Blog

  • Huye: GS Buhimba batashye ibyumba bigeretse(Etage) by'amashuri bya miliyoni 75 #rwanda #RwOT

    Abarezi n'ababyeyi barerera mu kigo cy'amashuri cya Buhimba, Umurenge wa Rusatira, Akarere ka Huye, baravuga ko ibyumba by'amashuri bishya bigeretse byuzuye muri iki kigo bizagabanya ubucucike bwahagaragaraga, bikazatuma n'ireme ry'uburezi rizamuka cyane. Bamwe mu baturage bavuga ko batari bamenyereye amashuri ageretse(etage) mu bice by'icyaro, ubuyobozi bwo buti kubera imiyoborere myiza abana bose barangana, n'ibyo bagenerwa ni bimwe.

    Ubwiza bw'ibi byumba butandukanye n'amashuri ashaje bigiragamo, bavuga ko bizatera abana ishyaka ryo gutsinda.

    Ibyumba 8 bishya by'amashuri byuzuye kuri GS Buhimba ni ibyumba bigeretse (etage) byubakishije amatafari ahiye, bisakaje amabati. Ibi byumba bizigiramo abanyeshuri bo mu mashuri abanza bari basanzwe bigira mu mashuri ashaje cyane.

    Mukanzeyimana Jeanne d'Arc na Hitayezu Saleh ni ababyeyi bafite abana muri iki kigo. Baravuga ko batari bamenyereye etage mu bice by'icyaro, ariko ubu ngo bagiye gushira impungenge baterwaga n'amashuri y'amategura ashaje kandi ava abana babo bigiragamo.

    Mukanzeyimana yagize ati:' Twarebaga etage tukabona ni ibyo mu mugi gusa none natwe bitugezeho. Kureba ubwiza bw'aya mashuri bizatuma abana biga bishimye batsinde neza. Iyo hagwaga imvura cg umuyaga ugahuha nahitaga ntekereza ngo umwana wanjye! Ntekereza ko amashuri ashobora kubagwira kubera ukuntu ashaje ariko ubu turanezerewe'.

    Ndungutse Paulin ni umwalimu muri iki kigo. Avuga ko bigishaga abana barenze 60 mu ishuri rimwe mu mashuri abanza bigatuma umwalimu atabakurikirana neza bityo ntibitange umusaruro mwiza. Ariko ngo ibi byumba babonye bizabafasha kwigisha neza.

    Ndungutse yagize ati ” Mu mashuri abanza niho hari ikibazo cyane hagaragara umubare munini w'abanyeshuri ku buryo kubakurikirana usanga bigoye. Ariko ubu noneho aya mashuri mashya azadufasha gukurikirana abana neza bitume n'ireme ry'uburezi rizamuka”.

    Umuyobozi w'Akarere ka Huye Sebutege Ange, avuga ko ibi byumba by'amashuri bigeretse uretse kugabanya ubucucike, ari n'igisubizo ku mikoreshereza y'ubutaka kandi bikaba byuzuye ubukungu bw'abahatuye buzamutse kuko bahabonye akazi.

    Kayitesi Alice, Umuyobozi w'Intara y'amajyepfo, avuga ko ibi byumba bigaragaza intambwe ishimishije kuko ngo bitari bimenyerewe ko mu bice by'icyaro haboneka amashuri ageretse. Akaba asaba ubufatanye ku bana, ababyeyi n'abarezi kugira ngo umusaruro mwiza uboneke nk'uko babonye ibyumba byiza.

    Guverineri Kayitesi, avuga ko nta bana bagenewe kwigira muri Etage ngo habe n'abatarabigenewe.

    Guverineri Kayitesi ati' Intego yo kubaka amashuri hirya no hino ni ukugabanya ubucucike n'ingendo ndende abana bakora bajya kwiga kure. Kuba rero hano mu cyaro huzuye etage ni intambwe ishimishije itera n'abana ishema bakabona ko hatari abagenewe etage ahubwo bose bibagenewe kubera n'imiyoborere myiza'.

    Ibi byumba umunani by'amashuri bya Buhimba byuzuye bitwaye miliyoni 75 z'amafaranga y'u Rwanda. Mu karere ka Huye ibyumba byose biteganijwe nibyuzura hazaba habarurwa ibyumba 96 bigeretse bisanga ibindi 393 byubatse mu buryo busanzwe. Naho mu ntara y'amajyepfo harabarurwa ibyumba by'amashuri bisaga 166 bigeretse.

