Blog

  • Kamonyi/Rukoma: Ikirombe cyishe umuntu mu rukerera #rwanda #RwOT

    Mu rukerera rwo kuri uyu wa 24 Ugushyingo 2020, mu Mudugudu wa nyarurama, Akagari ka Bugoba, Umurenge wa Rukoma ho mu Karere ka Kamonyi, ikirombe gicukurwamo amabuye y'agaciro cyahitanye umuturage w'imyaka 34 y'amavuko.

    Umuturage witwa Mwitende Jean bakunda kwita Feliyeri, mu rukerera rw'uyu wa Kabiri yagwiriwe n'ikirombe gicukurwamo amabuye y'agaciro cyari cyarafunzwe. Iki kirombe cyari icya Kompanyi y'ubucukuzi yitwa SETEC y'uwitwa Bizimungu Denis.

    Nyuma yo gukura umurambo mu kirombe, wajyanwe mu bitaro bya Remera Rukoma ngo ukorerwe isuzumwa.

    Nkurunziza Jean de Dieu, Umunyamabanga Nshingwabikorwa w'Umurenge wa Rukoma yemereye intyoza.com ko aya makuru bayamenye. Avuga ko iki kirombe cyari cyarafunzwe, ariko ko kubera byinshi mu birombe byafunzwe kandi aribyo benshi mu baturage bajyaga gukoramo, bituma bamwe bihisha bakajya gushakamo amabuye mu buryo butemewe.

    Gitifu Nkurunziza, avuga ko nk'ubuyobozi bw'Umurenge ubarizwamo ubucukuzi bw'amabuye y'agaciro kurusha indi mirenge muri aka karere ka Kamonyi, basaba ko mu gihe ubuyobozi bufite ibirombe mu nshingano buhagaritse icukurwa ry'ahantu runaka hakwiye kubaho ingamba ziteganya uburyo buboneye bwo kurinda ahafunzwe.

    By'umwihariko, Gitifu Nkurunziza avuga ko igikwiye ari uko ikigo gifite ubucukuzi mu nshingano cyakwihutisha ibyo gutanga ibyangombwa kuko kuba ibirombe biraho byarafunzwe kandi byari bitunze abaturage bituma bamwe mu babikuragamo amaramuko bihisha bakajya gushaka amabuye bihishe, ari nabyo biviramo benshi ibyago bitandukanye birimo n'impfu za hato na hato.

    Munyaneza Theogene / intyoza.com

    Source : http://www.intyoza.com/kamonyi-rukoma-ikirombe-cyishe-umuntu-mu-rukerera/

  • Imbuto Foundation partners with IHS Rwanda Ltd to sponsor 150 students #rwanda #RwOT

    IHS Rwanda Limited has signed a Memorundum of Understanding (MoU) with Imbuto Foundation to sponsor 150 students from disadvantaged backgrounds to attend secondary school through 'Edified Scholarships’ programme.

    The MoU for the scholarship worth US$ 45.000 (Rwf 45 million) was signed on 20th November 2020 and expected to award US$300 to each student in a boarding school, for the academic year of 2020-2021.

    The Edified Scholarships was initiated in 2002 to financially support brilliant secondary school students from economically vulnerable backgrounds, in their pursuit of education.

    Today, the programme sponsors 694 students in 102 secondary schools countrywide.
    During holidays, these students are brought together to impart them with essential life skills commenting school education.

    IHS has provided 400 scholarships under this partnership with Imbuto Foundation since 2015.

    Through the Edified Generation, a total of 9.601 students including male and females have been sponsored.

    IGIHE

    Source : https://en.igihe.com/news/article/imbuto-foundation-partners-with-ihs-rwanda-ltd-to-sponsor-150-students

  • Rwanda to deploy dogs in identification of COVID-19 patients #rwanda #RwOT

    Rwanda Biomedical Center (RBC) has signed an agreement with Germany embassy related to the project of deploying dogs to identify people infected with COVID-19.

    The project dubbed 'Scent Identification of COVID-19 using dogs’ has proved successful in developed countries including Germany. It will be helpful for the country to test a large number of people during this period when many businesses are reopening.

