Blog

  • Nyuma yo gukora ibara, agafata ku ngufu umwana yibyariye w'imyaka 15 yasinze, Sergeant Major Robert Kabera yahise ahungira muri Uganda inzoga zimushizemo #rwanda #RwOT

    Robert Kabera ufite ipeti rya Sergeant Major mu gisirikari cy'u Rwanda yahungiye mu gihugu cya Uganda nyuma yo gufata ku ngufu umwana we yibyariye w'umukobwa ufite imyaka 15. Iki cyaha Kabera yagikoze mu ijoro ryo ku wa 21 Ugushyingo mu rugo rwe I Ndera, nyuma yahoo ahita acika nyuma yo kumenya ko azashyikirizwa ubutabera. Yaje kwerekeza inzira ya Kagitumba akomereza muri Uganda.

    Sergeant Kabera wari umuririmbyi mu itsinda ry'umuziki mu ngabo z'u Rwanda yakoze iki cyaha nyuma y'ubusinzi bukabije dore ko bisanzwe bizwi ko yasabitswe n'isindwe.

    Nkuko amakuru yabazi Kabera neza bagize icyo batangaza, uwo mugabo yaranzwe n'imyitwarire mibi mu kazi ke nubwo yagiye ababarirwa kenshi . Amakuru yizewe nuko yambutse umupaka wa Uganda ku cyumweru ahagana saa yine z'ijoro.

    Kuri uyu wa mbere, Ingabo z'igihugu zashyize hanze itangazo ko ziri gukora iperereza ryimbitse ku biregwa Sergeant Kabera Robert.

    The post Nyuma yo gukora ibara, agafata ku ngufu umwana yibyariye w'imyaka 15 yasinze, Sergeant Major Robert Kabera yahise ahungira muri Uganda inzoga zimushizemo appeared first on RUSHYASHYA.

    Source : https://rushyashya.net/nyuma-yo-gukora-ibara-agafata-ku-ngufu-umwana-yibyariye-wimyaka-15-yasinze-sergeant-major-robert-kabera-yahise-ahungira-muri-uganda-inzoga-zimushizemo/

  • Musanze : Un dirigeant de Mudugudu Kabashima rossé de coups de baton par un habitant #rwanda #RwOT

    Il est rapporté que les coups donnés étaient d’une rare violence au point que la victime arrivée chez elle, est tombée dans le coma et transportée d’urgence à l’hôpital de Ruhengeri. Au vu de la gravité du cas, le patient a été transféré au CHUKigali.

    Commentant l’incident, un témoin a confié au journal umuseke.rw qui rapporte la nouvelle dit qu’il n’y a pas eu le mobile sérieux qui a fait que le bourreau ait asséné des coups aussi drus que ceux qu’il a administrés à sa victime.

    “C’est un gars naturellement colérique”, a-t-il dit. “Comme il est dans la catégorie sociale 1 des indigents, il se croit tout permis en toute impunité”, a-t-il ajouté.

    IGIHE

    Source : https://fr.igihe.com/Musanze-Un-dirigeant-de-Mudugudu-Kabashima-rosse-de-coups-de-baton-par-un.html

  • Drug trafficker intercepted guising as student #rwanda #RwOT

    Josiane Umulisa, 25, who was wearing a school uniform, was at the time trafficking in possession of 1000 pellets of cannabis in a school bag when she was identified and arrested on Thursday.

    Chief Inspector of Police (CIP) Bonaventure Twizere Karekezi, the Police spokesperson of the Western region said that Umulisa had covered the pellets of cannabis with school text books.

    'Umulisa had travelled from City of Kigali to Rubavu District to collect the narcotics from her supplier, who is yet to be arrested,” CIP Karekezi said.
    Umulisa is a resident of Kicukiro District.

    According to the spokesperson, information was provided by a taxi-moto operator in Busasamana, whom Umulisa had hired to transport her.

    “The motorcyclist called the Police out of suspicion, after he noticed nervousness and unrest from his client’s part.

    He provided the details of the route they would use, and then police deployed officers who stopped them in Gihonga Cell. The officers searched the passenger’s bag only to find that it contained 1000 rolls of cannabis. The suspect was immediately taken into custody,” CIP Karekezi explained.

    Umulisa, who was wearing a school uniform, had neither a school identification card nor a national ID on her.

    The spokesperson commended the responsiveness of the motorcyclist.

