Blog

  • Izindi mpunzi 507 z’Abarundi ziratashye #Rwanda #RwOT via @kigalitoday #rwanda #RwOT

    Bahagurutse i mahama mu gitondo cyo kuri uyu wa Kane (Ifoto Internet)
    Bahagurutse i mahama mu gitondo cyo kuri uyu wa Kane (Ifoto Internet)

    Aba baje bakurikira abandi batashye mu gihugu cyabo ku wa Kane tariki ya 27 Kanama 2020.

    Nk’uko byatangajwe na Minisiteri ishinzwe Ibikorwa by’Ubutabazi (MINEMA), izo mpunzi zahagurutse mu nkambi ya Mahama muri iki gitondo, zikaza kwakirirwa ku mupaka wa nemba uhuza u Rwanda n’u Burundi mu Karere ka Bugesera.

    Abo Barundi 507 bari mu miryango 172, bakaba babanje babanje gupimwa gupimwa Covid-19 mbere yo guhaguruka mu nkambi ya Mahama.

    Kugeza ubu, abamaze kwiyandikisha bifuza gutaha ni 3,897, habariwemo na 485 batashye mu cyiciro cya mbere.


    source https://www.kigalitoday.com/amakuru/amakuru-mu-rwanda/article/izindi-mpunzi-507-z-abarundi-ziratashye

  • Kirehe: Gitifu w’Umurenge aratungwa agatoki guha amafaranga ya VUP abantu ba baringa #rwanda #RwOT

    Umunyamabanga Nshingwabikorwa w’Umurenge wa Kigina, Kabandana Patrick, aratungwa agatoki mu guhimba imyirondoro y’abaturage batazwi akabaha amafaranga yari agenewe abaturage batishoboye muri gahunda ya leta yo gutera inkunga abari mu cyiciro cya mbere n’icya kabiri cy’ubudehe kugira ngo biteze imbere.

    source https://igihe.com/amakuru/u-rwanda/article/kirehe-gitifu-w-umurenge-aratungwa-agatoki-guha-amafaranga-ya-vup-abantu-ba

  • Abasore bafite impano itangaje mu kurapa bahuriye muri ’Cypher’ itamenyerewe na benshi mu Rwanda #rwanda #RwOT

    Umusore witwa Kwizera J. Eric [Ellkojo] usanzwe akora amashusho y’indirimbo, yahurije abahanzi batandukanye bakizamuka bafite impano mu kurapa, muri ‘Cypher Ep 3’, aho buri wese yitaka.

    source https://igihe.com/imyidagaduro/article/abasore-bafite-impano-itangaje-mu-kurapa-bahuriye-muri-cypher-itamenyerewe-na

  • Izindi mpunzi 507 z’Abarundi zari mu Rwanda zatashye #rwanda #RwOT

    Icyiciro cya kabiri cy’impunzi 507 z’Abarundi ziri mu Rwanda cyasubiye mu gihugu cyazo nyuma y’imyaka igera kuri itanu zihunze igihugu cyazo cyari cyaradutsemo umwuka mubi.

    source https://igihe.com/amakuru/u-rwanda/article/izindi-mpunzi-507-z-abarundi-zari-mu-rwanda-zatashye

  • Guinée: Urukiko rwemeje ko Alpha Condé yiyamamariza manda ya gatatu #rwanda #RwOT

    Urukiko rurinda Itegeko Nshinga muri Guinée Conakry rwemeje ko Perezida Alpha Condé yiyamamariza manda ya gatatu, nyuma ya manda ebyiri yari yemerewe n’Itegeko Nshinga.

    source https://igihe.com/amakuru/article/guinee-urukiko-rwemeje-ko-alpha-conde-yiyamamariza-manda-ya-gatatu

  • Ibyagezweho mu bukemurampaka nyuma y’imyaka umunani KIAC itangijwe #rwanda #RwOT

    Urugaga rw’abikorera (PSF) ku bufatanye na Guverinoma y’u Rwanda ku wa 31 Gicurasi 2012 batangije Ikigo Mpuzamahanga cy’Ubukemurampaka cya Kigali (KIAC), hagamijwe gufasha abashoramari, abacuruzi n’abandi bose kwikemurira impaka mu bwunvikane batagombye kujya mu nkiko.

    source https://igihe.com/amakuru/u-rwanda/article/ibyagezweho-mu-bukemurampaka-nyuma-y-imyaka-umunani-kiac-itangijwe

  • Opportunity For Rwanda As Ethiopia-Djibouti Finally Launch Milestone Coast Facility #rwanda #RwOT

    Towards the end of August, Ethiopia and Djibouti witnessed the roll off of the first refrigerated container full of fresh products sent from Addis Ababa to a sea coast in Djibout.

