Category: Uncategorized

  • Ibyishimo kuri Akayezu wabonye umuryango we nyuma y’imyaka 28 (Video) #rwanda #RwOT

    Agatinze kazaza ni amenyo ya ruguru! Uyu ni umugani wa Kinyarwanda uha abantu icyizere cy’uko ibintu bishobora gutinda ariko byanga bikunze umunsi umwe bikazagenda uko nyirabyo yabitekerezaga cyangwa se yabyifuzaga.

    source https://igihe.com/amakuru/u-rwanda/article/ibyishimo-kuri-akayezu-wabonye-umuryango-we-nyuma-y-imyaka-28-video

  • Partey muri Arsenal, Cavani muri Man United…Uko amakipe yaguze ku munsi wa nyuma w’igura n’igurisha (Amafoto) #rwanda #RwOT

    Isoko ryo kugura no kugurisha abakinnyi i Burayi ryaraye rifunze ku wa 5 Ukwakira, ariko ku makipe yo muri Premier League ashobora gukomeza kugura no kugurisha hagati yayo n’ayo mu bindi byiciro byo hasi mu Bwongereza kugeza tariki ya 16 Ukwakira.

    source https://igihe.com/imikino/football/article/partey-muri-arsenal-cavani-muri-man-united-uko-amakipe-yaguze-ku-munsi-wa-nyuma

  • Partey muri Arsenal, Cavani muri Man Utd-Uko amakipe i Burayi yitwaye muri Mercato #Rwanda #RwOT via @kigalitoday #rwanda #RwOT

    Isoko ry
    Isoko ry’igura n’igurisha ryaraye rifunze amakipe yiguriye abakinnyi andi biranga

    Ku i Saa Sita z’ijoro zo kuri uyu wa Mbere tariki 05/10/2020, ni bwo isoko ry’igura n’igurisha ku mugabane w’I Burayi ryari rifunzwe, rirangira ikipe ya Arsenal na Manchester United ari zo zisinyishije abakinnyi mu minota ya nyuma.

    Abakinnyi batanu bavuzwe cyane mu basinyishijwe ku munsi wa nyuma

    1. Thomas Partey muri Arsenal

    Nyuma y’imyaka 8 akinira ari mu ikipe ya Atletico Madrid, umunya-Ghana Thomas Partey w’imyaka 27 yamaze gusinyira ikipe ya Arsenal amasezerano y’imyaka ine, akazajya yambara numero 18 nyuma yo gutangwaho Miliyoni 45 z’amapounds.

    Thomas Partey azajya yambara numero 18 muri Arsenal
    Thomas Partey azajya yambara numero 18 muri Arsenal

    Uyu mukinnyi ukina mu kibuga hagati yasinyishijwe nyuma y’aho ibiganiro hagati y’amakipe yombi byasaga nk’ibyananiranye bijyanye n’igiciro cy’umukinnyi, biba ngombwa ko Arsenal ifata umwanzuro wo kwemera kwishyura amafaranga yari ari mu masezerano y’uyu mukinnyi.

    2. Edinson Cavani muri Manchester United

    Ku myaka ye 33 nyuma yo gutandukana na Paris Saint-Germain, umunya-Uruguay Edinson Cavani yamaze gusinyira ikipe ya Manchester amasezerano y’umwaka umwe ushobora kongerwa, akaba yahise anahabwa numero 7 isanzwe ihabwa ibihangange.

    3. Eric Maxim Choupo-Moting muri Bayern Munich

    Ni rutahizamu w’imyaka 31 ukomoka mu gihugu cya Cameroun, akaba yasinyiye ikipe ya Bayern Munchen amasezerano y’imyaka ibiri avuye muri Paris Saint-Germain, akaba yitezweho kunganira ubusatirizi bw’iyi kipe busanzwe buyobowe na Robert Lewandowski.

    4. RafinhaAlcantra muri Paris Saint-Germain

    Uyu ni umwe mu bakinnyi batunguranye ku munsi wa nyuma, aho uyu munya-Brasil wari umaze imyaka icyenda muri FC Barcelone, ariko akaba yaragiye atizwa mu makipe arimo Celta Vigo na Inter de Milan, ubu yamaze kugurishwa bidasubirwaho mu ikipe ya Paris Saint-Germain

    5. Bouna Sarr wavuye muri Olympique de Marseille yerekeza muri Bayern

    Ni myugariro w’imyaka 20 ukomoka i Conakry muri Côte d’Ivoire, akaba yasinyiye ikipe ya Bayern Munchen atanzweho asaga Miliyoni z’amapounds, akazajya yambara numero 20.