    “Many arrested drug dealers and their tricks applied in trafficking are unearthed because of this strong spirit of community policing and neighborhood watch. This is a lesson to other drug dealers that their time will come and they will also be arrested to face the law,” CIP Karekezi warned.

    Umulisa was handed over to RIB at Busasamana station.

    A drug dealer guising as a student is the latest discovered trick used by traffickers. Previously, some would stash the narcotics in pumpkins, tyres, gas cylinders, in women veils, milk containers and wrapping them around the body or women carrying them at the back as a baby, among others.

    The Ministerial Order No. 001/MoH/2019 of 04/03/2019 establishing the list of narcotic drugs and their categorization, classifies cannabis as a “very severe drug.”

    The law determining offences and penalties in general in Rwanda, especially in its article 263, provides an imprisonment of between 20 years and life, for anyone convicted for very severe narcotic drugs and a fine of up to Frw30 million.

    IGIHE

    Source : https://en.igihe.com/news/article/drug-trafficker-intercepted-guising-as-student

  • Kuki BBC ikomeje kuba umuzindaro w'Ibigarasha n'Abajenosideri? #rwanda #RwOT

    Iyo usesenguye ibivugwa ku Rwanda n'iki gitangazamakuru cy'abongereza, BBC, ntibigusaba ubuhanga ngo ubone urwango rukabije bamwe mu banyamakuru bacyo bafitiye u Rwanda n'abayobozi barwo. Wibaza ubunyamwuga birirwa bigisha abandi aho burengera iyo bategura inkuru ku Rwanda. Ese niba nyuma y'intambara ya kabiri y'isi yose na Jenoside yakorewe Abayahudi, BBC itaratinyutse guha ijambo Abanazi ba Hitler, ni gute yubahuka guha urubuga abajenosideri n'abari mu mitwe y'iterabwoba? Ni uko Abanyarwanda basuzuguritse? BBC iramutse ari uko ibyumva, izongere basubire mu mateka y'uRwanda, izasanga runyuranye n'uko irutekereza.

    Mu cyumweru gishize umunyamakuru wa BBC, Andrew Harding yasohoye inyandiko yuzuyemo guharabika no kwikoma u Rwanda, arushinja ibyo yabwiwe n'ibigarasha nka Dick Nyamwaya na David Himbara(bo muri cya kiryabarezi RNC), bahimbazwa no guhimbahimba ibinyoma bigamije gusa kwangiza isura y'uRwanda. Muri iyo nyandiko ndende, Andrew Harding asubiramo ibyo yumvanye aba bagambanyi, ko ngo RPF-Inkotanyi yinjiza abantu ku ngufu muri uwo Muryango, ngo bagahabwa inshingano zo guhiga bukware abatavuga rumwe n'ubutegetsi bw'u Rwanda, baba mu mahanga. Icya mbere, RPF ntifite ikibazo cy' umubare muto w'abanyamuryango ku buryo yabahatira kuyijyamo, n'ikimenyimenyi uko hateguwe amatora RPF Abanyarwanda bayihundagazazaho amajwi ari hejuru ya 95%.

    Si mu Rwanda gusa kandi ifite abayoboke, kuko no mu mahanga Abanyarwanda bahatuye batahwemye kugaragaza ko bashyigikiye imigabo n'imigambi ya RPF-Inkotanyi. Urugero ni umubare w'abantu bitabira ku bwinshi'Rwanda Days', batitaye ku bitabapfu byirirwa bikwirakwizwa n'inzererezi nka Himbara, Kayumba Nyamwasa, Faustin Twagiramungu, Théogène Rudasingwa wasiginiye mu bitekerezo, n'izindi mburamumaro.

    Icya kabiri, biratangaje kubona BBC iha u Rwanda ubushobozi bwo kuba rwagirira nabi umuntu uri mu Bwongereza, kandi batwemeza ko ibihugu byabo bitavogerwa, ko umutekano wabo udadiye.Uku kwivuguruza kwa BBC, kuragaragaza gusa ubushake bwo gusebanya, gushingiye ku mpamvu zizwi nayo gusa.

    Mu 'nkuru' ya Andrew Harding avuga ko uwitwa Noheli Zihabamwe uba muri Australiya yamubwiye ko afite abavandimwe baburiwe irengero mu Rwanda, ngo bazize ko yanze kujya muri RPF-Inkotanyi. Uretse ko nta n'ikimenyetso cyerekana ko abo bavandimwe ba Zihabamwe bazimiye koko, ibi binyoma ntawe byatangaza kuko uyu mubeshyi ari inshuti magara ya Thomas Nahimana, wa mupadiri warumbiye Imana n'abantu.

