Blog

  • Victorious Team Rwanda Back Home But Quarantined #rwanda #RwOT

    0Shares
    0

    With five trophies and cash prizes, Team Rwanda has arrived in the country but will have to wait under quarantine before they are released. They have to undergo testing for covid-19 and wait for their status results.

    For any arrivals, they have to adhere to government guidelines on prevention of Covid-19 pandemic.

    In Cameroon where the athletes have been for the Grand Prix Chantal Biya International cycling competition, the West African country has registered a total of 22,583 cases of Covid-19, 435 deaths and 22,177 recovered.

    Team Rwanda was part of ten national teams taking part in the 5-day cycling race which they won.

    0Shares
    0

    The post Victorious Team Rwanda Back Home But Quarantined appeared first on Taarifa Rwanda.

    Source : https://taarifa.rw/victorious-team-rwanda-back-home-but-quarantined/

  • Uganda: Bamwe mu bayobozi b'imiryango itegamiye kuri Leta y'abanyamahanga batangiye kwirukanwa igitaraganya #rwanda #RwOT

    Byibuze abayobozi b'imiryango ibiri itegamiye kuri leta (ONG) iterwa inkunga na Leta Zunze Ubumwe za Amerika n'Umuryango w'Ubumwe bw'u Burayi muri Uganda, bashinjwa gushyigikira imigambi yo guhindura ubutegetsi buriho ya Robert Kyagulanyi uzwi nka Bobi Wine, baherutse guhambirizwa utwabo birukanwa muri iki gihugu.

    Abandi bayobozi b'imiryango itegamiye kuri leta y'Abanyaburayi bari bamaze igihe batanga amasomo y'uburere mboneragihugu inategurira amashyaka ya politiki amatora yo mu mwaka utaha nabo babujijwe kongera kwinjira ku butaka bwa Uganda.

    Ikinyamakuru Daily Monitor dukesha iyi nkuru kivuga ko yamenye ko umuntu wa mbere wirukanwe ari uwitwa Simon Osborn wakuwe aho yari acumbitse mu gace ka Nakasero, muri Kampala, agafungwa akanya gato mbere yo gupakirwa indege agasubizwa iwabo.

    Bivugwa ko Osborn yari amaze imyaka 7 akorera muri Uganda nk'umuyobozi w'umuryango NDI (National Democratic Institute) ufite icyicaro muri Amerika ukora ibijyanye no kwimakaza demokarasi hirya no hino ku Isi. NDI akaba ari umuryango ukorana bya hafi n'ishyaka ry'Abademokarate.

    Ukuriye intumwa z'Umuryango w'Ubumwe bw'u Burayi (E.U.) muri Uganda, Attilio Pacifici, mu itangazo rigufi ryashyizwe ahagaragara kuwa Gatanu, yemeje ko Osborn yari arimo arakorera E.U. ubwo yafatwaga agasubizwa iwabo.

    Simon Osborn

    Yavuze ko muri Kanama Osborn yahawe akazi n'intumwa za E.U y'igihe gito yo kuwufasha mu bijyanye na tekiniki hagamijwe kujya inama ku mishinga yari igamije gukomeza inzira y'amatora muri Uganda.

    Ku ruhande rwa Leta ya Uganda, Umuvugizi wa minisiteri ishinzwe ibibazo by'imbere mu gihugu, Jacob Siminyu, yirinze kugira icyo avuga ku iyirukanwa rya Osborn cyangwa abandi birukanwe muri Uganda.

    Ati: 'Nta kijyanye no kwirukanwa nzi. Icya kabiri, ndi muri konji, kubw'ibyo sindi mu mwanya wo kugira icyo mvuga.'

    Pacifici ariko we avuga ko guverinoma itigeze itanga ibisobanuro ku mpamvu Osborn yirukanwe.

