

Mu bindi harimo kuba ingendo zihuza Intara n’Umujyi wa Kigali mu buryo bwa rusange zimewe. N’iziva i Rusizi cyangwa zijyayo zakomorewe. Ikindi kandi isaha abantu bagomba kuba bageze mu ngo ni saa yine z’ijoro.
REBA IBYEMEZO BYOSE BY’INAMA Y’ABAMINISITIRI HANO :




Perezida Trump wa Leta Zunze Ubumwe z'Amerika, yanze kwiyemeza kuzahererekanya ubutegetsi mu mahoro mu gihe yaramuka atsinzwe amatora ya Perezida yo mu kwezi kwa cumi na kumwe uyu mwaka wa 2020.
Mu kiganiro n'abanyamakuru mu biro bye bya White House, yagize ati: 'Tuzagomba kureba uko bigenda. Ibyo murabizi'.
Perezida Trump yanavuze ko yemeza ko ibizava mu matora bishoboka ko bizakemurirwa mu rukiko rw'ikirenga rw'Amerika, na none yongera kuvuga ko adashira amakenga uburyo bwo gutora hifashishijwe uburyo bw'iposita, avuga ko bwabamo uburiganya.
Leta zimwe z'Amerika zikomeje gushishikariza abaturage kuzatora bifashishije iposita, zivuga ko bikenewe ko Abanyamerika barindwa icyorezo cya coronavirus.
Ni iki Perezida Trump yavuze?
Kuri uyu wa gatatu nimugoroba (ku masaha y'Amerika), Perezida Trump yabajijwe n'umunyamakuru niba yakwizeza ko azahererekanya ubutegetsi mu mahoro 'atsinze, atsinzwe cyangwa anganyije' na Joe Biden.
Kugeza ubu, mu gihe habura iminsi 41 ngo amatora abe, amakusanyabitekerezo mu gihugu agaragaza ko Bwana Biden arusha Perezida Trump amahirwe menshi yo kuba yatsinda amatora.
Perezida Trump, wo mu ishyaka ry'abarepubulikani, yagize ati: 'Maze igihe ninubira bikomeye amatora. Kandi amatora ameze nabi cyane'.
Ubwo umunyamakuru yasaga nk'umuhinyuza avuga ko 'abantu barimo guteza imidugararo', Perezida Trump yahise asobekamo ati: 'Va ku by'amatora, kandi uzabona ko azaba arimo amahoro cyane â” nta hererekanya rizabaho, mvugishije ukuri, hazakomeza ubutegetsi buriho'.
Mu 2016, Perezida Trump nabwo yanze kwiyemeza ko azemera ibyavuye mu matora aho yari ahatanye na Hillary Clinton wo mu ishyaka ry'abademokarate, yavugaga ko Madamu Clinton abangamiye demokarasi.
Byarangiye Perezida Trump atsinze ayo matora, nubwo yabuzeho amajwi miliyoni eshatu ku kigero cyari kimenyerewe cy'intsinzi, amatora yakomeje kunenga nubwo yari yayatsinze.
Mitt Romney, senateri w'umurepubulikani, udasanzwe muri iryo shyaka kuko ajya anyuzamo akanenga Perezida Trump, yanditse kuri Twitter ati: 'Icya ngombwa muri demokarasi ni ihererekanya ry'ubutegetsi mu mahoro; ibyo bitabayeho byaba ari muri Belarus [ahaherutse kuba amatora atavuzweho rumwe]'.
Akomeza ati 'Ikintu icyo ari cyo cyose cyo kuvuga ko perezida ashobora kutazubaha ibi biteganywa n'itegekonshinga ni ibintu bitakwiyumvishwa kandi bitakwemerwa'.
Abademokarate ni iki bavuze?
Aganira n'abanyamakuru muri leta ya Delaware, Bwana Biden yavuze ko amagambo ya Perezida Trump ku ihererekanya ry'ubutegetsi 'nta bwenge burimo'.
Itsinda rishinzwe kwamamaza Biden ryavuze ko ryiteguye 'amayeri' ayo ariyo yose ya Perezida Trump.
Iryo tsinda ryongeyeho ko 'guverinoma ya Leta Zunze Ubumwe [z'Amerika] ishoboye neza cyane guherekeza igasohora muri White House abahayobeye bakahinjira nta ruhushya babifitiye'.