    Si ubwa mbere BBC yikoma u Rwanda n'Abayobozi barwo. Murabyibuka ubwo muri 2004 uwitwa Vénuste Nshimiyimana wakoreraga BBC icyo gihe, yikoraga akajya muri gereza yo mu gihugu cya Mali, gukorana ikiganiro na Yohani Kambanda na Clément Kayishema , abicanyi bahamwe n'icyaha cya Jenocide. Icyo gihe aba bajenosideri baridoze karahava, barapfobya banahakana Jenoside yakorewe Abatutsi, ibyaha byabahamye ku manywa y'ihangu babyegeka ku babikorewe. Nshimiyimana ajya guha ijambo ba ruharwa ntiyari ayobewe ko kizira guha urubuga abajenosideri, ahubwo, we na BBC ye, bari bagambiriye gutoneka ibikomere by'abarokotse Jenoside yakorewe Abatutsi.

    Muw'2014 nabwo , uwitwa Jane Corbin nawe wa BBC yasohoye filimi-mbarankuru yise 'Rwanda, Untold Story,' yuzuyemo irondaruhu n'agasuzuguro ku Banyarwanda, guhakana no gupfobya Jenoside yakorewe Abatutsi, ashinja abahagaritse iyo Jenoside kuba aribo bayikoze, ibintu bidashobora gutinyukwa n'umuntu ushyira mu gaciro.

    Iyi myitwarire ya Jane Corbin na BBC yamaganwe n'abantu benshi bazi neza ibya Jenoside yakorewe Abatutsi, nk'umushakashatsi aba n'umwanditsi w'Umwongereza, Andrew Wallis', werekanye ko BBC yirengagije nkana ubuhamya bwatanzwe mu Rukiko Mpuzamahanga rwashyiriweho uRwanda, n'ahandi henshi cyane, aho abatangabuhamya batabarika bagaragaje uko Jenoside yakorewe Abatutsi yateguwe ikanashyirwa mu bikorwa, n'ababigizemo uruhare bose.

    Ikigaragarira buri wese ukurikirana ibivugwa na BBC, ni uko iki gitangazabinyoma cyiyeme kuba umuzindaro w'abagome. Ni hahandi ariko, nubwo ikinyoma cyahabwa intebe gite, amaherezo ukuri kuratsinda. Yaba Andrew Gardin, yaba Vénuste Nshimiyimana, Jane Corbin na bagenzi babo, bamenye ko Abanyarwanda batazabaho uko babyifuza, kandi ibuye ryagaragaye ntiriba rikishe isuka.

    The post Kuki BBC ikomeje kuba umuzindaro w'Ibigarasha n'Abajenosideri? appeared first on RUSHYASHYA.

    Source : https://rushyashya.net/kuki-bbc-ikomeje-kuba-umuzindaro-wibigarasha-nabajenosideri/

  • Korali Isezerano yasohoye indirimbo nshya ‘Ijuru’ ikumbuza abantu Ijuru-VIDEO #rwanda #RwOT

    Korali Isezerano ibarizwa ku Mudugudu wa Sumba, muri Paruwasi ya Sumba mu itorero ry’Akarere ka Nyamagabe mu Mujyi wa Nyamagabe yashyize hanze indirimbo nshya y’amashusho yitwa ‘Ijuru’ ibumbatiye ubutumwa bukumbuza abantu Ijuru.

    Korali Isezerano yatangiye umurimo w’uburirimbyi mu mwaka w’1999 itangiriye mu cyumba cy’amasengesho cya Kabacuzi, icyo gihe yari igizwe n’abaririmbyi 5, muri bo 3 baracyakora umurimo w’Imana wo kuyiririmbira muri iyi korali na n’uyu munsi. Magingo aya, iyi korali igizwe n’abaririmbyi 115 barimo abagabo 45 n’abagore 70.

    Habineza Vincent Umuyobozi muri Korali Isezerano ushinzwe kumenyekanisha ibikorwa, nkuko tubikesha inyaRwanda.com avuga ko iyi ndirimbo yabo ihumuriza abantu bahura n’ibibazo bakiri mu Isi ko bazahozwa amarira, ikanabakumbuza Ijuru. Yagize ati “Iyi ndirimbo ikubiyemo ubutumwa bukumbuza abantu ijuru, ndetse buhumuriza abantu bahura n’ibibazo bakiri mu isi ko bazahozwa amarira”.