    The agreements were signed on Monday witnessed by the Director General of Rwanda Biomedical Centre RBC, Dr Sabin Nsanzimana and Germany amabassador, Dr Thomas Kurz.

    The project is expected to be effected next month.

    'Such a pleasure to sign today with the Director General of Rwanda Biomedical Centre RBC, Dr Sabin Nsanzimana the project partnership 'Scent Identification of COVID-19 using dogs’. Dogs in Germany proved capable of identifying people infected with COVID-19, the same will apply for Rwandan dogs soon,' tweeted Germany embassy in Rwanda following the ceremony.

    Sniffer dogs are dogs that are trained to use their senses to detect substances such as explosives, illegal drugs, wildlife scat, currency, blood, and contraband electronics. The sense most used by sniffer dogs is smell. The smell from the detection dogs are more enhanced than the average dog. They are trained to have this great sense of smell.

    Sniffer dogs that normally look for explosives or drugs have been used previously to smell various cancers and hypoglycemia in diabetics. This medical application motivated veterinary scientists to research the potential ability of sniffer dogs to detect the coronavirus. 

    In July 2020, Researchers in Germany found that army sniffer dogs can discern between samples from coronavirus-infected and healthy patients.

    Scientists at the University of Veterinary Medicine Hanover found that trained sniffer dogs could be used to detect COVID-19 in human samples with a relatively high rate of accuracy.

    Eight sniffer dogs from the German Bundeswehr were trained for only a weekto distinguish between the mucus and saliva of patients infected with coronavirus and non-infected individuals.

    The dogs were then presented with positive and negative samples on a random basis by a machine.

    The animals were able to positively detect SARS-CoV-2 infected secretions with an 83% success rate, and control secretions at a rate of 96%. The overall detection rate, combining both, was 94%.

    In its conclusion based on more than 1,000 sniffed samples, published in the BMC Infectious Diseases journal, the team said dogs could play a role in detecting infected individuals.

    The method has been applied in many countries and proved that dogs can identify COVID-19 patients at low cost.

    It is expected to boost Rwanda’s capacity to test COVID-19 and complements ongoing efforts to contain effects of the pandemic.

    In a bid to minimise contact between patients infected with the coronavirus and doctors and nurses in hospitals, the country has deployed three robots to carry out simple tasks like taking temperatures and monitoring patients.

    Rwanda has so far conducted 609 367 COVID-19 tests of which 5726 were positive. A As of today, the country recorded has 482 active cases and 47 deaths.

    IGIHE

    Source : https://en.igihe.com/news/article/rwanda-to-deploy-dogs-in-identification-of-covid-19-patients

  • Gasabo: RIB yataye muri yombi umugabo ukekwaho gusambanya nyina ku gahato w'imyaka 65 #rwanda #RwOT

    Mu masaha ya saa yine z' umugoroba zo kuri uyu wa 23 Ugushyingo 2020 , Mu Karere ka Gasabo mu Murenge wa Jali haravugwa inkuru y' umugabo w'imyaka 41 akekwaho gukoresha imibonano mpuzabitsina ku gahato nyina w'imyaka 65.

    Amakuru avuga ko ibi bikimara kumenyekana ko uwo mubyeyi yakoreshejwe imibonano mpuzabitsina atabishaka, ushinzwe umutekano mu Mudugudu wa Kirehe yatanze amakuru maze abayobozi bajyayo basanga umukecuru agitaka ababwira ibimubayeho n'umuhungu akiri aho.

    Umuvugizi w'Umusigire w'Urwego rw'Ubugenzacyaha, Dr Murangira B.Thierry, yatangarije itangazamakuru ko uwo mugabo yatawe muri yombi. Yagize ati :

    'Ni byo koko RIB yafunze umugabo w'imyaka 41 akurikiranyweho gukoresha undi imibonano mpuzabitsina ku gahato yakoreye umubyeyi w'imyaka 65. Byabereye mu Mudugudu wa Kirehe muri Kanyaburiba i Jali mu Karere ka Gasabo.'

