Category: Uncategorized
-
Ibyishimo by’abatuye mu Murenge wa Ruheru nyuma yo kwegerezwa amashanyarazi #rwanda #RwOT
Agasanteri k’ubucuruzi ka Gisanze gahuza utugari tubiri, Akagari k’Uwumusebeya n’Akagari ka Ruyenzi two mu Murenge wa Ruheru mu Karere ka Nyaruguru. Utu tugari dukora ku ishyamba rya Nyungwe rihana imbibi n’u Burundi. -
Juda Muzik yakoze agashya kuri Youtube iteguza abantu indirimbo yabo mu gihe cy'umwaka #rwanda #RwOT
Bimaze kumenyerwa ko abahanzi benshi muri iki gihe iyo bagiye gushyira hanze indirimbo, babanza guteguza abakunzi babo kuri Youtube binyuze mu buryo buzwi nka 'Premiering' buri kuri uru rubuga ku buryo umuntu aba azi ngo indirimbo rukana izasohoka itariki iyi n'iyi kuri iyi saha. -
USAID Launches Nationalwide Audio Program For SMEs #rwanda #RwOT
USAID funded project, Huguka Dukore Akazi Kanoze, has began nationwide broadcasting of the Work Ready Now! audio program, an entrepreneurship-skills training for youth.Â
The program's audio lessons will support youth who are not able to physically attend in-person training sessions, due to the COVID-19 pandemic. The audio lessons will air on Radio Rwanda and will cover more than 90% of Rwanda's geographical area.
The Work Ready Now! audio program teaches Rwandan youth entrepreneurship skills to excel in the workplace and continue driving Rwanda toward middle-income status. The audio program is built on a story that evolves over 42 episodes that are 10-15 minutes-long, featuring young Rwandans in a real work setting who experience day-to-day work life as employees and entrepreneurs. The lessons reinforce skills such as communication, leadership, problem solving, and other abilities needed for wage employment and self-employment.Â
'The COVID-19 lockdown interfered with our Work Ready Now! and Be Your Own Boss training schedules. We had to abruptly stop since public gatherings were no longer allowed. Being able to catch up with the Work Ready Now! audio program on the radio is a relief to me. Before they started I considered myself a drop out of the program,' says Celestin Nshimiyimana, one of the USAID Huguka Dukore Akazi Kanoze youth who was attending the in-person training in Gicumbi district.
USAID Huguka Dukore Akazi Kanoze is a five-year project, implemented by the Education Development Center, in collaboration with private and government partners, to reach 40,000 Rwandan youth with market-relevant employability skills and links to job placement and self-employment.
The project is targeting youth from vulnerable backgrounds who have not had the chance to complete school and are currently unemployed, earning less than US$1.75 per day. To date, over 35,000 youth have enrolled in USAID's project across 25 districts where they learn employability, entrepreneurship, and technical skills. Thousands of youth supported by this project are now successfully employed or self-employed.
