Category: Uncategorized

  • Rubavu: Abarokotse Jenoside bahawe inzu za miliyoni 600 Frw, bizezwa ubufasha mu gukomeza kwigira #rwanda #RwOT

    Ubuyobozi bw’Akarere ka Rubavu bwijeje imiryango 32 y’abarokotse Jenoside yakorewe Abatutsi batishoboye yatujwe mu Mudugudu wa Nyabishongo Umurenge wa Mudende mu Karere ka Rubavu gukomeza kubitaho binyuze muri gahunda ya VUP ndetse na Girinka kugira ngo babashe kwiteza imbere.
  • Yverry yatangiye gufasha abakobwa batewe inda bakihakanwa n’abazibateye (Video) #rwanda #RwOT

    Rugamba Yves wamenyekanye mu muziki nka Yverry yatangiye urugendo rwo gufasha abakobwa baterwa inda zitateguwe bagatereranwa n’abakunzi ndetse n’imiryango.
  • Abafana 148 ba Paris St-Germain bamaze gutabwa muri yombi- Amafoto #rwanda #RwOT

    Mu ijoro ryo ku Cyumweru tariki 23 Kanama 2020, ikipe ya Paris St-Germain bakunze kwita PSG, yatsinzwe igitego kimwe ku busa n’ikipe ya Munich wo mu Budage mu mukino wa nyuma w’irushanwa rihuza amakipe yabaye aya mbere mu bihugu by’I Burayi (Champions League).

    Nyuma yo gutsindwa kw’iyi kipe iri mu zikunzwe ku Isi no mu Bufaransa muri rusange, abafana bayo bo mu Mujyi wa Paris bagiye mu muhanda wegeranye n’Ibiro by’Umukuru w’Igihugu [Champs-Élysées], ndetse n’inyuma ya sitade ikiniramo PSG, ahazwi nka Parc des Princes.

    Aha kuri Parc des Princes niho hari hateraniye abafana b’iyi kipe aho bareberaga umupira kuri televiziyo nini cyane ko wabereye i Lisbon muri Portugal.

    Bayern Munich yegukanye igikombe cya UEFA Champions League itsindiwe igitego kimwe na rutahizamu Kinglsey Coman biza kurangira Paris Saint-Germain iraye nabi.

    Gutsinda uyu mukino byahesheje Bayern Munich kwegukana igikombe cya UEFA Champions League ku nshuro ya gatandatu, aho icyo yaherukaga yagitwaye mu 2013.
    http://dlvr.it/RfHPxk

  • Umuhanzi Marius bison nyuma yo kureka inzira yo kuba padiri yahakanye iby’urukundo rwe na bijoux wo muri bamenya. #rwanda #RwOT

    Umuhanzi Marius bison waburaga iminsi Mike ngo Abe padiri yaje gufata umwanzuro utavuga ko woroshye ava mu gipadiri yiyemeza gukurikirana umuziki avugako yatangiye kera.

    Ubwo inkuru yambere yayanditswe kuruyu musore abenshi bamuvuzeho byinshi bitandukanye gusa we kugiti cye yasobanuye ko umutimanama ari ikintu kinini Kandi kingenzi ati”bimaziki gushimisha abantu ukora ibyo bashaka wowe k’umutima udatuje”.

    Ubwo Marius bison yasohoraga indirimbo Nkwamamaze yakoranye na uncle Austin igitangazamakuru byinshi bya hano mu Rwanda byamubajije ku mpamvu nyamukuru yatumye atera umugongo ubupadiri agakurikira umuziki.
    Mu magambo macye yabasubije ko byose bigenwa no gushaka kw’Imana ati”icyuzaba ntaho kijya uhitamo icyushaka Imana nayo ikakiguheramo umugisha.

    Mu minsi ishize nibwo uyumusore uri mu biganza bya papa Emile yashyize hanze indirimbo yise Ibanga yagaragayemo bijoux usanzwe amenyerewe cyane muri cinema Nyarwanda, nyuma yiyi ndirimbo harabagiye bavugako uyu musore yaba Ari mu rukundo rw’ibanga na bijoux yakoresheje mu mashusho gusa impande zombi zarabihakanye zivuga ko ari ubucuti busanzwe.