    Yavuze ko iperereza rikomeje kugira ngo dosiye ishyikirizwe ubushinjacyaha. Ubu ukekwa afungiye kuri Station ya RIB ya Gatsata.

    Ati 'Uwahohotewe yoherejwe kuri Isange One Stop Center ku Kacyiru kugira ngo ahabwe ubutabazi bw'ibanze kandi akorerwe isuzuma.'

    Aramutse ahamijwe iki cyaha yahanishwa igifungo cy'imyaka 10 ariko kitarengeje imyaka 15 n'ihazabu iri hagati ya miliyoni imwe na miliyoni ebyiri z'amafaranga y'u Rwanda.

    Source : https://impanuro.rw/2020/11/24/gasabo-rib-yataye-muri-yombi-umugabo-ukekwaho-gusambanya-nyina-ku-gahato-wimyaka-65/

  • Colonel Tom Byabagamba yahamijwe icyaha cy’ubujura #rwanda #RwOT

    Umucamanza yavuze ko iki gihano yagishingiye ku kuba ari isubiracyaha kuri Uyu mugabo wigeze kuba akuriye abasirikare barinda Perezida w’u Rwanda Paul Kagame. Ariko icyaha ntacyemera akavuga ko kigamije kumubabariza muri gereza no kumusebya.

    Umucamanza mu rukiko rw’ibanze rwa Kucukiro yasomye urubanza impande ziburana zikurikira icyemezo mu buryo bw’ikoranabuhanga. Col Tom Byabagamba yari kuri gereza afungiwemo ya gisirikare.

    Ubushinjacyaha buramurega icyaha cyo kwiba telefone yo mu bwoko bwa Samsung n’indahuzo yayo. Bumurega ko yayibye ayicomoye aho yari icomotse ubwo yari agiye gusomerwa urubanza rwe rwa nyuma mu rukiko rw’ubujurire.

    Buvuga ko bushingira ku mvugo z’abatangabuhamya bamushinja, inyandiko na raporo z’ifatira zakozwe na gereza afungiyemo ndetse ngo n’imvugo za nyir’ukuregwa.

    Ijwi ry’Amerika dukesha iyi nkuru batangaje ko , uregwa n’ubwunganizi bavuga ko gufatanwa telefone muri gereza bitagize icyaha, bakavuga ko basanga nta bimenyetso bigize iki cyaha cy’ubujura.

    Mu iburanisha ripfundikira uru rubanza Col Byabagamba yabwiye umucamanza ko atari umuntu wo kwiba utuntu yise ' duto duto tw’amafuti'. Agasanga icyaha aregwa cyarakozwe mu mugambi wo kumurundaho ibihano.

    We n’abamwunganira bakabwira urukiko ko kuri iki cyaha cy’ubujura bwa telefone n’indahuzo yayo cyagombye kubaho igihe hagaragara utaka ko yibwe. Bavuga ko abasirikare bamushinja ubujura batagaragaza aho yibye n’uburyo yibye telefone na charger yayo. Raporo n’inyandiko by’ifatira byakozwe na gereza afungiwemo ku ruhande rwiregura si ikimenyetso kuri iki cyaha.

    Mu byifuzo by’ubushinjacyaha bwari bwasabye urukiko guhamya icyaha Col Byabagamba no kumuhanisha imyaka itatu n’ihazabu ya miliyoni ebyiri z’amafaranga. Busobanura ko yagombye guhanishwa umwaka n’igice n’ihazabu ya miliyoni imwe ariko ko kuri uyu mugabo ari isubiracyaha.

    Nyuma y’iminota ibarirwa muri 30 icyemezo cy’umucamanza cyaje kijya gusa n’icyifuzo cy’umushinjacyaha. Yemeje ko icyaha cyo 'kwiba’ gihama Byabagamba kandi ko ari isubiracyaha bityo amuhanisha gufungwa imyaka itatu muri gereza yiyongera ku myaka 15 yakatiwe n’urukiko rw’ubujurire mu mwaka ushize wa 2019.

