Category: Uncategorized
-
Simba SC yabwiye Michael Sarpong kwishakira indi kipe #rwanda #RwOT
Simba SC yo muri Tanzania yavuye mu byo kugura rutahizamu w’Umunya-Ghana, Michael Sarpong, bari bamaze iminsi barumvikanye. -
Algeria: Umunyamakuru yakatiwe gufungwa imyaka itatu azira gukora inkuru ku myigaragambyo #rwanda #RwOT
Urukiko rwo muri Algeria rwakatiye umunyamakuru Khaled Drareni imyaka itatu y’igifungo azira gutangaza inkuru ku myigaragambyo y’abatavuga rumwe n’ubutegetsi. -
Impinduka zirimo n’izisharira twakwitega mu gihe amashuri azaba afunguye #rwanda #RwOT
Hashize iminsi hari impaka ku gihe amashuri ashobora kuzasubukurira amasomo nyuma y’amezi asaga atandatu ahagaritswe kubera ingamba zo kwirinda icyorezo cya coronavirus. -
Umukecuru wimyaka 53 n’umwana wimyaka 15 mubafashwe bongeresha imyanya y’ibanga y’abagore. #rwanda #RwOT
Kuri uyu wa Kane ku mbuga nkoranyambaga hiriwe hakwirakwira amafoto y’abagore baryamye bubitse inda, hari ibintu bisa n’amashashi ashyirwamo serumu babashyize ahagana ku kibuno ku buryo bigikanda cyane.
Ku rundi ruhande, hari n’andi mafoto agaragaza amabere yambitswe ikintu gisa n’ikiyanyunyuza ku buryo uyarebye ubona yabaye maremare kurushaho.
Aya mafoto yari aherekejwe n’urutonde rw’abantu 15 bivugwa ko batawe muri yombi bafatiwe mu Karere ka Kicukiro mu Mudugudu wa Rwezamenyo mu Kagari ka Niboye bari mu bikorwa byo kongeresha cyangwa kugabanyisha ikibuno n’amabere.
Muri ayo mazina aherekejwe n’imyaka buri wese yavukiyemo, bigaragara ko umukuru yavutse mu 1967 mu gihe umuto ari uwo mu 2005.
Havugwa kandi ko hafashwe imashini zongera ikibuno n’izigabanya inda hamwe n’iyongera imyanya y’ibanga y’abagore.
Amakuru yizewe agera kuri IGIHE hari abagore batawe muri yombi bafitanye isano n’ubu butumwa bwiriwe bukwirakwira.
Umuvugizi w’Umusigire wa RIB, Dr. Murangira Thierry, yabwiye IGIHE ko ntacyo yavuga kuri ubwo butumwa kuko ntaho buhuriye na RIB.
Ati “Ntacyo nabivugaho kuko ririya tangazo si irya RIB, numva nta kintu nabivugaho.”
Gusa Dr Murangira yavuze ko hari abagore babiri RIB yataye muri yombi iri gukoraho iperereza nubwo yirinze gusobanura niba ibyo bakurikiranyweho hari aho bihuriye n’urutonde rwiriwe rucaracara.
Ati “RIB abagore yafashe ni babiri kandi abo bakurikiranyweho icyaha cyo kwihesha ikintu cy’undi hakoreshejwe uburiganya.”
Ntiyasobanuye uko ikibazo cyabo bo giteye kuko ngo kiri gukorwaho iperereza bityo nirirangira Abanyarwanda bazamenyeshwa ibyavuyemo.
IGIHE yavugishije abayobozi b’inzego z’ibanze z’utugari two mu Karere ka Kicukiro, buri wese akagaragaza ko atazi iby’ayo makuru ndetse ko yabyumvise mu kandi kagari, ariko wareba ugasanga kadahuye n’utuvugwa muri ubwo butumwa bwiriwe bucicikana.
Hari umwe mu bayobozi wabwiye IGIHE ko hari inama yitabiriye ivugirwamo ko hari abagore batawe muri yombi “bari kongeresha ikibuno” kandi ko ubwo byavugwaga hari n’abo mu murenge byabereyemo.
Ati “Umuntu wari uyoboye inama yatubwiye ngo byabereye Niboye.”
The post Umukecuru wimyaka 53 n’umwana wimyaka 15 mubafashwe bongeresha imyanya y’ibanga y’abagore. appeared first on KASUKU MEDIA.
-
EAC electronic passports to replace ordinary ones by next year #rwanda #RwOT

The announcement comes after reports surfaced on social media that Rwandan passports would expire by the end of this year.
