Category: Uncategorized

  • Kuva kera nakundaga abana none ndashaka umusore wakwemera ko tubyarana. #rwanda #RwOT

    Nitwa Umurerwa Rebecca mfite imyaka 29 nta mukunzi mfite. Kuva cyera nakundaga abana nabo bakankunda cyane, kuburyo iyo nteruye umwana ababyeyi be bagashaka kumunyaka umwana arabyanga akanyizirikaho kumunkuraho biba ari intambara. Abantu benshi bakunze kumbwira ngo sinzabyara ngo bitewe n’urwo rukundo abana bankunda. Ngo iyo umuntu akundwa n’abana cyane ngo aba atabyara. Ibyo rero nakomeje kubitekerezaho bintera ubwoba cyane niyo mpamvu nshaka kubyara umwana kugira ngo nyomoze abirirwa bambwira ko ntazabyara. Rero ndashaka umusore wakwemera ko tubyarana byaba ngombwa tukabana, ariko abaye ntanagahunda yo gushaka umugore vuba afite twabyarana umwana nkamurera ntakibazo kuko ubushobozi ndabufite. Narangije kwiga kaminuza kandi mfite akazi keza kuburyo ibyo umwana yakenera byose nabimubonera bitangoye. Uwabibara akumva byavamo yansanga inbox tukabiganiraho.

    Kumwandikira inbox Kanda Hano wiyandikishe mu bashaka umukunzi nurangiza kwiyandikisha Ukande hano maze nubona izina rye urikandeho uhite ukanda ahanditse “Message” maze umwoherereze ubutumwa. Niba waramaze kwiyandikisha mu bashaka umukunzi Kanda hano maze nubona izina rye urikandeho uhite ukanda ahanditse “Message” maze umwoherereze ubutumwa cyangwa ukande kuri Chat muganire mu ibanga rikomeye murebana imbonankubone ku ikoranabuhanga rya Webcam.

    The post Kuva kera nakundaga abana none ndashaka umusore wakwemera ko tubyarana. first appeared on UMWUNGERI.RW.

    source https://www.umwungeri.rw/kuva-kera-nakundaga-abana-none-ndashaka-umusore-wakwemera-ko-tubyarana/

  • Badukuyemo ikintu cyo kwikunda bitandukanye n’umwaka wabanje – Byiringiro Lague #rwanda #RwOT

    Rutahuzamu w’ikipe ya APR FC, Byiringiro Lague avuga ko impamvu umwaka wa 2019/20 bitwaye neza byatewe n’abatoza babonye bakabanza kubakuramo ikintu cyo kwikunda bagasenyera umugozi umwe.

    Umwaka w’imikino wa 2019/20, APR FC yegukanye igikombe cya shampiyona idatsinzwe umukino n’umwe aho yinjije ibitego 44 itsindwa 11. Niyo kipe yinjije ibitego byinshi kandi ikinjizwa ibitego bike.

    Uyu rutahizamu yabwiye urubuga rw’iyi kipe ko abatoza babazaniye hari byinshi bahinduye mu mikinire y’iyi kipe cyane cyane gukorera hamwe nk’abakinnyi ari na byo byatumye babona umusaruro mwiza.

    Yagize ati“Hari impinduka nyinshi zabaye cyane cyane mu mikinire kugira ngo dutsinde ibitego 44 muri shampiyona, umwaka ushize twakinaga neza cyane byoroheye buri wese, umukinnyi uwo ari we wese mu kibuga yumvaga ko ari gukorera mugenzi we nta byo kwikunda byabayeho, ni yo mpamvu buri mukinnyi mu kibuga yatsindaga bigatuma akazi no kuri ba rutahizamu katworohera.”

    Yakomeje avuga ko abatoza babakuyemo ikintu cyo kwinduka bityo bakumva ko ikipe atari umuntu ku giti cye ahubwo ari ugufatanya.

    Ati“Twagize abatoza beza cyane bagiye badukuramo ikintu cyo kwikunda, bakatwumvisha ko turi ikipe atari umuntu ku giti cye, bitandukanye n’umwaka wari wawubanjirije aho wasangaga buri mukinnyi ashaka gutsinda ku giti cye, byateraga umwuka utari mwiza mu kibuga ndetse no kurumba kw’ibitego.”

    Mu bitego 44 APR FC yatsinze muri shampiyona umwaka w’imikino 2019/20, Byiringiro Lague yagize uruhare mu bitego 13 aho yatsinze 7 ndetse atanga imipira 6 yavuyemo ibitego.

    Byiringiro Lague ahamya ko abatoza bafite bahinduye byinshi

    Bumvishijwe ko ikipe atari umuntu umwe

    source http://isimbi.rw/siporo/article/badukuyemo-ikintu-cyo-kwikunda-bitandukanye-n-umwaka-wabanje-byiringiro-lague

  • Uganda Struggles To Regain Grip In Fight Against COVID-19 #rwanda #RwOT

    New infection figures show that the COVID-19 situation in Uganda is rapidly changing, forcing the government and scientists to reconsider their strategy, especially in the capital here, a local virus hotspot.

    The East African country over the weekend recorded its highest daily cases after inmates at one of the prisons tested positive for the virus. The country recorded 318 cases, the highest daily number since the index case was registered on March 21.

    As of Aug. 23, the country has a total of 2,263 confirmed cases, 1,226 recoveries and 20 deaths, according to Ministry of Health figures.

    The Kampala Metropolitan Area has the highest numbers of community transmission; with a total of 401 COVID-19 cases and six deaths registered within the last week. 