    Carrying 24 tonnes of avocados from the Koga area of Ethiopia, the container was sent to the Société de Gestion du Terminal à conteneurs de Doraleh (SGTD) and then was shipped to Europe.

    This whole process has been possible through an initiative that saw establishment of a Cool Logistics Corridor between the pair of East African countries.

    Cool logistics project resulted from cooperation between the governments of Ethopia, Djibouti and the Netherlands and is a key strategic step towards allowing Ethiopia to efficiently export its cooled goods including fruit, vegetables and flowers.

    'This innovative cool supply chain Modji-Djibouti-Europe for fruits, vegetables, flowers and other perishables will balance the trade and maximise the use of Ethio-Djibouti railway,' said Aboubaker Omar Hadi.

    Aboubaker Omar Hadi is chairman of Djibouti Ports & Free Zone Authority (DPFZA) and member of the Cool Logistics Steering Committee, oversees the cool logistics projects in Ethiopia and Djibouti.

    Tewodros Zewdie, executive director of the Ethiopian Horticulture Producer Exporters Association, said, 'The fruit and vegetable sector in Ethiopia has the potential to become the next flower sector.'

    July 6,2018. President Paul Kagame attends Launching of the Djibouti International Free Trade Zones (DIFTZ). The zone jointly operated by Djibouti Ports and Free Zones Authority and China's Merchants Holdings company.

    Meanwhile, the success of this cool logistics initiative is expected to spur growth of Rwanda's agribusiness that has only been yearning to access European markets especially on shipment.

    Rwanda acquired land at the Djobouti sea port- about 60 hectares of land in Djibouti. The land is situated in the free trade zone along the port of Djibouti, making it strategic for investments like manufacturing and logistics.

    Djibouti established an International Free Trade Zone, which covers 48.2 square kilometres of land and lies along the coastline.

    'We want to take Rwanda to the ocean and we want Rwanda to take us to the heart of Africa,' Aboubaker Omar Hadi.

    In March 2019, Aboubaker Omar Hadi flew to Kigali and signed a partnership agreement launching a joint venture aimed at developing Djibouti's land in Rwanda.

    Djibouti has a 10-hectare piece of land in the Kigali Special Economic Zone which it was gifted in reciprocity to the land that Djibouti had given Rwanda back in 2013.

    March 28,2019- Aboubaker Omar Hadi, the Chairman of Djibouti Ports and Free Zones Authority and Jeanne Isabelle Gasana, the Managing Director of Prime Economic Zones sign a partnership agreement
  • Riders Set For Stage 12 Of Tour De France 2020 #rwanda #RwOT

    Stage 12 will see riders peddle hard from Chauvigny to Sarran is a tribute to two famous Frenchmen who died towards the end of last year. The race will pass through St-Léonard-de-Noblat, the village of Raymond Poulidor, the man who made the podium of the Tour de France eight times and remained a GC contender until his 40s without ever wearing the yellow jersey for a single.

    It will end in Sarran in the Corrèze department that used to be the feud of former President Jacques Chirac who visited the Tour de France when he led the country. It can also be a very interesting stage on a lumpy terrain, particularly in its finale. The cat. 2 Suc au May climb, with 26km to go, is suitable for action. Typically, this is a stage for what the French call the 'baroudeurs', the attackers from a long way out who never give up.

    Raymond Poulidor. This Stage 12 is a tribute to this great man nicknamed 'Pou-Pou', was a French professional racing cyclist, who rode for Mercier his entire career.

    Stage 11 Was won By Caleb Ewan

    He's asked if he instantly knew he had won: He said, 'Not really. I saluted just in case. I did a bit throw and when you throw you're basically just looking down at the ground, so you don't see if you've won or not. Sometimes you can feel it and I felt I was quite close. I haven't seen the photo yet but I think it was quite close. I'm super happy with my two stage wins. One takes the pressure off and then after the first you want a second. I'm sure I'll want a third, especially in Paris.'

    'It was very very hectic. I was really close to the front with 2km to go, I was more forward than I wanted to be, especially with a headwind finish, but I dropped back into the bunch a little bit and from there it was quite crazy. I just had to keep calm and wait for the right gap to open, and it did in the end, quite late but I just had a real desire to win after yesterday — I was quite disappointed with my sprint and I was happy to repay my teammates with a win.'

