Category: Uncategorized

  • Minisiteri ya Siporo iri kwiga uburyo bwo gufasha amakipe yagizweho ingaruka na COVID-19 #Rwanda #RwOT via @kigalitoday #rwanda #RwOT

    Minisitiri wa Siporo Munyangaju Aurore Mimosa
    Minisitiri wa Siporo Munyangaju Aurore Mimosa

    Ibi byatangajwe na Minisitiri wa Siporo, Madamu Munyangaju Aurore Mimosa, mu kiganiro cy’imikino KT Sports cyatambutse kuri KT Radio kuri uyu wa Kabiri tariki ya 15 Ukuboza 2020 aho yavuze ko Minisiteri ayobora iri kwiga uburyo bwo gufasha amakipe.

    Yagize ati” Turi kwiga uburyo twazafasha amakipe binyuze mu banyamuryango bacu ari bo mashyirahamwe y’imikino kugira ngo tuyafashe guhangana n’ingaruka z’iki cyorezo.”

    Minisitiri yakomeje avuga ko iki gikorwa kigomba kwihutishwa kugira ngo ubu bufasha buboneke mu minsi ya vuba

    Shampiyona y’umupira w’amaguru izasubukurwa FERWAFA yerekanye ingamba zo kurinda amakipe

    Kuwa Gatanu tariki ya 11 Ukuboza 2020 nibwo Minisiteri ya siporo yafashe icyemezo cyo guhagarika shampiyona y’icyiciro cya mbere mu mupira w’amaguru yari igeze ku munsi wayo wa Gatatu.

    Kuri iyi ngingo Minisitiri Mimosa yavuze ko FERWAFA ariyo ifite inshingano mu gusubukurwa kwayo.

    Yagize ati “ Nka Minisiteri twahagaritse shampiyona nyuma yo gusanga ingamba FERWAFA yatanze itarazubahirije aho amwe mu makipe yakinnye imikino atapimishije abakinnyi , Ubwandu bwagaragaye mu bakinnyi ndetse no gutanga ibisubizo by’imihimbano. Kuri iyi ngingo rero icyo dushinzwe ni ukurinda abakinnyi n’abanyarwanda muri rusange. Kugira ngo shampiyona isubukurwe turasaba FERWAFA kuduha ingamba yafashe z’uburyo ibibazo byagaragaye bitazongera ndetse n’uburyo buhamye bwo kurinda abakinnyi ndetse n’abandi bose barebwa n’umukino.”

    Mu bindi Minisitiri yatangarije KT Sports yagarutse ku myiteguro y’amakipe azahagarira u Rwanda mu mikino nyafurika. Yagize ati” Ikipe y’igihugu yitegura imikino ya CHAN izabera muri Cameroon kuva mu kwezi kwa mbere umwaka utaha wa 2021 ndetse na AS Kigali ihagarariye u Rwanda muri CAF Confederation Cup zigomba gukomeza imyitozo ariko hari uburyo bwo kwirinda COVID-19 kugira ngo azazane umusaruro mwiza.”

    Icyorezo cya COVID-19 cyatumye amakipe ahomba amafaranga yinjizaga ku kibuga wasangaga ari yo ayafasha mu buzima bwa buri munsi ndetse bamwe mu baterankunga batinye gutanga amafaranga mu makipe yo kwamamaza kuko abafana batemerewe kureba imikino kandi ari bo batuma ibigo by’ubucuruzi byunguka.

    Inkunga izahabwa amakipe izanyuzwa mu mashyirahamwe, amashyirahamwe na yo ayishyikirize amakipe kuko ari bo banyamuryango bagize minisiteri.


    source https://www.kigalitoday.com/imikino-11/football/article/minisiteri-ya-siporo-iri-kwiga-uburyo-bwo-gufasha-amakipe-yagizweho-ingaruka-na-covid-19

  • Ngoma : un jeune homme succombe des coups de couteau de son amie #rwanda #RwOT

    Il est rapporté que l’incident est survenu suite au fait que le jeune homme venu rendre visite à la fille aurait exigé qu’ils fassent des rapports sexuels. Devant le refus de la jeune fille, il l’aurait menacé au coûteau. La fille était-elle armée d’un autre coûteau ou elle l’aurait pris de son soupirant ?

