Category: Uncategorized
-
WASAC ikomeje gusiga umugani mu gucunga umutungo, ntizi abayifitiye imyenda irenga miliyoni 600 Frw #rwanda #RwOT
Abadepite bagize Komisiyo ishinzwe gukurikirana imikoreshereze y’imari n’umutungo by’igihugu (PAC) batangaje ko ikibazo cy’imicungire mibi y’umutugo w’Ikigo Gishinzwe Amazi, Isuku n’Isukura, WASAC, gikomeje kuba agatereranzamba kuva mu myaka ine ishize. -
Rusizi: Ikusanyirizo ry’amata rishobora gufungwa kubera abamamyi bayajyana rwihishwa muri RDC #rwanda #RwOT
Ikusanyirizo rya koperative y’aborozi bo mu karere ka Rusizi izwi nka ‘Agira gitereka’ rirataka ibihombo riterwa n’abamamyi babatwara umukamo bakawugurisha muri Repubulika iharanira Demokarasi ya Congo, ibintu bituma babura uwo batunganya ku buryo bishobora no gutuma bafunga imiryango. -
U Rwanda ku mwanya wa kabiri muri Afurika mu kugira ubwisanzure mu bukungu #rwanda #RwOT
U Rwanda ruri ku mwanya wa Kabiri muri Afurika mu bihugu bifite ubwisanzure mu bukungu, aho muri raporo ya 2020 ya Economic Freedom Index rufite amanota 70.9, bituma ruba urwa kabiri muri Afurika na 33 ku Isi. -
Fresh caution over violations, reckless road use #rwanda #RwOT
While reflecting on the security situation in the past week, Rwanda National Police (RNP) spokesperson, CP John Bosco Kabera explained that most of the road accidents registered during this pandemic period occurs in the evening hours, when motorists and people in general, are racing against time.
'Majority of the fatal accidents registered last week happened between 5pm and 9pm. Some of them were due to speeding to beat time because someone did not manage well their time. Others were involved because they were driving under the influence of alcohol or just rush driving,' CP Kabera said.
Recent data by the Traffic and Road Safety department, show that in 1,826 road accidents that happened from March to August this year, 744 of them happened during an hour to the prohibited movement time.
This means that 40.7percent of the accidents happened in one hour against 59.3percent that occurred in more than 10 hours.
This, according to CP Kabera, indicates that reckless driving is still high when people are under pressure to be where they need to be before prohibited movement time, which he discouraged and advised on 'proper planning and time management.'
He urged the public to plan and respect time, and to avoid anything that could result into an accident.
'We remind everyone to look back and remember the messages we gave them during Gerayo Amahoro campaign.'
When you drink do not drive, do not use a phone when driving, riding or crossing the road; always be extra attentive when on road because any reckless and irresponsible action can lead to a fatal accident, so use the road in harmony with every other road user,' CP Kabera added.
On respecting COVID-19 prevention measures, he said that the vast majority comply.
'It is not understandable how after six months, some people still can’t properly wear a mask, some are still found in bars, which are supposed to be closed, and other cases of varied violations,' he wondered.
He warned bar owners against violations including those who relocate them into their respective homes, which equally exposes their own families to the pandemic.
He further advised the youth to 'do better on compliance' noting that they dominate the numbers of violators.
As of Sunday, September 20, Rwanda had 4,711 cases of Coronavirus, with 2,961 recoveries.
IGIHE
Source : https://en.igihe.com/news/article/fresh-caution-over-violations-reckless-road-use
-
COVID-19: Another death, 11 new cases #rwanda #RwOT
On the same day, the country recorded 12 new recoveries bringing the number of recoveries to 2973.
Of the new cases, 7 were detected in Kigali among contacts of previously confirmed cases, while Nyamagabe district in Southern Province also confirmed four new cases.
The latest results were obtained from 1,448 sample tests conducted in a single day, making the number of tests taken by the country to reach 477,379.
So far, in total, the country has 4,722 confirmed cases, of which 1,722 are still active cases.
Rwandans are required to continue complying with government regulations, especially with frequent washing of hands and water and soap, wearing masks when leaving home or in public.
Nicole Kamanzi M.
Source : https://en.igihe.com/news/article/covid-19-another-death-11-new-cases
-
Imyanzuro ku bibazo bya Rayon Sports igiye kujya ahagaragara #Rwanda #RwOT via @kigalitoday #rwanda #RwOT

Hashize igihe muri iyi kipe ihiga izindi zo mu Rwanda mu kugira abafana benshi, humvikana ibibazo bishingiye ku kutumvikana hagati y’ubuyobozi buriho muri iyi kipe ndetse n’igice cy’abahoze ari abayobozi bayo.