    1. Caleb Ewan (Lotto Soudal)
    2. Peter Sagan (Bora-Hansgrohe)
    3. Sam Bennett (Deceuninck-Quick Step)
    4. Wout van Aert (Jumbo-Visma)
    5. Bryan Coquard (B&B Hotels/Vital Concept)
    6. Clement Venturini (AG2R La Mondiale)
    7. Mads Pedersen (Trek-Segafredo)
    8. Luka Mezgec (Mitchelton-Scott)
    9. Hugo Hofstetter (Israel Start-up Nation)
    10. Oliver Naesen (AG2R La Mondiale)

     

  • U Bushinwa bwaba bufite umugambi wo gushinga ibirindiro by’igisirikare mu bihugu 4 bya Afurika #Rwanda #RwOT via @kigalitoday #rwanda #RwOT

    Amerika yatangaje ko u Bushinwa buri gukuza imbaraga zirushijeho z’ubumara bwa ‘nuclear’ no kongera ibikorwa by’igisirikare mu bihugu by’amahanga.

    Raporo ya Minisiteri y’ingabo y’Amerika, ivuga ko u Bushinwa buri mu migambi yo gushinga ibirindiro bya gisirikare mu bihugu bine bya Afurika.

    Kenya, Seychelles, Tanzaniya na Angola, ni ibihugu byavuzwe mu bindi bihugu 10, aho u Bushinwa butekereza gushinga ibirindiro.

    Kugeza magingo aya, Guverinoma enye zo muri Afurika ntacyo ziratangaza kuri iyi iyi raporo yashyizwe ahagaragara na Amerika ku bikorwa by’igisirikare bya Amerika.

    Raporo yasohotse mu cyumweru gishize, ivuga ko bimwe mu bihugu bigomba gushingwamo ibirindiro bihakana ko biri mu biganiro n’u Bushinwa.

    Raporo ivuga ko uretse ibirindiro biriho ubu i Djibouti, bishoboka cyane ko Repubulika y’u Bushinwa iri mu migambi yo kongera ibikoresho bya gisirikare mu bihugu by’amahanga by’umwihariko muri Afurika, kugira ngo u Bushinwa burusheho gukomeza no guteza imbere ingabo zabwo zirwanira mu mazi, mu kirere, no ku butaka.

    Uretse muri Afurika, Amerika ivuga ko u Bushinwa buri kongera imbaraga mu bya gisirikare, ndetse ko itekereza gushyira ibirindiro mu bihugu nka Myanimar, Tailand, Singapore, Indonesa, Pakisitan, Sri Lanka, Leta zunze ubumwe z’Abarabu, Kenya, Seychelles, Tanzania, Angola na Tajikistan.

    Hari amakuru yavugaga ko u Bushinwa bwarangije gusinyana amasezerano na Leta ya cambodia yo gukoresha amazi y’iki gihugu ku mato y’intambara y’u Bushinwa ku ruhande rw’agace kitwa Ream, ariko ibihugu byombi byabihakanye.

    Mu gihe u Bushinwa bwaba butangiye gukuza imbaraga z’igisirikare hanze y’igihugu, bwaba bugiye kwiyongera kuri Leta zunze ubumwe za Amerika nk’igihugu cy’igihangange gifite umubare w’abasirakare mu birindiro binyuranye mu bihugu by’amahanga kurusha ibindi bihugu byo ku isi.

    Kugeza ubu Amerika ifite ibirindiro by’igisirikare 800 mu bihugu byo ku isi 80, hamwe n’abasirikare hanze y’igihugu muri ibyo birindiro binyuranye bagera mu 200,000.

    source https://www.kigalitoday.com/amakuru/mu-mahanga/U-Bushinwa-bwaba-bufite-umugambi-wo-gushinga-ibirindiro-by-igisirikare-mu-bihugu-4-bya-Afurika

  • Mu gukwiza ibihuha n’ibinyoma nkana ku Mukuru w’Igihugu, Nahimana yongereye ibyaha mu bindi #rwanda #RwOT

    ‘Urucira mukaso rugatwara nyoko’, iyi mvugo yamamaye cyane ubwo Perezida Kagame mu mpera z’icyumweru gishize yasubizaga Padiri Nahimana Thomas na bagenzi be, bakomeje gukwirakwiza ibihuha n’ibinyoma nkana ko yapfuye.

    source https://igihe.com/amakuru/u-rwanda/article/mu-gukwiza-ibihuha-n-ibinyoma-nkana-ku-mukuru-w-igihugu-nahimana-yongereye