The East African Community Electronic Passport has a variety of categories including the Ordinary Passport light blue, which has three categories, which is used for regular travel and is available to all Rwandans who want it.
Includes a 34-page children’s passport, valid for two years, at a cost of Rwf25,000. An adult passport with 50 pages at a cost of Rwf75,000 lasts for five years. Another passport in this category is for adults but has a page of 66 for 10 years. This 10-year passport is issued for Rwf100,000.
The other category is a green work passport with 50-pages issued to employees who have gone for the government mission at Rwf15,000 that lasts for five years.
There is also the passport of diplomats and other dignitaries provided for by the Ministerial Order of May 2019 on Immigration and Emigration, which has a 50-page page for 5 years, issued at a cost of Rwf50,000.
Passports are issued not later than four days after application.

These passports will expire by next year June
These are the EAC electronic passports to replace ordinary onesElina Jonas Ruzindaza
source https://en.igihe.com/news/article/eac-electronic-passports-to-replace-ordinary-ones-by-next-year
-
EXCLUSIVE: Ikiganiro na Manamana Jean Pierre! Ibihe atazibagirwa mu Mavubi, icyo yicuza, Abahe? Abayeho ate? #rwanda #RwOT

Umukinnyi wakiniye ikipe y’igihuu Amavubi, Manamana Jean Pierre avuga ko adashobora kwibagirwa ibihe yagiriye mu ikipe y’igihugu Amavubi, gusa yicuza kuba atarabasha kongera kugaruka mu Rwanda bitewe n’amakosa ari ku rupapuro rwe rw’inzira (passport).
João Henriette Rafael wamenyekanye mu ikipe y’igihugu Amavubi nka Manamana Jean Pierre, ni umwe mu bakinnyi bakiniye Amavubi mu gikombe cy’Afurika cya 2004, benshi bamwibukira ku gitego yatsinze Tunisia mu gikombe cy’Afurika cya kufura ubwo yishyuraga igitego cya Tuisia, gusa umukino warangiye Tunisia itsinze ibitego 2-1.
Manamana yavukiye Cabinda muri Angola tariki ya 21 Ukuboza 1973. N’ubwo yakiniye Amavubi ariko ntabwo yigeze akinira ikipe iyo ari yo yose yo mu Rwanda.
Ubu aba mu BubiligiYasoje gukina mu mwaka wa 2009, aho yakinaga mu cyiciro cya kabiri muri Greece, aganira n’ikinyamakuru ISIMBI.RW yahishuye byinshi aho ubu yibera mu Bubiligi.
Yagize ati“nahagaritse gukina muri 2009, nakinaga mu cyiciro cya kabiri muri Greece. Ubu nibera mu Bubiligi nta kibazo na kimwe mfite ndatuje.”
Yakomeje avuga ko n’ubwo yahagaritse gukina nk’uwabigize umwuga ariko yakomeje gukina yishimisha(amateur) aho ateganya kubireka neza umwaka utaha.
Yagize ati“nk’uwabigize umwuga nahagaritse muri 2009, ariko nakomeje gukina buri munsi nishimisha ariko nzabihagarika burundu umwaka utaha.”
Ahamya ko akumbuye u Rwanda cyaneUbu mu Bubiligi ni umutoza w’abana batarengeje imyaka 15.
Ati“nyuma yo guhagarika gukina ubu ntoza abana bato, mfite ikipe y’abatarengeje imyaka 15 ntoza bo mu mujyi wa Verviers muri Heusy.”
Mu buzima bwe ntazibagirwa umukino wa Ghana i Kigali wahesheje u Rwanda itike y’igikombe cy’Afurika cya 2004, ni nabyo bihe byiza yagize mu ikipe y’igihugu.
Yagize ati“ibihe byiza nagize mu ikipe y’igihugu ntabwo nakwibagirwa umukino wa Ghana i Kigali, ubwo twabonaga itike y’igikombe cy’Afurika cya 2004, ni ibihe ntazibagirwa, byari byiza.”
Manamana(ibumoso) na Fritz Emeran NkusiKu giti cye nta bihe bibi yigeze agirira mu ikipe y’igihugu, gusa yicuza kuba atarabasha kugaruka mu Rwanda bitewe n’amakosa yari muri passport ye.