Bwana Biden na we ashinjwa na bamwe guhembera imidugararo mu matora kubera amagambo yavuze mu kwezi kwa munani ati: 'Haba hari uwibwira ko hazaba urugomo rucye muri Amerika Donald Trump niyongera gutorwa?'.
Mu kwezi gushize kwa munani, Madamu Clinton yashishikarije Bwana Biden ko kuri iyi nshuro mu ijoro ryo ku munsi w'amatora atazemera ko yatsinzwe 'uko byagenda kose' babaye begeranye cyane mu majwi.
Yavuze ko bishoboka ko abarepubulikani bashobora kugerageza 'kuvangavanga abatatoye' bakaniyambaza abanyamategeko babo mu kwanga ibyavuye mu matora. Kuri uyu wa Gatatu tariki 23 Nzeri 2020, Perezida Trump yongeye gushimangira umwanzuro we wo gusaba ko mu rukiko rw'ikirenga hongerwamo undi mucamanza mushya mbere y'amatora, kuko ngo abona ko ibyavuye mu matora bizakiranurwa n'urwo rukiko.
Perezida Trump nkuko BBC dukesha iyi nkuru ibitangaza, yavuze ko azagena umucamanza w'umugore muri uru rukiko kuri uyu wa Gatandatu w'iki cyumweru, uyu akazaba asimbuye umucamanza Ruth Bader Ginsburg uherutse kwitaba Imana kuwa Gatanu w'icyumweru gishize.
Munyaneza Theogene / intyoza.com
Munyangaju Aurore Mimosa, Minisitiri wa Siporo akaba ari nawe Mboni y'akarere ka Kamonyi, kuri uyu wa 24 Nzeri 2020 yasuye zimwe muri site zubakwaho ibyumba by'amashuri mu mirenge ya Gacurabwenge, Nyamiyaga na Mugina. Ni mu rwego rwo kureba aho kubaka bigeze. Henshi, yasabye ko uko bita ku kubaka ibi byumba by'amashuri banakwiye kwita ku bibuga by'imikino n'imyidagaduro.
Minisitiri Munyangaju, avuga ko ari byiza kongera ibyumba by'amashuri abana bazigiramo mu rwego rwo kugabanya ubucucike ndetse n'ingendo ndende bamwe bakoraga, ariko na none akavuga ko abana batakwiga badakina ngo batange umusaruro.
Ati' Amashuri menshi twagiye dusanga afite ahantu hatoya, kubera kurwanya iki cyorezo birasaba ko haboneka ibyumba by'amashuri, bigomba kwiyongera, ariko noneho muri Comments( ibitekerezo/inama) twatanze ni uko hagomba no gushakwa ibibuga. Abana bakeneye aho kwisanzura, bakeneye aho kuruhukira mu gihe bagiye mu karuhuko, bakeneye gukina'.
Akomeza ati' Ni byiza ko abana babona aho bicara biga, ariko na none abana biga, badakina nta musaruro twazabavanamo'. Avuga ko hari aho bagiye babikora neza, agasaba aho batarabikora gushaka ahantu hafi y'amashuri bakahashyira ibibuga ariko kandi mu buryo bunatanga umutekano w'abana.

Tuyizere Thaddee, Umuyobozi w'Agateganyo w'Akarere ka kamonyi avuga ko uruzinduko rwa Minisitiri Mimosa baruboneyemo inama n'impanuro kubigomba kunozwa mu iyubakwa ry'ibyumba by'amashuri. Avuga ko nubwo ku rwego rw'akarere mu byumba byubakwa bataragera no kuri 70%, ngo bagiye kubyihutisha cyane ko bagiye bazitirwa no kubona ibikoresho, hakaba n'aho byabaye ngombwa ko babanza kumvikana na banyiri ubutaka bagombaga guhabwa ingurane.

Ibyumba by'amashuri byasuwe ni ibyo ku bigo bitandatu aribyo; Ikigo cy'ishuri ribanza cya Gihinga, GS Nyamiyaga, GS Ruyumba, EP Bibungo, GS Nyabubare, EP Mataba. Nyuma yo gusura izi nyubako, yanasuye uruganda rw'umuceri rwa Mukunguri, ashima iterambere rihagaragara ndetse n'uruhare abahinzi bagize mu kurushinga, anasaba ubuyobozi bw'uruganda kurushaho kumenyekanisha ibyo bakora.( Turi gutegura inkuru yaho itavanze n'iby'iyubakwa ry'ibyumba by'amashuri).


