Ikigo cy’Igihugu cy’Ubuzima, RBC, cyatangaje ko imibare mishya y’ubwandu bwa Coronavirus ishingiye ku bantu bazwi inkomoko yabo ku buryo umuntu atavuga ko ari abanduye bigoranye kuba bakurikiranwa.
Abaturage bo mu Karere ka Nyagatare mu Murenge wa Rukomo baribaza impamvu bagihererwa serivisi ahantu hadasa neza mu gihe hashize imyaka itanu bakusanyije amafaranga yo kubaka ibiro by’Umurenge bishya kandi binini.
Nyuma ya Bizimana Yannick, Mugisha Gilbert ni undi mukinnyi wa Rayon Sports ushobora kuzakinira APR FC mu mwaka utaha w’imikino nk’uko amakuru IGIHE yamenye abyemeza.
Ikigo cy’Igihugu cy’Ubuzima, RBC, cyatangaje ko imibare mishya y’ubwandu bwa Coronavirus ishingiye ku bantu bazwi inkomoko yabo ku buryo umuntu atavuga ko ari abanduye bigoranye kuba bakurikiranwa.
Abaturage bo mu Karere ka Nyagatare mu Murenge wa Rukomo baribaza impamvu bagihererwa serivisi ahantu hadasa neza mu gihe hashize imyaka itanu bakusanyije amafaranga yo kubaka ibiro by’Umurenge bishya kandi binini.