    Ni mu gihe amakuru akomeza agera kuri Daily Monitor avuga ko Umunyakenya, Isaack Othieno, wari umuyobozi w'agateganyo w'umuryango IFES (International Foundation for Electoral Systems) nawo ufite icyicaro muri Amerika ukora ibijyanye no guteza imbere demokarasi, nawe yirukanwe ku mpamvu zidasobanutse.

    Uyu we ngo yakuwe kuri Sheraton Kampala Hotel, aho yabaga by'igihe gito, yinjizwa mu modoka y'igipolisi iramujyana iruhukira ku mupaka wa Busia uhuza Uganda na Kenya asubizwa iwabo.

    Usibye abo, Madamu Lara Petrivevic, Umuyobozi w'umuryango (IRI), umuryango udaharanira inyungu w'Abanyamerika uhuzwa n'ishyaka ry'Abarepubulikani, bivugwa ko yavuye muri Uganda yerekeza muri Wales kubyara, ariko nyuma akamenyeshwa ko atemerewe kugaruka muri Uganda.

    Isano na Bobi Wine

    Amakuru aturuka muri sosiyete sivile avuga ko guverinoma yafashe icyemezo cyo kwirukana cyangwa gukumira abantu bavuzwe n'abandi tutavuze, kubera kwizera ko bari bari guha ubufasha umukandida Robert Kyagulanyi (Bobi Wine), umwe mu bazaba bahanganye na Museveni mu matora yo mu mwaka utaha.

    Bivugwa ko ku itariki 13 Ukwakira, hari igikorwa Umunyamabanga wa Leta Zunze Ubumwe za Amerika ushinzwe ububanyi n'amahanga, Mike Pompeo yarimo nk'umushyitsi mukuru ndetse agahabwa igihembo cyo guharanira ubwisanzure cyitiriwe John McCain.

    Iyi nkuru ivuga ko Bobi Wine yaririmbye muri iki gikorwa cyarimo ibikomerezwa byanafashemo ijambo nk'umuyobozi w'inama y'ubutegetsi ya IRI, Senateri Dan Sullivan, n'abandi bagize uyu muryango; Senateri Mitt Romney, Senateri Lindsey Graham, Connie Newman na Senateri Rick Scott.

    Source : https://impanuro.rw/2020/11/24/uganda-bamwe-mu-bayobozi-bimiryango-itegamiye-kuri-leta-yabanyamahanga-batangiye-kwirukanwa-igitaraganya/

  • Meet Nigerian Doctor Behind Pfizer's Covid-19 Vaccine #rwanda #RwOT

    0Shares
    0

    A Nigerian Physician Dr. Onyema Ogbuagbu, has been identified as a key figure in the research that led United States pharmaceutical company, Pfizer, to develop the first effective COVID-19 vaccine.

    Speaking in an interview with ABC News on the vaccine, he said although doses will be unavailable to everyone at first, massive distribution was expected to take off in the first quarter of 2021.

    Pfizer said it would launch a pilot in four states in the United States but there have been concerns as the vaccine needs to be stored at -94 degrees Fahrenheit (-70 degree Celsius), a challenge Ogbuagbu said would be overcome soon.

    Ogbuagbu is an Associate Professor of Medicine and Infectious Disease Specialist at Yale School of Medicine, who graduated in 2003 from the University of Calabar with a degree in medicine.

    0Shares
    0

    The post Meet Nigerian Doctor Behind Pfizer's Covid-19 Vaccine appeared first on Taarifa Rwanda.

    Source : https://taarifa.rw/meet-nigerian-doctor-behind-pfizers-covid-19-vaccine/

  • President Tshisekedi Ends Political Consultations Today #rwanda #RwOT

    0Shares
    0

    Since the onset of November 2, 2020, the Congolese President Felix Tshisekedi has been meeting various sections of the country's constituents for consultations on how to unite the country.

    For three weeks, the President of the Republic, Félix Antoine Tshisekedi Tshilombo, personally received various personalities.

    President Tshisekedi will give himself a reasonable time to compile the various suggestions that have been made to him before making decisions.

    The latest hearings will be broadcast live and in full on public television.

