source https://igihe.com/amakuru/article/rusizi-barindwi-bakurikiranweho-kugurisha-sima-yubakishwa-amashuri
source https://igihe.com/amakuru/article/rusizi-barindwi-bakurikiranweho-kugurisha-sima-yubakishwa-amashuri
Source : https://igihe.com/umuco/amateka/article/amavu-n-amavuko-y-izina-ry-umurwa-mukuru-w-u-rwanda-kigali
Abasirikare (marines) b'u Burundi barinda ikiyaga cya Tanganyika ahaherera mu Ntara ya Rumonge ku wa 10 Nzeri 2020 batwitse amato y'ibiti baketse ko yinjije abitwaje intwaro mu gihugu baturutse muri Repubulika Iharanira Demukarasi ya Congo.
Amakuru aturuka muri iki gihugu avuga ko amato yatwitswe n'abasirikare bari bayobowe na Brig. Gen. Venant Mbonimana usanzwe ari Komanda w'uyu mutwe.
Abasirikare batwitse amato baketse ko yinjije inyeshyamba mu gihugu
Gusa ngo batwitse ay'abarobyi bari bamaze iminsi barobera mu mazi aherera muri RDC. Ngo umwe wari utwaye ubwato bamushinje kwinjiza abo bitwaje intwaro mu gihugu.
Kuva mu mpera za Kanama 2020, ibice bitandukanye by'u Burundi cyane cyane ibyegereye ishyamba rya Kibira, biravugawamo umutekano muke waba uterwa n'inyeshyamba zituruka mu burasirazuba bwa RDC.
Ni nako kandi umutekano ukomeje gukazwa cyane n'ingabo z'igihugu, inzira zose zaturukamo umwanzo zishyirwamo uburinzi bukomeye.
Ku munsi w’ejo ni bwo hatanzwe ibihembo bya Kiss Summer Awards 2020 byabaga ku nshuro ya 3, Bruce Melodie akaba yahigitse abarimo The Ben na King yegukana igihembo cy’umuhanzi w’impeshyi.
Iri rushanwa ryari mu byiciro 4, icy’umuhanzi mwiza, umuhanzi mwiza ukizamuka, indirimbo ikunzwe ndetse na producer mwiza. Byatangiwe muri Studio za Kiss FM itegura ibi bihembo.
Mu cyiro cy’indirimbo, indirimbo zari zihatanye ni Do Me ya Marina na Queen, Igare ya Mico The Best, Saa Moya ya Bruce Melodie, Ntiza ya Mr. Kagame na Bruce Melodie ndetse n’Ubushyuhe ya Dj Pius yafatanyije na Bruce Melodie.
Igare ya Mico The Best ni yo yeje gutorwa nk’indirimbo yakunzwe cyane mu mpeshyi ya 2020, iki kikaba ari nacyo gihembo cya mbere uyu muhanzi yegukanye mu muziki kuva yatangira kuwukora.
Mu cyiciro cy’abahanzi bakizamuka harimo; B-Threy, Juno Kizigenza, Kevin Kade, Ariel Ways na Calvin Mbanda. Igihembo cyaje kwegukanwa na Kavin Kade wigiye umuziki mu ishuri ryo ku Nyundo.
Mu cyiciro cy’umuhanzi w’impeshyi ya 2020 harimo; The Ben, King James, Bruce Melodie, Platini na Nel Ngabo. Igihembo cyegukanywe na Bruce Melodie wumvikanye mu ndirimbo 3 muri 5 zari zihataniye igihembo cy’indirimbo y’impeshyi, akaba ari n’igihembo yisubije kuko umwaka ushize ni we wari wacyegukanye.
Icyiciro cya nyuma ni icy’abatunganya indirimbo(Priducers), abahatanye ni; Element, Madebeats, Knoxbeat, Clement na Davydenko. Madebeats ni we waje kwegukana iki gihembo.
Hatanzwe kandi igihembo cya Lifetime Achievement Award cyahawe umuntu wagize uruhare rukomeye mu gushyigikira no guteza imbere umuziki nyarwanda. Iki gihembo cyashyikirijwe DJ Bob.
Umwaka ushize Bruce melodie ni we muhanzi wahize abandi, Kontwari ya Safi Madiba ni yo yabaye indirimbo y’impeshyi ya 2019, Amalon atorwa nk’umuhanzi ukizamuka, ni mu gihe Producer yabaye Madebeats.
Source : http://isimbi.rw/imyidagaduro/article/the-ben-yatashye-amara-masa-muri-kiss-summer-awards
Mu gihugu cya Slovenia, umugore w'imyaka 22 witwa Julija Adlesic, yagiye inama n'umukunzi we kugira ngo bahabwe ubwishingizi bari barizigamiye niko gufata urukezo yica ikiganza azi ko biri bumuhire.
Julija Adlesic w'imyaka 22 wari warasinyanye amasezerano y'ubwishingizi mu bigo 5 mu mwaka ushize, yatawe muri yombi ashinjwa ubutekamutwe akica ikiganza akoresheje urukezo guhera mu bujana, mu rwego rwo kugirango ahabwe ibihumbi 700 by'amapawundi, ni ukuvuga miliyoni zisaga 700 FRW.
Abashinzwe iperereza bakomeje gushakisha basanga uyu mugore yari yasinye amasezerano n'ibigo 5 by'ubwishingizi kugira ngo azabone uburyo bwo kwishyuza.
Uyu mugambi wa Julija Adlesic waramupfubanye kuko mu rukiko we n'abamukomokaho bakatiwe imyaka myinshi nyuma yo guhamwa n'icyaha cy'ubutekamutwe.
Adlesic yakatiwe igifungo cy'imyaka 2, umukunzi we bafatanyije gucura uyu mugambi w'ubutekamutwe akatirwa imyaka 3, mu gihe se umubyara yakatiwe umwaka umwe.
Adlesic akimara kwica ikiganza yahise ajya kwa muganga avuga ko yikase ukuboko n'urukero ubwo yari ari gukata amashami y'ibiti.
Abayobozi bavuze ko aba bantu uko ari 3 bahise bata iki kiganza kugira ngo bemeze ko ubu bumuga bw'uyu mukobwa buzaba karande, gusa bikimara kumenyekana cyarashatswe baramudoda bakimusubizaho.
Abashinjacyaha bavuze ko mbere yuko uyu mugore yica ikiganza, yiriwe ku mbuga zitanga amakuru azibaza uko ikiganza cy'igikorano gikora. Mu rukiko, Adlesic yavuze ko ari umwami .
Ati:'Nta muntu n'umwe wifuza kugira ubumuga. Ubuto bwanjye bwarangiritse. Uretse njye gusa nta wundi uzi ibyabaye'.