    Le garçon a été blessé au ventre au point que les viscères sont sorties au moment où il était dépêché à l’hôpital de Kibungo où il est trépassé. La fille avait reçu entretemps des coups à la nuque.

    Il est rapporté que la journée s’annonçait conviviale pour ce jeune couple jusqu’au moment où le décédé a recouru à la violence devant le refus de la jeune fille de se plier à ses désirs coupables.
    “Ils avaient des relations d’amitié. Cela était connu dans le quartier”, a dit la Secrétaire Exécutive de Secteur Kibungo.

    IGIHE

    Source : https://fr.igihe.com/Ngoma-un-jeune-homme-succombe-des-coups-de-couteau-de-son-amie.html

  • Gyms, swimming pools closed #rwanda #RwOT

    The decision is part of cabinet resolutions taken yesterday, reviewing COVID-19 preventive measures following the gradual increase in new infections.

    'All gyms and swimming pools are closed. However, those at hotels may be used only by tested hotel residents,' reads the resolution.

    The decision goes into effect from 15th December 2020.

    Among others, the national football premier league games and training camps are suspended except for national football team competitions and clubs involved in international competitions.

    Like other wellness facilities and a number of activities, the functioning of gyms was suspended on 15th March 2020 one day after confirming the first COVID-19 case in Rwanda.

    On 8th June 2020, the Ministry of Sports gradually allowed different sporting activities to resume staring with cycling, Tennis, Gold, Hiking and other physical exercises respecting social distancing.

    Other sports were allowed to resume on 13th July 2020. These include Cricket, Boxing, Karate, Kung Fu, Taekwondo, Judo, Skating, Kumasha, Badminton, Aerobic, Gymnastics in open air and adhering to COVID-19 health guidelines.

    Concerts were also suspended on 8th March 2020 thus artists opted for online concerts to entertain fans.

    Among others, cabinet banned all social gatherings including weddings in public and private settings.

    The new measures have been announced following the surging of COVID-19 new cases where over 700 people tested positive within 14 days as 6 succumbed to the virus in the same period.

    The first COVID-19 case was confirmed in Rwanda on 14th March 2020. So far 6747 people have been tested positive out of 671,223 sample tests of whom 5996 have recovered, 695 are active cases while 56 have succumbed to the virus.

    Gyms have been prohibited, two weeks after authorization to resume operations.

    IGIHE

    Source : https://en.igihe.com/news/article/gyms-swimming-pools-closed

  • CIMERWA PLC, un demi million de tonnes de ciment produit, 1.9 milliards de profit net pour 2019 #rwanda #RwOT

    Ces statistiques ont été publiés ce 14 décembre 2020 au moment où l’Usine dressait un rapport de ses états financiers de 9 mois de l’année budgétaire de l’année passée.

    Cette bonne santé économique de CIMERWA PLC attire les éventuels investisseurs qui serasient soucieux d’acquérir ses actions sur le Rwanda Stockl Exchange où elle est listée.

    Il est une heureuse surprise de voir cette usine enregistrer un bon profit annuel au moment où elle a été impactée par les conséquences du Covid 19 en mars et avril dernier où elle a fermé ses portes pour obéir au confinement général imposé, a dit Albert Segei, Directeur Général de la CIMERWA qui a eu du mal , par la suite, à s’approvisionner en matières premières importées pour la fabrication de ses produits.

    En général, CIMERWA a produit 421.000 T de Ciment cette année-là avec une haute note en juillet 2020 où elle a produit 55,000 T de ciment, le meilleur score depuis qu’elle est fonctionnelle.

    Avec la restucturation et la rénovation de l’entreprise au cours du 1er trimestre de cette année, la production de la CIMERWA a continué à s’améliorer de trimestre à trimestre au cours de cette année, a indiqué Segei satisfait de voir qu’elle tourne à hauteur de 80% de sa capacité de 600.000 tones par an.

    Segei se félicite de voir que son usine a fourni tout le ciment nécessaire aux projets de construction de l’Etat rwandais dont les routes, les centres de santé et hôpitaux mais aussi les quelques 22.000 salles de classes. “Nous avons approvisionné ces projets de construction de l’Etat pour quelques 8 mille tonnes de ciments”, a confié le DG.