Source : https://taarifa.rw/usaid-launches-nationalwide-audio-program-for-smes/
-
Umukinnyi wa Tottenham yagiye mu bwiherero hagati mu mukino, umutoza Mourinho aramukurikira (Amafoto) #rwanda #RwOT
Umukinnyi wo hagati muri Tottenham yirukanse ajya mu bwiherero hagati mu mukino ikipe ye yahuragamo na Chelsea mu irushanwa rya Carabao Cup ku wa Gatatu, ndetse n’umutoza José Mourinho ahita amukurikira. -
Imbumbe y’amakosa mu mutungo wa leta akomeje kugeza abayobozi imbere ya PAC #rwanda #RwOT
Guhera ku wa 14 Nzeri 2020, inzego n’ibigo bya Leta 56 bimaze minsi byitaba Komisiyo Ishinzwe gukurikirana imikoreshereze y’Imari n’Umutungo by’Igihugu (PAC), kugira ngo abayobozi batange ibisobanuro mu ruhame, ku makosa yabagaragayeho y’imicungire n’imikoreshereze y’imari n’umutungo by’igihugu, agaragazwa muri Raporo y’Umugenzuzi Mukuru w’Imari ya Leta y’umwaka wa 2018/2019. -
Bazongere Rosine n’abafana be basuye umukobwa ufite uburwayi bwo mu mutwe wahohotewe agaterwa inda #rwanda #RwOT
Bazongere Rosine umaze kubaka izina muri filime zo mu Rwanda aherekejwe n’abafana be ku Cyumweru tariki 27 Nzeri 2020 basuye umukobwa ufite ikibazo cyo mu mutwe uherutse guhohoterwa agaterwa inda. -
Gahongayire yashyikirije Akarere ka Kamonyi udupfukamunwa yageneye abatishoboye b’i Gacurabwenge #rwanda #RwOT
Aline Gahongayire, umuhanzikazi ugezweho mu bakora umuziki uhimbaza Imana, yahiguye umuhigo wo gutanga udupfukamunwa 1000 yageneye abaturage batishoboye bo mu Karere ka Kamonyi. -
Ibintu 4 FERWAFA yasabye amakipe kugira ngo yemererwe gutangira imyitozo #rwanda #RwOT
Nyuma y’ibaruwa ya MINISPORTS yemera ifungurwa ry’imikino yose mu gihugu, FERWAFA yahise yandikira amakipe ayamenyesha ibyo agomba kuzuza kugira ngo yemererwe kuba yatangira imyitozo.
Iri tangazo risubukura imikino ryasohotse ku wa 28 Nzeri 2020, ryashyizweho umukono na Minisitiri wa Siporo, Munyangaju Aurore Mimosa yandikiye amafederasiyo yose, yayamenyesheje ko hashingiwe ku ngamba amafederasiyo yagaragaje zizakurikizwa hirindwa icyorezo cya COVID-19 ubwo hazaba hasubukuwe imikino n’imyitozo, babwiwe ko imikino yose isubukuwe guhera uyu munsi ku wa 28 Nzeri 202o.
Yamenyesheje kandi ko buri federasiyo igomba gutegura ingengabihe y’amarushanwa n’imyitozo bakabanza bakayishyikiriza Minisiteri ya Siporo.
Yabibukije ko ingamba zo kwirinda icyorezo zigomba gukomeza ndetse n’aho bakorera imyitozo hakajya izo ngamba mu rwego rwo gukomeza kubunga bunga ubuzima bw’abakinnyi n’abandi bose bazaba bahari.
FERWAFA ikaba yaraye yandikiye amakipe iyamenyesha ibintu 4 bagomba kuba bujuje kugira ngo basabirwe kuba batangira imyitozo.
Ikintu cya mbere ni ukugaragaza ko ikipe yiteguye gupimisha abakinnyi n’abakozi byibuze mbere y’amasaa 72 mbere yo gutangira imyitozo.
Ingengabihe irambuye igaragaza amasaha ndetse n’ikibuga imyitozo izajya iberaho.
Urutonde rw’abakinnyi na Staff Technique bazajya bitabira imyitozo.
Kugaragaza uburyo amakipe azashyira mu bikorwa amabwiriza ya MINISPORTS ajyanye no gusubukura ibikorwa by’imikino by’umwihariko ibirebana n’umupira w’amaguru.
FERWAFA kandi yasabye amakipe kohereza inyandiko ya ny’iri kibuga aho imyitozo izajya ibera isaba Minisiteri ya Siporo ko ikibuga cye cyakongera kwakira imikino, akagaragaza amasaha kizajya gikoreshwa ndetse n’ingamba zizakoreshwa mu kwirinda icyorezo cya COVID-19.
Aya makipe yasabwe gutanga izi nyandiko bitarenze ku wa 12 Ukwakira 2020 kugira ngo basabirwe gutangira imyitozo.
Hari ibyo amakipe yasabwe kugira ngo yemererwe gutangira imyitozo -
Abahinzi bari biteze imashini zihinga za RAB ntibazibone barahangayitse #rwanda #RwOT
Gasabo: Abahinzi bari biteze imashini za RAB ntibazibone barahangayitseSource : https://www.rba.co.rw/post/Abahinzi-bari-biteze-imashini-zihinga-za-RAB-ntibazibone-barahangayitse
