Blog

  • Ni ibiki bigenderwaho mu gutanga amanota mu mihigo y’ubumwe n’ubwiyunge? #Rwanda #RwOT via @kigalitoday #rwanda #RwOT

    Ni muri urwo rwego tariki 1 Ukuboza 2020, hahembwe uturere twagize amanota ya mbere mu isuzuma ryakozwe hashingiwe ku iteganyabikorwa ry’uturere ry’umwaka wa 2019-2020 na raporo z’ibikorwa, igenzura ku iyubahirizwa ry’amahame y’ubumwe n’ubwiyunge, n’uburyo abaturage babona ibibakorerwa mu karere biranga ubumwe n’ubwiyunge, nk’uko bigaragara muri raporo ya Komisiyo y’Igihugu y’Ubumwe n’Ubwiyunge.

    Hashingiwe ku byavuye mu isuzuma rya Komisiyo y’Igihugu y’Ubumwe n’Ubwiyunge bigaragarira mu manota, uturere twashyizwe mu byiciro bitatu ku buryo bukurikira: icyiciro cya mbere : 88-80% (Uturere 11), icyiciro cya kabiri:79-70% (uturere 18), ndetse n’icyiciro cya gatatu:69-60% (Akarere 1).

    Nk’uko bigaragara ku rutonde rwakozwe na Komisiyo y’Igihugu y’Ubumwe n’Ubwiyunge, Akarere kabaye aka mbere muri iryo suzuma ni Akarere ka Kirehe naho akabaye aka nyuma ni Akarere ka Muhanga.

    Gusa ibyo ngo ntibivuze ko muri ako Karere (Muhanga) ubumwe n’ubwiyunge buri hasi, cyangwa se bukaba buri hejuru mu Karere kabaye aka mbere (Kirehe), ahubwo ngo ni uko uturere turushanwa mu gushyira mu bikorwa ibyo tuba twarahize no gutanga raporo yabyo, nk’uko bisobanurwa na Nambaje Alice ushinzwe itumanaho no guhuza inzego muri Komisiyo y’Igihugu y’bumwe n’Ubwiyunge.

    Kuri buri ngingo muri izo eshatu z’ingenzi zishingirwaho mu isuzuma, hagiye hakubiyemo ibintu bitandukanye birebwaho. Nko ku ngingo ya mbere y’iteganyabikorwa ry’uturere, harebwa uburyo ibikorwa by’ubumwe n’ubwiyunge bigaragara mu iteganyabikorwa ry’akarere.

    Hakarebwa ishyirwamu bikorwa ry’ibikorwa byateganyijwe ari byo isanamitima, gusubiza mu buzima busanzwe/kwinjiza mu mibanire myiza abafungurwa barangije igihano cy’icyaha cya Jenoside, n’Abanyarwanda batahuka bava hanze mu bice birimo abakigoswe n’amacakubiri n’ingengabitekerezo ya Jenoside.

    Harimo kandi gutoza ababyiruka umuco w’amahoro, gukurikirana uko amahame y’ubumwe n’ubwiyunge yubahirizwa mu gihe cyo kwibuka ku nshuro ya 26 Jenoside yakorewe Abatutsi, gusuzuma ko imirenge ishyira mu bikorwa gahunda zishimangira ubumwe n’ubwiyunge n’ibindi.

    Ku ngingo ya kabiri ijyanye no kureba iyubahirizwa ry’amahame y’ubumwe n’ubwiyunge, harebwe ibintu bine bibangamiye ubumwe n’ubwiyunge byagaragaye mu turere.

    Muri byo harimo kwironda gushingiye ku byiswe amoko mu gihe cy’amateka y’amacakubiri mu Rwanda (Abahutu, Abatutsi, Abatwa), kwironda gushingiye aho bakomoka, itonesha rishingiye ku byiswe amoko mu gihe cy’amateka y’amacakubiri mu Rwanda (Abahutu, Abatutsi, Abatwa), ndetse n’itonesha rishingiye ku ho bakomoka.

