Source : https://igihe.com/imikino/football/article/armel-ghislain-muri-rayon-sports
Source : https://igihe.com/imikino/football/article/armel-ghislain-muri-rayon-sports
Inama ya Komite Nyobozi ya FERWAFA yateranye ku italiki 4 Nzeri 2020 yafashe umwanzuro ku ikoreshwa ry’inkunga igenewe umupira w’abagore itangwa n’ishyirahamwe ry’umupira w’amaguru ku isi (FIFA).
Iyi nkunga yiswe FIFA WOMEN FOOTBALL GRANT igenewe amakipe yo mu kiciro cya mbere n’icya kabiri mu bagore azaba yiyandikishije gukina amarushanwa y’umwaka wa 2021 n’ayo mu mwaka wa 2022 agatangwa mbere y’uko imikino itangira.
Iyi nkunga ikaba iteganyirijwe gusa ibikorwa by’amarushanwa bikurikira:
Iyi ngengo y’imari yose ikaba ari amafaranga y’u Rwanda 466,955,000 angana n’ibihumbi magana atanu by’amadolari ya Amerika (500,000 USD)
Niba usinzira bikugoye, kunywa amata mbere yo kuryama bizagufasha. Ni ukubera ko ibikomoka ku mata cyangwa amata ubwayo arimo tryptophan ifasha mu gusinzira. Byongeye kandi, amata arimo na hormone yitwa melatonin igenzura gusinzira no gukanguka.
Niba udashobora gusinzira bihagije nijoro cyangwa ukaba uhangayikishijwe cyane no gusinzira, ushobora gufata ikirahuri cyuzuye cy’amata kugirango bigufashe gusinzira neza.
Kunywa amata mbere yo kuryama hari abantu babigize akamenyero aho babikora kuko bizera ko amata ashobora gutuma basinzira vuba kandi neza. Abandi babikora kugira ngo bibagabanyirize agahinda kandi baruhuke na mbere yo gusinzira.
Ubushakashatsi bwinshi bumaze kwerekana ko kurya ibikomoka ku mata nk’amata na foromaje mbere yo kuryama bituma umuntu abasha gusinzira. Abahanga bavuga ko ibyo byose bituruka ku bice bimwe biboneka mu mata.
Amata arimo imisemburo ya melatonin na aside amine tryptophan, byombi bigira ingaruka nziza ku bantu, bikatworohera kwinjira mu bitotsi. Ubushakashatsi bumwe bwagaragaje kandi ko bigabanya guhangayika no kwiheba bikunze kugaragara mu gihe cyo kuryama.
Ku bitotsi byinshi, tryptophan ifasha umubiri w’umuntu kurekura imiti ya neurotransmitter serotonine igabanya amaganya kandi bigatuma umubiri wumva uruhutse. Hagati aho,melatonin ifasha kugenzura injyana ya circadian kandi igatuma ubwonko bubasha kwinjira mu bitotsi.
Abahanga bamwe ntibavuga rumwe kuri iyi ngingo bashingira ku kuba amata ashobora gutera umubyibuho ukabije bitewe n’uko arimo ibinure, proteyine, na karori usibye intungamubiri n’imyunyu ngugu kandi nanone bakavuga ko gusinzira cyane nijoro bishobora gutuma umuntu yiyongera ibiro.
Gusa Livestrong.com yatangaje ko kunywa amata mbere yo kuryama bishobora guhungabanya igogora, bikagira ingaruka kuri metabolisme, kandi bikaba byanatera kwiyongera ibiro bitifuzwa gusa ibi ntibyagatumye habaho kureka kunywa amata nijoro Ahubwo abantu bakwiye kujya banywa amata byibuze amasaha abiri mbere yo kuryama kugirango bishimire ibyiza byayo mu gihe cya nijoro.
Usibye guusinzira neza, kunywa amata ni ingenzi kuko ari umuco wo kurya neza. Kunywa amata mbere yo gusinzira bifite inyungu nyinshi kuko byongera ubudahangarwa bw’umuubiri, bityo bigatuma ubyuka umeze neza ku munsi ukurikiyeho. Kunywa amata mbere yo kuryama ni umuco mwiza dukwiye gutoza abana bacu bakawukurana bikazabagirira umumaro mu buzima bwabo bwose.
Source: www.themattresswarehouse.co.za, inyarwanda.com
Source : https://agakiza.org/Wari-uzi-ko-kunywa-amata-mbere-yo-kuryama-ari-byiza.html
Ugiye kubarura abantu barya imbuto, imboga rwatsi, banywa amazi, usanga ari bake cyane ku buryo usanga hari n’ababyirengagiza nkana. Nyamara, ubushakashatsi bugaragaza ko ari ingenzi mu buzima bwa muntu.
Mu mbuto usangamo nka avoka, umwembe n’ibindi. Avoka ni urubuto abantu badakunze kwitaho ku mafunguro yabo kandi ifitiye akamaro gakomeye umubiri wabo.