    IGIHE

    Source : https://fr.igihe.com/CIMERWA-PLC-un-demi-million-de-tonnes-de-ciment-produit-1-9-milliards-de-profit.html

  • Amajyaruguru: Urubyiruko rwo muri FPR-Inkotanyi rurahugurwa muri gahunda yiswe ‛Irerero’ #Rwanda #RwOT via @kigalitoday #rwanda #RwOT

    Muri Rulindo aya mahugurwa yitabiriwe n
    Muri Rulindo aya mahugurwa yitabiriwe n’abanyamuryango ba FPR-Inkotanyi biganjemo urubyiruko

    Akarere ka Gicumbi ni ko kabimburiye utundi turere muri iyo gahunda, ku ikubitiro hahugurwa urubyiruko rugera mu bihumbi bibiri.

    Mu muhango wo gusoza ayo mahugurwa y’irerero mu Karere ka Rulindo wabaye ku itariki ya 13 Ukuboza 2020 ahahuguwe 1217, Byiringiro Robert, Perezida w’urugaga ry’urubyiruko rushamikiye ku muryango wa FPR-Inkotanyi mu Ntara y’Amajyaruguru, yabwiye Kigali Today ko iyo gahunda ari umwihariko muri iyo Ntara aho iri gukorerwa mu turere twose tugize iyo Ntara.

    Yagize ati “Iyo gahunda twise Irerero ry’umuryango wa FPR-Inkotanyi ni umwihariko w’Intara y’Amajyaruguru aho ku ikubitiro yatangiriye mu Karere ka Gicumbi ahatangwa inyigisho zinyuranye ku bijyanye n’amahame y’indangagaciro z’umuryango, aho n’utundi turere twasanze iyo gahunda ari nziza natwo dutangiza iyo gahunda. Muri Gicumbi hahuguwe abasaga ibihumbi bibiri, muri Rulindo hahugurwa 1217, ubu no muri Gakenke, Burera na Musanze na bo bakaba bari muri iyo gahunda”.

    Yongeye ati “Iyo gahunda by’umwihariko yifujwe n’urwo rubyiruko, aho hari abifuza kwinjira mu muryango baba bashaka gusobanukirwa neza gahunda z’umuryango, hakaba n’abandi bifuza gusobanukirwa amahame anyuranye n’indangagaciro z’umuryango abitwara neza kurenza abandi bagahembwa”.

    Bamwe mu rubyiruko rwo mu Karere ka Rulindo rwitabiriye iyo gahunda, ruvuga ko rutahanye impamba ihagije yo kurushaho kugira impinduka nziza no kuba umusemburo aho rutuye.

    Umwe yagize ati “Irerero ni ingirakamaro kuko twigiyemo byinshi bitandukanye, twaratojwe, twarumvise, twaramenye noneho tugiye no gushimangira ibyo twatojwe. Urubyiruko bagenzi bacu bamwe na bamwe barateshutse baba imbata z’ibiyobyabwenge, tugiye kubigisha kandi kwigisha ni uguhozaho, tugiye dutyaye turushaho gukora neza aho dutuye mu midugudu”.

    Undi ati “Nitwe mbaraga z’igihugu, tugiye kujyana amakuru ku bandi turwanye inda ziterwa abangavu, hari abana bataye amashuri ni twe dukwiye kubasanga dukumira ibyo bikorwa bibi, urubyiruko niba koko turi imbaraga z’igihugu nitwe dukwiye kuba aba mbere mu kugaragara mu bikorwa igihugu kitwifuzaho”.

    Mu ijambo rya Chairman w’Umuryango wa FPR-Inkotanyi mu Ntara y’Amajyaruguru, Gatabazi JMV, witabiriye uwo muhango wo gusoza ayo mahugurwa mu karere ka Rulindo, yasabye abahuguwe kutaba abanyamuryango ba FPR-Inkotanyi ku izina gusa, abasaba gukomeza kwitabira no gushyigikira gahunda zinyuranye za Leta.