    Urubanza rurangiye Col Byabagamba yatse ijambo ariko kubera ikoranabuhanga ribi umucamanza ntiyamwumva. Yavuze ko niba bashaka kujuririra ibihano bakora inyandiko ibumbatiye imyanzuro y’ubujurire ikazashyikirizwa urukiko.

    Ijwi ry’amerika itegura iyi nkuru ntiyari yakabashije kumenya niba Col Byabagamba n’ubwunganizi bazajuririra ibihano. Twavuganye na Me Valery Gakunzi Musore umwe mu bamwunganira atubwira ko atari yakabonye incarubanza. Avuga ko azabanza akayibona akanabonana n’uwo yunganira bakabanza kubiganiraho.

    Col Tom Byabagamba w’imyaka 53 y’amavuko yigeze kuba akuriye umutwe w’abasirikare barinda umukuru w’u Rwanda Paul Kagame. Mu mwaka ushize wa 2019 inkiko z’u Rwanda zamuhamije ibyaha byo gushaka guteza imvururu cyangwa imidugararo muri rubanda zimuhanisha gufungwa imyaka 15 no kunyagwa impeta za gisirikare.

    Ni ibyaha we na muramu we Gen Frank Kanyambo Rusagara bavuga ko bishingiye ku mpamvu za politiki. Col Byabagamba avuga ko ubutegetsi bubahora abavandimwe babo baba hanze batagicana uwaka n’ubutegetsi buriho mu Rwanda.

    Barimo David Himbara mukuru wa Byabagamba wahoze ari umujyanama wa Perezida Kagame mu by’ubukungu.

    Source : http://www.ukwezi.rw/mu-rwanda/3/article/Colonel-Tom-Byabagamba-yahamijwe-icyaha-cy-ubujura

  • Abakinnyi b’Amagare barasaba ko bafatwa kimwe nk’abandi bakinira amakipe y’Igihugu #Rwanda #RwOT via @kigalitoday #rwanda #RwOT

    Kuri uyu wa Kabiri tariki 24 Ugushyingo 2020 nibwo abakinnyi b’ikipe y’igihugu y’umukino w’amagare bakiriwe n’abayobozi b’ishyirahamwe ry’uyu mukino (FERWACY) babashimira uko bitwaye muri Grand Prix Chantal Biya.

    Muri uyu muhango, Nkuranga Alphonse wari uyoboye itsinda ryari ryerekeje muri Cameroun, yasabye Perezida wa Ferwacy kubakorera ubuvugizi, bakajya bafatwa nk’uko abakinnyi bo mu yindi mikino bafatwa.

    Yagize ati “Twari dutwaye ubutumwa bw’igihugu, baduhaye ibendera ngo tugihagararire. Twagize urugendo rwiza, twahasanze ubushyuhe bwinshi kandi nta mwanya wo kumenyera uhari”

    “Nyakubahwa Abdallah Murenzi udukorere ubuvugizi ku nzego zibishinzwe, aba bakinnyi bakwiye agahimbazamusyi”

    “Niba hari abahembwa kubera umukino batsinze, aba bajya bashimirwa kuri stage/étape batsinze hakabaho n’isiganwa ukwaryo.”

    Iri jambo ryanashimangiwe kandi na Mugisha Samuel wegukanye igihembo cy’uwahize abandi mu kuzamuka (Meilleur grimpeur), avuga ko agaciro gahabwa indi mikino gakwiye no kugera mu magare.

    Ati “Mudukorere ubuvugizi natwe tujye tubona agahimbazamusyi n’impamba y’urugendo binatere imbaraga abana bari inyuma bumve ko umukino w’amagare ari umukino ukwiye guhabwa agaciro nk’iyindi.”

    source https://www.kigalitoday.com/imikino-11/amagare/article/abakinnyi-b-amagare-barasaba-ko-bafatwa-kimwe-nk-abandi-bakinira-amakipe-y-igihugu

  • RWANDA NATIONAL POLICE – Exemplary Conduct, Noted #rwanda #RwOT

    0Shares
    0

    There are fewer organs of the State that are more important and critical than the National Police, and how it functions says a lot about the state of our governance — our leaders, institutions and our policies.

