Blog

  • Umutoza Adil Erradi yatanze ihumure ku bafana ba APR FC #rwanda #RwOT

    Umutoza Adil Erradi wa APR FC yatanze ihumure ku bafana ba APR FC abizeza ko rutahizamu w’iyi kipe, Jacques Tuyisenge yiteguye umukino wo ku wa Gatandatu na Gor Mahia, ni mu gihe hari impungenge ko atazakina bitewe n’imvune yagiriye mu ikipe y’igihugu.

    APR FC izakira Gor Mahia ku wa Gatandatu w’iki cyumweru mu mu mukino ubanza w’ijonjora ry’ibanze rya CAF Champions League.

    Hari impungenge z’uko izakina uyu mukino idafite rutahizamu wayo Jacques Tuyisenge wagiriye ikibazo cy’imvune mu mukino Amavubi yanganyijemo na Cape Verde tariki ya 17 Ugushyingo 2020 mu gushaka itike y’igikombe cy’Afurika cya 2022.

    Umutoza Adil wa APR FC, yavuze ko uyu rutahizamu ameze neza yiteguye uyu mukino bityo ko abafana b’iyi kipe badakwiye guhanganyika.

    Ati'Jacques Tuyisenge arahari kandi yiteguye neza ku wa Gatandatu nshobora kubibemerera, arahari kandi nk’uko mwabivuze agomba gutsinda ibitego, ibitego nibyo bya ngombwa, ntafite Jacques nagiye ngerageza uburyo bwinshi bw’imikinire yacu kandi twabigezeho.'

    Yakomeje agira ati'Jacques ni umuntu w’ingenzi cyane mu buryo bw’iyo mikinire yacu kandi tugomba kumurinda mu buryo ubwo ari bwo bwose.'

    Nyuma y’umukino wo ku wa Gatandatu, izakina umukino wo kwishyura tariki ya 5 Ukuboza 2020.

    Adil yemeje Jacques Tuyisenge yiteguye neza umukino wa Gor Mahia

    Source : http://isimbi.rw/siporo/article/umutoza-adil-erradi-yatanze-ihumure-ku-bafana-ba-apr-fc

  • National Cycling Team back home after winning Grand Prix Chantal Biya #rwanda #RwOT

    Rwanda National Cycling Team has returned home from Cameroun where it had flown to participate in Grand Prix Chantal Biya International Cycling Tour won by Rwandan Moïse Mugisha.

    Team Rwanda delegation arrived at Kigali International Airport on Monday around 9pm with their coach Félix Sempoma and Alphonse Nkuranga, the second vice-president of Rwanda Cycling Federation (FERWACY) who had accompanied them.

    Speaking to the media, Moïse Mugisha attributed his victory to teamwork though it was a challenging competition.

    'As we raced for the first stage, I interacted with Samuel Mugisha discussing how to develop team work spirit and luckily won the first stage. I was confident because Samuel Mugisha stood by my side and especially attribute the victory of the fourth stage to his support,' he said.

    Samuel Mugisha who led his colleagues in Cameroun revealed that the tournament ended on high note as they reached goals.

    'The tournament was successful because we had a purpose of winning before taking off from Kigali. It is something of great significance to be proud of and celebrated when you successfully reach the goal,' he said.

    Upon, Team Rwanda has been quarantined at Sainte Famille Hotel where it is expected to spend one day awaiting for COVID-19 test results.

    Apart from the grand prize, Team Rwanda also received several awards in different categories. The champion Moïse Mugisha also emerged the best young rider, Samuel Mugisha emerged the best climber while team Rwanda was awarded the best during the tournament that lasted five days from Tuesday until Sunday.

    During the race, Mugisha took the Yellow Jersey which he defended until the final stage. Among others, six racers that represented Rwanda during the tournament walked away with four prizes.

    These include Moïse Mugisha, Rnus Byiza Uhiriwe, Patrick Byukusenge, Didier Munyaneza, Joseph Areruya and Samuel Mugisha.