    Ku ngingo ya gatatu, uko abaturage babona ibibakorerwa biranga ubumwe n’ubwiyunge, harebwe uko abaturage babona ko hari ibikorwa biteza imbere ubumwe n’ubwiyunge aho batuye, uko abaturage bishimira gahunda y’imiturire, ubworoherane n’ubusabane n’ibindi.

    source https://www.kigalitoday.com/amakuru/amakuru-mu-rwanda/article/ni-ibiki-bigenderwaho-mu-gutanga-amanota-mu-mihigo-y-ubumwe-n-ubwiyunge

  • Umusore yapfuye amaze amasaha make ashingiranwe n'umukunzi we #rwanda #RwOT

    Muri Uganda haravugwa inkuru iteye agahinda aho umusore witwa Roy Watulo  wo mu gace ka Mukono yapfuye hashize amasaha make ashingiranwe n'umukunzi we witwa Anita Watulo bari bamaze imyaka myinshi bari mu munyenga w' urukundo.

    Nk' uko Nilepost dukesha iyi nkuru yanditse ko Roy Watulo yapfuye saa Sita z'ijoro(12h00 A.M) zo kuri uyu wa Mbere tariki 07 Ukuboza 2020, nyuma yo gusezerana imbere y'Imana n'umukunzi we Anita kuri uyu wa Gatandatu tariki ya 5 Ukuboza. Ni ubukwe bwabereye muri UCU Chapel .

    Roy Watulo n'umukunzi we Anita Watulo bose bari abanyeshuri ba Uganda Christian University ari naho ubukwe bwabo bwabereye.

    Mu itangazo ryashizwe ahagaragara n'ubuyobozi bwa UCU riragira riti' Tubabajwe no kubamenyesha inkuru ibababaje y'urupfu rwa Roy Watulo umuhungu wa Dr. Richard Watulo , wigaga mu ishami ry'uburezi n'indimi muri Uganda Christian University'

    Itangazo rikomeza rivuga ko Roy Watulo yari yakoze ubukwe kuwa Gatandatu tarki ya 5 Ukuboza 2020  n'umukunzi we Anita bari banasanzwe bigana.

    Kugeza ubu amakuru yicyateye urupfu rwa Roy Watulo ntaramenyekana. Iperereza rya Polisi riracyakomeje ngo hamenyekane icyamwishe.

    Source : https://impanuro.rw/2020/12/08/umusore-yapfuye-amaze-amasaha-make-ashingiranwe-numukunzi-we/

  • Umugore yibarutse inkoko #rwanda #RwOT

    Mu Ntara ya Kigoma muri Tanzania haravugwa inkuru y' umugore wibarutse inkoko bityo ubu ikaba igiye kujyanwa muri laboratwari ngo hasuzumwe ikibyihishe inyuma.

    Umuyobozi wa Polisi mu Ntara ya Kigoma, James Manyama avuga ko ibyabye bidasanzwe, ko bigomba gukorwaho iperereza. Ati ' Ibi ntibisanzwe mu bantu. Polisi izajyana icyo kiremwa muri laboratwari ya Leta kugira ngo hakorwe iperereza kuko ntekereza ko bidasanzwe.'

    Afande Manyama nk'uko EATV ibitangaza, avuga ko uyu mugore yabyaye inkoko kuwa 5 Ukuboza 2020 mu kigo nderabuzima cya Uvinza kiri muri Kigoma.

    Muganga Mukuru mu Ntara ya Kigoma, Dr. Simon Chacha avuga ko ibi bishobora kuba byaratewe n'imyemerere y'umwijima cyangwa ikaba yarinjijwe mu nda y'umubyeyi.

    Dr. Chacha avuga ko uyu mugore atari atwite ubwo yazaga kwa muganga gusa ngo ' Yavugaga ko ababara mu nda, bamupimye basanga harimo inkoko, bahita bamubaga ako kanya bayikuramo.'

    Muganga Chacha avuga ko uyu mubyeyi yamaze kwangiririzwa imyanya myibarukiro ku buryo atakongera kubyara.

    Source : https://impanuro.rw/2020/12/08/umugore-yibarutse-inkoko/

  • Umwana w' imyaka 13 yabwiwe na nyina ko yamubyaranye n' inguge #rwanda #RwOT

    Augusto Dembo, umwana w'umuhungu uri mu kigero cy'imyaka 13 y'amavuko, ubarizwa mu murwa mukuru wa Angola, Luanda, yavuze ko mbere yo gupfa, nyina yasize amubwiye ko yamubyaranye n'inyamaswa ya 'chimpanzee' iri mu muryango w'inguge.