Ibibazo byo muri Rayon Sports byageze ubwo bigera no kuri Nyakubahwa Perezida wa Repubulika Paul Kagame, ndetse abishinga Minisitiri wa Siporo kugira ngo abikurikirane bikemuke.
Mu kiganiro Perezida Kagame yagiranye n’Ikigo cy’Itangazamakuru cya RBA muri uku kwezi kwa Nzeri 2020, mu bibazo yabajijwe hagarutsemo ikibazo cy’ikipe ya Rayon Sports.
Icyo gihe Perezida Kagame yavuze ko nubwo adakunze gukurikira umupira w’amaguru wo mu Rwanda, ariko ibibazo biri muri iyo kipe yabyumvise, kandi ko yari azi ko byakemutse kuko yabishyize mu biganza by’ababishinzwe.
Icyo gihe yagize ati “Iby’imipira yo mu Rwanda ntabwo nayiherukaga ariko numvise ko habayemo ibintu by’amakimbirane… nizere ko byaba byarakemuwe, ndibuka mbivugana na Minisitiri wa Siporo Madame Mimosa, numvaga inzira yabishyizemo isa nk’aho igenda ibikemura, ariko ntabwo mperuka amakuru ya vuba aha ngaha, naramwizeye nizeye ko n’inzira imeze neza, ndizera ko byaba byarabonye igisubizo”.
Nyuma y’icyo gihe, Minisitiri wa Siporo Munyangaju Aurore Mimosa, na we yatangaje ko ibibazo biri muri Rayon Sports bitazarenza ukwezi kwa Nzeri bitarakemuka.
Abasesengura iby’umupira w’amaguru mu rwanda, cyane cyane abakurikiranye ibibazo bivugwa muri iyo kipe barimo abanyamakuru b’imikino, bavuga ko muri iyo myanzuro igiye gutangazwa hitezwemo ibintu byinshi.
Hari abibaza niba hari butorwe umuyobozi mushya w’ikipe ya Rayon Sports, bakavuga ko bigenze bityo byaba byiza abaye umuntu wok u ruhande utari mu mpande zari zifitanye amakimbirane.
Hari kandi abavuga ko byari bikwiye ko muri aya mabwiriza haba harashyizweho igice gihuza impande zifitanye amakimbirane, kugira ngo ibibazo bivugwa muri iyo kipe birangire, itangire kwitegura shampiyona y’umwaka utaha.
Turabagezaho imyanzuro yose yafashwe ku bibazo bya Rayon Sport ubwo iza kuba imaze gutangazwa na Minisiteri ya Siporo.

-
Surrendered Rebels Loot Market 50Km North Of Goma #rwanda #RwOT
Several shops have been looted by an army of over 500 rebels formerly aligned to the Nduma Defense of Congoâ”Renovated, a militia that operates in the eastern Democratic Republic. These fighters had voluntarily surrendered but have been abandoned and claim they are hungry.
The looting took place on Sunday at Kabaya Market in 50km North of Goma in Rutshuru region- residents are now living in a lot of fear and panic suspecting anything worse may happen.
According to provincial deputy Élie Nzaghani these fighters were not taken care of by the authorities and fell back on the population. They had previously surrendered to government forces but their welfare is not catered for.
'We have seen that those who have responded favourably to the Head of State's call for the pacification of the country are unfortunately abandoned. They systematically looted the property of the population in the middle of the Kabaya market. There were even injuries. Imagine more than 500 rebels that are abandoned like this by the central government. And we wonder, what is the real plan to pacify the East when the people who have made a good decision to leave the bush are instead abandoned, 'wondered Nzaghani.
Last August, more than 500 NDC-R militiamen loyal to Gilbert Bwira surrendered to authorities in Masisi following clashes with fighters loyal to Guidon Shimiray in Walikale region. And they were taken to the Rumagabo military camp to be quartered there. The fighters also handed over 90 weapons.
Since then, the provincial government of North Kivu has assisted them twice with food and non-food items. Several political and civil society activists have since denounced the poor conditions in which these former rebels live.
'There are those who say that it has become a business for some Congolese officers. These former rebels have to be handled correctly. We fear that these people will return to the bush. Even those who are still in the forest will lag behind simply because their colleagues are not taken care of. We therefore call on the government of Kinshasa, which must take care,' said Nzaghani.
What is this Group Nduma Defense of Congo?
NDC-R was created by a former Nduma Defense of Congo deputy Guidon in September 2014. In January 2015 group expanded into Lubero Territory. In December 2015 they captured FDLR bases in Mumo and Rushiye. On 25 December 2018 NDC-R attacked CNRD in Faringa.