    Rwanda was competing with different teams from Africa and Europe namely; Dukla Banska Bystrica, Ivory Coast,Burkina Faso, Senegal,Democratic Republic of the Congo, Benin, Mali, Cameroon, and SNH Vélo Club.

    Following Grand Prix Chantal Biya, Team Rwanda will be busy preparing for Tour du Rwanda 2021 scheduled in February.

    Source : https://en.igihe.com/sports/article/national-cycling-team-back-home-after-winning-grand-prix-chantal-biya

  • Menya impamvu yihariye yatumye Rwatubyaye Abdul kuri ubu atarasubira mu ikipe ye asanzwe akinira #rwanda #RwOT

    Rwatubyaye Abdul ukinira Colorado Springs Switchbacks FC yo muri USA, kuri ubu ari mu Rwanda mu kiruhuko. Uyu musore ukina yugarira izamu akaba aherereye mu Rwanda nyuma yo kuva mw'ikipe y'igihugu mu mukino Amavubi yakinaga na Cape Verde.

    Uyu musore  yatangarije Radio Rwanda mu rubuga rw'imikino ko akiri umukinnyi w'iyi kipe, gusa bakaba bari mu biganiro Ku byerekeranye nakazoza ke abifashijwemo na agent we.

    Rwatubyaye Abdul umwe muri ba myugariro beza u Rwanda rufite

    Yagize ati. ' ubu ngubu akazi ntago ari akange nakaba agent barimo kugenda babyigaho ubu ngubu ndacyategereje, hoya ntago nahita mvuga impamvu zatumye tutajya muri playoff Wenda nuko shampiyona imikino yari yegeranye cyane, ntago navuga ko ariyo mpamvu ariko navuga ko ariyo mpamvu yatumye tutagera ku ntego zacu kuko twari dutangiye kumenyerana hahita hazamo covid19 navuga ko arizo mbogamizi twagize.'

    Yakomeje agira ati     ' amasezerano azarangira mu kwa 12 gusa sinabonye uko nahita nsubirayo kuko kugirango ujye hariya bisaba kumara ibyumweru bibiri mu kato nukwicara rero twese nka team tukareba icyo gukora.'

    Rwatubyaye kandi yavuze ko APR fc ayifitiye icyizere ko izitwara neza mu mukino izahura na Gormahia muri CAF champions league. Uyu musore akaba yaraje muri Switchbacks FC avuye muri Colorado Rapids Ku ntizanyo.

     

     

    The post Menya impamvu yihariye yatumye Rwatubyaye Abdul kuri ubu atarasubira mu ikipe ye asanzwe akinira appeared first on Kigalinews24.

    Source : https://kigalinews24.com/2020/11/24/menya-impamvu-yihariye-yatumye-rwatubyaye-abdul-kuri-ubu-atarasubira-mu-ikipe-ye-asanzwe-akinira/

  • Police FC yatsinze AS Muhanga (AMAFOTO) #rwanda #RwOT

    Umukino wa gicuti wahuzaga Police FC na AS Muhanga kuri Stade Regional i Nyamirambo warangiye ku ntsinzi ya Police FC y’ibitego 3-1.

    Umukino watangiye Police FC yiharira iminota ya mbere y’umukino ndetse ibona n’amahirwe.

    Ku munota wa 10 Iyabivuze Ose yahushije igitego cyabazwe ku mupira wari uhinduwe na Rutanga Eric ariko agiye kuwushyira mu izamu arawuhusha.

    Police FC yakomeje gusatira ndetse ku munota wa 23 ibona igitego gitsinzwe na Nshuti Dominique Savio ku mupira yahawe na Iyabivuze Ose.

    Police FC yaje kubona igitego cya kabiri ku munota wa 28 gitsinzwe na Moussa Omar n’umutwe kuri koruneri yari itewe na Nshuti Dominique Savio.