    From the top brass to the lowest rank, when our men and women adorn the blue uniform they represent the power of the state and the flag that defines our national character.

    They are charged with keeping us safe by enforcing laws and maintaining civility.

    They are the public face that reflects our social cohesion and discipline and how we navigate daily.

    How they enforce the law, and how they treat the public that they are paid to serve, at the end of the day is a reflection of what kind of society we value and we have consciously chosen to chart.

    On a continent where there is a corruption pandemic, and all over African cities rogue police officers are not in short supply, it is always gratifying to witness exemplary, professional and honest conduct by one of our Men in Blue. No matter how small.

    Let me tell you about one Sgt God Muremyangabo.

    On November 12, 2020, between the hours of 9:30 — 10:00 p.m. while on duty, he found an envelope full of cash and other personal papers on the street in GISHUSHU, Gasabo District.

    He did the right thing, He turned the envelope in. His conduct exemplifies the values of the men, women and officers of the RNP.

    One might say this Officer did what we expect from our police force.

    True, but honesty does not always go hand in hand with discipline, and doing the right thing doesn't always come easy, to most people, especially, I dare say during these pandemic days when people's finances have been turned upside down.

    This is important because this exemplary conduct reflects our national core values and the discipline and integrity of our government organs.

    It is a simple act that will remain in our hearts long after the accolades die down.

    Sgt Muremyangabo's conduct will be added to many others by selfless individuals in our society that have put country first, and self last.

    It is a gratifying simple act that tells our detractors that we are a people of solid character, good moral values and un-shakeable integrity, from top to bottom.

    This matters a lot, especially during a week in which our neighbors across the border in Kampala have exhibited conduct that shocks the conscience.

    Watching the Uganda police and military brutally deal with the public that was demonstrating (and yes, there were looters and many behaving badly) against what they perceive as government failure to address their concerns while curbing their democratic rights was un-nerving.

    A reported 38 were killed by the security forces, and 600 arrested. It is the manner and style that the security forces resorted to that raises eyebrows.

    One watching the operation could hardly tell who were the bad guys and the good guys, save the uniforms and big guns the security forces wear and carry.

    Law and order must be maintained, but at what cost? What does it say when those charged with upholding the law resort to thuggish behavior, shooting un-armed defenseless women in broad daylight, albeit on national television?

    With this indiscipline, how are the governed supposed to respect the rule of law and listen to those charged with upholding and maintaining good governance?

    Or, is the writing on the wall? Are people exhibiting fatigue as a result of bad governance and cyclical questionable elections which have left the masses with no hope of a better tomorrow?

    These are indeed nagging questions that demand answers. It cannot be business as usual if the rule of law is going to prevail.

    I say one Sergeant's simple act of integrity and professionalism shames the conduct of a battalion of unruly, out of control armed security forces consumed by their un-checked power.

    In 2013 in Nairobi, Kenya when there was a terrorist attack by Somali fundamentalists at The Westgate Mall, we watched in horror as the Kenya police and members of the Kenya Defense Force looted stores with sheer abandon and impunity.

    They had been summoned to deal with terrorists, but instead they threw discipline to the wind and helped themselves to expensive jewelry and other sundry items. It was a sore to the eye that forever stained the Kenyan forces in question.

    One small act of integrity deserves mention, because it shines a light on our entire exercise of governance. To those in public service, I salute your service and dedication and appeal to you to let a Sergeant's good conduct be your moral compass.

    One and all, we owe Sgt God Muremyangabo a ton of thanks for letting Rwanda shine, once again when many within and without are working day and night to tear us down.

    0Shares
    0

    The post RWANDA NATIONAL POLICE — Exemplary Conduct, Noted appeared first on Taarifa Rwanda.

    Source : https://taarifa.rw/rwanda-national-police-exemplary-conduct-noted/

  • Siemens Gamesa Adds 250MW Of Clean Energy To South Africa's Grid #rwanda #RwOT

    0Shares
    0

    Siemens Gamesa has officially started production of Mainstream Renewable Power's 110MW Perdekraal East and 140 MW Kangnas wind farms in South Africa, supporting additional green power supply into the country's national grid.