Yagize ati“nta bihe bibi nigeze ngirira mu ikipe y’igihugu, gusa nicuza kuba kuva nava i Kigali ntarabasha kugaruka mu Rwanda bitewe n’uko Passport yanjye yarimo amakosa, ariko nizeye ko bizakemuka vuba kuko ndimo gushaka uko byakosoka ndavugana na Celestin arimo kumfasha kuba nabona Passport nshya y’u Rwanda. Nzishima nongeye gutembera i Kigali, kubasura ndetse no kureba abantu benshi bahora bansaba kuza nkabasura, bizaba ari byiza.”
Manamana(18) mbere y’umukino Amavubi yatsinzemo Uganda 1-0 muri UgandaManamana Jean Pierre ntabwo yakiniye u Rwanda igihe kinini, kuko yarukiniye kuva 2003 kugeza 2005. Yakiniye amakipe atandukanye nka K. Beerschot V.A.C., AC Hemptinne-Eghezée, KV Mechelen, K.V. Kortrijk, RRFC Montegnée, R.A.A. Louviéroise na RJS Bas-Oha zo mu Bubiligi, yanakiniye kandi O.F. Ierapetra F.C. yo muri Greece.
Manamana Jean Pierere n’ubwo yakiniye Amavubi igihe gito, yatanze ibyishimo -
Amagambo matoya cyane ariko agera kumutima w`uwo ukunda. #rwanda #RwOT
Murukundo, hari igihe uryoherwa nokuganiriza umukunzi wawe udakoresheje amagambo menshi, imivugo, ibisigo cyangwa interuro, ahubwo ukoresheke utugambo dutoya Ushobora kumwandikira muri sms, kugapapiro n’ibindi.
Reba ingero z’amagambo magufi y’urukundo utasanga ahandi wakoresha ugatungura uwo wihebeye.
1. Ndagukunda byo gusara.
2. Indoro yawe, inseko yawe, akajwi Kawe, agatwenge kawe, kunkorakora kwawe, nokunsoma kwawe ndabikumbuye cyane.
3. Wuzuye ibitekerezo byanjye.
4.Ndumva nagusoma mu ijosi, kumatwi, kutunwa, n’ahandi hose nkumbuye!
5.Kubera wowe namenye igisobanuro cyo gukunda. Biranyoroheye kukubwirako ngukunda.
6.Nkumbuye inseko yawe, utuma ndyoherwa nokubaho!
7. Mpora ngutekereza. Iminota impindukira amasaha, amasaha ambera nk’iminsi iyo tutari kumwe.
8. Ndagukumbuye byo gupfa. Uziko bidwaza! Giravuba uze undebe.
9. Iyo tutari kumwe ntacyo mba mfite. Iyo undi kure mba meze nkutazi icyo nshaka.
10. Nkumbuye ko undyama mugituza. Ndashaka kugukoraho nokugusoma aho nshaka.
11. Nkumbuye impumuro yawe.
12. Kuva nakumenya, mporana ibitekerezo nk’ibyingimbi. Niwowe mpora ntekereza ngwino unsange vuba.
13.Iyo turi kumwe, ubuzima bwanjye buba butamirije utubara. Iyo ugiye, mbandi mumwijima, garuka vuba wongere utake amabara mubuzima bwanjye.
14. Buri joro ndakurota. Niwowe ugize inzozi zanjye.
15. Waransajije burundu. Narakwihebeye kuko kugukunda gahoro, cyane ndetse byogusara nabyo mba mbona bidahagije.
16. Ndakwifuza byo gupfa.
17. Mugore/Mukobwa mwiza wowe ntunkumbuye?Bimbwire.
18. Nishimiye utunwa twawe. Uteye ubusambo.
19. Kutaba hamwe nawe uyumugoroba ntibyihanganirwa. Gira vuba ungarukire.
20. Nkunda ukuntu utunwa twawe tworohereye. Nzajya mpora ntusoma.
21. Impumuro nziza, amabara meza ndetse n’uburyohe bwose simbyumva iyo udahari ngo tubisangire.
22. Nakurwariye indege. Ngwino umvure.
23. Iyo tutari kumwe ntakindyohera ntanikimbera cyiza. Ngwino unsange wowe mpamvu yanjye yokubaho.
23. Uwampa nkagusomagura umubiri wose.
24.Mbona iminsi itagenda ngo nkubone buzima bwanjye.Ndagukumbuye cyane.