Munyaneza Theogene / intyoza.com
Ku wa kane tariki ya 24 Nzeri 2020, komisiyo ishinzwe amatora (EC) yo muri Ghana yasuzumye icyiciro cya kabiri cyo kwandika abatora mu matsinda yihariye mbere y'amatora rusange azaba mu Kuboza uyu mwaka wa 2020.
EC yabwiye abahagarariye amashyaka mu nama ngishwanama y'ishyaka (IPAC) ko iyandikwa ry'inyongera rizareba ibyiciro bitatu by'abatora bujuje ibisabwa.
Muri abo harimo abantu bari hanze y'igihugu mu gihe COVID-19 yababuzaga kuza mu gihugu, abari mu kato k'iminsi 14 bakaba badashobora kugira uruhare mu iyandikwa ry'amatora rusange, ndetse n'abatora bujuje ibisabwa batanze indangamuntu y'itora ariko amazina yabo akaba atagaragara ku rutonde rw'itora.
Icyakora, abahagarariye ishyaka rishya riharanira gukunda igihugu hamwe na Kongere y'igihugu iharanira demokarasi itavuga rumwe n'ubutegetsi mu nama ya IPAC bavuze ko abajya kwiyandikisha mu bikorwa by'inyongera batazashobora gutora mu matora yo mu Kuboza kuko kwiyandikisha kwabo kutujuje ubuzimagatozi mu gihe cy'iminsi 60, mbere y'amatora.
Source: XINHUA
Inkuru yanditswe na Venuste Habineza
Rwanda records a total of 4,789 COVID-19 cases, with 3,050 recoveries, 1,712 active cases, and 27 deaths.
Of the 10 new cases, six were detected in Kigali, three in Nyamagabe, and one in Nyagatare.
Although many services are open, Rwandans are urged to remember that the pandemic is still there.
They are advised to continue complying with government regulations, remember to wear masks when leaving home or in public, frequent washing of hands with water and soap, avoid meetings and anything else that gathers many people especially those who feel the symptoms of this pandemic including coughing, flu, difficulty in breathing and so on, can call the toll-free number 114 for medical assistance.
Elina Jonas Ruzindaza
Source : https://en.igihe.com/news/article/covid-19-10-new-cases-55-recoveries
Umubare w'abahitanwa na Covid-19 mu Rwanda ukomeje kwiyongera. Mu mibare itangazwa na Minisiteri y'Uhuzima y'uko iki cyorezo kiriwe kifashe mu masaha 24 ashize y'uyu wa 25 Nzeri 2020, bigaragara ko abantu 2 bapfuye, aho umubare w'abo kimaze guhitana ubaye 29. Mu bipimo 1,400 basanze abantu 9 aribo bacyanduye mu masaha 24 ashize. Abakize none ni 30, naho abakirwaye ni 1,689.
Dore uko imbonerahamwe ya Minisiteri y'Ubuzima ibigaragaza;
Munyaneza Theogene / intyoza.com
Source : http://www.intyoza.com/abantu-2-batangajwe-ko-bahitanwe-na-covid-19-none/
Top Rank stands as one of the world’s premiere boxing promotions. For nearly half a century, Top Rank has produced some of boxing most exciting bout and Top Rank’s current stable of champions represents the best the sport has to offer: Vasiliy Lomachenko, Terence Crawford, Oscar Valdez, Gilberto Ramirez, Jose Ramirez and Tyson Fury.
Top Rank is joining a long list of premium combat sport events broadcast on the StarTimes channels. These events include top boxing bouts held by WBO, WBA, and WBC and IBF as well as several mixed martial arts (MMA) competitions.
Cage Warriors is Europe’s leading and longest-running mixed martial arts promotion. It is the sport’s fastest-growing organization and has been home to some of biggest stars of MMA’s past and present, including Conor McGregor.