    Perezida wa Korali Isezerano, Rusingizandekwe Paul aherutse kubwira InyaRwanda.com ko n’ubwo Isi yugarijwe n’icyorezo cya Covid_19, kitabakomye mu nkokora ahubwo cyabateye kurushaho gusenga no gusengera umurimo w’Imana n’abawukora. Ni muri urwo rwego bari kugenda basohora indirimbo bakoze mu bihe byashize, mu rwego rwo guhumuriza abatuye isi bari mu bihe bikomeye muri iyi minsi.

    REBA HANO INDIRIMBO ‘IJURU’ YA KORALI ISEZERANO

    Source:InyaRwanda.com

    [email protected]

    Source : https://agakiza.org/Korali-Isezerano-yasohoye-indirimbo-nshya-Ijuru-ikumbuza-abantu-Ijuru-VIDEO.html

  • Havuzwe byinshi ariko ninjye uzi ukuri kwabyo – Muhadjiri wahisemo 'kuruca akarumira’ ku mpamvu nyakuri yatumye ava muri UAE #rwanda #RwOT

    Nyuma y’uko umukinnyi Hakizimana Muhadjiri agarutse gukina mu Rwanda avuye muri Leta Zunze Ubumwe z’Abarabu mu ikipe ya Emirates Club, havuzwe byinshi ku mpamvu zamukuyeyo gusa ahamya ko byose ari ibihuha ari we uzi ukuri kwabyo n’ubwo ngo igihe cyo kubitangaza kitaragera.

    Mu mpeshyi ya 2019 nibwo Hakizimana Muhadjiri yatandukanye na APR FC imugurisha muri Emirates Club ikipe yo muri Leta Zunze Ubumwe z’Abarabu mu gihe cy’imyaka 3.

    Bitewe n’ubuhanga bwe abantu bamuziho benshi bumvaga uyu musore ari yo nzira ye nziza ku buryo azanakomeza ajya gukina ku mugabane w’u Burayi.

    Gusa siko byagenze kuko mu ntangiriro z’uyu mwaka byatangiye kuvugwa ko ashobora gutandukana n’iyi kipe kuko atari akibona umwanya wo gukina nka mbere akigerayo kuko yari muri 11 bahoraho b’iyi kipe.

    Uyu mwuka mubi warakomeje kugeza muri Kamena uyu mwaka ubwo yatandukanaga n’iyi kipe, havuzwe byinshi kuba ari we wasabye gutandukana nayo kuko atarakibona umwanya wo gukina, abandi bakavuga ko yirukanywe kubera imyitwarire mibi yamuranze n’ibindi.

    Mu kiganiro n’ikinyamakuru ISIMBI, Muhadjiri yavuze ko ubu atabyinjiramo kuko byasaba umwanya muremure, gusa ngo havuzwe byinshi ariko niwe uzi ukuri kwabyo.

    Ati'ni ibintu byasaba umwanya muremure kugira ngo tubivugeho kuko harimo byinshi ntagusobanurira nonaho bitewe n’uko buri wese avuga ibye bitewe n’icyo ashaka ariko ninjye uba uzi ukuri kw’ibyo bintu, n’aho ibyavuzwe byose ni ibinyoma.'

    Hakizimana Muhadjiri ubu ari muri AS Kigali kuva muri Kanama 2020 aho yayisinyiye umwaka umwe, ibintu avuga ko yakoze kuko afite gahunda yo gusubira gukina hanze y’u Rwanda nyuma y’uyu mwaka w’imikino.

    Muhadjiri ahamya ko ari we wenyine uzi impamvu yamukuye muri UAE

    Source : http://isimbi.rw/imyidagaduro/article/havuzwe-byinshi-ariko-ninjye-uzi-ukuri-kwabyo-muhadjiri-wahisemo-kuruca-akarumira-ku-mpamvu-nyakuri-yatumye-ava-muri-uae

  • Rwanda National Police opens new automobile inspection centers #rwanda #RwOT

    The new automobile inspection facilities worth over Frw3 billion, built in less than two years, are in the Southern Province (Huye town), Northern Province (Musanze town) and Eastern Province (Rwamagana town).

    Each facility has two fixed lanes with the capacity to inspect at least 200 vehicles per day.