    Munyaneza Theogene / intyoza.com

    Source : http://www.intyoza.com/huye-gs-buhimba-batashye-ibyumba-bigeretseetage-byamashuri-bya-miliyoni-75/

  • Abiraburakazi 6 nibo biganje ku rutonde rw’abagore bakomeye ku Isi – Inyarwanda.com #rwanda #RwOT

    Ntibyari bisanzwe ko abiraburakazi barenze 2 bajya ku rutonde rw’abagore bavuga rikijyana ku isi, gusa uyu mwaka byahindutse kuko uru rutonde rwagaragayeho abiraburakazi 6 bakora imirimo itandukanye yaba ari politiki, abanditsi, abaririmbyi n’abandi batandukanye.

    Source : https://rss.app/articles/cb4e791f267872da1d4d595068d7bb8f0a50132e1270bbefc9f7950fcad73796b447f213388a872aa2f02f3f8e4f5ed939c86efc9c4b294b96699c34d09c10698eed20ffe7f634ede68a28e83efe2b0d8333401a5641fff2a3d67a5cd0d7fba9cf8190941c03df4e96c53232c66e3a2499

  • Spouses Of Presidential Candidates Add Flavour To Campaigns #rwanda #RwOT

    A candidate showing up with a spouse at a campaign rally in the ongoing cutthroat Presidential campaigns may impress and possibly sway undecided voters to a particular camp.

    Robert Kyagulanyi Ssentamu the flag bearer of National Unity Platform political party has been playing many cards to attract supporters to his rallies with the aim of delivering his pormises to a wider audience.

    A small audience or no audience at all may discourage the candidate- so they have to do everything possible in their means and power to attract a massive rally.

    Kyagulanyi a well-known pop star in the Ugandan entertainment industry with a stage name Bobi Wine, definitely has a sizeable fan base but it is not yet clear whether the same audience would tick along his face on the ballot on January 14.

    He has been traversing the entire country and addressing different sizes of rallies. He stands ontop of his Toyota landcruiser VX and sings to his supporters on particular songs from any of his albums but mostly those with political connotations. After the singing, he delivers the messages of his political agenda.

    On Friday he travelled to Ntungamo district where his wife Barbra Kyagulanyi hails from, he didn't disappoint — they went together. Police and other security agencies in different outfits stopped his motorcade along the way but he intermittently managed to outmaneuver the cops.

    While in Rwampara Mrs. Barbie Kyagulanyi poped through the open roof of their white SUV and waved to supporters mostly the youthful constituency — to some it was their first time to see the couple they usually see on television and other social media platforms.

    For Candidate Yoweri Museveni, he always travels with his Wife Janet also the First lady of Uganda for the past 35 years- she also commands a sizeable fan base. In the Ugandan culture, family makes a big statement, respect and adoration and Museveni has been seen walking Janet hand in hand.

    Janet Museveni and Barbie Kyagulanyi all hail from Ntungamo district- the battle for the next president of Uganda can be said to be determined in Ntungamo but the ballot will give the final decision.

    The post Spouses Of Presidential Candidates Add Flavour To Campaigns appeared first on Taarifa Rwanda.

    Source : https://taarifa.rw/spouses-of-presidential-candidates-add-flavour-to-campaigns/

  • Attempted Coup Thwarted In Central African Republic #rwanda #RwOT

    The government of Central African Republic accused former president Francois Bozize of an 'attempted coup' in a statement Saturday, as rebel groups launched attacks in the west of the country.

    It said Bozize was currently near the city of Bossembele, about 150 kilometres (90 miles) northwest of Bangui and was intending to march on the capital with his men.

    'This is clearly an attempted coup d'etat that the government denounces during this electoral period,' it said.

    The statement came just hours after the country's three main rebel groups themselves declared that they were joining forces against the government ahead of the December 27 legislative and presidential elections.

    wire

    CAR: François Bozizé Forms Alliance With Opponent Georges Dologuélé

    The post Attempted Coup Thwarted In Central African Republic appeared first on Taarifa Rwanda.