    AS Muhanga yakoraga amakosa hagati mu kibuga yaje gutsindwa igitego ku munota wa 39 gitsinzwe na Martin Fabrice ku ishoti rikomeye yatereye inyuma y’urubuga rw’amahina.

    Umunyezamu Pato ku munota wa 40 na 42 yakuyemo imipira ya Savio iba yavuyemo ibitego.

    Ku munota wa 44 AS Muhanga yakoze impinduka havamo umunyezamu Pato wari wagowe n’umukino hajyamo Lupali. Igice cya mbere cyarangiye ari 3-0.

    Mu gice cya kabiri Police FC yakoze impinduka havamo ikipe yose hajyamo indi.

    Igice cya kabiri umupira wakinirwaga hagati mu kibuga nta mahirwe menshi yigeze aboneka.

    Habimana Yousuff winjiye mu kibuga asimbura mu gice cya kabiri yaboneye AS Muhanga igitego ku munota wa 79.

    AS Muhanga mu minota ya nyuma yasatiriye cyane ishaka ibindi bitego ariko ubwugarizi wa Police FC n’umunyeza Rihungu bitwara neza. Umukino warangiye ari 3-1.

    Ba kapiteni mbere y’umukino

    Olivier yagaragaje ko azatanga akazi ku bakinnyi ba Police FC bakina basatira baca ku mpande, nawe ashaka umwanya

    Aimable Nsabimana, kapiteni wa Police FC umwe mu basore bitwaye neza

    Nshuti Dominique Savio ni we wafunguye amazamu

    Martin Fabrice niwe watsindiye Police FC igitego cya kabiri

    Ntirushwa Aime (8) yahuraga n’ikipe yahoze akinira

    Moussa Omar (15) watsinze igitego cya 3 ajya kukishimira

    Mico Justin yinjiye mu kibuga mu gice cya kabiri

    AMAFOTO: UWAHANGANYE Hardy

    Source : http://isimbi.rw/siporo/article/police-fc-yatsinze-as-muhanga-amafoto

  • Nyuma y' igihe kinini bakundana batangaje itariki y' ubukwe bwabo #rwanda #RwOT

    Mushambokazi Jordan wari mu bakobwa 20 bari bahataniye ikamba rya Miss Rwanda mu 2018, agiye kurushinga na Mbonyumuvunyi Karim.

    Nyuma y'igihe kinini bakundana ariko byaragizwe ibanga, Miss Mushambokazi na Mbonyumuvunyi biyemeje kurushinga ndetse n'amatariki y'ubukwe bwabo yamaze gutangazwa.

    Nk'uko bigaragara ku nteguza z'ubutumire mu bukwe bwabo, tariki 23 Mutarama 2021 na 30 uko kwezi nibwo buzataha.

    Hatangajwe amatariki y'ubukwe, nyuma y'uko Mbonyumuvunyi avuye kwa Mushambokazi gufata irembo ndetse ababyeyi bagaha umugisha urukundo rwabo.

    Mushambokazi ari mu bakobwa b'ikimero gikurura abatari bake bamukurikira ku rubuga rwa Instagram, ni umwe mu bakobwa icumi bahataniye ikamba rya Miss Rwanda mu 2018 ku itike y'Intara y'Amajyepfo.

    Mbonyumuvunyi ugiye kubana akaramata na Mushambokazi Jordan asanzwe ari umushabitsi ukorera mu Bushinwa.

    Source : https://impanuro.rw/2020/11/24/nyuma-y-igihe-kinini-bakundana-batangaje-itariki-y-ubukwe-bwabo/

  • Uganda's Electoral Body Warns Of Presidential Campaigns Cancellation #rwanda #RwOT

    0Shares
    0

    Uganda's Electoral Commission has warned that it may cancel the presidential campaigns if there is continued violation of guidelines.

    The commission gave this warning in a statement issued here late on Thursday.

    Justice Simon Byabakama, chairperson of the Electoral Commission, said in the statement that candidates should desist from holding rallies in a manner that violates campaign guidelines.

