. Et cette idée ne le quitte pas même actuellement.

    Contrairement à la thèse de sa famille qui affirme son kidnapping espérant ainsi user de l’influence de la Communauté internationale pour faire libérer le détenu brandissant dans les débats le vice de procédure dans son arrestation, l’opinion publique locale trouve potable le fait que le politicien aurait voulu vérifier de lui-même la thèse de la vacance de poste présidentiel.

    Au cas où la thèse familiale prévalait, la justice rwandaise gardera toujours le droit de poursuite d’un terroriste qui, non seulement, trouble délibérément l’ordre public du capitalisme rwandais dynamique mais aussi et surtout, il a ciblé les honnêtes citoyens à qui il a ôté la vie.

    Le terrorisme étant un crime impardonnable de nos jours, il sera difficile au nombreux conseil de l’accusé de brandir l’idée du Kidnapping de son client au moment où il aura tué quelques dizaines de cibles civils et non, jamais, militaires.

    IGIHE

  • EAC Driver Tracking System official Roll out at Kagitumba border #rwanda #RwOT

    The EAC Regional Electronic Cargo and Drivers Tracking System was to be officially launched on August 12, 2020 but it came to a standstill with Tanzania’s request that the process first be enlightened by various EAC bodies, including the Council of Ministers, to get it approved.

    After a long wait, the EAC via Twitter said that the technology will be officially launched on September 8, 2020.

    The East Africa Community Secretariat and its Partner States will hold a virtual event to officially mark the roll out of RECDTS that will issue jointly recognized EAC COVID-19 digital certificates. Event starts at 12.00PM.

    The EAC developed the app with funding from European Union, Global Affairs Canada, Danida, Finland, Netherlands and United Kingdom through TradeMark East Africa and in accordance with the mandate given by the 1st joint ministerial meeting of EAC ministers responsible for Health and EAC Affairs.

    The App provides a surveillance system to monitor long distance truckers crew health and enable contact tracing. It allows partner states to electronically share truck drivers’ COVID-19 test results; therefore, minimizing need for multiple COVID-19 tests in a single trip.

    The reliance on manual certificates and delayed test results at the borders has been reported as one of the main reasons for costly long delays at border points.

    It is expected that RECDTS will contribute to protecting lives, support health related protocols and facilitate safe trade. RECDTS will be in use in all partner states and will eventually be extended to EAC neighboring countries, particularly Democratic Republic of Congo (DRC).

    RECDTS will be overseen by the EAC Secretariat, which is supported by four other countries, namely Kenya, Uganda, the Democratic Republic of Congo and Rwanda, and the Nimule border in South Sudan.

    The East Africa Community Regional Electronic Cargo and Driver Tracking System (RECDTS) will be used to monitor truck drivers in the fight against Coronavirus

    Nicole Kamanzi M.

  • Police issues fresh call on restricted movement hours #rwanda #RwOT

    While appearing on Waramutse Rwanda, a morning talk-show on Rwanda Television on Monday, September 7, RNP spokesperson, CP John Bosco Kabera, observed that violations mainly include not respecting the time when everyone should be home as well as not wearing facemask.

    “Like it was directed in the recent Cabinet Meeting of August 26, there were changes in movement hours; movements are now prohibited between 7 pm and 5 am.

    It has been observed that some people have not adjusted according to this directive, but all relevant entities are working together to enforce and ensure that it’s respected,” CP Kabera said.

    He observed that there are four groups of people in relation to compliance.

    Those, who fully understand and comply with the directives as issued; those who understand and take responsive steps to facilitate the implementation and enforcement through awareness and information sharing on violators; those who comply because they are forced or penalized; and habitual violators who are penalized but fail to change their behavior.

    “The better part is that those who comply and are responsive constitute the vast majority. We urge everyone to fall under this group instead of being forced,” CP Kabera said.

    Use of force

    While responding to concerns of the Police extreme use of force, which has been making rounds on social media platforms, CP Kabera said that “this is uncalled-for.”

    “Police officers are held accountable, right from the one who, insult or verbally abuse members of community; refuses to give a service or respond to an emergency call; up to the one, who used excessive force in the course of their dity,” CP Kabera emphasized.

    He added: “When extreme force is used, those implicated or responsible are held accountable after thorough investigations conducted jointly by RIB and the Police. Police officers are Rwandans like others and are not above the law.

    RNP has reminded all residents of Rwanda to operate within the limits of the issued directives and guidelines, and equally be on the frontline through maximum compliance.

    IGIHE