On 7 June 2019, the Office of the Military Prosecutor of North Kivu issued a warrant for Guidon's arrest, however Congolese authorities have not acted on it. On 30 October 2019 NDC-R attacked CMC alliance capturing Katsiru, Kiyeye, Kitunda, Maziza, JTN, Kayangare and Mbuhi villages in Rutshuru Territory. On 7 November group has regained control over Mweso, major economic crossroads in Masisi Territory. Its headquarters are located in Pinga, Walikale Territory.
The UN stabilisation Mission in Congo (MONUSCO) evacuates victims of the battle between the two factions of the NDC-R for the control of Pinga, 21 July 2020. On 8 July 2020, the NDC-R split in two factions, one loyal to Guidon and the other led by Gilbert Bwira Shuo, former deputy commander of the NDC-R.
Source : https://taarifa.rw/surrendered-rebels-loot-market-50km-north-of-goma/
-
Mbappe to Liverpool, Aouar to Arsenal #rwanda #RwOT
Kylian Mbappe one of the world's best forwards is highly expected to move to Liverpool. The French star will be looking to add European Championship glory to the 2018 World Cup triumph, but the 21-year-old could also be making waves at club level.
Mbappe has previously said of Liverpool, 'the guys are focused, they play games every three days and they win, they win, they win. They've lost zero games. When you watch you think everything's easy but that's not easy. They're like a machine, they've found a rhythm and are like 'we play again, we play again'.'
However, recent reports from France suggest that Mbappe has told PSG he wants to leave next summer â” and L'Equipe reports that Liverpool and Real will be battling for his signature.
Given Liverpool have recently made a lucrative switch to Nike â” who also sponsor Mbappe â” a mega-deal isn't out of the question.
Tottenham have signed Gareth Bale and Sergio Reguilon from Real Madrid, along with Pierre-Emile Hojbjerg, Joe Hart and Matt Doherty. Dele Alli's future at club is in doubt, however.
Champions Liverpool have signed one of the best midfielders in the world in Thiago Alcantara, with the Spain international arriving in a deal that could be worth up to £25m from Bayern Munich.
Diogo Jota has also joined from Wolves. Arsenal have secured Pierre-Emerick Aubameyang's future after signing Willian and Gabriel Magalhaes, while goalkeeper Runar Alex Runarsson has joined following Emiliano Martinez's departure.
Chelsea have confirmed the £90m arrival of Kai Havertz, having previously signed Thiago Silva, Malang Sarr, Ben Chilwell, Timo Werner and Hakim Ziyech ┠with goalkeeper Edouard Mendy expected to follow this week.
Meanwhile, Manchester United have signed Donny van de Beek but are struggling to sign top target Jadon Sancho.
Source : https://taarifa.rw/mbappe-to-liverpool-aouar-to-arsenal/
-
Haracyari imbogamizi mu gusoma ku bafite ubumuga bwo kutabona #Rwanda #RwOT via @kigalitoday #rwanda #RwOT
-
- Haracyakenewe ibitabo birimo inyandiko ifasha abafite ubumuga bwo kutabona gusoma
Ibyo biravugwa mu gihe kuri uyu wa 21 Nzeri 2020, mu Rwanda hatangijwe ku mugaragaro ukwezi kwahariwe gusoma, aho abantu bose bakangurirwa gusoma ibitabo byaba ibifatika cyangwa iby’ikoranabuhanga, kuko bibafasha kwiyungura ubumenyi.
Ushinzwe imishinga y’uburezi muri NUDOR, Safari William, avuga ko abafite ubumuga basoma ariko imbogamizi ahanini ziri ku bafite ubumuga bwo kutabona, kuko ibitabo byanditse mu rurimi bumva, aho basoma bifashishije intoki bakora mu gitabo bitaboneka.
Agira ati “Imbogamizi mu gusoma ku bafite ubumuga bwo kutabona ni uko ibitabo bifite inyandiko yabagenewe ya ‘Braille’ bitaboneka. Hake mu mashuri biraboneka muri gahunda y’uburezi budaheza, ariko nko mu masomero hirya no hino mu gihugu ntiwabihabona, wanabaza abayakuriye bakavuga ko na bo batabibona”.
Ati “Tujya mu nama ugasanga abandi babahaye urupapuro rwa gahunda ariko ntihateganywe iz’abafite ubumuga bwo kutabona. Mu Rwanda nta kinyamakuru na kimwe gifite kopi ya Braille, bivuze ko utabona atabasha kumenya amakuru na we ngo ajijuke, ni ngombwa ko hagira igikorwa ibyandikwa muri ubwo buryo bikaboneka, abafite ubwo bumuga na bo bakiyungura ubumenyi”.