    Nk'uko igitangazamakuru Gazeta Nacional cyabitangaje, uyu mubyeyi w'uyu mwana witwaga Anita Dembo (yarapfuye) ngo yakoraga muri Pariki y'Igihugu ya Cameia kuva mu 1998. Mu gihe yari mu kazi, ngo ni bwo akekwaho kuba yarasambanaga na chimpanzee.

    Umuganga uzobereye mu mibereho y'ikiremwamuntu kuva kikivuka, Dr. Antonio Mendes yemeye ko Anita Dembo yaba yarasambanye n'inguge, gusa ngo ni ubwa mbere yumvise inkuru y'uwabashije kubyarana nayo. Ati: 'Gusambana hagati y'umuntu na chimpanzee ni ibisanzwe muri aka gace ariko ni ubwa mbere bitangajwe ko yateye inda.'

    Gusa abahanga bakomeje gushidikanya ku bitangazwa n'uyu mwana ndetse n'abandi babyemera, bitewe n'uko mu mateka bidasanzwe kubona uwabyaranye n'iyi nyamaswa, bakavuga ko : 'ari ibinyoma.'

    Bitewe n'uko isura y'uyu mwana igaragara, yaramamaye muri Angola ndetse afatwa nk'impano idasanzwe muri iki gihugu. Perezida w'iki gihugu, Joao Lourenço we yamwise 'Umwana w'Igitangaza wa Angola', 'Ikimenyetso cy'uko Imana iriho n'ubuhamya bw'uko Angola ari igihugu gikomeye.'

    Source : https://impanuro.rw/2020/12/08/umwana-w-imyaka-13-yabwiwe-na-nyina-ko-yamubyaranye-n-inguge/

  • President Kagame emphasizes the need to accelerate digital connectivity #rwanda #RwOT

    President Paul Kagame has emphasised the need to accelerate digital connectivity, saying that the Covid-19 pandemic has shown that it is not a luxury.

    He was speaking during the ninth board meeting of Smart Africa, an alliance of African countries seeking to promote digital transformation.

    'The pandemic has shown that connectivity is not a luxury. It is a necessity,' he told Heads of State and Government, and other leaders who attended the virtual meeting.

    Kagame said on Monday, December 7, that the provision of education and health services depends on digital infrastructure.

    'The good jobs of the future will also rely on technology skills and a digital identity,' he noted, adding that Smart Africa's mission is to do just that.

    Smart Africa's mission is to define the continent's digital agenda and drive the continental single digital market, all this is done through a series of projects and activities.

    Under the current arrangement, each member country spearheads a project that is aligned with Smart Africa's vision. 

    Smart Africa has gained seven more members since the last board meeting held in 2019. That brings the total membership to 31 countries.

    The new members are Algeria, Cabo Verde, Republic of Congo, Mauritania, Morocco, Sierra Leone, and Zimbabwe.

    The organization also saw new membership from the private sector, including Tahaluf Al Emarat, BICS, and Softbank.

    Kagame emphasised the importance of private sector partnership to realize Smart Africa's core goals.

    'We place a high value on what you as business leaders bring to these efforts,' he noted.

    The Head of State added that they will work with the private sector to make the necessary investments.

    'This is especially evident in the process of recovering from Covid,' he said.

    The meeting was attended by leaders of Burkina Faso, Congo-Brazzaville, Djibouti, DRC, Ethiopia, Guinea, Mali, Zambia, and Zimbabwe.

    SOURCE: THE NEW TIMES

    53

    The post President Kagame emphasizes the need to accelerate digital connectivity appeared first on TOP AFRICA NEWS.

    Source : https://www.topafricanews.com/2020/12/08/president-kagame-emphasizes-the-need-to-accelerate-digital-connectivity/?utm_source=rss&utm_medium=rss&utm_campaign=president-kagame-emphasizes-the-need-to-accelerate-digital-connectivity

  • South Africa's ANC Party May Force SG To Step Aside #rwanda #RwOT

    Ace Magashule the Secretary General of South Africa's ruling party ANC, has no other way out left but being forced to step aside.

    The adamant politician considered the next in queue for the presidency is charged with 21 counts of corruption, money laundering and gross fraud.