Mu kiganiro IGIHE yagiranye n’inzobere mu buvuzi Mbonezamire, Mukakayumba Anastasie, wanashinze ivuriro mbonezamirire ryitwa La Pervenche, yasobanuye ko imbuto zose zigira umumaro mu mubiri kandi buri rubuto rwose rugira umwihariko warwo ari yo mpamvu nta rubuto umuntu akwiye kurya ngo areke urundi.
Ati 'Buri wese agize amahirwe buri rubuto yagenda aruryaho cyeretse afite uburwayi bwaba bumubuza kurya urubuto runaka'.
Urugero nk’inanasi ni urubuto rwiza ruboneka mu buryo budahenze ariko hari uburwayi bw’igifu, akenshi abantu bafite ubwo burwayi ntabwo bakoresha inanasi kuko ngo ishobora no kubatera 'allergie’.
Mukakayumba ati 'Nibura abantu batabona imbuto zihagije z’amoko atandukanye, bakagombye kugira urubuto barya ku munsi'.
Abahanga mu buzima bavuga ko avoka ikungahaye kuri Potassium, Fiber na Vitamine B, C, E n’izindi vitamine nyinshi ndetse ikaba ikungahaye ku bushobozi bwo kurinda umutima kuba wafatwa n’indwara zitandukanye.
Avoka zigira uruhare mu kurinda uturemangingo dutuma uruhu rugaragara neza kandi ntirupfe gufatwa n’indwara mu buryo bworoshye.
Umwembe ni urundi rubuto rufitiye umubiri akamaro kuko ukungahaye kuri vitamine C ikenerwa mu gukora Protéines z’ingenzi ku menyo, imikaya, amagufwa, imiyoboro y’amaraso no mu gukiza ibisebe.

Umwembe unagira uruhare mu gukora indurwe y’umwijima kandi ikanafasha mu ikoreshwa ry’umunyungugu wa Fer wongera amaraso mu mubiri.
Imboga rwatsi zifite akamaro gakomeye cyane mu buzima bwa muntu. Kurya imboga bituma umubiri ubona ibyitwa 'acido-basique’ bikenerwa cyane mu maraso. Imboga cyane cyane imboga rwatsi, zifitemo ibintu byongera amaraso kandi bikayongerera n’ubwiza.
Imboga z’ubwoko bwose zikungahaye ku ntungamubiri zitandukanye, ubutare na vitamine nyinshi umubiri w’umuntu ukenera. Ikindi cyiza cy’ imboga ni uko zitigiramo ibintu bibyibushya, ku buryo uzirya kenshi nta kibazo cy’umubyibuho udasanzwe yahura na cyo.
Mu by’ukuri, imbuto n’imboga rwatsi ziba zigomba kuboneka ku mafunguro ya buri munsi kuko biri mu bifasha mu kurinda indwara ku mubiri wacu kandi nanone mu mbuto n’imboga rwatsi niho dusanga cyane vitamin A, B, C, K, imyunyungugu hamwe na potassium.
Amazi nayo agira umumaro ukomeye cyane mu buzima bw’umuntu kuko umuntu muzima agomba kuba afite amazi hagati 60% na 65% kugira ngo umubiri ukore neza.
Mu gitondo umuntu abyutse akwiriye kunywa amazi, ayo mazi afasha umubiri gusohora imyanda iherereye mu kanwa, mu muhogo, mu mara, mu mpyiko no mu ruhago, imyanda yose igasohoka mu buryo butagoranye.
Kwihagarika umaze kunywa amazi mu gitondo ni kimwe mu bintu bifasha umubiri gukora neza. Andi mazi akwiriye kunyobwa ku manywa, habura iminota 30 ngo umuntu afate ifunguro.
Aya mazi nayo yoza igifu, akaruhura umubiri wari urushye, akamara inyota, akaruhura ingingo zari zigiye kugwa agacuho.
Andi mazi anyobwa nimugoroba habura iminota 30 ngo umuntu afate ifunguro. Urugero rusange rw’amazi ku muntu ukuze wese agomba kunywa ni litiro imwe n’igice ku munsi. Igihe umuntu atayanyoye agomba kumva ko ahuye n’igihombo kuko byamuviramo no kurwara bya hato na hato.
Source:Igihe
Source : https://agakiza.org/Amwe-mu-mafunguro-abantu-batitaho-kandi-afitiye-akamaro-kanini-umubiri.html
Source : https://igihe.com/imikino/football/article/ilkay-gundogan-yanduye-coronavirus
Minisitiri w'ubuzima muri Czech, Adam Vojtech yatangaje kuri uyu wa 21 Nzeri 2020 ko yeguye ku mirimo ye nyuma yo kunengwa uburyo yitwaye mu bibazo byo guhangana n'icyorezo cya coronavirus. Ni nyuma y'ubwiyongere bukabije bwabandura Covid 19
Minisitiri w'intebe Andrej Babis yashimiye Vojtech ku bw'imirimo yakoze mu butumwa yanditse ku rubuga rwe rwa twitter, yavuze ko azibukwa nka minisitiri w'ubuzima mwiza mu gihugu mu gihe adashaka gukoresha imbaraga ze zose kugira ngo arwanye icyorezo cya coronavirus.
