Category: Uncategorized

  • Nyuma y’amezi 6 yareguye, Nizeyemana Olivier yongeye kugirirwa icyizere cyo kuyobora Mukura VS #rwanda #RwOT

    Nizeyemana Olivier wari umaze amezi atandandatu yareguye ku mwanya wo kuyobora ikipe ya Mukura VS, uyu munsi mu nama y’Inteko Rusange yongeye gutorerwa kuyobora iyi kipe mu myaka ine iri imbere.

    Uyu munsi nibwo habaye Inama y’Inteko Rusange ya Mukura VS ibera muri Stade Huye. Hafashwe umwanzuro ko komite nyobozi yose y’iyi kipe iseswa hagatorwa indi.

    Mu matora yabaye, Nizeyimana Olivier wari umaze imyaka 9 ayobora iyi kipe ariko akaba yari yareguye mu mezi 6 ashize, ni we watorewe kuyobora iyi kipe mu myaka ine iri imbere.

    Nizeyimana Olivier yatowe ku bwiganze bw’amajwi 72, aho azungirizwa na Sakindi Eugène wari usanzwe ari Visi Perezida, bagakorera mu nama y’Ubutegetsi igizwe n’abantu 15.

    Nizeyimana Olivier yongeye kugirirwa icyizere cyo kuyobora Mukura VS

    Source : http://isimbi.rw/siporo/article/nyuma-y-amezi-6-yareguye-nizeyemana-olivier-yongeye-kugirirwa-icyizere-cyo-kuyobora-mukura-vs

  • Rubavu: Ukekwaho gucuruza ibiyobyabwenge yafatanwe urumogi yigize umunyeshuri #rwanda #RwOT

    Polisi y'u Rwanda ikorera mu Karere ka Rubavu mu Murenge wa Busasamana mu Kagari ka Gihonga yafashe Umulisa Josiane w'imyaka 25. Abapolisi bamufashe kuri uyu wa Kane tariki ya 19 Ugushyingo 2020, yambaye umwambaro w'ishuri ndetse afite igikapu kirimo ibitabo n'udupfunyika 1000 tw'urumogi.

    Umuvugizi wa Polisi mu Ntara y'Iburengerazuba, Chief Inspector of Police (CIP) Bonaventure Twizere Karekezi yavuze ko Umulisa yari yambaye umwambaro w'abanyeshuri ndetse yari afite igikapu kirimo ibitabo mu rwego rwo kwiyoberanya ngo bagire ngo ni umunyeshuri.

    Yagize ati 'Ubundi Umulisa akomoka mu Karere ka Kicukiro mu Mujyi wa Kigali, ninaho avuga ko uwamutumye urwo rumogi atuye. Avuga ko ariho yavuye aza kuvana urumogi mu Karere ka Rubavu, aje kuruhabwa n'undi muntu adashaka gusobanura. Yari yiyoberanyije nk'umunyeshuri nyamara amaze gufatwa twasanze nta n'ibyangombwa afite bigaragaza ko ari umunyeshuri ndetse n'ibye bwite ntabyo afite'.

    CIP Karekezi yavuze ko kugira ngo Umulisa afatwe byaturutse ku makuru yatanzwe n'umumotari wari umutwaye kuri moto.

    Ati 'Umumotari wo muri Busasamana yatanze amakuru nyuma yo gutegwa n'uriya mukobwa ariko yamureba akabona afite ubwoba. Umumotari yahise ashaka uko abimenyesha abapolisi nabo batega iyo moto, ibagezeho barayihagarika basaka uwo mukobwa'.

    Umuvugizi wa Polisi mu Ntara y'Iburengerazuba yashimiye umumotari watanze amakuru, aboneraho gushimira abamotari uruhare bakomeje kugaragaza mu kurwanya ibyaha.

    Ati 'Turashimira abaturage muri rusange ariko by'umwihariko abamotari bo muri iyi Ntara ku bufatanye bakomeje kugaragaza mu kurwanya ibyaha. Mu minsi ishize hari undi muturage wafashwe n'abapolisi atwaye urumogi kandi nabwo byaturutse ku makuru yatanzwe n'umumotari wari umutwaye'.

    CIP Karekezi yakanguriye abantu kureka ibyaha ariko cyane cyane kureka ibiyobyabwenge kuko amayeri yose barimo gukoresha agenda atahurwa. Yabakanguriye gushaka indi mirimo bakora bakiteza imbere kuko ibiyobyabwenge ntacyo bizabagezaho uretse gufatwa bagafungwa ndetse bagahomba ibyo baba babishoyemo.