    The Perdekraal East site is located 80km northeast of Ceres in the Western Cape and the Kangnas wind farm is situated near Springbok in the Northern Cape.

    The wind farms are equipped with a total of 109 2.3MW capacity onshore wind turbines and will help provide enough clean electricity to power a total of 250,000 South African homes.

    Additionally, the wind farms will emit zero carbon emissions using almost no water during the power generation process.

    Despite COVID-19 challenges, the two projects have been completed in line with the original timeline set by Mainstream Renewable Power. Mainstream fully developed the projects, managed the construction process and will manage the operations and maintenance of the plants.

    The global developer of renewable energy is based in Dublin with offices in Cape Town. Kangnas wind farm was even completed significantly ahead of schedule.

    Part of the 'Bid Window 4' of the government's Renewable Energy Independent Power Producer Procurement Programme (REIPPPP), both Perdekraal and Kangnas wind farms will together add to the 1.3GW to the country's clean energy generation capacity.

    In compliance with the REIPPPP regulations, the wind projects were built by the 30% black owned subsidiary of Siemens Gamesa in South Africa and, by its South African staff utilizing South African contractors thereby creating jobs  while supporting local communities, driving local manufacturing and development projects within local communities.

    'Siemens Gamesa is taking a step forward in its mission to provide a cleaner, more sustainable future for South Africa in its journey to a low carbon economy, having contributed as of today with more than 850MW of wind capacity to the national grid. We are also proud to demonstrate our engagement towards improving living standards across the country, despite the disruption witnessed due to the Covid-19 lockdowns earlier this year,' said Janek Winand, Managing Director Siemens Gamesa South Africa.

    Beyond the completion of its wind projects in the country, Siemens Gamesa remains committed to the local communities in need through several social actions led across the regions where it is operating.

    Among these initiatives, the company helped provide relief to Tembisa residents suffering from the impact of the COVID19 crisis through the donation of vital supplies benefitting over 300 families.

    The team also supported recently the Witzenberg Association for Persons with Disabilities (WAPD) near the Perdekraal wind farm through the donation of a mobile day care.

    'As a responsible company, we are eager to assert further our contribution to South Africa's increasing energy demand, but beyond that, we are strongly committed to provide continuous support through rapid responses to the challenges faced by the local communities in need, especially in the aftermath of the COVID-19 pandemic,' added Janek Winand.

    0Shares
    0

    The post Siemens Gamesa Adds 250MW Of Clean Energy To South Africa's Grid appeared first on Taarifa Rwanda.

    Source : https://taarifa.rw/siemens-gamesa-adds-250mw-of-clean-energy-to-south-africas-grid/

  • Col Tom Byabagamba yakatiwe igifungo cy'imyaka itatu ku cyaha cy'ubujura #rwanda #RwOT

    Kuri uyu wa Kabiri tariki ya 24 Ugushyingo 2020, Urukiko rw'ibanze rwa Kicukiro mu mujyi wa Kigali rwakatiye igifungo cy'imyaka 3 Col Tom Byabagamba ku cyaha cy'ubujura aregwa ko yakoze ubwo yari muri gereza.

    Uyu wahoze ayoboye umutwe w'abarinda umukuru w'igihugu yari asanzwe yarakatiwe igifungo cy'imyaka 15 ku bindi byaha birimo kwangisha abaturage ubutegetsi buriho.

    Icyemezo cy'urukiko cyasomwe nyuma y'amasaha abiri gitegerejwe kuko ikoranabuhanga ry'amashusho rikoreshwa ryabanje kugorana. Umucamanza yashimangiye icyifuzo cy'ubushinjacyaha ategeka ko Tom Byabagamba afungwa imyaka 3. Gusa yasobanuye ko iki gihano cyongerewe kivuye ku mwaka umwe n'igice kuko ibi byari bibaye insubiracyaha.