    The candidates or their agents continued to mobilize supporters to gather in large numbers at campaign venues, which breached the guideline of not holding a meeting of more than 200 people amid the ongoing COVID-19 pandemic, the commission said.

    The candidates continued to conduct or participate in processions and hold campaign meetings in non-designated venues, violating the harmonized campaign program, the electoral body added.

    The commission urged the candidates to continue to encourage their supporters to observe the standard procedures to avoid further spread of COVID-19.

    The statement came after the recent arrest of opposition presidential candidate Robert Kyagulanyi over violation of campaign guidelines. 

    Kyagulanyi's arrest sparked violent protests in some parts of the country on Wednesday and Thursday, leading to the death of 16 people and hospitalization of dozens, police said.

    The commission said it has taken up the matter of his arrest with the relevant authorities and called for calm. 

    'Accordingly, we appeal to the public to remain calm and restrain from engaging in acts of lawlessness that may result in destruction of property and loss of life, as already witnessed,' the statement said.

    The Electoral Commission earlier this month cleared 11 presidential candidates, including incumbent President Yoweri Museveni, to run in the 2021 general elections scheduled for January 14, 2021.

     

    0Shares
    0

    The post Uganda's Electoral Body Warns Of Presidential Campaigns Cancellation appeared first on Taarifa Rwanda.

    Source : https://taarifa.rw/ugandas-electoral-body-warns-of-presidential-campaigns-cancellation/

  • Mugisha Samuel yasabye itanganzamakuru kubakorera ubuvugizi #rwanda #RwOT

    Mugisha Samuel wagiye ari kapiteni wa Team Rwanda muri Cameroun bitabiriye isiganwa rya Grand Prix Chantal Biya, nyuma yo kugaruka mu Rwanda baryegukanye yasabye itangazamakuru kubakorera ubuvugizi nabo bakajya babona uduhimbazamusyi n’impamba y’urugendo nk’uko MINSPORTS ibikorera andi makipe y’igihugu.

    Ku munsi wo ku Cyumweru nibwo hasojwe irushanwa rya Grand Prix Chantal Biya ryaberaga muri Cameroun aho ryegukanywe n’umunyarwanda Mugisha Moise.

    Ku munsi w’ejo nibwo iyi kipe ya Team Rwanda yageze mu Rwanda, uyu munsi bakaba bakiriwe n’ubuyobozi bwa FERWACY buyobowe na perezida Murenzi Abdallah babashimira uko bitwaye muri iri siganwa.

    Mugisha Samuel wegukanye igihembo cy’umukinnyi uzamuka kurusha abandi ndetse akaba yari na kapiteni w’iyi kipe yasabye itangazamakuru kubakorera ubuvuizi nabo bakajya babona uduhimbazamusyi nk’andi makipe aba yasohokeye igihugu.

    Ati“Mudukorere ubuvugizi natwe tujye tubona agahimbazamusyi n’impamba y’urugendo binatere imbaraga abana bari inyuma bumve ko umukino w’amagare ari umukino ukwiye guhabwa agaciro nk’iy’indi.”

    Perezida wa FERWACY, Murenzi Abdallah yijeje aba bakinnyi ko ubuvugizi muri MINISPORTS babutangiye ndetse ko bazakomeza no kubukora kugira ngo bajye bahbwa uduhimbazamusyi n’impamba y’urugendo kimwe n’abandi.

    Ku mukino w’amagare wo nta mafaranga azwi ahabwa abakinnyi iyo bitwaye neza mu marushanwa, bitandukanye n’indi mikino nk’umupira w’amaguru bo biba bizwi ayo bahabwa ku mukino batsinze.