    Source : https://taarifa.rw/attempted-coup-thwarted-in-central-african-republic/

  • Rubavu : Bamaranye imashini umwaka batazi kuzikoresha #Rwanda #RwOT via @kigalitoday #rwanda #RwOT

    Bavuga ko izi mashini baziguze kugira ngo bateze imbere Made in Rwanda ariko umwaka ushize batazikoresha
    Bavuga ko izi mashini baziguze kugira ngo bateze imbere Made in Rwanda ariko umwaka ushize batazikoresha

    Ni imashini 89 zaguriwe mu Bushinwa ku nguzanyo bahawe n’ikigo cya BDF bashaka guteza imbere ibikorwa bya made in Rwanda, ariko umwaka urashize ntacyo bazikoresha.

    Kigali Today ivugana n’umuyobozi wa COCOBEGI, Banzige Eugene uyoboye Koperative by’agateganyo nyuma y’uko abari abayobozi bayo bakuwe ku buyobozi bazira kuba igenzura ry’ikigo cy’igihugu gishinzwe amakoperative (RCA) ryarasanze baragize igihombo, avuga ko imashini zaje muri 2019 mu kwa munani zifite agaciro ka miliyoni 68 z’Amafaranga y’u Rwanda.

    Akomeza avuga ko nubwo imashini zaje, ariko batahawe ubumenyi bwo kuzikoresha bituma zishyirwa mu bubiko badahawe amahugurwa.

    Agira ati, « Nta mahugurwa twahawe kandi inyinshi ntituzi kuzikoresha mu gihe izirenga 20 tutamenya n’icyo tuzikoresha. Izi mashini zikora ibintu bitandukanye kandi twazihawe na BDF kugira ngo duteze imbere gahunda ya Made in Rwanda. »

    Akomeza agira ati « Ntabwo baduhaye abatwigisha kubera ko abari abayobozi baguye mu gihombo bakurwaho bituma ibikorwa byo gukurikirana ibikorwa byo kuzigishwa bihagarara ndetse tubwirwa ko hari amafaranga BDF itaduhaye harimo n’ayo yo kwigishwa none umwaka ushize tutarakoresha izi mashine zifata umwanya w’aho zibikwa zidakoreshwa. »

    Imashini 89 abanyamuryango ba Koperative COCOBEGI bahawe ziri mu byiciro bitandukanye zirimo, gushushanya, gushyiraho ibirango, gutera ibipesu, n’ibindi bikorwa bituma imyenda ikorwa igahita irangira.

    Icyakora benshi mu bagize iyi Koperative bavuga ko bazibona nk’umutako kuko badafite ubumenyi bwo kuzikoresha, ibi bikagira ingaruka ku musaruro bagombye gutanga.
    Bagira bati « Birababaje kuba umutungo nk’uyu uryamye udakoreshwa umwaka ukaba ushize, mu gihe twazihawe ngo duteze imbere gahunda ya Made in Rwanda ariko ibyo twateganyije ntibigerwaho kubera BDF itatubaye hafi. »

    Uretse ibivugwa n’abanyamuryango, Banzige Eugene uyoboye Koperative by’agateganyo na we avuga ko habaye uburangare bwa BDF yagombaga gukurikirana imikorere ya Koperative no kubafasha kugira ubumenyi mu gukoresha izo mashini.

    Ati « Ubu biraduhombya kuko zagombye kuba zikora, ariko ntitwazikoresha kuko tutazifiteho ubumenyi kandi zifata umwanya wagombye kuba ukoreshwa ibindi, ikindi abantu baje kuzishyiraho ngo tuzikoreshe hari izitaratunganyijwe ngo zishyirwe mu buryo zigomba gukora (installation) kandi barabyishyuriwe. »

    Nubwo amafaranga BDF iguriza amatsinda ngo abayagize bashobore kwiteza imbere no kwishyura, abagize Koperative COCOBEGI ntibaratangira kwishyura umwenda kuko batarashobora gukoresha imashini baguriwe, ndetse bavuga ko batazi niba ari nzima cyangwa zikora ibyo bifuzaga kuko batarazikoresha.


    source https://www.kigalitoday.com/ubukungu/ishoramari/article/rubavu-bamaranye-imashini-umwaka-batazi-kuzikoresha

  • Zimbabwe Gov't Introduces Tough Performance Contracts #rwanda #RwOT

    President Emmerson Mnangagwa on Friday introduced Performance contracts, a new system where those managing the public service are now expected to perform to defined areas in line with key reforms for the public sector.