    Ubushinjacyaha bwavuze ko icyaha cy'ubujura cyakozwe ubwo Tom Byabagamba yari mu bujurire mu rundi rubanza yahamijwemo ibyaha birimo ibyo guhungabanya umutekano w'igihugu.

    Buvuga ko uyu mugabo ufungiye muri Gereza ya gisirikare ya Kanombe yasanganywe Telefoni muri gereza yabazwa akavuga ko yayikuye mu cyumba cy'urukiko yagiye kuburana.

    Ku bushinjacyaha ubu ni ubujura kuko yihaye uburenganzira ku mutungo utari uwe.

    Gusa uregwa we agasobanura ko kuba yarasanganywe Telefoni muri gereza ari ukurenga ku mabwiriza ya gereza ko atari ubujura kuko nta n'umuntu wareze avuga ko hari icye cyibwe.

    Abatangabuhamya b'ubushinjacyaha barimo abasirikare barinda gereza bemeza ko basatse Byabagamba bakamusangana iyi Telefoni.

    Uregwa ariko avuga ko inyandiko mvugo yakozwe yemeza ko yasanganywe telefoni ariko ko itavuga ko yayifatanywe yayibye.

    Ikindi kivugwa na Byabagamba ni uko atakurikiranwaho icyaha cy'ubujura kandi nta muntu watanze ikirego asaba gusubizwa ibye byibwe.

    Gusa nk'uko byavuzwe n'ubushinjacyaha, umucamanza na we yashimangiye ko ubushinjacyaha bukurikirana ikirego bwagejejweho ariko ngo bufite n'ububasha bwo gukurikirana uwakoze icyaha kabone n'ubwo haba nta kirego cyatanzwe.

    Bwifashishije amakuru yabonetse muri Telefoni bwemeza ko yibwe, ubushinjacyaha bwabwiye urukiko ko hatahuwe umugambi wo gutoroka gereza Byabagamba yari kugeraho yifashishije iyi Telefoni.

    Byabagamba avuga ko inyandiko mvugo yakozwe yemeza ko yasanganywe telefoni ariko ko itavuga ko yayifatanywe yayibye

    Gusa iki cyaha cyo ngo ntiyagikurikiranwaho kuko cyaburijwemo kitaraba. Nyuma y'iki gihano gishya, Tom Byabagamba agomba kumara imyaka 18 muri Gereza dore ko yari asanzwe yarakatiwe indi 15 ku byaha birimo kwanduza isura y'u Rwanda mu mahanga.

    Mu mwaka wa 2016 yari yakatiwe gufungwa imyaka 21 ariko iza kugabwanywa igera kuri 15 nyuma y'ubujurire.


    Umucamanza yashimangiye icyifuzo cy'ubushinjacyaha ategeka ko Tom Byabagamba afungwa imyaka 3

    Source : https://impanuro.rw/2020/11/24/col-tom-byabagamba-yakatiwe-igifungo-cyimyaka-itatu-ku-cyaha-cyubujura/

  • Rwanda Debunks False Stories Propagated By BBC #rwanda #RwOT

    0Shares
    0

    The BBC recently ran a story by Andrew Harding making false and misleading allegations concerning an event held three years ago at the Rwanda High Commission in London.

    This story is part of a wider narrative fabricated by various anti-Rwanda movements, hostile detractors, some anonymous, and at least one disgruntled former official.

    The BBC broadcast the allegations as fact, with no scrutiny of the veracity of claims made or the credibility of those making them.

    Many Rwandans living abroad who choose to be members of the RPF have taken an oath of allegiance to the political party for over 30 years now — there is nothing remarkable about the oath or the fact that the Embassy offered the space for a community event.

    The oath has been in existence, almost unchanged, since the formation of the RPF in 1987.

    Attempts by detractors to misrepresent it as something ominous are pathetic.

    The BBC claims to have spoken to 'member of Rwandan Diaspora' but they actually sought opinions of a collection of hostile dissidents and fraudulent asylum seekers, in order to justify the false allegations.