    Abandi bakinnyi bahinduye amakipe ku mugabane w’I Burayi muri iyi minsi ya nyuma

    Chris Smalling – Man Utd > AS Roma

    Tiemoue Bakayoko – Chelsea > Napoli

    Lucas Torreira – Arsenal > Atletico Madrid

    Matteo Guendouzi – Arsenal > Hertha Berlin

    Ryan Sessegnon – Tottenham > Hoffenheim

    Davy Klaassen – Werder Bremen > Ajax

    Eric Maxim Choupo-Moting > PSG to Bayern Munich

    Douglas Costa – Juventus > Bayern Munich

    Justin Kluivert – Roma > RB Leipzig

    Sofiane Boufal – Southampton > Angers

    Gerard Deulofeu – Watford > Udinese

    Aleix Garcia – Man City > Dinamo Bucharest

    Sandro Ramirez – Everton > SD Huesca

    Saido Berahino – Zulte Waregem > Sporting de Charleroi


    source https://www.kigalitoday.com/imikino-11/football/article/partey-muri-arsenal-cavani-muri-man-utd-uko-amakipe-i-burayi-yitwaye-muri-mercato

  • Buying and Selling Made Easier by CATCHYZ #rwanda #RwOT

    CATCHYZ Ltd is launching the first and largest classified online marketplace in Rwanda, (www.catchyz.com) where buyers and sellers can connect with absolutely no commission.

    What is CATCHYZ?

    CATCHYZ Ltd is a Rwanda-based company that will be operating all over East Africa, where anybody from the region can consult the application for FREE.

    CATCHYZ can be used in Rwanda, Burundi, Tanzania, the Republic of Congo and Democratic Republic of Congo (DRC). With an ability to automatically translate into any of the five languages you use on your phone. CATCHYZ targets to make buying and selling much easier; the languages being, Kinyarwanda, English, French, Swahili and Lingala.

    CATCHYZ has your best needs at heart. You are able to search whatsoever you want and you will find it. On the other hand, you will be able to sell absolutely anything you want to for FREE.

    CATCHYZ has different categories and sub-categories for all businesses which leaves nobody out. The sections are, but not limited to; vehicles, electronics & appliances, mobile phones, real estate, women’s fashion, men’s fashion, home & garden, job seekers& services, books, sports & music, agribusiness & food, business & industrial, pets, babies & kids.

    To find the shop you want, you can search for a location and get the items you need easily. You can start your own online business as well on CATCHYZ for FREE.
    For example;

    If you have old things you don’t use anymore, you don’t have to throw them away. Someone might want what you don’t want so you can, instead, sell through CATCHYZ for FREE.

    CATCHYZ brings you services like tutors, transportation, cleaning, medical, home repair etc. Buy a car, house, phone, television etc. with absolutely no commission.
    CATCHYZ Ltd aims to help the market, to simplify buying and selling by giving the buyer a wide variety of products and services. They can easily be accessed and also exposing the seller’s business to different people all over the country, who would eventually become potential customers. The goal is to connect the cities all over the country in business, with absolutely no commission.

    Your account

    You can easily manage your account by editing your personal information, name, number, email, change profile picture, password and modify the notification settings.
    CATCHYZ offers different packages such as;

    • Premium 20; for small businesses, with 20 ads.
    • Premium 50; for small businesses, with 50 ads.
    • Silver; for businesses that would like to appear at the top.
    • Gold; for those that would like to be seen frequently by everyone.

    Once you have a shop, you can view your followers and following, where you will know which customers are really interested in your products or services and will also be able to post your items yourself which is all completely FREE. You can also add an admin or employee to help you moderate your shop.

    CATCHYZ has made it easier for you to communicate and chat with your customer directly through chat, comments, reviews or questions. With these options, one can easily communicate with their customers and know how to improve their business.

    As a client, you can now communicate with the seller to express your thoughts or directly to CATCHYZ account manager. We bring you a professional search box, simple access to chat, notifications, comments and statistics that aid in campaign.