    Yagize ati “Turashaka kubabona mutemera ko ikibi kibaho, ahubwo mugaharanira icyiza muba abanyamuryango b’intagamburuzwa kandi mudacibwa intege n’amafuti y’abandi, mugaragaza ko ibyo abandi batashobora mwe mwabishobora, mwirinde kuba abanyamuryango ku izina gusa mwitabire kandi mushyigikire gahunda za Leta”.

    Muri ayo mahugurwa, ababaye indashyikirwa kurusha abandi batatu muri bo bahawe amagare abandi bahabwa telefoni zigezweho (Smart phone) aho biyemeje kuzibyaza umusaruro banyomoza amakuru y’ibinyoma ahita ku mbuga nkoranyambaga zinyuranye, mu rwego rwo kugaragaza ingamba z’iterambere Leta ifitiye abaturage.


    source https://www.kigalitoday.com/amakuru/amakuru-mu-rwanda/article/amajyaruguru-urubyiruko-rwo-muri-fpr-inkotanyi-rurahugurwa-muri-gahunda-yiswe-irerero

  • Marquee tech investors join Hashnode funding round as developer sign ups increase 4 fold in just 6 months #rwanda #RwOT

    • Traction: Hashnode is a global developer blogging community, with over 20k active blogs and 500K MAU in just a few months
    • Investors: Early investor in Twitter and Uber, Naval Ravikant joins Freshdesk, BrowserStack and Vercel founders to back Hashnode
    • Numbers: Writers, readers, blogs, page views growing at 25% month-on-month

     15th December 2020, London: Global developer blogging community Hashnode, today announced it has raised US$2.1m in funding led by Sequoia Capital India's Surge. A range of marquee investors* also participated including Naval Ravikant (early investor in Twitter, Uber and co-founder of AngelList), Ritesh Arora and Nakul Aggarwal (founders of BrowserStack) as well as Shashank Kumar and Harshil Mathur (founders at Razorpay). 

    Founded just 6 months ago in June 2020 by Sandeep Panda and Syed Fazle Rahman, Hashnode helps developers and engineering teams start technical blogs and share them with the broader developer community. The platform is growing at a rate of 25% month-on-month in. More than 20,000 new developer blogs have been created on the platform in a few months and over 500,000 readers visit https://hashnode.com every month.

    Developer blogs are the heart of many developer communities that share, learn, and drive innovation around specific products, projects, hacks, and code branches. The rapid growth of the API economy, which is underpinning the tech sector's growth, has been fuelled by these developer communities.

    Currently, there are two types of blogging solutions. Publishing networks (like Medium) help a blogger with social media credibility and reach at the cost of content ownership and customization. There are self-hosting solutions, like WordPress, but distributing the content is difficult, which makes it hard to create large, active communities. The cost of running the software also keeps increasing. Hashnode helps writers focus on writing and gives them the freedom to blog without the risk of losing their content or losing control of traffic and SEO.

    Fazle Rahman, CEO at Hashnode commented: 'We realised many writers just want a platform that helps them focus on writing and gives them the freedom to blog without losing control over their content or thinking about traffic and SEO. Hashnode allows developers and businesses to create a blog on a custom domain and stay connected with a central community for content distribution. This solves both the problem of content ownership and distribution.'

    Hashnode powered blogs are easy to use, set up, configure, highly optimised for SEO, and have built-in community interaction functionalities like reactions, comments, bookmarks, and more.

    'Hashnode allows developers and businesses that want to build developer communities to create a blog on a custom domain, and stay connected with a central dev community for content distribution. The platform also allows publishing articles directly from Github, a feature not available on other publishing tools,' added Fazle

    Sandeep and Fazle are avid developers, bloggers and authors who have both published several books on various web technologies. They graduated together from IIIT Bhubaneswar in Computer Science Engineering and have a shared passion for building products for the web and teaching developers online.

    * Angel investors in the round include: Naval Ravikant (AngelList, Uber, Twitter, Stack Overflow, Yammer), Ed Roman (Pluralsight and Hack Summit), Shashank Kumar (Razorpay), Harshil Mathur (Razorpay), Ritesh Arora (BrowserStack), Nakul Aggarwal (BrowserStack), Christopher Golda (BlackType, acquired by Twitter), Girish Mathrubootham (Freshworks), Salil Deshpande Uncorrelated Ventures) and Guillermo Rauch (Vercel).