    Asoza ikiganiro yagiranye na kasukumedia Bison yibukije abamuciriye urubanza ko nyuma yibyo byose ari umuhanzi ukunda Imana n’abantu yongeraho ko azakora umuziki rusange ntabyo kubogamira kuri gospel gusa.

    Kanda hano urebe indirimbo ibanga ya Marius bison

    The post Umuhanzi Marius bison nyuma yo kureka inzira yo kuba padiri yahakanye iby’urukundo rwe na bijoux wo muri bamenya. appeared first on KASUKU MEDIA.
    http://dlvr.it/RfHPvj

  • Le Rwanda ; pays prometteur pour les entrepreneurs étrangers en ICT #rwanda #RwOT

    Winfield est une industrie sud africaine qui offre des services de nouvelles technologies de l’Information et Communication. Cette société de conseil en affaires spécialisées dans le développement de logiciels vient d’envahir ce vaste marche.
    Elle a son siège social est à Johannesburg, Gauteng, Afrique du Sud.

    L’entreprise a récemment établi ses bureaux dans le complexe Makuza Plaza en plein Centre ville de Kigali.

    « Les conditions du marché mondial montrent que chaque industrie aura besoin de systèmes efficaces de gestion d’entreprises en ligne pour améliorer les flux de travail existants permettant de demeurer compétitifs et rentables » dit Taremekedzwa Mugara Memory, la directrice de Winfield qui affirme que son entreprise offre des solutions informatiques telles que Full Stack Development , Mobile Software Development, Software Prototyping and Testing, Software Product Development, Quality Assurance and DevOps Automation.

    Le Rwanda et la région de l’Afrique de l’Est s’adaptent aux perturbations causées par la Covid-19. La plupart des entreprises et des prestataires de services recourent au numérique pour mieux se réaligner avec la nouvelle norme.

    Didiane Umuhoza

    source https://fr.igihe.com/Le-Rwanda-pays-prometteur-pour-les-entrepreneurs-etrangers.html

  • L’Armee mise a contribution pour changer de stratégies de lutte contre la Covid 19 avec la reouverture des ecoles au Rwanda #rwanda #RwOT

    Au moment où l’Occident rouvre en grand les activités économiques assorties d’instructions précautionneuses publiques dont le port de masque, la distanciation sociale et un contrôle-test régulier, le Rwanda préfère continuer à faire régner une discipline de fer de mises en quarantaine intempestives de petites entites de peuplement au moment où les autorités sanitaires y constatent l’irruption de nouveaux foyers de propagation de cette Covid19. Tout le district de Rusizi (Ouest Sud du pays) reste en quarantaine au moment où deux marchés publics de Kigali dont le Marché Central sur le Plateau de la Ville de Kigali et le marché dit KWA MUTANGANA en contrebas de la ville vers la Gare routiere de NYABUGOGO sont déclarés aussi en quarantaine.

    Des activités économiques dont les bars, les lieux de sport en salles et autres sports collectifs, les écoles,.. restent fermées depuis ce 14 mars dernier jusqu’à nouvel avis.
    Il s’entend que tout ceci a causé des pertes énormes à l’économie nationale.

    Plus d’un million d’emplois supprimés

    La VOA de ce 24 août 20 parle de 1.4 millions de personnes mises au chômage dans cette vague de suppression d’emploi dans l’espoir de stopper la propagation de cette pandémie. Il va de soi que l’on comprend combien de ménages ont perdu leur pouvoir d’achat durant cette situation sanitaire négative qui perdure et dont on ne sait pas quand elle terminera.

    Entretemps, les adolescents, filles et garçons, désoeuvrés, les écoles étant fermées, sont versés dans les mœurs négatives. L’ONG Save The Children- Rwanda a mené sa petite enquête à ce sujet. Elle avance avoir constaté une « augmentation des cas de mariages forcés et de viols sexuels faits aux jeunes adolescentes durant ces 5 mois de confinement ».