    Registration

    You can register with CATCHYZ on either the website or the mobile applications for Android and iOS. Registration and browsing through the website can be done on your phone, computer or laptop by the use of web browsers such as: Google Chrome, Safari, Firefox, Etc. And the mobile application can be used on both Android and iOS, and will soon be available on Huawei Harmony OS.
    Here’s a fun fact-:

    CATCHYZ comes to you with offers you would not easily find elsewhere such as; giving out FREE Tecno Spark 5 (with five high quality cameras) to randomly selected registered winners. There will be 2 lucky winners every week. Register on CATCHYZ and get a chance of winning a brand new Tecno Spark 5.

    Payment Options Available at CATCHYZ:

    • Visa/MasterCard
    • Mobile Money
    • Money Transfer (Wire Transfer)
    • Wallet

    So why should you use CATCHYZ?

    With the help of this remarkable online classifieds marketplace, you as a buyer, in the comfort of your own home, will able to access different shops not just in the city you are currently in, but all around the country.

    The variety of products and services offered will give you access to shops you didn’t even know existed. It will allow you to reach more shops and choose what best suits you from the comfort of your own home.

    Every business owner’s dream is to increase sales, which is why CATCHYZ is here especially for you. With businesses opening up every day, competition has spiked, with customers buying from what is nearest to them.

    We aim to bring you closer to your customers where you will be in constant communication about certain products or services you offer and how they can be improved. This builds a strong relationship between buyer and seller and will create loyal customers that will eventually turn into advocates for your business and all for FREE.

    CATCHYZ also brings you a blog (blog.catchyz.com). CATCHYZ blog is here to give you relevant and useful information that you need in your day to day life. Not only is the blog adding to your knowledge but is also consistent. In addition, the blog provides you with a comment section where you will be able to share your thoughts on the articles and suggest on what else you’d like to read. You’ll also be able to like and share the articles on your social media.

    Download CATCHYZ app from play store or apple store today or visit our website www.catchyz.com

    For more information:
    Email: [email protected]
    Telephone: +250780606666

    IGIHE

    Source : https://en.igihe.com/news/article/buying-and-selling-made-easier-by-catchyz

  • Juru Ornella yashyize hanze indirimbo ya kabiri yizeza impinduka mu muziki nyarwanda #rwanda #RwOT

    Juru Ornella w’imyaka 20 y’amavuko ku wa 2 Ukwakira 2020, nibwo yashyize hanze indirimbo yise 'Pango’ itunganyijwe mu buryo bw’amajwi n’amashusho.

    Mu kiganiro na UKWEZI, yavuze ko ari indirimbo avuga ko yayikoze agamije gukundisha abantu umuziki no kubyina muri rusange by’umwihariko abasore n’inkumi bakundana.

    Yagize ati 'Mba mbwira umuhungu ngo aze tubyinane, mbese twishimire umuziki, tukabyinana nanjye nkabyina gutyo.'

    Indirimbo 'Pango’ yatunganyijwe mu buryo bw’amajwi na Element muri Country Record mu gihe amashusho yayo yakozwe na Bob Chris Raheem.

    Reba hano amashusho y’indirimbo ‘Pango’

    Uyu muhanzikazi avuga ko hari izindi ndirimbo nyinshi ari gukoraho zirimo izarangiye yiteguye kugeza ku bakunzi b’umuziki n’abanyarwanda muri rusange.

    Uyu mukobwa uvuka mu muryango w’abana babiri ndetse akaba ariwe wa kabiri avuga ko mu muziki we afashwa na Papa we ndetse akaba ariwe mujyanama we mu bijyanye n’ibikorwa bya muzika.

    Ati 'Ndashimira abamfasha by’umwihariko papa, kuko amfasha ahantu hose, ndashimira kandi abakurikira ibihangano byanjye mbabwira ko mfite imishinga myinshi izajya hanze mu minsi mike cyane.'

    Yakomeje avuga ko “Intego mfite ni ugukora umuziki mwiza kandi ntabwo nzatenguha abanyarwanda kuko nshaka kuzana impinduka.”

    Juru Ornella kuri ubu umaze gukora indirimbo ebyiri kuva yinjiye mu muziki yarangiye amashuri yisumbuye umwaka ushize aho yigaga HEG mu Rwunge rw’Amashuri rwa Gahini mu Karere ka Kayonza.