    Permanent secretaries of Government ministries yesterday signed performance contracts for next year. In total, permanent secretaries from the 21 ministries signed the tough performance contract.

    According to President Mnangagwa the launch of performance contracts was a historic milestone coming on the backdrop of the success of the Transitional Stabilisation Programme (TSP) and the implementation of the National Development Strategy 1.

    The stress is on what needs to be achieved, expected levels of achievement, timelines and reporting modalities.

    Details also indicate that the contracts signed by the permanent secretaries set out for each ministry the key deliverables for performance next year and include each ministry's vision, mission, budget allocated for next year, key result areas, ministry national outcomes, ministry sector outcomes, and ministry programmes.

    The ambitious performance contracts according to the president aim at pushing for the Government's quest to achieve targets under Vision 2030.

    'This system is envisaged to result in robust public sector institutions and a leadership that is results focused,' the president noted.

    'As I have said, the Second Republic is about action and results and all our activities should be streamlined accordingly to make positive and lasting impacts for the growth of our economy and overall improved quality of life for our people,' Mnangagwa said.

    He argued that Bureaucracy and old ways of doing business and resolving problems have no place under the Second Republic.

    'To that end, I have put in place coordination architecture at the centre of Government. This comprises three apex agencies, which are the Office of the President and Cabinet, the Public Service Commission and the Ministry of Finance and Economic Development,' he said.

    President Mnangagwa said his Government expected the signing of performance contracts to improve efficiency in service delivery to the public by holding office holders to account, ensuring that performance and results link with expectations, increasing customer satisfaction with Government services, improving efficiency and performance in resource allocation, and inculcating a performance and results oriented culture.

    Performance contracts will be extended to heads of parastatals and State-owned Enterprises and local authorities, in line with the devolution agenda that seeks to promote provincial economies, and eventually even to Cabinet ministers.

    The President said the performance contracts would be uploaded onto the Whole of Government Performance Management System, which has been put in place to allow e-monitoring and evaluation.

    'In all these processes, the active participation of the citizenry and other stakeholders will be taken into account as the overall performance rating of each individual permanent secretary will also incorporate the inputs from the public,' said President Mnangagwa.

    The post Zimbabwe Gov't Introduces Tough Performance Contracts appeared first on Taarifa Rwanda.

    Source : https://taarifa.rw/zimbabwe-govt-introduces-tough-performance-contracts/

  • Nyabikenke Hospital In Muhanga District Almost Complete #rwanda #RwOT

    Residens of Ndiza in Muhanga district will no longer have to trek long distance to access medical services- Construction of a Frw7billion magnificent modern hospital is almost complete in Ndiza.

    The residents have been walking far away to Kabgayi and Gakenke district to receive medical services ranging from maternity, pediatrics and general medical treatments.

    President Paul Kagame in 2015 visited this part of the country and one of the requests from residents was to have a school and hospital. Five years later, the hospital is now available- a private contractor had abandoned construction works in 2018 and the Rwanda Defence Forces took over the project.

    Accoding to Muhanga district authorities, engineers on site are now fitting furniture and other equipment — they will also build houses to accommodate physicians and other support staff for the hospital.

    Ndiza zonal area has a population of over 100,000 residents- it is composed of five sectors. Upon completion of this facility, residents will be able to access all medical services in one place.

    The post Nyabikenke Hospital In Muhanga District Almost Complete appeared first on Taarifa Rwanda.

    Source : https://taarifa.rw/nyabikenke-hospital-in-muhanga-district-almost-complete/

  • Umuhanzi Meddy yasabye umukunzi we Mimi ko amubera umugore #Rwanda #RwOT via @kigalitoday #rwanda #RwOT

    Meddy na Mimi bamaze igihe bakundana
    Meddy na Mimi bamaze igihe bakundana

    Byabaye mu ijoro ryo ku wa Gatanu tariki 18 Ukuboza 2020 bihurirana n’isabukuru y’amavuko y’uwo muhanzi wizihiza imyaka 32 amaze avutse. Amashusho yagaragaye Meddy atera ivi asaba Mimi ko amubera umugore.

    Muri ayo mashusho Mimi n’ibyishimo byinshi arahindukira akareba Meddy akavuga YEGO, ko yemeye kumubera umugore.

    Mu gitaramo cya East African Party cya 2018, Meddy uba muri Amerika yaje mu Rwanda ari ku rubyiniro ahamagara Mimi amwerekana nk’umukunzi we.

