Category: Uncategorized
-
Tom Byabagamba agiye kongera kwitaba urukiko ku byaha by’ubujura #rwanda #RwOT
Urukiko rw’ibanze rwa Kicukiro kuri uyu wa Mbere ruraburanisha urubanza ubushinjacyaha buregamo Tom Byabagamba wahoze afite ipeti rya Colonel mu Ngabo z’u Rwanda, ku byaha by’ubujura. -
Charly & Nina basusurukije abakurikiye igitaramo cya Iwacu Muzika Festival (Amafoto) #rwanda #RwOT
Itsinda rya Charly & Nina ryasusurukije abakurikiye igitaramo cya Iwacu Muzika Festival kuri uyu wa Gatandatu, rifatanyije n’abanyempano banyuze muri ArtRwanda – Ubuhanzi. -
USA: Hagiye kubakwa umujyi wahariwe abirabura gusa #rwanda #RwOT
Muri Leta Zunze Ubumwe za Amerika mu Mujyi wa Georgia hagiye kubakwa inzu zizatuzwamo imiryango y’abirabura gusa, ku butaka bungana na hegitari 39, aho bazaba bishyira bakizana nk’ubwoko butuye mu mudugudu wabwo.source https://igihe.com/amakuru/mu-mahanga/article/usa-hagiye-kubakwa-umujyi-wahariwe-abirabura-gusa
-
Mali ishobora kuyoborwa n’umusirikare mu nzibacyuho #rwanda #RwOT
Agatsiko k’abasirikare bafashe ubutegetsi muri Mali, imitwe ya politiki n’imiryango itegamiye kuri Leta muri icyo gihugu kuri uyu wa Gatandatu bemeranyije imyanzuro irimo uw’uko hashobora kujyaho Perezida w’inzibacyuho w’umusivile cyangwa uw’umusirikare.source https://igihe.com/amakuru/muri-afurika/article/mali-ishobora-kuyoborwa-n-umusirikare-mu-nzibacyuho
-
Tom Byabagamba agiye kongera kwitaba urukiko ku byaha by'ubujura #rwanda #RwOT
Urukiko rw’ibanze rwa Kicukiro kuri uyu wa Mbere ruraburanisha urubanza ubushinjacyaha buregamo Tom Byabagamba wahoze afite ipeti rya Colonel mu Ngabo z'u Rwanda, ku byaha by'ubujura. -
Messi yakinnye umukino wa mbere nyuma yo kwivumbura, Osaka yatwaye US Open, LA Lakers isezerera Rocketsâ¦agezweho mu mikino #rwanda #RwOT
Lionel Messi yongeye gukinira FC Barcelone nyuma y'uko mu mpera z'ukwezi gushize yari yatangaje ko ashaka kuyivamo, ariko bikarangira yemeye kuzayikinira mu mwaka utaha w'imikino wa 2020/21. -
Muhanga hagiye kubakwa hoteli ihuriyeho n'Akarere ka Kamonyi n'aka Ruhango #rwanda #RwOT
Mu Karere ka Muhanga mu Murenge wa Shyogwe hagiye kubakwa hoteli aka karere kazaba gahuriyeho n'aka Kamonyi na Ruhango, mu rwego rwo gukemura ikibazo cy'amahoteli make asanzwe arangwa muri utu turere. -
Zimbabwe Set To License Six More Private Television Stations #rwanda #RwOT
Six independent television channels are expected to get broadcasting licenses by the end of this year as part of the Zimbabwean government's effort to open up airwaves and implement media reforms.
Information, Publicity and Broadcasting Services Minister Monica Mutsvangwa was quoted by state broadcaster the Zimbabwe Broadcasting Corporation (ZBC) news on Saturday as saying the move to license more private players was part of the government's desire to provide diverse broadcasting content to the public. 'We realize the importance of having commercial television so that we give our Zimbabwean audience in terms of what they should be watching,' she said. 'That process is on and 14 applicants applied for those licenses and they were listed. Interviews are ongoing. Public inquiries will be ongoing and the process is very transparent. They will be chosen without fear or favor, transparently,' she said.
Mutsvangwa said President Emmerson Mnangagwa's administration had introduced a number of reforms and is working to ensure various acts, including those regulating the media, are aligned with the Constitution. The Broadcasting Authority of Zimbabwe (BAZ) in February called for applications for six free to air national commercial television licenses. Zimbabwe currently has one television station and four national radio stations run by state-run broadcaster ZBC, two private radio stations with national coverage and several community radio stations.
Source : https://taarifa.rw/zimbabwe-set-to-license-six-more-private-television-stations/
-
Muhanga hagiye kubakwa hoteli ihuriyeho n’Akarere ka Kamonyi n’aka Ruhango #rwanda #RwOT
Mu Karere ka Muhanga mu Murenge wa Shyogwe hagiye kubakwa hoteli aka karere kazaba gahuriyeho n’aka Kamonyi na Ruhango, mu rwego rwo gukemura ikibazo cy’amahoteli make asanzwe arangwa muri utu turere. -
Abashaka gukorera ingendo hanze y’igihugu basabwe kujya bipimisha Coronavirus mbere y’amasaha 48 #rwanda #RwOT
Ikigo cy’Igihugu gishinzwe ubuzima (RBC) cyatangaje ko guhera kuri uyu wa Mbere abantu bashaka kwipimisha Coronavirus bazajya baza mbere y’amasaha 48, aho kuba mbere y’amasaha 24 nkuko byari bisanzwe.