    Reba hano amashusho y’indirimbo ‘Pango’

    Source : http://www.ukwezi.rw/Imyidagaduro/article/Juru-Ornella-yashyize-hanze-indirimbo-ya-kabiri-yizeza-impinduka-mu-muziki-nyarwanda

  • Umubare w'abashomeri m'U Rwanda ukomeje kwiyongera kuva kuri 13.1ku ijana ukagera kuri 22.1 ku ijana mu mwaka wa 2020. #rwanda #RwOT

    kigalinews24.com

    Umubare w'abashomeri mu Rwanda wiyongereye kuva kuri 13.1 ku ijana muri Gashyantare ugera kuri 22.1 ku ijana muri Gicurasi, nk'uko ubushakashatsi bwakozwe ku rwego rw'igihugu bwashyizwe ahagaragara ku wa gatatu.

    Muri Gicurasi, umubare w'abashomeri wazamutse ugera kuri 905.198 uva kuri 536.714 muri Gashyantare, nk'uko ubushakashatsi bwakozwe n'ikigo cy'igihugu gishinzwe ibarurishamibare mu Rwanda kibitangaza, muri Gicurasi 25% by'abagore na 19,6 ku ijana by'abagabo nta kazi bafite muri Gicurasi.

    Ubushakashatsi bwerekanye kandi ko ubushomeri mu rubyiruko rufite hagati y'imyaka 16-30 bwari kuri 27.2 ku ijana, hejuru ya 17.7 ku ijana mu bantu bakuze bafite imyaka irenga 30.

    Ivuga ko ubushomeri nabwo bwari hejuru mu cyaro hamwe na 22.3 ku ijana, ugereranije na 21 ku ijana mu mijyi.

    Ubushakashatsi bwerekanye ko muri Gicurasi inganda ziyongereyeho 5.3 ku ijana mu gihe serivisi n'inganda zishingiye ku isoko zagabanutseho 14.2 ku ijana na 12.9 ku ijana muri Gicurasi, ugereranije na Gashyantare.

    Yongeyeho ko ubushakashatsi bushingiye ku biganiro ningo. twandika iyi nkuru twifashishije inyandiko zitandukanye nibinyamakuru nka CGT.

    The post Umubare w'abashomeri m'U Rwanda ukomeje kwiyongera kuva kuri 13.1ku ijana ukagera kuri 22.1 ku ijana mu mwaka wa 2020. appeared first on Kigalinews24.

    Source : https://kigalinews24.com/2020/10/06/umubare-wabashomeri-mu-rwanda-ukomeje-kwiyongera-kuva-kuri-13-1ku-ijana-ukagera-kuri-22-1-ku-ijana-mu-mwaka-wa-2020/

  • AS Kigali yapimishije abakinnyi #COVID19, iratangira imyitozo ku wa Gatatu #Rwanda #RwOT via @kigalitoday #rwanda #RwOT

    Ku gicamunsi cyo kuri uyu wa Mbere kuri stade ya Kigali i Nyamirambo, habereye umuhango wo gupima Coronavirus abakinnyi, abatoza ndetse n’abandi bakozi ba AS Kigali, mu rwego kwitegura umwaka w’imikino 2020/2021.

    AS Kigali ikaba ibaye ikipe ya kabiri ikoze iki gikorwa nyuma y’ikipe ya APR Fc yo yahise inatangira imyitozo ku Cyumweru tariki 04/10/2020, izi zombi zikaba ziri gutegura amarushanwa nyafurika zizahagarariramo u Rwanda.

    As Kigali Players and Staff tested Covid-19 to Day.@CityofKigali @FERWAFA@PudenceR @UmutoniNadine@FabriceFshema@FrancisGasana pic.twitter.com/w8elVQ7Isb

    — As Kigali (@AsKigali1) October 5, 2020

    Nyuma yo gupimisha aba bakinnyi, bagombaga guhita bajya mu mwiherero nyuma bakazatangira imyitozo kuri uyu wa Gatatu tariki 07/10/2020, imyitozo izajya ibera kuri stade ya Kigali i Nyamirambo.

    source https://www.kigalitoday.com/imikino-11/football/article/as-kigali-yapimishije-abakinnyi-covid19-iratangira-imyitozo-kuri-uyu-wa-gatatu

  • Kamonyi: Uruganda rw’Ikigage rwatangiye gukora #Rwanda #RwOT via @kigalitoday #rwanda #RwOT

    Ako Karere kabinyujije kuri Twitter kagize kati “Abashaka ikigage cyujuje ubuziranenge tubahaye ikaze iwacu muri Kamonyi.”