    Aba bombi bamaze igihe bakundana kuko no mu mashusho y’indirimbo ya Meddy yitwa “Ntawamusimbura” Mimi agaragaramo, ndetse kenshi na kenshi Meddy yagiye abwira itangazamakuru ko afite umukobwa bakundana utari umunyarwandakazi.

    Ku mbuga nkoranyambaga inshuti za Meddy na Mimi zabifurije ishya n’ihirwe harimo Uwamahoro Malaika, K8 Kavuyo n’abandi.


    source https://www.kigalitoday.com/imyidagaduro/ibirori/article/umuhanzi-meddy-yasabye-umukunzi-we-mimi-ko-amubera-umugore

  • INGINGO Z'INGENZI Z'IMPAMVU YO GUSABA GUHINDUZA AMAZINA #rwanda #RwOT

    REPUBULIKA Y'U RWANDA
    Minisiteri y'Ubutegetsi bw'Igihugu

    INGINGO Z'INGENZI Z'IMPAMVU YO GUSABA GUHINDUZA AMAZINA

    Turamenyesha ko uwitwa BIZIMUNGU Faustin mwene Nzirabatinya Mugabo na Mukarwego Cecile, utuye mu Mudugudu wa Kabasengerezi, Akagari ka Kabasengerezi, Umurenge wa Muhima, Akarere ka Nyarugenge, mu Mujyi wa Kigali wanditse asaba uburenganzira bwo guhinduza amazina asanganywe ariyo BIZIMUNGU Faustin, akitwa RUDAHIGWA BIZIMUNGU Faustin mu gitabo cy'irangamimerere. Impamvu atanga yo guhinduza izina ni izina ry'umuryango.

    The post INGINGO Z'INGENZI Z'IMPAMVU YO GUSABA GUHINDUZA AMAZINA appeared first on RUSHYASHYA.

    Source : https://rushyashya.net/ingingo-zingenzi-zimpamvu-yo-gusaba-guhinduza-amazina-2/

  • We can write new relations chapter with Rwanda-South Africa ambassador #rwanda #RwOT

    Mpahlwa said it will be among his major areas of concern as the new ambassador accredited to Rwanda. He made the revelation yesterday after presenting letters of credence to President Paul Kagame.

    Mpahlwa, 60, has been appointed two years after his country withdrew her representative in Rwanda. In December 2018, South Africa recalled George Nkosinati Twala who was representing South Africa to Rwanda after completing his term. The recalling came two days after tensions triggered by allegations that Rwanda spoke ill of the then South Africa’s Minister of Foreign Affairs.

    Even though, reasons for new appointment delay remain unknown, both countries have been hit by diplomatic tensions where Rwanda accused South Africa to grant refuge to fugitives intending to threaten Rwanda’s security like Kayumba Nyamwasa who escaped justice and currently heading RNC terror outfit.

    In March 2018, President Cyril Ramaphosa said that the problem of Rwandans being denied visas to South Africa would soon become history after holding talks with President Paul Kagame. However, up to now, Rwandans still struggle to get visa to travel to South Africa.

    Rwanda has at different times explained that actions of convicted people or fugitives should not blur bilateral relations.

    After presenting letters of credence, Amb. Mpahlwa has revealed that he talked about the problem with President Kagame and expressed sentiments o address it. He explained that solving the problem will be part of his contributions as the new envoy accredited to Rwanda.

    'This is a matter that we have spoken about with the president, we both recognized that there some issues but we have both expressed commitment that must help us to normalize relationship. There are many South Africans living in Rwanda, business continues to operate in Rwanda and this must seek common grounds for improved relationships,' he said.

    'It is a responsibility awaiting us [visa problem], it has to be done to give meaning to my presence in Rwanda because we have capacity to solve problems to take relations forward. It is something I promised the president that I can relate to what my president would want to see,' added Mpahlwa.

    He didn’t precise when the problem will have been fixed but assured it is among his priorities noting that it will be addressed on time.

    Mpahlwa has been representing South Africa to Mozambique where he completed his tour of duty this year.

    He once served as the Minister of Trade and Industry and held different top positions in South Africa since 2004.

    Amb. Mpahlwa in discussions with President Paul Kagame.

    IGIHE

    Source : https://en.igihe.com/news/article/we-can-write-new-relations-chapter-with-rwanda-south-africa-ambassador