    An example is Rene Mugenzi, featured in the BBC story, who was recently convicted and imprisoned for embezzlement and theft in the UK. However, Mugenzi had for years been portrayed as a human rights' activist and opposition leader, and granted significant media attention, often by the BBC, to propagate lies about Rwanda, even as he was stealing hundreds of thousands of pounds from the Norwich Cathedral, as well as defrauding and blackmailing members of the Rwandan community in the UK.

    It should be obvious that Rwandans abroad who claim to be fighting the government of Rwanda don't bother to go to embassy events.

    Instead, they have taken to inventing false stories such as this one that find a welcoming, uncritical platform in BBC reports.

    There were no opposing views of members of the Rwandan community in the UK supportive of the Rwandan government or the RPF, to give context to the falsehoods presented in Harding's story.

    Beyond the UK, the BBC appears not to have exercised even minimal judgment, or carried out any scrutiny of those it chose to amplify for this story.

    David Himbara, a disgruntled former Rwandan official makes wild, blanket claims about Rwanda's political system that go completely unchallenged.

    Had BBC sought to verify these claims, they would allow their viewers to understand that as popular as Rwanda's ruling party is, no one is forced to join the RPF.

    In fact, there are 11 other political parties in Rwanda, at least five of which are represented in Parliament.

    In line with Rwanda's constitution, both chambers of Parliament are headed by leaders of other political parties that, incidentally, existed even before the RPF came to power.

    Noel Zihabamwe is, according to the BBC, 'a prominent member of the Rwandan diaspora in Sydney, who came to the country as a refugee in 2006'.

    The truth is that he left Kigali in 2000 to attend university in Australia on a Rwanda Government scholarship.

    Upon completion of his sponsored studies, Zihabamwe claimed asylum in Australia and joined the terrorist group Rwanda National Congress (RNC), which runs propaganda campaigns against Rwanda and is responsible for several deadly terror attacks in Kigali and in Northern Rwanda.

    Noel ‎Zihabamwe's claims about his missing brothers are unfounded. The spouse of one of the allegedly missing men reported to Police that her husband went missing while visiting relatives in the Nyagatare District.

    While the investigation remains open, neither Noel Zihabamwe who continues to cry foul in the media, nor his family has provided further information to assist in verifying this claim.

    A simple search on the Internet will reveal Paul Rusesabagina's true face, in his own words, including in interviews on the BBC Kinyarwanda service, as leader of a political party with an armed group (MRCD/FLN) which is responsible for several terror attacks in Rwanda that resulted in at least nine deaths.

    This led to his arrest and ongoing terror trial in Kigali, along with at least 19 other suspected MRCD/FLN fighters and commanders that reported to him.

    The BBC fails to mention that Kizito Mihigo, who also features in the story, was convicted to 10 years in prison in 2015 after pleading guilty to forming a criminal gang, complicity in a terrorist act and conspiracy to murder.

    Following his appeal for presidential pardon, his sentence was commuted in September 2018 along with more than 2,000 other convicts.

    He was arrested for a second time in 2019 after violating release terms by attempting to illegally cross the border to join armed anti-Rwanda groups in Burundi, and soon after committed suicide while in detention.

    Some NGOs consistently offer credibility to Rwandan detractors who make baseless claims of persecution by the Government of Rwanda.

    Sarah Jackson of Amnesty International seems disappointed that 'such actions, which have included several targeted assassinations abroad, never appear to result in any long-term damage to Rwanda's international relations.'

    They are not as damaging as those driving these stories expect precisely because they are not true, despite repeated attempts over the years to cement false storylines that do not correspond to reality.

    Rwanda is focused on achieving development results and progress for our citizens, and will not be distracted by external dictates that go against the interests of our people.

    It should be understood that Rwanda's fundamental values and political choices are driven by our country's history and context, and they serve to entrench stability and prosperity, as well as a brighter future for our citizens. We will not allow this to be disrupted.

    0Shares
    0

    The post Rwanda Debunks False Stories Propagated By BBC appeared first on Taarifa Rwanda.

    Source : https://taarifa.rw/rwanda-debunks-false-stories-propagated-by-bbc/