    Mugisha Moise wegukanye Grand Prix Chantal Biya

    Mugisha Samuel yasabye ko itangazamakuru ko ryabakorera ubuvugizi

    Murenzi Abdallah yijeje abakinnyi ko ubuvugizi buzakomeza gukorwa

    Source : http://isimbi.rw/siporo/article/mugisha-samuel-yasabye-itanganzamakuru-kubakorera-ubuvugizi

  • Donald Trump yavuye ku izimana yemera guhererekanya ubuyobozi na Joe Biden #rwanda #RwOT

    Itangazo uruhande rwa Biden rwasohoye, rwagize ruti:

    “Icyemezo cy’uyu munsi [ejo ku wa mbere] ni intambwe icyenewe yo gutangira guhangana n’ibibazo byugarije igihugu cyacu, birimo no guhagarika icyorezo no gusubiza ubukungu bwacu ku murongo”.

    “Iki cyemezo cya nyuma ni igikorwa ntakuka cy’ubutegetsi cyo gutangiza ku mugaragaro ihererekanya ry’ubutegetsi mu nzego za leta”.

    Bibaye nyuma yuko leta ya Michigan yemeje ku mugaragaro ibyavuye mu matora muri iyo leta, byemeza ko Bwana Biden ari we wahatsinze. Byashegeshe bikomeye Bwana Trump.

    Nyuma y’itangazo ry’ikigo cya leta gishinzwe ihererekanya ry’ubutegetsi, ibiro bikuru by’ingabo z’Amerika – Pentagon – byavuze ko bizaha “ubufasha itsinda rya Biden… mu buryo bwa kinyamwuga, buboneye, kandi bw’ingirakamaro buhuye n’ibyo rubanda rwiteze kuri uru rwego [rw’ingabo] ndetse n’umuhate wacu ku mutekano w’igihugu”.

    Ndetse n’urubuga rwa internet rwa Biden rwo muri iki gihe yitegura kujya ku butegetsi, rwahise ruhabwa ikirango cya leta y’Amerika cya “gov”.

    Kuri uyu wa kabiri aratangira gutangaza abantu ashaka gushyira mu myanya ikomeye yo mu butegetsi bwe.

    Ibyatangajwe n’ikigo General Services Administration (GSA) gishinzwe ihererekanya ry’ubutegetsi, bivuze ko ubu perezida watowe agiye kujya agezwaho amakuru ajyanye n’umutekano w’igihugu yo ku rwego rwo hejuru.

    Ndetse agire ibiro bya leta byo gukoreramo kandi ahure n’abategetsi bo muri leta, mu gihe yitegura kurahizwa mu kwezi kwa mbere.

    Ikigo GSA cyavuze ko cyemera ko Bwana Biden “bigaragara ko ari we watsinze” amatora ya perezida.

    Mbere yaho ejo ku wa mbere, Bwana Biden yatangaje itsinda ry’abagize ububanyi n’amahanga ndetse n’umutekano w’igihugu, ririmo abo bahoze bakorana mu myaka yamaze mu butegetsi bwa Obama.

    Azashyiraho Antony Blinken nk’umunyamabanga wa leta y’Amerika ndetse na John Kerry nk’intumwa y’Amerika ishinzwe ibijyanye no guhangana n’imihindagurikire y’ikirere.

    Ni mu gihe Janet Yellen ahabwa amahirwe menshi yo kugirwa umugore wa mbere ubaye umunyamabanga ushinzwe imari w’Amerika.

    Trump yavuze iki?

    Bwana Trump yanditse kuri Twitter ko ikigo GSA gishinzwe gutegura ihererekanya ry’ubutegetsi, cyamenyesheje uruhande rwa Biden ko kigiye kubitangira.

    Emily Murphy ukuriye icyo kigo, yavuze ko agiye gusohora miliyoni 6,3 akayaha perezida watowe ngo yitegure imirimo mishya.

    Bwana Trump yasezeranyije gukomeza “urugamba rwa nyarwo”, agira ati:

    “Ariko, ku neza y’Igihugu cyacu, nsabye Emily n’itsinda rye gukora ikigomba gukorwa kijyanye n’ibyibanze, ndetse nabwiye itsinda ryanjye naryo kubigenza gutyo”.