    The Minister of Justice and Attorney General, Johnston Busingye, while officially inaugurating the center in Huye District, said that the facilities pledged by President Paul Kagame reflects the government’s commitment to further build the capacity of RNP to improve road security.

    The launch in Huye was also graced by the Inspector General of Police (IGP) Dan Munyuza and the Governor of the Southern Province, Alice Kayitesi, among others.

    “These facilities were built and completed within 19 months, which is less than 2 years. This is a lesson that even big projects can be completed within the agreed period. We have had cases when some projects are completed after a very long time and under troublesome circumstances.

    To public institutions and entrepreneurs, this shows that what was possible here it should be the same with all other projects,” Minister Busingye said.

    “As the wealth and wellbeing of Rwandans continue to improve, it goes with the increase in the number of automobiles. This center has come at the right time and it’s in line with the country’s governance system of taking services closer to the people,” he added.

    He observed that the transport sector plays a big part in the country’s development, which requires having automobiles that are roadworthy.

    The Minister urged vehicle owners to be responsive and make good use of the inspection facilities, because having one’s vehicle inspected for roadworthiness is important for one’s safety on, and not just for fear of the law or penalties.

    He reiterated that as such police service resume, the pandemic of COVID-19 is still in our midst and a threat, which requires maximum compliance with the set health and safety guidelines.

    IGP Munyuza said that these automobile inspection facilities provide three crucial services; fighting and preventing road accidents, gas emission and providing advisory services to owners of automobiles that are found with mechanical fault and in unroadworthy condition.

    The three new centers will supplement the five fixed lanes at Remera Automobile Inspection Centre in City of Kigali as well as the Mobile lane, which were overbooked and overloaded.

    This increases the daily inspection capacity to over 1100 vehicles, up from 500 previously.

    “Decentralizing these automobile inspection centers is meant to bring services closer to the people, prevent long movements and time that was being spent traveling to Kigali to acquire the same services,” the Police Chief said.

    He observed that such hi-tech services backed by online booking and payment are playing a big role in fighting corruption in RNP services, as well as saving time that was spent on travels and long lines to get the same services.

    Between January and October this year, a total of 72,520 vehicles have been inspected, with 29,780 of them failing the first inspection due to varied mechanical faults while 1,896 were emitting gas.

    In the same period, 3,352 road accidents were registered across the country, including 562 fatalities and 2,077 accidents recorded as serious.

    Majority 188 of the fatalities are pedestrians, 152 taxi-moto operators and 106 cyclists, while other motorists account for the rest.

    The accidents were mainly due to mechanical faults especially brake failures by trucks, human behaviors including speeding and bad maneuvers.

    The IGP also hinted on some of the challenges faced by the police in offering automobile inspection services.

    “One of the challenges in these automobile inspection services is corruption and fraud especially by people guising as brokers and in some cases working with Police officers to solicit bribes. Anyone caught in these serious criminal actions is handed over to courts of law, whereas in addition to being prosecuted, police officers involved in such offence are also dismissed from the force,” IGP Munyuza said.

    In Musanze District, the Minister of Environment Dr. Jeanne d’Arc Mujawamariya, who presided over the launch, emphasized the importance of automobile inspection centers in environmental protection and fighting fuel emissions in particular.

    The event in Musanze was also attended by the Governor of the Northern Province, Jean Marie Vianney Gatabazi and the Deputy IGP in Charge of Operations, Felix Namuhoranye.

    “Automobiles inspection centers will help to identify vehicles that emit harmful gasses, which will be a great support to national environmental protection efforts,” Minister Mujawariya said.

    In Rwamagana District, the Governor of the Eastern Province, Fred Mufulukye alongside the Deputy IGP in charge of Administration and Personnel, Juvenal Marizamunda presided over the launch.

    Vehicle inspection is compulsory under the Presidential Decree No. 85/01 of 02/09/2002 regulating general traffic police and road traffic.

    The centers test gas emission, shock absorber, brakes including handbrake, axle play detection, wheel alignment and vehicle geometry, steering system, headlights, and visual inspection of the vehicle’s body condition, among others.

    The Minister of Justice and Attorney General, Johnston Busingye delivers his remarks at the event.

    Inspector General of Police (IGP) Dan Munyuza speaks during the event

    IGIHE

    Source : https://en.igihe.com/news/article/rwanda-national-police-opens-new-automobile-inspection-centers