The post Amagambo matoya cyane ariko agera kumutima w`uwo ukunda. appeared first on KASUKU MEDIA.
source https://kasukumedia.com/amagambo-matoya-cyane-ariko-agera-kumutima-wuwo-ukunda/
-
Ubutumwa 15 wagenera abawe batakiriho kumunsi wabo w’amavuko. #rwanda #RwOT
Abenshi muritwe tumaze kumenyera uburyo bwo kwizihiza iminsi mikuru yo kuvuka kwacu cyangwa ukw’abacu, aho twifurizanya ibyiza n’imigisha bitandukanye hakoreshejwe amagambo meza, amashusho, imivugo n’izindi mpano muba mwateguriye uwomunsi.
Arikose niba umwe mubo twasangira ibi byishimo yatuvuyemo agapfa, nigute twakomeza gufatanya nawe kwizihiza umunsi we w’amavuko? Muri iyi nkuru twakwegeranirije ingero z’ ubutumwa wagenera umuntu wawe utakiriho nyamara ukaba ushaka kwizihiza umunsi we w’amavuko.
Bumwe muri ubwo butunwa ni ubu bukurikira:
Kuri mama wawe utakiriho
1.Mama, nubwo udahari, ndashaka kukubwira ko nkigutekereza, by’umwihariko kuri uyumunsi wawe w’amavuko.
2. Mama, urupfu rwawe rwamfungiraniye mugahinda no mububabare bwinshi. Gusa nishimiyeko rwatumye wigira mu ijuru. Ugire umunsi mwiza w’amavuko, Ndagukumbuye.
3. Mpora nifuza gusubiza iminsi inyuma ngo nkosore amakosa nagukoreraga n’agahinda naguteye. Ndagukumbuye mama. Ugire umunsi mwiza w’amavuko.
4. Uyumunsi nkoherereje amarira yanjye mukimbo cy’impano y’umunsi mukuru w’amavuko yawe.Nubwo wadukuwemo, ariko urwibutso rwawe ruduhora mumitima iteka.
5 . Mama dukunda, turagukumbuye cyane. Uyumunsi turibuka ibyishimo twasangiraga kuminsi yawe y’amavuko ubwo warukiriho. Ugire umunsi w’amavuko mwiza mu ijuru.
Kuri papa wawe utakiriho
1. Papa nkunda, nubwo nakubuze ibyishimo wahaye ubuzima bwanjye bimpora kumutima. Kuri uyu munsi wawe w’amavuko, nkwifurije ibyishimo bidashira aho uri hose.
2. Uyumunsi ni uwawe w’amavuko, nyamara tubabajwe nokuba utakiri kumwe natwe. Twagombaga kuguha impano nyinshi ariko turakubuze. Icyo dushoboye ni ukukwifuriza ibyishimo byinshi aho wagiye.
3. Papa, nterwa ishema nokuba ari wowe wambyaye. Wanyigishije kwihanganira imibabaro nyuma uhita wigendera. Nanjye ndakora cyane ngo ntazagukoza isoni. Umunsi mwiza w’amavuko kandi ukomeze kuruhukira mumahoro.
4. Papa, nkoherereje intashyo nyinshi zuzuye urukundo n’utu bizu (bisous/kisses) kuri uyu munsi wawe w’amavuko. Turagukunda kandi turagukumbuye.
5. Papa, niwowe nkesha kuba uwondiwe ubu.Ubu mfite abantu benshi bankunda kubera indangagaciro nakwigiyeho.Nizeyeko umeze neza aho uri. Turagukunda kandi turagukumbuye. Ugire umunsi mwiza w’amavuko papa.
Kuri sogokuru wawe utakiriho
Akenshi, ababyeyi bacu bakuru (Nyogokuru/sogokuru) nibo bakunda kwitaba Imana mbere mumuryango, ndetse ugasanga bagiye batamenyanye n’abuzukuru babo cyane kuko baba bakiri batoya cyane abandi bataravuka.
Murwego rwo gukomeza kuzirikana ibihe byiza mwagiranye cyangwa mwakagombye kugirana iyo bahaba, reba amwe mumagambo meza wamubwira byumwihariko kumunsi we w’amavuko.
1. Sogokuru nkunda, warakoze kundemamo ubugabo. Nibyo mumyaka turatandukanye ariko nyamara mumaraso turi bamwe. Kuri uyu munsi wawe w’amavuko, ngutuye agahinda ko kutakubona nk’impano. Ugire umunsi mwiza w’amavuko.
2. Nyogokuru dukunda, ntibitworoheye guhimbaza umunsi wawe w’amavuko tutakubona, ariko kandi abagukomokaho twese tukwifurije amahoro aho uri hose.