    According to the party, a resolution was adopted in August that whenever a member is being investigated, they are required to first step aside to allow due processing of their cases.

    However, Ace Magashule seems to have a different interpretation of the resolution on stepping aside. He believes that some other factions are hellbent on ensuring his down fall.

    President Cyril Ramaphosa on Tuesday appeared at the party's highest decision making organ, National Executive Committee and called on the organ to respect its own decisions and excersise what he termed as 'Revolutionary Political Consciousness'.

    In essence, Ramaphosa was referring to those found or implicated on allegations of wrongdoing to step aside.

    'The challenge is not implementation of NEC resolutions. There is a far deep problem of revolutionary discipline and consciousness,'He said.

    The president added that as members of a revolutionary organization are all bound by their constitution, 'by resolutions of our conferences and by the decisions of our structures'.

    'If he defies the instructions by the party's NWC, then the NWC may consider disciplinary action against the SG according to rule 25.3,'according to Advocate Malindi Gcina based in South Africa.

    South Africa's Ruling Party Factions Clash At NEC Meeting

    The post South Africa's ANC Party May Force SG To Step Aside appeared first on Taarifa Rwanda.

    Source : https://taarifa.rw/south-africas-anc-party-may-force-sg-to-step-aside/

  • Chinese Firm Inks Deal With Rwanda To Set Up Bamboo Factory #rwanda #RwOT

    A Chinese company has signed a concession agreement with government to grow bamboo in the country for industrial use on a large scale.

    East Africa Bamboo Forest Industry Limited will plant, manage and harvest around 2,300 hectares of bamboo in Kigali, Bugesera, Ngoma and Rwamagana districts.

    The company will set up a bamboo processing factory in Kicukiro distdistrict, locally manufacture various products.

    Products will include toilet paper and other sanitary products, construction materials such as marine board and ply-wood for sale in local and export markets.

    The agreement was signed on Monday December 7, at Rwanda Development Board (RDB).

     

    The post Chinese Firm Inks Deal With Rwanda To Set Up Bamboo Factory appeared first on Taarifa Rwanda.

    Source : https://taarifa.rw/chinese-firm-inks-deal-with-rwanda-to-set-up-bamboo-factory/

  • Rwanda Fresh Update: 189,817Kg Of Horticulture Products Exported Last Week #rwanda #RwOT

    Rwanda last week fetched a total of US$455,490 from horticulture products shipped out of the country weighing 189,817Kg. The consignment included; fruits, vegetables and flowers.

    According to Rwanda Fresh, both export quantities and revenues increased by 20.6% and 17% respectively.

    The destinations of these fruits, vegetables and flowers are; DRC, Holland, Vietnam, United Kingdom, Dubai, France, Belgium, Germany, Tanzania, Uganda and the United States.

    Meanwhile, Claude Bizimana the Chief Executive Officer of National Agricultural Export Development Board said last week that market linkage opportunities between exporters and buyers are being made to increase Rwanda's export volumes to the UAE.

    'A contract has been signed with Carrefour, a global company that will boost the increase of income from agri-export value chains,' Bizimana said during the Young Farmers' Forum Breakfast meeting on December 4.

    'If you don't know what you want, the world will not help you. You need to know that you are very important people. Be aggressive & get what you need to do your business from our institutions, we are here for you,' said Gerardine Mukeshimana, Minister of Agriculture.

    The forum was held under the theme 'Moving from traditional to modern commercial farming towards Rwanda's economic growth.'

    According to organisers, this forum brings together key players in Rwandan agriculture sector to deliberate on challenges faced by young farmers involved in agriculture value chain.

    Rwanda Ships Out 157 Tonnes Of Horticultural Products

    The post Rwanda Fresh Update: 189,817Kg Of Horticulture Products Exported Last Week appeared first on Taarifa Rwanda.

    Source : https://taarifa.rw/rwanda-fresh-update-189817kg-of-horticulture-products-exported-last-week/

  • Allan & Gill Gray Philanthropy To Set Up Office In Rwanda To Support Entrepreneurial Development #rwanda #RwOT

    Rwanda has signed a Host Country Agreement with Allan & Gill Gray Philanthropy (AGGP) to promote entrepreneurship skills development and employment for young Rwandans.

    Rwanda will also become a hub of the organisation in the Eastern Africa region.