    Tout en constatant que la perte d’emploi de leurs parents fait qu’ils sont prêts à prester pour les petits jobs même les moins humanisants, cette ONG exprime ses inquiétudes sur le fait qu’à la réouverture officielle des écoles du pays, les choses auront changé. C’est une façon de dire que le mode éducationnel traditionnel sera changé dans la mesure où le jeune adolescent sur le banc de l’école cherchera par tous les moyens à participer à l’effort d’entretien familial de ses parents au pouvoir d’achat amoindri.

    Cette alerte donnée par l’ONG Save The children aux pouvoirs publics invite ceux-ci à jeter de nouvelles stratégies gouvernementales pour faire face à une situation pécuniaire désastreuse des citoyens.

    Ouvrez les écoles Messieurs&Dames
    Cette pandémie du Coronavirus peut-elle être gérée méticuleusement pour permettre à toutes les activités économiques rouvrir ? Si oui comment ?
    OMS et UNICEF viennent d’exprimer le souhait de voir les Etats africains rouvrir les écoles, rapporte la VOA de ce 24 août 20. Ces organisations estiment que l’oisiveté prolongée chez ces adolescents risque de créer des comportements négatifs chez les lycéens.

    Allier l’agréable à l’utile : construction de plusieurs salles de classes… distanciation sociale possible

    Mais de quoi aurait-on peur au Rwanda. Celui-ci s’est assez préparé. Aux centaines de milliers de salles de classes scolaires existantes, le MINEDUC est sur pied d’œuvre pour apprê ter incessamment 22.000 autres salles de classes. L’enseignant n’aura plus à sa disposition plus de 50 écoliers ou élèves dans sa classe.

    La question est de savoir si la discipline scolaire sera bien gardée pour suivre scrupuleusement les instructions du ministère de la santé.
    De deux, pourquoi les écoles ne rouvriraient-elles pas en ce septembre ? Les entrepreneurs qui construisent ces écoles ne vont-ils pas vite en besogne ? Ils doivent des explications.

    Les militaires rwandais sont-ils prêts à gérer les foyers de propagation qui peuvent surgir ici ou là ?

    En période de paix, l’on sait que les militaires interviennent en cas de désastres. La Covid19 peut-elle être assimilée à celui-ci ? Si oui, les commandants de régions militaires font-ils faire à leurs Etats majors des scénario de crise sanitaire pour qu’ils soient prêts à affronter victorieusement cette pandémie partout où elle se montrera irascible ?

    Des hôpitaux de campagne ?

    La discipline militaire des soldats rwandais a une renommée qui dépasse les frontières nationales. Autant qu’elle soit mise à contribution dans ce combat contre la Covid19. Comme elle construit des habitations durables pour les ménages démunis, il ne lui sera pas difficile de construire en très peu de temps des hôpitaux de campagne prêts à accueillir d’éventuels patients atteints de cette pandémie dans tous les coins du pays.

    De deux, l’on sait que l’Armée rwandaise a formé beaucoup de médecins et autre personnel medical en son sein au point que s’il faut ériger un hôpital de campagne fait de bâche et autre matériel transportable dans chacun des 416 secteurs administratifs que compte le pays, cela sécurisera les citoyens rwandais dans leurs normales activités de production. Là alors, l’armée rwandaise aura montré, comme l’un des pionniers du monde, qu’elle participe amplement dans la vie active tranquille de la population.

    Jovin Ndayishimiye

    source https://fr.igihe.com/L-Armee-mise-a-contribution-pour-changer-de-strategies-de-lutte-contre-la-Covid.html

  • Ibaruwa ifunguye Michael Sarpong yageneye abafana ba Rayon Sports #rwanda #RwOT

    Nyuma yo gutandukana n’ikipe ya Rayon Sports agasinyira Yanga yo mu gihugu cya Tanzania, rutahizamu Michael Sarpong yashimiye iyi kipe ibyo yamukoreye byose cyane ko aho ageze ari yo abikesha.

    Muri Mata 2020 ni bwo Rayon Sports yatangaje ko yirukanye Michael Sarpong bitewe n’imyatwarire itarashimishije ubuyobozi, ni mu gihe yabaruaga amezi make ngo asoze amasezerano ye y’imyaka 2 yari yasinyiye iyi kipe.