    Umulisa, nkuko urubuga rwa Polisi rubitangaza, nyuma yo gufatwa yashyikirijwe urwego rushinzwe ubugenzacyaha(RIB) ikorera muri sitasiyo ya Polisi ya Busasamana kugira ngo hatangire iperereza.
    Ingingo ya 5 y'Iteka rya Minisitiri Nº001/MoH/2019 ryo ku wa 04/03/2019 rigena urutonde rw'ibiyobyabwenge n'ibyiciro byabyo, rishyira urumogi mu biyobyabwenge bihambaye.

    Itegeko nº68/2018 ryo ku wa 30/08/2018 riteganya ibyaha n'ibihano muri rusange, ingingo ya 263 ivuga ko umuntu wese ukora, uhinga, uhindura, utunda, ubika, uha undi, ugurisha mu gihugu ibiyobyabwenge cyangwa urusobe rw'imiti ikoreshwa nka byo mu buryo bunyuranije n'amategeko, aba akoze icyaha. Iyo abihamijwe n'urukiko igihano kiba igifungo cya burundu n'ihazabu y'amafaranga y'u Rwanda arenze miliyoni makumyabiri (20.000.000 FRW) ariko atarenze miliyoni mirongo itatu (30.000.000 FRW).

    Munyaneza Theogene / intyoza.com

    Source : http://www.intyoza.com/rubavu-ukekwaho-gucuruza-ibiyobyabwenge-yafatanwe-urumogi-yigize-umunyeshuri/

  • Museveni Fears Clashing With Bobi Wine, Cancels National Address #rwanda #RwOT

    0Shares
    0

    Uganda's incumbent, President Kaguta Museveni has cancelled his expected Presidential Address that was scheduled for 7pm this Sunday after his biggest opponent Kyagulanyi Ssentamu Robert announced to hold his address at the same time.

    Senior Press Secretary to President Museveni, Don Wanyama said via tweeter that the address 'has been deferred to a new date that will be announced. We regret any inconveniences.'

    Wanyama announced Museveni's U-turn an an hour after Kyagulanyi a.k.a Bobi Wine's party National Unity Platform (NUP) announced that he would address the nation today at 7:00 PM via Facebook and all other social media platforms.  'A wide range of matters of national importance to be communicated,' the tweet read.

    The incident has attracted all forms of reactions particularly many Ugandans mocking Museveni as a scared candidate.

    'He saved himself an embarrassment…We are watching our generation president Kyagulanyi Ssentamu Robert, we are tired of lies,' said Gai Simon Peter.

    'Nobody is interested in listening to [Museveni's] 1980s lectures. You have to agree that Museveni's message no longer resonates with the young people of this country. You can't go on murdering innocent Ugandans and you expect everyone to listen to you. It doesn't work like that,' said one Elijah Were.

     

    0Shares
    0

    The post Museveni Fears Clashing With Bobi Wine, Cancels National Address appeared first on Taarifa Rwanda.

    Source : https://taarifa.rw/museveni-fears-clashing-with-bobi-wine-cancels-national-address/

  • Umunyarwanda yegukanye isiganwa rya Grand Prix Chantal Biya #rwanda #RwOT

    Kuri iki Cyumweru nibwo hasojwe isiganwa rya Grand Prix Chantal Biya ryari rimaze iminsi 5 ribera muri Cameroon, umunyarwanda Mugisha Moise akaba ari waje kwegukana iri siganwa.

    Ku munsi w’ejo byari akaruhuko, uyu munsi abasiganwa bakaba bakinnye agace ka nyuma ko kuva Sangmelima berekeza i Yaoundé ku ntera y’ibilometero 166,2.

    Mugisha Moise akaba yarambaye umwenda w’umuhondo kuva isiganwa ryatangira kugeza uyu munsi risojwe abifashijwemo n’abakinnyi bagenzi be bo muri Team Rwanda, nta muntu wigeze abasha kuwumwambura.

    Ni isiganwa ryabaga ku nshuro ya 20 aho riri ku rwego rwa 2.2 ku ngebabihe mpuzamahanga y’amarushanwa yo gusiganwa ku magare ya UCI.