3. Nubwo tugukumbura buri munsi, agahinda karushijeho kutwica kuri uyumunsi wawe w’amavuko. Ntakindi tukwifuriza uretse amahoro aho uri tutabasha kugera. Ugire umunsi mwiza w’amavuko.
4. Tuvuye gusura imva yawe kuri uyumunsi wawe w’amavuko. Turagukumbuye nkaho aribwo tukikubura.Hahirwa abamarayika mwibanira mu ijuru. Tukwifurije umunsi mwiza w’amavuko.
5. Tukwifurije umunsi mwiza w’amavuko mu iijuru. Tugukumbura buri munsi, ntitwabona amagambo yo kubikubwira.Turagukunda
The post Ubutumwa 15 wagenera abawe batakiriho kumunsi wabo w’amavuko. appeared first on KASUKU MEDIA.
source https://kasukumedia.com/ubutumwa-15-wagenera-abawe-batakiriho-kumunsi-wabo-wamavuko/
-
Ntagitsina cy’umugabo kigira cm 20! Ibinyoma 5 biba mumafirime y’urukozasoni (Pornography) #rwanda #RwOT
Ubundi filime z’urukozasoni zizwi nka pornographic movies cyangwa filmes pornograhiques ni filime zikundwa n’abantu benshi kandi mungeri zose, icyakora benshi muribo bagakunda kuzirebera murwihisho.
Aha twavuga nk’abana bihisha ababyeyi babo, abanyeshuli bihisha abayobozi b’ibigo byabo, abakozi mukazi bakihisha abakoresha, abashakanye nabo nimwe narimwe bakihishanya umwe kuwundi ariko akirebera iyo filime!
Izi filime zikaba zerekana ibikorwa bitandukanye biganisha cyangwa bishyira mubikorwa imibonano mpuzabitsina muburyo bunyuranye.
Igitangaje cyane kuri izi filime, ni uturingushyo ndetse n’amakabyankuru arenze urugero ashyirwa muri izifilime hagamijwe gushimisha abazireba, nyamara ugasanga abataribake mubakunzi bazo bibabera imbogamizi ikomeye kuko usanga nyuma yokuzireba bashaka gukora cyangwa gukorerwa ibyo babonyemo kandi nyamara ibyinshi muribyo bidashoboka.
Ibi bikaba byabaviramo nogusenya ingo zabo cyangwa gutandukana n’abakunzi babo.
Twifashishije ubusesenguzi bw’impuguke n’abanditsi b’abadage kubuzima bw’ingimbi, muri iyi nkuru, twabateguriye ibinyoma 5 bikunze kugaragara muri filime z’urukoza soni.
1. Ubunini (ingano) y’igitsina cy’umugabo
Nkuko abajya bareba izi filime babizi, akenshi usanga ibitsina by’abagabo bakina izi filming bireshya cyangwa birenza uburebure bwa cm 20 nyamara akaba atari kenshi wabona gitsina cy’umugabo kirengeje cm 14,27 by’umwihariko kumugabane w’i Burayi nkuko byemezwa n’impuguke zikaba n’abanditsi b’abadage Ann-Marlene Henning na Tina Bremer-Olszewski.
2.Ingano y’amasohoro
Muri izi filime, ntibatinya kwerekana amasoro menshi cyane mugihe cy’ibyishimo byanyuma nyamara mubuzima busanzwe amasohoro akaba abarirwa hagati ya ml 2 kugeza kuri ml 8 nubwo harabashobora kugeza kuri ml 15 bitewe n’igihe bamaze badakora imibonano mpuzabitsina. Ntukwiriye kugira ipfunwe rero igihe utabonye amasohoro nkayo muri filime!
3. Amabere y’abakobwa/abagore ahora ahagaze.
Si kenshi wabona abakinnyi b’aya mafilime bafite amabere yaguye, kuko benshi muribo usanga ahora ahagaze nyamara bitewe n’impamvu zitandukanye nk’imyaka, umubyibuho n’ibindi amabere akaba ashobora kureba hasi kabone niyo atagwa cyane.
4. Kumira amasohoro kw’abagore
Aba banditsi, bakomeza banavugako abagore benshi bagaragara bakunda kumira amasohoro muri izi filime, nyamara muby’ukuri bikaba bidashoboka ko abantu bakunda ibintu bimwe kuburyo babihuriraho.