    Guverineri w’Intara y’Amajyepfo Madame Alice Kayitesi ari kumwe n’inama y’ubutegetsi y’Uruganda rw’Ikigage rwubatse muri Runda, ndetse n’ubuyobozi bw’Akarere ka Kamonyi, basuye urwo ruganda tariki 05 Ukwakira 2020 bagamije kureba uko imirimo yo gutunganya ikigage ihagaze.

    Ako Karere karavuga ko biteganyijwe ko nyuma y’ukwezi kw’igerageza iki kinyobwa kizaba cyatangiye kugezwa ku isoko mu buryo bwagutse.

    Uru ruganda rwitezeho kugeza ikigage ku bagikunda, dore ko hari bamwe batakinywaga nyamara atari uko bacyanga, ahubwo ari ukubera ko babaga batizeye ubuziranenge bw’uburyo gitunganywamo.

    Uru ruganda rwitezweho kandi guteza imbere igihingwa cy’amasaka, kimwe mu bihingwa gakondo cyasaga n’ikigenda kizimira. Ibi bizateza n’imbere abahinzi b’amasaka kuko umusaruro wabo uzaba ufite isoko.

    source https://www.kigalitoday.com/ubukungu/ishoramari/article/kamonyi-uruganda-rw-ikigage-rwatangiye-gukora

  • Rwanda FDA yahagaritse umuti usukura intoki witwa Lime Fresh hand sanitizer and dinfectant #rwanda #RwOT

    Ikigo cy'Igihugu gishinzwe kugenzura Ibiribwa n'Imiti mu Rwanda (Rwanda FDA), kuri uyu wa 5 Ukwakira, cyahagaritse ikoreshwa, igurishwa n'ikwirakwizwa ry'umuti usukura intoki witwa 'Lime Fresh hand sanitizer and dinfectant (isopropyl alcohol based)' ukorwa n'Uruganda rwa 'Lime Fresh Family Ltd, Limex Falcon'.

    Source : https://igihe.com/amakuru/u-rwanda/article/rwanda-fda-yahagaritse-umuti-wa-lime-fresh-hand-sanitizer-and-dinfectant

  • Plus de 900 naturalisés rwandais depuis 2009 à ce jour #rwanda #RwOT

    “Nous avons actuellement 159 demandes qui sont pendantes. Cent autres sont suspendues pour ne pas avoir rempli les conditions nécessaires”, a confié au Newtimes Damascène Rusanganwa, officiel du Service d’Immigration en charge d’examen de demandes de naturalisation.

    Ces nombreuses demandes d’acquisition de la nationalité rwandaise surviennent à la faveur de l’amendement de la loi sur la naturalisation rwandaise de juillet 2008. Au paravant, il y avait une clause qui statuait que pouvait acquérir la nationalité rwandaise seul un enfant ayant un père rwandais et une mère étrangère. Cette clause a été remplacée par une autre accordant la nationalité rwandaise à tout enfant dont l’un des parents est rwandais.

    La même loi accorde une nationalité rwandaise sur demande à tout étranger âgé de 18 ans et plus né au Rwanda de parents étrangers résidant au Rwanda. Cette loi précise aussi qu’est automatiquement Rwandais toute personne née au Rwanda de parents inconnus ou étrangers ou un enfant qui ne peut acquérir la nationalité de l’un de ses parents.

    La nationalité rwandaise est aussi octroyée, trois ans après, à une personne de nationalité étrangère mariée légalement à un Rwandais.

    A part ces catégories, tout étranger soucieux d’acquérir la nationalité rwandaise peut en exprimer la demande et satisfaire aux conditions exigées par la loi. Une clause complémentaire à celle-ci stipule qu’au cas où l’Etat rwandais juge qu’il a intérêt en telle personne, sa demande de nationalité rwandaise est vite agréée.

    Il est rapporté que le Gouvernement rwandais est entrain de concevoir un projet de loi sur la nationalité rwandaise. Il y est question de spécifications de critères d’éligibilité à la nationalité rwandaise de toute personne ayant des talents particuliers, des capitaux et d’autres grandes activités participant au développement durable du Rwanda.

    Ce projet de loi fort de ses 58 articles est déjà en attente d’approbation du Parlement-Chambre des Députés. Une fois votée, cette loi remplacera la loi organique n030/2008 traitant d ela question de la naturalisation rwandaise.

    IGIHE

    Source : https://fr.igihe.com/Plus-de-900-naturalises-rwandais-depuis-2009-a-ce-jour.html