    Ni isiganwa ryitabiriwe n’amakipe 9 arimo iy’u Rwanda, Repubulika Iharanira Demokarasi ya Congo, Benin, Côte d’Ivoire, Burkina Faso, Sénégal, Mali, Dukla Banska Bystrica yo muri Slovaquie na SNH Vélo Club yo muri Cameroun bakaba barasiganywe ibilometero 699,4.

    Mugisha Moise yegukanye Grand Prix Chantal Biya

    Team Rwanda itahukanye intsinzi muri Cameroun

    Source : http://isimbi.rw/siporo/umunyarwanda-yegukanye-isiganwa-rya-grand-prix-chantal-biya

  • Rwanda Signs Deal With Afrexim Bank To Establish Continental Fund For Export Development #rwanda #RwOT

    0Shares
    0

    Historic signatures were put on agreements to establish and host a Fund for Export Development in Africa (FEDA) in Rwanda. 

    Rwanda's Ambassador to Egypt, Alfred Kalisa, also a highly experienced banker, and Afrxim Bank executives on Sunday afternoon, November 22, put pen to the establishment of the continental multi-billion fund.

    The monumental signing was held in Egypt's capital Cairo.

    The Kigali-based FEDA will be the bank's subsidiary providing seed capital to companies seeking to grow their export markets.

    The fund will initially raise US$500 million and later grow to over US$ 1 billion within a few years of operation.  Afrexim Bank  has already committed US$350 million to the fund including commitments for operation of a credit fund, strategic investments and partnerships.

    'The ability to host FEDA is testament to the good leadership and pan-Africanism of Rwanda.' — Prof. Benedict Oramah, President of Afrexim Bank said.

    'Today, we make history, one that will be remembered for decades. We bring hope for small businesses. We commit to re-energize Africa's industrial aspirations and support the emergence of regional supply chains one of the goals of the African Continental Free Trade Agreement,' Oramah said.

    The fund initially targeted at US$500 million is expected to grow to over US$ 1 billion within a few years of operation. @afreximbank  has already committed US$350 million to the fund including commitments for operation of a credit fund, strategic investments and partnerships.

    'Thank you for your confidence in Rwanda and its efforts to increase private equity investments, in sectors critical to driving Intra-African Trade and export development,' Ambassador Kalisa said.

    'FEDA is expected to address the issue of long term funding and draw Foreign Direct Investment to Africa'- Prof. Benedict Oramah at the Signing Of the Establishment Agreement, HQ Agreement and the MOU for the Fund for Export Development in Africa btwn @afreximbank and @RwandaGov pic.twitter.com/oTwc7sV0sg

    — Afreximbank (@afreximbank) November 22, 2020

    0Shares
    0

    The post Rwanda Signs Deal With Afrexim Bank To Establish Continental Fund For Export Development appeared first on Taarifa Rwanda.

    Source : https://taarifa.rw/rwanda-signs-deal-with-afrexim-bank-to-establish-continental-fund-for-export-development/

  • S. African President Calls For Inclusive Economic Recovery #rwanda #RwOT

    0Shares
    0

    South African President Cyril Ramaphosa pleaded with Group of 20 (G20) leaders to ensure an inclusive global economic recovery when speaking at the virtual G20 Leaders' Summit on Saturday.

    He said the COVID-19 pandemic hit Africa hard. 'Economic activity on the continent is expected to contract by 3.2 percent in 2020, with the region falling into a recession for the first time in 25 years.'

    'In the middle of the pandemic — even as we battle rising global infections — we must look towards an inclusive economic recovery, where no country is left behind,' the president said.

    'We call on the G20 member states to use all of their persuasive powers, individually and collectively, to convince all creditor countries, the multilateral development banks, the credit rating agencies and the private sector to continue to work with us to address the problem of burgeoning and unsustainable developing country debt,' he added.

    Ramaphosa, current chairperson of the African Union (AU), said the organization has proposed several measures to ease Africa's debt problem, which include debt relief in the form of interest-payment waivers and deferred payments.

    'In addition to the suspension of debt service payments, large financing needs remain necessary to both stave off a deep humanitarian crisis and stimulate economic rebirth. The IMF (International Monetary Fund) should urgently consider the issuance of additional special drawing rights and for the allocation of these to member countries that need the resources most,' he added.

    Ramaphosa also said all countries should have access to the COVID-19 vaccine once it is available. 'Another immediate task is to ensure that there is equitable and affordable access for all countries to the COVID-19 vaccine once it is developed,' he said.

     

    0Shares
    0

    The post S. African President Calls For Inclusive Economic Recovery appeared first on Taarifa Rwanda.