5. Ubwiza bw’igitsina cy’abakobwa/gore
Muri izi filime, abanditsi bagenda bagaruka kubwiza n’isura y’ igitsina cy’abakobwa/gore bazikina kuko usanga hafi yabose basa kandi ibi bikaba bidashoboka. Ibirero bakaba babigeraho mugukoresha za tatuwaje (tattoo) n’ubundi buryo bw’ubuhimbano mukwigira beza!
The post Ntagitsina cy’umugabo kigira cm 20! Ibinyoma 5 biba mumafirime y’urukozasoni (Pornography) appeared first on KASUKU MEDIA.
-
Inama 10 zafasha abakundana/ababana kurambana #rwanda #RwOT
Kumenyana n`umuntu, mugakundana ndetse mukabana rimwe narimwe mumaze no gukora ubukwe kabone niyo bwaba buhenze cyane si ikintu gitangaje cyane cyawase ngo kibizeze ko muzamarana igihe kini nkuklo mwabyifuzaga. Ahubwo igikomeye kurenza ibyo byoseni ukumenya uburyo urwo rukundo rwanyu rwaramba!
Muri iyi nkuru, twifashishije ibitekerezo bya Claire Beaudoin, inararibonye mumibanire y`abantu, twabateguriye inama 10 zagufasha kurambana n`uwo ukunda mukiturira mu ijuru rito.
1. Kutagira icyo muhishanya
Kubwira uwo ukunda ikiri kumutima bituma utamukekera uko yabifata ahubwo ukamenya icyo abitekerezaho aho gukomeza kubuzwa amahoro n`ibyo wibitsemo.
2. Ba umugwaneza mubisubizo uha uwo ukunda
Mugihe uwo uwo ukunda ashoboye kukubwira ikiri kumutima we, sibyiza kumusubiza uhubutse cyangwa ngo umusubizanye uburakari kabone n`iyo waba ubyumvise ukundi. Iga kubanza gutekereza kugisubizo ugiye gutanga.
3. Imenyereze gutega amatwi uwo ukunda
Mugihe uwo ukunda akubwira, itoze gutega amatwi kandi wirinde kumwemeza ibyo wowe utekereza ahubwo uhe n`agaciro ibyifuzo bye.
4. Nimwige kubahana
Gukundana ntibikuraho kubahana! Imenyereze kudahatira uwo ukunda guhinduka uko wowe ushaka, ahubwo mufashe mubyo ashaka, mubyemezo bye n`ibindi bituma abaho nkawe ubwe.
Sibyiza kumvako uwo ukunda mugomba kumva ibintu kimwe 100%!5. Gerageza kumushimira, nokumutera akanyabugabo
Mugihe umukunzi wawe agize ibyo ageraho cyangwa akora, nibyiza kubimushimira nokumwerekako yagerageje. Ibi bimuzamurira icyizere agahora ashaka kumva umushima. Bitabaye ibyo ashobora kuzajya kubishaka ahandi!!
6. Gushakira ibisubizo hamwe.
Nubwo akenshi igisubizo kiba kinejeje umwe kurusha undi, nyamara burya biba byiza cyane iyo kije mwese mucyumva kurwego rungana mbere yo kugishyira mubikorwa.
7. Emera integenkeya zawe kandi wige kugenda uhinduka
Nubwo ntamuntu ubura inenge, ariko nibyiza kwemera ibyo udashoboye gukora cyangwa ukora nabi, ariko ukitoza kubihindura ukoresheje inama z`uwo ukunda.
8. Ugomba kumenya kuvuga OYA
Mugihe haricyo udasobanukiwe cyangwa wumva ukundi, witinya kuvuga OYA no gutanga igitekerezo utinya ko yakwanga, ahubwo azakubona nkumuntu ufite akamaro kandi nk`umujyanama.
9. Menya gufata ibyemezo.
Mugihe bibaye ngombwa ko ufata ibyemezo, itegure kuba wakwakira ingaruka zabyo kabone nubwo zaba zitoroshye ariko ugere kucyo ugambiriye kugeraho.Mbese wirinde ikigare!
10. Iga gutungura umukunzi wawe
Singombwa ko ukora ibihambaye cyangwa ngo ubikore buri munsi, ariko ibuka gutungura umukunzi wawe, yaba mukumuha impano, kumukorera imirimo yagombaga gukora, kumusohokana,….. Ibi bizatuma yishimirako umutekereza.
The post Inama 10 zafasha abakundana/ababana kurambana appeared first on KASUKU MEDIA.
source https://kasukumedia.com/inama-10-zafasha-abakundana-ababana-kurambana/