One Championship is the leading Asian MMA event, quickly becoming a global powerhouse. Today, the very best fighting talents and prospects in Asia ply their trade in the fabled ONE cage, including 10 World Champions that represent the very pinnacle of the game. This includes global superstar athletes such as Angela Lee, Bibiano Fernandes, Eduard Folayang, Ben Askren, and Brandon Vera.
Fight Nights Global (FNG) is a Russian mixed martial arts organization that previously hosted K-1 and other martial arts events. It features the top-ranking fighters of the sport. The company’s shows featured Fedor Emelianenko, Batu Khasikov and many other eminent mixed martial artists.
Glory is the world’s premier kickboxing league. It signed most of the world’s top kickboxers such as Peter Aerts, Remy Bonjasky, Semmy Schilt, Gokhan Saki, Daniel Ghiţă, Albert Kraus, Giorgio Petrosyan, and Yoshihiro Sato.
Last but not least, the World Boxing Super Series (WBSS) is an annual boxing tournament and brings the 'best of the best’ fighters together to compete at venues around the world for the Muhammad Ali Trophy, named in honor of the 'Greatest of all time', Muhammad Ali.
Kristen Miao, StarTimes Sport Director, explains that 'StarTimes is committed to bring the widest and richest combat sport offering into Sub-Saharan Africa. Combat sports are among the most popular sports in Africa and we looking to give the best experience to our subscribers. To this end, we will continue to enlarge our portfolio with premium events such as Top Rank’s.'
All these events are broadcast on the ST Sports Arena channel as well as on the other sport channels exclusive to StarTimes.
StarTimes
StarTimes is the leading digital TV operator in Africa, serving 13 million DVB subscribers and 20 million OTT users in 30+ countries. StarTimes owns a 600+ channels’ content platform combining African local channels (75%) and international channels (25%, including Chinese channels 1.5%). The company’s vision is “To ensure that every African family can access, afford, watch and share the beauty of digital TV”.
IGIHE
Source : https://en.igihe.com/news/article/startimes-brings-best-of-world-combat-sports-to-africa
As a Rwandan-Canadian citizen who decided to return back to my motherland after living in Canada for more than 10 years. I am here on Taarifa with the hope of releasing my frustration and hopefully get some answers. Long story short, ever since I was a little girl, I loved my motherland, Rwanda. My parents sent me to Canada for education. However, I always knew I would come back to contribute to building my country.
Three years ago, I had a dream to come live and work for my beautiful Rwanda. During those three years, I have tried many different big projects (because I can't help but to think big and my spirit of entrepreneurship ne me lessera pas être une funcionnelle) and many of them were incredibly innovative which happened to fall in our country's vision, but none of them ever went through for me.
They were instead taken by those in power that I presented them to (pretty much stole my ideas and never credited me). My question is; is there anybody who can relate to what I am talking about here? Anyone already experienced a similar thing? If yes, how do you all keep courage? Is there a code? Right now, I am very disappointed and frustrated because, apparently from what many said, is that to be able to do big projects here in Rwanda, you have to know someone in a higher position or you have to be a child of 'someone in high powers. Unfortunately, I am a lady of principles and one of my life's principles tells me that everyone deserves what he/she worked hard for, plus I don't know or relate to those people in government's higher position in order to be allowed to own my projects and contribute to my motherland's development.
My question is; if one can only be allowed to do great things as it is in her/his heart for her/his beautiful country when she/he is only a child of someone powerful in the country, can you then, you powerful people adopt us who are not from powerful families, but yet very intelligent, so we too can get the opportunity to use our talents, strengths, and wisdom in a bigger scale than we are capable of for the contribution to the development of the country we love? I love Rwanda so much and I always have ideas flowing only to do my part in making it the best country. I am not a politician, I am a young entrepreneur with thousands of innovative ideas, all I know and feel as my greatest gift is creating and running big businesses.
I just wish things were a little straightforward with organizations/institutions, etc here in Rwanda and allow simple but yet capable people like me to also walk towards our dreams of being part of making our country great, economically.