    AGGP's vision is to alleviate poverty through job creation by supporting high potential individuals to become high impact, responsible entrepreneurs.

    The activities of the organisation will be implemented under two programs; Jasiri and Wavumbuzi.

    Jasiri will offer a one year Talent Investor program for high potential individuals who display exceptional entrepreneurial potential and drive to take their aspirations through the entire entrepreneurial development journey towards launching and growing their businesses.

    The Jasiri Accelerator will support businesses created through the Talent Investor program as well as existing businesses that show potential for significant growth by addressing critical barriers to entrepreneurship success.

    The Wavumbuzi Entrepreneurship Challenge, an online program, will nurture entrepreneurial mindsets and shift perceptions of the value of entrepreneurship among secondary school students.

    Anthony Farr, CEO of Allan & Gill Gray Philanthropy, said that for the 21st century to genuinely be the African century, we have no choice but to harness the full potential of the entrepreneurial spirit across the continent.

    'After 15 years in this field, in establishing a regional hub in Rwanda and launching the Jasiri and Wavumbuzi programs, we seek to give further energy and support to the increasing momentum of the entrepreneurial activity and leadership in the country,' he said.

    Allan & Gill Gray Philanthropy Country Director, Aline Kabanda, noted that entrepreneurship has been identified as a catalyst for Rwandans to not only bring to life their own business ideas but to also build enterprises which create employment opportunities for others.

    'I am excited at the prospect of contributing to the basis from which our young people can launch their entrepreneurial ventures and develop job creating opportunities together.'

    Clare Akamanzi, Chief Executive Officer of the Rwanda Development Board said that Rwanda understands the importance of entrepreneurship, and we are very excited that Allan & Gill Gray Philanthropy have chosen Rwanda as their Eastern Africa hub.

    She added that, :This kind of investment is critical and their entry fits into Rwanda's strategy of becoming a Pan-African innovation and entrepreneurial hub. We are all excited about the future of entrepreneurship in Rwanda.'

    About Allan & Gill Gray Philanthropy

    Allan & Gill Gray Philanthropy forms part of the broader Gray philanthropy ecosystem.  At the heart of this ecosystem is the intention to create a sustainable impact across the geographies in which we operate. As a group, we identify strongly with the central theme of the various philanthropic pursuits undertaken, which can be summarised as entrepreneurship for the common good. This theme is predominantly pursued through fostering entrepreneurs, who will create jobs and contribute to addressing high unemployment and poverty.

    There are numerous initiatives across the ecosystem, which include:

    • Allan Gray Orbis Foundation
    • E2 Trust
    • Allan Gray Orbis Foundation Endowment
    • Allan & Gill Gray Philanthropy

    The post Allan & Gill Gray Philanthropy To Set Up Office In Rwanda To Support Entrepreneurial Development appeared first on Taarifa Rwanda.

    Source : https://taarifa.rw/allan-gill-gray-philanthropy-to-set-up-office-in-rwanda-to-support-entrepreneurial-development/

  • Students From Kenya National Defence College Visit Rwanda #rwanda #RwOT

    A delegation of students and faculty members from Kenya National Defence College is in Rwanda for a study tour from 4 to 11 December 2020.

    Today December 7, 2020 the delegation led by the College's faculty member, Maj Gen Rashid Abdi Elmi, paid a courtesy call to the RDF Chief of Defence Staff General Jean Bosco KAZURA and were briefed on the roles and organisation of the Rwanda Defence Force.

    The Head of delegation Maj Gen Elmi had this to say: 'Our study tour aims at enriching the students knowledge on security issues in Rwanda and the region'.

    The delegation's tour is expected to cover all aspects affecting security including socioeconomic and political issues, environmental security, foreign policy as well as culture.

    The course participants are undergoing a one-year program preparing them for a better understanding of global issues.

    The delegation started its tour to Rwanda by visiting the Kigali Genocide Memorial and The Campaign against Genocide Museum.

    They also visited Zigama CSS, Military Medical Insurance, Horizon Ltd and Rwanda Military Hospital.

     

    The post Students From Kenya National Defence College Visit Rwanda appeared first on Taarifa Rwanda.

    Source : https://taarifa.rw/students-from-kenya-national-defence-college-visit-rwanda/