    Bwana Trump yavuze ko ikirego cye mu mategeko kijyanye n’ibyavuye mu matora “gikomeje MU BURYO BUKOMEYE”.

    Yashimiye Madamu Murphy kubera “ubwitange” bwe mu kazi, nubwo ngo yagiye yibasirwa.

    Madamu Murphy, washyizweho na Trump, yavuze ko “ibyabaye vuba aha birimo ibibazo mu mategeko no kwemeza ibyavuye mu matora” ari byo byari byatumye aba aretse gutangiza ihererekanya ry’ubutegetsi.

    Yavuze ko nta gitutu yokejwe n’ibiro bya perezida bya White House ngo afate icyo cyemezo.

    Mu ibaruwa Madamu Murphy yoherereje Bwana Biden, yagize ati: “Kugira ngo ibintu bisobanuke neza, nta mabwiriza n’amwe nahawe yo gutinza umuhate wanjye”.

    Ati: “Ariko, nakiriye ubutumwa buntera ubwoba ku mbuga za internet, kuri telefone, no ku iposita bushyira mu kaga umutekano wanjye, uw’umuryango wanjye, abakozi banjye, ndetse n’imbwa zanjye, mu kumpatira gufata icyemezo imburagihe”.

    “N’imbere y’ibikangisho bibarirwa mu bihumbi, nakomeje guharanira gukurikiza amategeko”.

    Madamu Murphy yavuze ko yanenzwe n’impande zitandukanye muri politike kubera ko yananiwe gutangiza ihererekanya ry’ubutegetsi kare kurushaho, igikorwa ubundi gisanzwe kibaho hagati y’ibyavuye mu matora n’irahira rya perezida mushya.

    Madamu Murphy ntiyubahirije igihe ntarengwa cyo ku wa mbere yari yahawe n’abademokarate bo mu nteko ishingamategeko ngo asobanurire abagize inteko icyatumye atinza icyo gikorwa.

    Source : https://www.imirasire.rw/?Donald-Trump-yavuye-ku-izimana-yemera-guhererekanya-ubuyobozi-na-Joe-Biden

  • Investors Commit Billions At Lagos Free Zone In Nigeria #rwanda #RwOT

    0Shares
    0

    Lagos Free Zone (LFZ) (www.LagosFreeZone.com), the first privately owned special economic zone in Nigeria with an integrated deep sea port, is home to several reputable global brands.

    Located 65kms east of Lagos, in the immediate vicinity of upcoming Lekki Deep Sea Port, the Lagos Free Zone aims to enhance the ease of doing business in Nigeria.

    Developed by the Singapore based Tolaram Group, the LFZ, reflects their more than four decades of commitment to doing business in Nigeria, says Tejaswi Avasarala, General Manager, Strategic Marketing, Lagos Free Zone, who was speaking ahead of the 6th annual West Africa Property Investment (WAPI) Virtual Summit taking place this week (25-26 November 2020).

    Regarded as the only premier regional real estate investment and development conference that provides access to more than 600 local and international decision makers, this year's WAPI Virtual edition (www.WAPISummit.com) will provide attendees with unique content, networking opportunities and a platform to showcase projects and services to an international audience.

    With currently more than 15 operational entities, the 830-hectare (ha) LFZ site will eventually host more than 100 businesses and provide more than 50,000 residents with a place to live, work and play, and will offer real estate investors and developers with appealing prospects.

    'We are convinced that Nigeria bears immense growth opportunity and will continue to be a formidable growth engine amongst the emerging market economies. While there are some challenges that are typical of emerging markets, the government has taken steps in the right direction that have resulted in tangible improvement in the ease of doing business in the country over the past 5 years,' said Tejaswi.

    In addition to the industrial manufacturing and port-based logistics cluster at LFZ, there are opportunities in the area of commercial developments such as multi-tiered housing, office spaces, business and leisure hotels as well as healthcare and educational projects which are extremely exciting and deliver on the LFZ's objective of enhancing the ease of doing business in Nigeria.