What frustrates me a lot is that most institutions will invite you to do presentations of a project, and after the presentation, they will all tell you how you have an amazing project that it is exactly one of what our country needs and they will tell you to keep working on it that they will definitely call you for business. A few months later, you hear that they have given that business to someone else who wasn't even ready, who didn't have the project needed ready, but they will get that someone they want to start developing the same project like yours and wait for him/her to finish it and get the offer. This happens a lot within public and private organizations here in Rwanda. As much as I hate to accept it, but it looks like what I used to hear when I was back in Canada that the code to launch a big project here in Rwanda, one has to have a general, a minister, or other 'powerful person' on her/his side. That it is never been based on how wise you can be, talented you can be, or what you are capable of as a Rwandan. It is rather based on who you are? How powerful or influential you are or who do you know. I am not here to confirm that say, and I am not here to dismiss it either, and even if it may sound in my writing as if I am putting all this wrongdoing on Rwanda, I still know that we can not generalize and put all these wrongdoings on Rwanda as a whole, it is rather at a personal level (some employees) yet the outcome is a bad image for the whole country. It is just like that Rwandan proverb that says: 'Abumwe agatukisha bose'â¦And I wonder how us who don't have parents or family members that are generals, ministers, or who are 'powerful in otherways' etc will get opportunities to give our country what we are capable of in terms of building it not to do what is available or designated to us, but to actually do what we are talented for and give it all we got. I am writing this note frustrated and disappointed, and most importantly sad because I used to encourage my talented young Rwandan friends and acquaintances to come back home and built our motherland, but for the past one year, I've been avoiding such conversations with them because I don't want to tell them my painful experience so far and I don't want to lie to them either that things are good that they should invest their time, knowledge, money in projects to build their country.
There is already one family that moved back here and they used to ask me how it is like to come back home and I remember saying that it will be the best thing to do (even though I was struggling to own my projects, but I refused to use my bad experience to discourage them; I was like maybe they won't experience the same). They are here now, and still, I haven't made a single complaint to them, I just pray that they will not have an unpleasant experience. I want them to find better than they had in Canada. They are extremely smart people too, I want Rwanda to benefit from their knowledge. September 21, 2020, I received another bad news that after months of working on upgrading my 4th innovative project trying to get it customized for this particular institution, which had already shown interest and was in need of my service, and after months of back and forth conversations about working together, this private institution decided to choose another company here which in the first place was not in the bidding, which doesn't even have that exact project ready like mine, and that kind of project isn't something that takes a month or two to build, it takes several months if not years.
I and my engineers spent over two years programming and took what I had as an idea a turned it into an incredible tangible tool. I invested a lot of money to have it completed as it is today, and now by the time I think that finally, all that hard work is going to start paying off, the client decided to follow the code: 'who is this person to give this business? Is he/she from that group of people that are entitled to get big projects here? So, the contract went to another company, and this company is apparently being offered that contract because it is owned by powerful people in Rwanda, and they want and will get the contract regardless of whether they meet all the bidding requirements or not. This was the fourth big project that I presented and dreamed to run in Rwanda, and now it is again taken by others who don't deserve it more than I ( they don't deserve it because I was the first with that kind of technology here in Rwanda, I've been developing it for three years now, I am the first to present it to those that needed it, I invested thousands of dollars and time on it, and now that finally, it was ready to serve my Rwanda, that 'power supremacy group' is taking me and my team out (they will rather make the institutions in need to wait months as they build the similar project as mine than to let us merit our sweat). I find this very unfair. And my question is; how do you keep your mind from giving up on your dream of wanting to participate in the development of your country? This is my first time ever writing a complaint on social media, I have been trying to hang tight for the past three years, but I guess starting today I should look the reality right in the face and act accordingly.
My best option now is to go back to Canada and give my strength and knowledge to it, at least there nobody stands in the way of what I would like to accomplish (the obstacles are different factors than here) though my desire had always been to work for my lovely motherland. But, I would like to keep hope that maybe one day it will be possible to come back and work for my country and be able to contribute to its growth.
To those who might be going through what I went through, stay strong, and don't you lose trust in yourselves. Keep being innovative, keep educating yourselves, become experts and masters of your area of expertise, keep loving your country and your leaders, fear God, don't lose hope, and eventually one day your hard work will pay off. Thank you for reading and I am sorry to vent on you. Stay blessed all.
Editor: Betty Niwemugeni has narrated and shared her experiences with us. We are investigating all her claims. Â
Source : https://taarifa.rw/testimony-i-wonder-how-you-can-do-business-in-rwanda-without-connections/