    In his 6-minute message to the nation on October 23, President Tshisekedi had promised to return, after these consultations, to the people to communicate the resulting decisions.

    He announced that these consultations will lead to a Sacred Union for the Nation, the goal of which will be the overhaul of government action.

    0Shares
    0

    The post President Tshisekedi Ends Political Consultations Today appeared first on Taarifa Rwanda.

    Source : https://taarifa.rw/president-tshisekedi-ends-political-consultations-today/

  • Goma Military Court Sentences Warlord Tabo Ntaberi (Cheka) To Life In Prison #rwanda #RwOT

    0Shares
    0

    Warlord Tabo Ntaberi aka Cheka will spend the rest of his time on earth in a maximum prison after a final ruling by the Operational Military Court of North Kivu.

    After nearly two years of hearings between the Operational Military Court of North Kivu and the former leader of the Ndima Defense of Congo (NDC) movement. He was sentenced on Monday, November 23, 2020 in Goma, capital of the North -Kivu.

    The warlord Cheka was sentenced along with two of his co-defendants. Another was acquitted.

    Colonel Nda Obal, first president of the Operational Military Court of North Kivu, pronounced the following sanction against Zitonda Habimana:

    'With regard to common rights violations, 20 years of primary servitude for insurrectional movement and life imprisonment for war crimes and crimes against humanity by rape.'

    For the defendant Lupambi Jean Claude, 'the Court answered yes, for attempted murder, attempted murder and assassination. And thus applying article 7 of the Penal Code, the Court condemned him first to 10 years of penal servitude for participation in an insurrectionary movement, to 15 years of main servitude for attempted murder and to 15 years of penal servitude. For murder. Applying Article 7 of the Military Penal Code, the court sentenced him to 15 years of penal servitude, taking into account his age '.

    For Tabo Taberi alias Cheka, prosecuted for among other armed robbery, crimes against humanity for rape and recruitment of children, unsuccessful charges, the Court also condemned him for association for insurrectionary movements, crimes of war through murder, rape, and sexual slavery, destruction of property, bodily harm and enlistment of children.

    Consequently, with regard to common law offenses and military offenses, the Court sentenced him to 15 years of penal servitude for association of criminals, 15 years of penal servitude for insurrectional movement, 20 years for murder, 20 years for assassination attempt.

    For war crimes, the court convicted him of life imprisonment for murder, rape, sexual slavery, enlistment of children under the age of 15, looting, destruction of property and bodily integrity of persons.

    Finally, the Court sentenced him to the single heaviest sentence, that of 'penal servitude for life'.

    The Court nonetheless confirmed his detention and the other convicts, notably Zitonda to life imprisonment and Lukambo to 15 years of main penal servitude.

    As for Ndoole Batechi, doctor of Tabo Tabeti Cheka, he was acquitted, for lack of evidence implicating him.

    It was June 2017 that Tabo Ntaberi Cheka and his co-defendants surrendered to UN forces in Walikale, before his transfer to Kinshasa.

    0Shares
    0

    The post Goma Military Court Sentences Warlord Tabo Ntaberi (Cheka) To Life In Prison appeared first on Taarifa Rwanda.

    Source : https://taarifa.rw/goma-military-court-sentences-warlord-tabo-ntaberi-cheka-to-life-in-prison/

  • Prof. Kayumba Pierre Claver wari umwarimu muri Kaminuza y’u Rwanda yitabye Imana #rwanda #RwOT

    Prof. Kayumba wari umuhanga mu bijyanye n’imiti (Pharmacy), yatabarutse kuri uyu wa Mbere tariki 23 Ugushyingo 2020, nk’uko byatangajwe n’abo mu muryango we.

    Nyakwigendera wari usanzwe utuye kuri 12 mu Mujyi wa Kigali, yajyanywe igitaraganya mu Bitaro bya Gisirikare i Kanombe, ahagera yashizemo umwuka.