    Cumulatively, according to the Health Ministry, a total of 599 COVID-19 cases, including 16 deaths have been reported in Kampala since March 23.

    Uganda had been praised for taking some of the strictest measures in stopping the spread of COVID-19.

    In March, the country instituted a lockdown, which included closing the border entry and exit points to international travelers except for cargo, closing schools, and banning public and private transport except for essential workers, among others.

    The country also has a night curfew.

    Economic experts, including the World Bank, warned that Uganda’s tough stance would adversely affect the country’s economy.The country’s President Yoweri Museveni insisted that human life is more important than the economy.

    Over time, the country started easing its lockdown measures.

    Figures, including those released by the country’s Ministry of Finance showed that the economy had started exhibiting signs of recovery.

    Private and public transport reopened, shopping malls resumed operations, and wearing a facemask while in public was made mandatory.

    As the easing occurred, international financiers like the World Bank and International Monetary Fund (IMF) extended support to Uganda to help with the economic recovery.

    On June 29, the World Bank approved a 300 million-U.S.-dollar budget support for Uganda to help the country mitigate the impact of the pandemic.

    The IMF on May 6 approved a 491.5 million-dollar disbursement to Uganda to address what it called urgent balance-of-payments and fiscal needs occasioned by the pandemic.

    Meanwhile, the government emphasized the necessity of social distancing, hand sanitizing and wearing face masks.

    As the recovery journey started, the virus also spread rapidly despite calls to the public to adhere to the ministry of health standard operating procedures.

    The ministry is now warning that the country has reached a critical stage in the fight against the pandemic.

    Minister of Health Ruth Aceng recently said that if the COVID-19 cases continue to increase, the health sector would be overwhelmed, and the situation could worsen.

    “The COVID-19 situation is rapidly changing in Uganda. COVID-19 is real, it’s highly infectious and it kills. It’s our responsibility to stop this catastrophe,” said Aceng.

    Minister of Works and Transport Katumba Wamala last week warned that the government would re-impose a ban on public transport over violation of COVID-19 prevention procedures.

    Wamala said public commuter taxi operators and other motorists are flouting the standard operating procedures.

    “With the increasing cases of community transmission, we may be forced to halt public transport,” he said.

    Museveni last week said that he would this week issue new regulations to curb the rapid spread of the virus.

    It is widely believed that the government is likely to re-impose a lockdown in order to get a firm grip on the fight against the pandemic.

    source https://taarifa.rw/uganda-struggles-to-regain-grip-in-fight-against-covid-19/

  • Uruhare rw’ibibanza bihendutse mu kwaguka k’uduce turi mu nkengero za Kigali #rwanda #RwOT

    Gahunda yo guteza imbere imijyi nk’umwe mu musemburo w’ubukungu ni inzira yo guhashya ubushomeri ikomeje kwitabwaho cyane aho imijyi n’uduce twegereye Kigali biri kongerwamo ibikorwaremezo nk’inganda, imihanda, amahoteli n’ibindi byihutisha iterambere.
  • Ronaldinho yarekuwe nyuma y’amezi atanu afungiwe muri Paraguay #rwanda #RwOT

    Umunyabigwi w’Umunya-Brésil, Ronaldinho, wamamaye akinira amakipe akomeye i Burayi arimo FC Barcelone na Milan AC, yamaze kurekurwa nyuma y’iminsi yari amaze afungishije ijisho akurikiranyweho gukoresha pasiporo y’impimbano.
  • Iguriro rya Sawa Citi ryeguriwe ibikorwa by’iguriro rya Ndoli #rwanda #RwOT

    Iguriro (supermarket) rya Sawa Citi rimaze kubaka izina mu mujyi wa Kigali, rigiye kugenzura ibikorwa n’imiyoborere by’iguriro rya Ndoli, rimaze igihe kinini rikorera hano mu Rwanda.
  • Hasabwe ko inganda zitunganya zikanongerera intungamubiri ibiribwa zakoroherezwa #rwanda #RwOT

    Sosiyete sivile irasaba ko Inganda zitunganya ibyo kurya zakoroherezwa mu mikorere yazo kubera uruhare zigira mu gukemura ikibazo cy’imirire mibi, by’umwihariko ibijyanye n’igwingira ry’abana.
  • Ubutumwa Michael Sarpong yageneye abafana ba Rayon Sports abasezeraho #rwanda #RwOT

    Rutahizamu w’Umunya-Ghana, Michael Sarpong, uherutse gusinyira Yanga SC yo muri Tanzania, yandikiye abafana ba Rayon Sports abashimira ku gihe cyose babanye n’uburyo bamushyigikiye ari mu ikipe yabo.
  • Umunya-Australia wakoze muri Microsoft yagizwe umuyobozi muri Miss Career Africa itegurwa n’Abanyarwanda #rwanda #RwOT

    Umunya-Australia Heshani Munasinghe, wakoze muri Microsoft yagizwe Umuyobozi ushinzwe ibikorwa wa Miss Career Africa, itegurwa n’abanyarwanda, nyuma yo kubisaba akareka n’akandi kazi yari afite kubera umuhate afite mu guteza imbere Afurika cyane cyane binyuze mu bategarugori.
  • Ibintu 10 Abanyarwanda banenga kuruta ibindi #rwanda #RwOT

    Mu myaka 26 ishize Jenoside yakorewe Abatutsi ihagaritswe n’ingabo zari iza FPR Inkotanyi, ni byinshi u Rwanda rumaze kugeraho mu ngeri zitandukanye z’ubuzima bw’igihugu kandi impinduka ku muturage wo hasi zirigaragaza.