    This effort, as Tejaswi added, begins by providing business and developers with access to un-encroached, secured and developed land in the immediate vicinity of the deepest sea port in Nigeria, which is expected to start commercial operations by the end of 2022.

    While the new deep sea port solves a lot of historical challenges of the country's existing shallow and congested ports, investors at Lagos Free Zone would also enjoy access to reliable plug-and-play infrastructure such as access to power, gas, trunk infrastructure, ready-built facilities such as warehouses and standard design factories.

    A perspective, which WAPI host Kfir Rusin shares. 'The development of the Lagos Free Zone is an exciting development for the Nigerian economy and the industry as whole, as it will unlock new development opportunities for real estate investors and developers across the value chain.

    In what has been an extraordinary year, West Africa's real estate leaders have demonstrated their resilience and their willingness to adapt and innovate to ensure returns in challenging conditions.

    We believe that the future is bright and mega projects such as the LFZ, which is attracting world class tenants such as Kellogg (USA), Colgate (USA), Indofoods (Indonesia), Arla Foods (Denmark), BASF (Germany) and others is evidence that there are significant opportunities in the market, and we look forward to this week's discussions.'

    Taking place online (25 & 26 November), the WAPI Summit Virtual, www.WAPISummit.com is free to attend and will feature discussions and presentations by more than 60 international and regional speakers, who are actively pursuing opportunities across West Africa.

    0Shares
    0

    The post Investors Commit Billions At Lagos Free Zone In Nigeria appeared first on Taarifa Rwanda.

    Source : https://taarifa.rw/investors-commit-billions-at-lagos-free-zone-in-nigeria/

  • U.S Climate Statesman John Kerry hails Biden's ambitious determination on Climate Crisis #rwanda #RwOT

     

    By Ange de la Victoire DUSABEMUNGU

    John Kerry, one of the leading architects of the Paris climate agreement, is getting one more chance to lead the fight against climate change.

    President-elect Joe Biden named the longtime senator and former secretary of state as climate envoy for national security.

    Speaking at the event organized by the U.S Elect President Biden to present members of his Government on Tuesday, 24 November 2020, John Kerry hailed Biden's ambitious determination on the Climate Crisis adding that 'The Paris agreement alone is not enough.'

    The Former U.S Secretary of State, says that 'At global meeting in Glasgow one year from now, all nations must embrace ambitions together, or we will all fail together and failure is not enough.'

    He highlighted that 'Succeeding together means tapping into the best of the American ingenuity, creativity and diplomacy, to bring power to the alternative energy power using every tool we have to get where we have to go.'

    John Kerry, a well-known American politician, has stressed that this world superpower has come to step up its efforts to cope with the effects of climate change.

    The determination comes after the outgoing President Donald Trump has been widely criticized for his lack of efforts to cope with climate change.

    Analysts of global politics find that it is time for super powers and developing countries to work together to find solutions to the effects of climate change that continue to manifest itself in a variety of ways, including epidemics, droughts, floods and more.

    John Kerry said 'This kind of crisis demands that kind of leadership. Again, and President Biden will provide that.'

    He revealed that 'In addressing the climate crisis, President Elect (Joe Biden) is determined to see the future now and live a healing planet to future generations.'

    The President reminded that here on earth, God was frustrated to be alone. 'President Joe Biden will trust in God and he will also trust in science to guide our work on earth to protect God's creations.' John Kerry concluded adding that 'he is ready to carry out the tasks towards the fulfilment of the American determination on the climate crisis.' 

    68

    The post U.S Climate Statesman John Kerry hails Biden's ambitious determination on Climate Crisis appeared first on TOP AFRICA NEWS.

    Source : https://www.topafricanews.com/2020/11/24/u-s-climate-statesman-john-kerry-hails-bidens-ambitious-determination-on-climate-crisis/?utm_source=rss&utm_medium=rss&utm_campaign=u-s-climate-statesman-john-kerry-hails-bidens-ambitious-determination-on-climate-crisis