    Abinyujije ku rukuta rwe rwa Twitter, Dr Ntaganira Vincent, yihanganishije nyakwigendera, uri no mu bashyigikiye igitekerezo cyo gutangiza Umuryango w’Abanyeshuri barokote Jenoside yakorewe Abatutsi mu 1994 (AERG).

    Yagize ati 'Inkuru mbi kandi itunguranye, Prof. Kayumba P. Claver wo muri Kaminuza y’u Rwanda akaba n’Umuyobozi w’Inama y’Ubutegetsi ya Rwanda Medical Supply Ltd yitabye Imana. Tuzahora twibuka uguca bugufi kwe, ubwitange no gukunda igihugu. Sinzibagirwa uruhare rwe mu itangizwa rya @AERGFAMILY mu 1996.”

    Prof. Kayumba Pierre Claver wari umwe mu bantu batatu bazobereye mu bijyanye na Farumasi mu Rwanda afiye Impamyabumenyi y’Icyiciro gihanitse mu bijyanye na Farumasi yakuye muri Kaminuza ya Ghent mu Bubiligi.

    Uyu mugabo wari Umwarimu n’Umushakashatsi mu Ishami ry’Ubuvuzi muri Kaminuza y’u Rwanda. Yanabaye umuyobozi mu Kigo cy’Igihugu cy’Ubuzima (RBC), ushinzwe Ishami ry’ibijyanye n’itangwa ry’amasoko y’imiti n’ikorwa ryayo.

    Prof. Kayumba Pierre Claver kandi mu mwaka ushize yiyamamarije kuba umusenateri uhagarariye amashuri makuru na za kaminuza ariko aza gutsindwa na Prof Niyomugabo Cyprien

    Source : http://www.ukwezi.rw/mu-rwanda/Ubuzima/article/Prof-Kayumba-Pierre-Claver-wari-umwarimu-muri-Kaminuza-y-u-Rwanda-yitabye-Imana

  • Imibare y’abandura Coronavirus yongeye kuzamuka cyane #rwanda #RwOT

    Itangazo rya Minisiteri y’Ubuzima ryo kuri uyu wa Mbere tariki 23 Ugushyingo 2020, rigaragaza ko mu bipimo 2084 byafashwe, abantu 61 basanzwemo icyorezo cya Coronavirus, byatumye umubare w’abacyanduye mu Rwanda ugera kuri 5726.

    Minisante yavuze ko n’ubwo abanduye bageze kuri 61 hari abakize bagera kuri 33 bityo umubare w’abamaze gusezererwa mu bitaro ugera kuri 5197.

    Abarwayi bashya bagaragaye mu Mujyi wa Kigali ahakuwe batandatu, 21 babonetse i Muhanga, mu Karere ka Rubavu hasanzwe 16, Nyabihu ni 10, Burera ho ni batandatu mu gihe muri Musanze hakuwe babiri.

    Mu Rwanda hamaze gufatwa ibipimo bingana na 609 367, hatahuwemo abantu 5726 banduye. Abakirwaye ni 482 mu gihe abamaze guhitanwa n’icyorezo cya COVID-19 giterwa na Coronavirus ari 47.

    Ibimenyetso bya Coronavirus birimo inkorora, ibicurane, guhumeka bigoranye n’umuriro. Yandura binyuze mu matembabuzi aturuka mu myanya y’ubuhumekero.

    Abaturarwanda basabwa gukomeza kubahiriza amabwiriza ya Leta hitabwa cyane cyane ku gukaraba intoki kenshi n’amazi n’isabune, kwambara udupfukamunwa n’amazuru mu gihe umuntu avuye mu rugo cyangwa ahuye n’abantu benshi mu nsisiro cyangwa ahatuye imiryango myinshi.