Ikindi abafite ubumuga bwo kutabona bifuza ni uko izo nyandiko babasha gusoma zanashyirwa mu ikoranabuganga ry’amajwi nk’uko Safari abisobanura.
Ati “Inyandiko zishyizwe mu ikoranabuhanga (digitalisation) byaba byiza kuko urupapuro rumwe rw’inyandiko isanzwe rungana n’impapuro umunani za Braille, ni umutwaro rero bivuze ko nka Bibiliya ishyizwe muri iyo nyandiko itabona aho ibikwa. Iryo koranabuhanga rero ryafasha abafite ubumuga bwo kutabona gusoma kuko imashini ibishyira mu ijwi”.
-
- Abanyarwanda barakangurirwa kugira umuco wo gusoma
Icyakora ahamya ko Leta ikora ibishoboka kugira ngo abafite ubumuga na bo babone ibibafasha mu mibereho yabo, gusa ngo haracyari byinshi byo gukora.
Umunyamabanga wa Leta muri Minisiteri y’Uburezi (MINEDUC) ushinzwe amashuri abanza n’ayisumbuye, Twagirayezu Gaspard, avuga ko ubuyobozi bugifite umukoro wo kugira ngo abafite ubumuga muri rusange babone ibiborohereza mu kwiga.
Ati “Urugendo ruracyari rurerure mu gufasha abafite ubumuga, cyane cyane abana bari mu mashuri ariko turagerageza kubabonera ibikoresho bakenera. Ni umukoro rero dufite nk’inzego zitandukanye z’ubuyobozi kugira ngo bafashwe babone ibikoresho birimo n’ibitabo bihagije babasha gusoma”.
Mu kiganiro cyanyuze kuri RBA cyanatangirijwemo ukwezi ko gusoma, Umunyamabanga wa Leta muri Minisiteri y’Urubyiruko n’Umuco, Bamporiki Edouard, yavuze ko gusoma byagombye kuba umuco wa buri Munyarwanda.
Ati “U Rwanda rwabaye mu gihe kirekire cy’umuco wo kuvuga, kwandika bikaba byaratangiye mu kinyejana cya 19. Ubu rero ni igihe cyiza cy’uko buri Munyarwanda yagira umuco wo gusoma no kwandika kuko byagura ubumenyi bitewe n’uko umuntu yegera ibiri hafi n’ibiri kure ye, bikanongera ireme ry’uburezi”.
Insanganyamatsiko y’uku kwezi ngarukamwaka ko gusoma igira iti “Mumpe urubuga nsome”, ibikorwa bikuranga bikaba bitegurwa n’abafatanyabikorwa bibumbiye mu ihuriro ryitwa ‘Soma Rwanda, kukaba kuzasozwa ku itariki 21 Ukwakira 2020.

-
-
Mesut Ozil wa Arsenal aratabariza umwana wavukanye uburwayi budasanzwe #Rwanda #RwOT via @kigalitoday #rwanda #RwOT

Uburwayi bw’uwo mwana burasaba ababyeyi be miliyoni 2.1 z’amadolari ya Amerika, kugira ngo abashe kuvurwa.
Mu butumwa yanditse kuri tweeter, Mesut Ozil yavuze ko yifuje gukoresha amahirwe afite kuri tweeter agafasha uwo mwana witwa Metehan, wavukanye uburwayi bufata mu mitsi ikoresha imikaya.
Ozil akaba yizeye ko abantu nibitanga uko bashoboye bagakomeza no gusakaza ubutumwa butabariza uwo mwana kuri tweeter, bashobora gutabara ubuzima bwe.
Ozil w’imyaka 31 ni Umudage ufite inkomoko muri Turukiya wafashije ikipe y’Ubudage (Germany) kwegukana igikombe cy’isi cya 2014.
Umwana Ozil atabariza, Metehan Fidan w’amezi 11 ari mu Bwongereza, aho amaze iminsi arwana n’ubuzima kubera uburwayi yavukanye bumusaba kuvurwa bakoresheje ubuvuzi buhenze cyane bita Zolge-nsma.
Murandasi yashyiriweho gutabariza uyu mwana ivuga ko ubwo buvuzi bugura miliyoni $2.1, ababyeyi b’uwo mwana na bo bavuga ko nta cyizere bafite cyo kubona ayo mafaranga keretse nibagobokwa n’abagiraneza.
Urubuga rwa murandasi (website) rwashyiriweho kubatera inkunga rwitwa ‘www.metehansmajourney.co.uk’.