    Source : https://taarifa.rw/s-african-president-calls-for-inclusive-economic-recovery/

  • Barack Obama yerekanye ko akunda umuziki, atangariza abakunzi be zimwe mu ndirimbo akunda #Rwanda #RwOT via @kigalitoday #rwanda #RwOT

    Barack Obama n
    Barack Obama n’umugore we Michelle Obama

    Yabaye Perezida wa 44 asimburwa na Donald Trump, uherutse gutsindwa amatora, akazasimburwa na Joe Biden.

    Obama yatangaje ko umuziki ufite agaciro gakomeye cyane mu buzima bwe, ngo ukaba ari kimwe mu byamufashaga gukora akazi ke neza igihe yayoboraga Amerika.

    Abinyujije ku rukuta rwe rwa Twitter, yerekanye urutonde rw’indirimbo 20 zizahora zimwibutsa urugendo rwe, ubwo yayoboraga Amerika, aho yizera ko abakunzi be bazazumva, zikabaryohera.

    Muri zo, harimo indirimbo yitwa “Michelle”, iyi akaba ayikunda ko ifite izina ry’umugore we “Michelle Obama”, aho muri iyo ndirimbo, umugabo aba aririmbira umugore we Michelle, avuga ko amukunda cyane kandi by’iteka ryose.

    Kuri uwo rutonde kandi, hagaragaramo indirimbo ebyiri za Beyonce, uyu na we ukunzwe n’abatari bake.


    source https://www.kigalitoday.com/imyidagaduro/muzika/article/barack-obama-yerekanye-ko-akunda-umuziki-atangariza-abakunzi-be-zimwe-mu-ndirimbo-akunda

  • Ugandan Calls Bobi Wine 'True Messiah Of Faith And Hope' #rwanda #RwOT

    0Shares
    0

    A video of a yet to be identified Ugandan man by names, is going rounds on social media where the man describes Uganda's Presidential Candidate Bobi Wine a 'true messiah' of faith and hope.

    In a deep voice, the calmly composed man, elegantly expressed what political observers have described as the bone in the meat. He challenged Bobi Wine's critics who have for long doubted his ability to lead the country.

    In the video, link below, the man says; 'I don't care what you call him,' he said, 'I don't care what you try to do to him, Bobi Wine is the true messiah of faith and hope.'

    In the 1:31 minutes video, the man explained what he believes Bobi Wines stands for and what he represents.' Before you judge and before you call him names, and say whatever you want to say, ask yourself one question,' he said, adding, 'If you had what he has, in terms of money, in terms of family and children, and fame…would you have done what he has done, would you have risked what he has risked?'

     

     

    0Shares
    0

    The post Ugandan Calls Bobi Wine 'True Messiah Of Faith And Hope' appeared first on Taarifa Rwanda.

    Source : https://taarifa.rw/ugandan-calls-bobi-wine-true-messiah-of-faith-and-hope/

  • Ethiopian Army Discloses Capture Of Cities In Tigray Region #rwanda #RwOT

    0Shares
    0

    The Ethiopian government on Saturday announced the capture of cities from Tigray People's Liberation Front (TPLF) fighters in different directions across the restive Tigray regional state.

    'The Ethiopian National Defense Forces (ENDF) took full control of Axum, Adwa and the surrounding areas of Adigrat,' the state of emergency task force established by the federal government to watch over the ongoing military operations against the TPLF, said in a statement.

    'Our Defense Forces, who are advancing towards the hideouts of the TPLF militia, were confronted with a siege in Selehleha after conquering Shire,' it said, adding that 'the TPLF militia, which had taken refuge in Selehleha, cut off roads with dozers and damaged the asphalt.'

    'Nevertheless, the ENDF broke into their defenses and took full control of the city of Axum,' the statement read.

    According to the Ethiopian government, on the way from Axum to Adwa, 'the TPLF militia tried to defend itself in some areas, but was defeated by our defense forces who took full control of Adwa.' The ENDF is now advancing to Adigrat city after taking full control of its surroundings, it was noted.

    The Ethiopian government also disclosed that its forces are now on course to the regional capital, Mekelle, where many believe senior TPLF leaders are presently stationed.

    'Many of the TPLF militia have surrendered, including the ENDF soldiers that sided with the junta,' the statement read.

    Since the early hours of November 4, the Ethiopian government has been undertaking military operations against the TPLF, which rules over Ethiopia's northernmost Tigray regional state.