    23.11.2020 Amakuru Mashya | Update

    *Kigali : 6, Muhanga : 21, Rubavu 16, Nyabihu : 10, Burera : 6, Musanze : 2 pic.twitter.com/RchLF70WGF

    — Ministry of Health | Rwanda (@RwandaHealth) November 23, 2020

    Source : http://www.ukwezi.rw/mu-rwanda/Ubuzima/article/Imibare-y-abandura-Coronavirus-yongeye-kuzamuka-cyane

  • Urwibutso rwa Emery Bayisenge kuri APR FC, ibyavuzwe byo kwerekeza muri Rayon Sports #rwanda #RwOT

    Myugariro wa AS Kigali n’Amavubi, Emery Bayisenge avuga ko imyaka yakiniye APR FC ikintu ayibukaho cyane ari umwuka wabaga uyirimo ubwo amarushanwa yabaga atangiye kuko ubuyobozi bwahoraga bubitsa ko bagomba kwegukana igikombe.

    Emery Bayisenge yakiniye APR FC kuva 2012 avuye mu Isonga FC kugeza 2016 ubwo yari yerekeje muri Maroc mu ikipe ya Kenitra.

    Mu kiganiro yagiranye n’ikinyamakuru ISIMBI, Emery Bayisenge avuga ko umukinnyi wakiniye APR FC byamugora cyane kuyibagirwa cyane ko na we n’ubwo yayivuyemo yakomeje kuyikurikirana, uburyo ihora ishaka ibikombe n’icyo kintu ayibukiraho.

    Ati'n’ubwo nayivuyemo igihe nakinaga hanze narayikurikiranaga cyane, ni ikipe nziza, ni ikipe ihora ihatanira gutwara ibikombe. Ikintu nyibukaho cyane ubwo nayikiniraga ni uko ari ikipe intumbero zayo ni ibikombe nta kindi, nicyo kintu twibutswaga umunsi ku munsi.'

    Uyu musore ibyo kuba yaragiranye ibiganiro na Rayon Sports, yabihakanye avuga ko iyi kipe itigeze imwegera na rimwe.

    Ati'Ibyo bya Rayon Sports nanjye nabyumvise gutyo ariko ukuri muri kiriya gihe ntabwo nigeze nganira na Rayon Sports.'

    Impamvu yahisemo gukinira na AS Kigali ngo ni uko ari yo yamwegereye ikamwereka umushinga agasanga barahuje.

    Yagize ati'AS Kigali yaranyegereye cyane inyereka umushinga wayo mu by’ukuri ntabwo twigeze tunanizanya, turicarana turumvikana niyo mpamvu ndi muri AS Kigali.'

    Emery Bayisenge akaba afite gahunda yo gusubira gukina hanze y’u Rwanda ndetse ari nayo mpamvu yasinyiye umwaka umwe AS Kigali.

    Emery Bayisene umwuka wabaga muri APR FC bashaka igikombe nicyo kintu yibuka

    AS Kigali ngo niyo kipe bahuje

    Source : http://isimbi.rw/siporo/article/urwibutso-rwa-emery-bayisenge-kuri-apr-fc-ibyavuzwe-byo-kwerekeza-muri-rayon-sports

  • Abahanzi 7 b’amazina akomeye bagaragaje imbaraga nke mu muziki mu mwaka wa 2020 – Inyarwanda.com #rwanda #RwOT

    Umwaka wa 2020 uragana ku musozo ukajya uvugwa mu mateka. Abahanzi bari mu bashyirwa ku gitutu n'itangazamakuru ndetse n'abakunzi babo ku bwo kubaha ibihangano byiza kandi bihoraho. Abahanzi barimo itsinda rya Active, Diplomate n'abandi tugiye kugarukaho bagaragaje imbaraga nke mu ruganda rw'imyidagaduro mu 2020.

    Source : https://rss.app/articles/cb4e791f267872da1d4d595068d7bb8f0a50132e1270bbefc9f7950fcad73796b34ef713388a8f30a2fc2024c21312c1318839ab9b4c2a09da609a3ed48b1f21c1e732b3e7e227e3e28b60ac21eb2b1d83334e455d07f8bea5cc3a54dcc8bfa9d38194925843991fcc922772892b7c79c7ca1fd1c057b8982160e79c2d8a