Repubulika ya Czech yatangaje ko ubwiyongere bwa coronavirus bwikubye ku muvuduko wa kabiri mu Burayi mu byumweru bishize, nyuma ya Espagne, nyuma yuko iki gihugu gikuyeho zimwe mu ngamba zo kwirinda icyi cyorezo.
Ikigo cy'i Burayi gishinzwe gukumira no kurwanya indwara kivuga ko mu minsi 14 ishize, Abanya Czech 193 bagaragaweho Coronavirus ku bantu 100.000.
Source: REUTERS
Inkuru yanditswe na Venuste Habineza
Elle a constaté que la plupart de ces accidents ont été commis entre dix-sept et vingt-et-une heures de la journée.
Il est rapporté que, craignant des punitions sévères imposées à des gens qui violent le couvre-feu de 21h dû aux mesures arrêtées contre la propagation de la Covid19, les automobilistes se bousculent pour que l’heure de début dudit couvre feu survienne quand ils sont arrivés dans leurs résidences.
Le porte-parole de la Police, CP Jean Bosco Kabera, ne trouve pas qu’il faut faire appel aux sociologues pour analyser ce comportement, ni pour savoir si réellement ce couvre- feu instauré en ville vient comme une mesure-réponse nécessaire contre la propagation du CoronaVirus.
“La question doit se chercher dans les dispositions mentales des automobilistes”, a-t-il dit simplifiant la situation qui perdure quand bien même il a été étiré l’heure de couvre-feu passant de dix-neuf à vingt-et-une heures.
Pourtant à y voir de près, il faudrait faire appel aux sociétés de chercheurs universitaires pour comprendre la question.
Une certaine opinion avance que ce couvre-feu imposé n’a rien à voir avec la propagation de la Covid19. Admettons que ce couvre-feu soit pour quelque chose dans la contre-propagation dudit virus, les autorités peuvent-elles expliquer ce qu’elles reprochent à la nuit, des activités de nuit qui ne se font pas le jour ?
L’on sait que les activités économiques sont très ralenties au cours des soirées avancées, comment alors la nuit est-elle une opportunité de propagation de ce virus surtout que même les places publiques à grandes concentrations durant la journée s’évident au fur et à mesure que la nuit s’installe ?, se demandent certains observateurs.
Un enseignant d’université qui a requis l’anonymat trouve que les institutions étatiques qui gèrent les affaires publiques ont du mal à se faire épauler par les maisons de recherche scientifique.
“La Police Nationale a-t-elle enregistré en 2019 quelque 5000 accidents de roulage qui ont occasionné 500 morts, et quelles sont les mesures qui ont été prises ? Oui, le Programme de sensibilisation publique à la conduite automobile en toute sécurité GERAYO AMAHORO est venue comme une solution provisoire. Une étude poussée aurait pu dégager le problème et échafauder des pistes de solution”, a-t-il dit trouvant que beaucoup de phénomènes sociaux vécus au Rwanda (jenesse et alcool, drogue, violences conjugales…) devraient être confiés aux sociologues et autres chercheurs apparentés pour mieux être éradiqués.
IGIHE
Imfungwa zacitse gereza y'i Moroto muri Uganda zatangaje ko Covid-19 ivuza ubuhuha muri iyi gereza iri mu mpamvu zaziteye gupanga kuyicika igitaraganya.
Daily Monitor yatangaje ko itsinda rihuriwemo n'abacungagereza, ingabo na polisi ryashinzwe guhiga imfungwa 219 zacitse gereza y'i Moroto muri Uganda ryatangaje ko ryongeye kurasa izindi mfungwa 2 mu zacitse.
Zimwe mu mfungwa zagaruwe muri gereza zivuga ko mu mpamvu nyamukuru zaziteye gucika zirimo n'uko iyi gereza babamo yibasiwe cyane n'icyorezo Covid-19.
Umuvugizi w'urwego rw'Imfungwa muri Uganda, Frank Baine yatangaje ko mu bipimo byafatiwe muri gereza ya Moroto bigaragaza ko imfungwa 166 zanduye Covid-19, muri zo 60 ziri mu zacitse.
Umuvugizi wa Diviziyo ya 3 mu gisirikare cya Uganda ari nayo ifite ingabo ziri mu itsinda rishakisha izi mfungwa zacitse, Maj. Peter Mugisha yavuze ko igikorwa cyo guhiga izi mfungwa kigikomeje, cyane ko ngo izacikanye intwaro zose zitarafatwa.
Imfungwa zibarirwa muri 219 Ku wa Gatatu w'icyumweru gishize ni bwo zacitse Gereza y'i Moroto.
Kugeza ubu batanu muri bo bamaze kwicwa mu gihe abandi benshi bagikomeje gushakishwa uruhindu.