    The federal government's operation followed the TPLF's attack on the Northern command base of the Ethiopian Defense Force, a division stationed in the region for over two decades and based in Mekelle city, capital of Tigray region.

    Amid the ongoing fighting, the United Nations Refugee Agency had warned that a full-scale humanitarian crisis is unfolding as thousands of refugees flee each day amid ongoing conflict in Ethiopia's Tigray region to seek safety into Sudan.

    According to the agency, women, men and children have been crossing the border at the rate of 4,000 per day since November 10, rapidly overwhelming the humanitarian response capacity on the ground.

    The UN agency is presently supporting the Sudanese government in its response, ramping up humanitarian assistance at the borders as the needs continue to grow.

    The Ethiopian government has also established a committee to address humanitarian concern in the country's restive northern Tigray regional state, said Redwan Hussein, spokesman of a newly-established State of Emergency Task Force for the Tigray conflict.

     

     

    0Shares
    0

    The post Ethiopian Army Discloses Capture Of Cities In Tigray Region appeared first on Taarifa Rwanda.

    Source : https://taarifa.rw/ethiopian-army-discloses-capture-of-cities-in-tigray-region/

  • Burundi: Bashyiriweho ibihano bikomeye ku bakozi banyereza umutungo wa Leta #rwanda #RwOT

    Perezida Evariste Ndayishimiye w'u Burundi yatangaje ko umukozi wa leta uzahamwa n'icyaha cyo kunyereza umutungo w'igihugu atazongera kubona akazi mu Burundi ndetse n'imitungo ye izagurishwa kugira ngo arihe ibyo yibye.

    Ibi yabivugiye mu ntara ya Karusi ejo ku wa gatandatu mu birori byo gusozi icyumweru cyahariwe umurwanyi gitegurwa n'ishyaka riri ku butegetsi mu Burundi CNDD-FDD.

    Mu ijambo yagejeje ku Barundi, Perezida Evariste Ndayishimiye yahamagariye abaturage bose kuba maso kugira ngo bafate abiba umutungo w'igihugu.

    Ubwo yarahiriraga kuyobora u Burundi ku wa 30/06 uyu mwaka, Perezida Ndayishimiye yatangaje ko kimwe mu bikorwa agiye kwihutira ari ukurwanya abanyereza umutungo w'igihugu n'abarya ruswa.

    Mu ijambo rye, Perezida Ndayishimiye yavuze ko atumva uburyo umukozi wa leta yakwiba umutungo w'igihugu hanyuma agashaka guhembwa na leta.

    Avuga ko uzashinjwa ubujura, gusesagura umutungo w'igihugu no kurya ruswa azashyirwa 'mu gitabo cyirabura ntazongere kubona akazi mu Burundi.

    Uretse kwirukanwa mu kazi,Perezida Ndayishimiye avuga ko uzahamwa n'iki cyaha bazagurisha imitungo ye kugira ngo arihe ibyo yibye.

    Ati: 'Umuntu wese azoba yagirizwa kwiba itunga ry'Abarundi tuzogurisha ivyiwe amahera yivye asubire mu kigega. Azopfungwa yongere agarukane ivy'abenegihugu yivye … none ga yemwe, kuva kera na rindi, umuntu amenje mu gihugu ntibamunyaga urukombamazi?

    Ku bwe, na kera uwahemutse baramunyagaga, bakanamwangaza ntabe acyitwa Umurundi.

    Mu mpera z'ukwezi kwa cyenda ubwo Ndayishimiye yari yujuje iminsi ijana ageze ku butegetsi, ishyirahamwe Olucome ryavuze ko nta kintu kinini yari yagakoze muri icyo gice.

    Gabriel Rupfiri uyobora iri shyirahamwe yabwiye BBC dukesha iyi nkuru ko babona ko hari abanyereza umutungo w'igihugu bari 'ku ruhande rwe n'abari muri leta', akabona ko bizamugora ko ashobora gutera intambwe.

    Ndayishimiye yavuze ko azi ko hari bamwe mu bayoboye igihugu bashobora kutishimira ibyo yavuze, ati: 'Ndazi y'uko indongozi mutabikomera amashi', avuga ko atazatinya kwitandukanya n'uzarenga ku byo yemereye abanyagihugu.

    Source : https://impanuro.rw/2020/11/22/burundi-bashyiriweho-ibihano-bikomeye-ku-bakozi-banyereza-umutungo-wa-leta/