    Ku wa Gatanu w’icyumweru gishize tariki ya 21 Kanama 2020, Sarpong ni bwo yahagurtse mu Rwanda yerekeza muri Tanzania aho yahise asinyira Young Africans amasezerano y’imyaka 2.

    Yashimiye Rayon Sports avuga ko azahora ayibuka

    Uyu rutahizamu nyuma yo gusinyira Yanga, akaba yanditse ibaruwa ashimira Rayon Sports uburyo yabanye na yo mu myaka 2 yayimazemo.

    Yagize ati“imyaka 2 namaze nkinira Rayon Sports, yahinduye umwuga wanjye w’umupira w’amaguru. Nzahorana ideni kuri perezida w’ikipe, abatoza n’abo bafatanye ndetse n’abafana.”

    “Ndashimira abafana ba Rayon Sports uburyo banyakiriyemo n’uburyo bazaga ari benshi kuri buri mukino kugeza dutwaye ugkombe cya shampiyona.”

    “Hari ibyagiyebuvugwa, byatumye ngaragaza icyo nshoboye ndetse mba n’umukinnyi ukomeye mu ikipe. Nzakumbura abakinnyi bagenzi banjye ndetse n’ubuyobozi bwa Rayon Sports. Byari iby’icyubahiro buri mwanya nambaye umwambaro wa Rayon Sports nyikinira, nzahora byibuka kandi mbiha agaciro.”

    Yasoje agira ati“ngiye numva numva ndi mu bicu kuko twatsinze kandi nakoze ibyo nari nshoboye igihe namaze mu ikipe.”

    Umwaka we wa mbere yafashije Rayon Sports kwegukana igikombe cya shampiyona

    Michael Sarpong ukomoka muri Ghana, yinjiye muri Rayon Sports muri 2018 ayikinira imyaka 2, akaba yarayifashije kwegukana igikombe cya shampiyona mu mwaka we wa mbere wa 2018-2019.

    Ibaruwa yageneye abafana

    source http://isimbi.rw/siporo/article/ibaruwa-ifunguye-michael-sarpong-yageneye-abafana-ba-rayon-sports

  • Impamvu Rwatubaye Abdul atarakinira ikipe ye nyuma yo kuva mu kato #rwanda #RwOT

    Nyuma y’uko Rwatubyaye Abdul avuye mu kato, ntabwo arabasha gukinira ikipe ye ya Colorado Springs Switchbacks bitewe n’imvune yagize ubwo yari mu kato.

    Mu mpera za Nyakanga 2020, Rwatubaye Abdul yashyizwe mu kato nyuma y’uko hari umukinnyi baba mu nyubako imwe wagaragaweho n’icyorezo cya COVID-19.

    Nyuma yo kumara iminsi 12 mu kato, uyu mukinnyi ukina mu mutima w’ubwugarizi nta mukino arabasha gukinira iyi kipe.

    Rwatubaye Abdul yabwiye ISIMBI ko byatewe n’ikibazo yagize cyo mu nyama zo mu itako zakwedutse (Pulled Hamstring), ariko akaba azatangira imyitozo vuba.

    Yagize ati“ndarwaye, nagize ‘Pulled Hamstring’. Byabaye ubwo nari mu kato nikoresha imyitozo. Nzatangira imyitozo ku wa Kane w’iki cyumweru.”

    Rwatubyaye aheruka mu kibuga tariki ya 18 Nyakanga ubwo banganyaga na Real Monarchs 3-3, akaba ari na we watsinze igitego cya nyuma cyatumye ikipe ye ibona intsinzi.

    Nyuma ya bwo bamaze gukina imikino 4 ariko nta ntsinzi n’imwe barabona, batsinzwe na Real Monarchs 2-1, batsindwa na New Mexico United 1-0, El Paso Locomotive 4-2 ni mu gihe kandi bongeye kunganya na El Paso Locomotive 0-0.

    Rwatubyaye azatangira imyitozo ku wa Kane w’iki cyumweru

    source http://isimbi.rw/siporo/article/impamvu-rwatubaye-abdul-atarakinira-ikipe-ye-nyuma-yo-kuva-mu-kato