     

    35

    The post Marquee tech investors join Hashnode funding round as developer sign ups increase 4 fold in just 6 months appeared first on TOP AFRICA NEWS.

    Source : https://www.topafricanews.com/2020/12/15/marquee-tech-investors-join-hashnode-funding-round-as-developer-sign-ups-increase-4-fold-in-just-6-months/?utm_source=rss&utm_medium=rss&utm_campaign=marquee-tech-investors-join-hashnode-funding-round-as-developer-sign-ups-increase-4-fold-in-just-6-months

  • Leta ya Somalia na Kenya byacanye umubano muri Dipolomasi #rwanda #RwOT

    Somalia, yahamagaje abadipolomate bayo bose bakoreraga i Nairobi ndetse iha iminsi irindwi abadipolomate ba Kenya bakoreraga i Mogadishu ngo babe bamaze kuva mu gihugu.

    Itangazo rya leta ya Somalia ryatangajwe mu gitangazamakuru cya leta na Minisitiri w'itumanaho Osman Abukar Dubbe, kuri uyu wa mbere nijoro. Yagize ati: 'Leta ya Somalia, ishingiye ku busugire bw'igihugu buteganywa n'amategeko mpuzamahanga…, kandi yuzuza inshingano yayo yemererwa n'itegekonshinga yo kurinda igihugu, ubumwe n'umudendezo by'igihugu, yafashe icyemezo cyo gucana umubano wa dipolomasi na leta ya Kenya'.

    Leta ya Somalia ifashe iki cyemezo nyuma y'ibaruwa yo kwamagana Kenya, yashyikirije Minisitiri w'intebe wa Sudan Abdalla Hamdok, uyu akaba anayobora umuryango uhuza za leta zo mu karere ugamije iterambere, uzwi mu mpine nka IGAD.

    Somalia nkuko BBC ibitangaza, yari iherutse gushinja Kenya kwivanga mu bibazo na politike by'icyo gihugu, ibyo leta ya Kenya yahakanye.

    Munyaneza Theogene intyoza.com

    Source : http://www.intyoza.com/leta-ya-somalia-na-kenya-byacanye-umubano-muri-dipolomasi/

  • Umwicanyi wo kuri Twitter mu Buyapani yakatiwe igihano cy'urupfu #rwanda #RwOT

    Umugabo wishe abantu icyenda nyuma yo kumenyana na bo kuri Twitter yakatiwe urwo gupfa, muri uru rubanza rukomeye rwatumye Ubuyapani bugwa mu kantu.

    Takahiro Shiraishi, wahimbwe 'umwicanyi wo kuri Twitter', yatawe muri yombi mu mwaka wa 2017 nyuma yuko ibice by'imibiri y'abantu bitahuwe mu icumbi rye.

    Mu kwezi kwa cumi uyu mwaka, yemeye icyaha cyo kwica abo bantu, avuga ko ibyo aregwa 'byose ari ukuri'. Abo yishe hafi ya bose bari abagore bakiri bato.
    Uru rubanza rwatumye habaho kujya impaka ku kuntu kwiyahura bivugwaho ku mbuga za internet.

    Abantu barenga 400 bari bitabiriye isomwa ry'urubanza kuri uyu wa kabiri, nubwo urukiko rwari rufite imyanya 16 gusa igenewe abaturage, nkuko ibitangazamakuru byo mu Buyapani bibivuga.

    Mu Buyapani, hari benshi bashyigikiye igihano cy'urupfu. Ubuyapani ni kimwe mu bihugu bicye biteye imbere bigifite igihano cy'urupfu mu mategeko yabyo.

    Uyu wakatiwe igihano cy'urupfu, w'imyaka 30, yashukaga kuri Twitter abagore bashaka kwiyahura bakajya iwe, avuga ko yabafasha gupfa ndetse rimwe na rimwe akavuga ko yakwiyica agapfira hamwe na bo.

    Yishe anize ndetse akata ibice by'umubiri abagore umunani n'umugabo umwe bafite imyaka yo kuva kuri 15 kugeza kuri 26, hagati y'ukwezi kwa munani n'ukwa cumi mu 2017, nkuko byatangajwe n'ibiro ntaramakuru Kyodo byo mu Buyapani, bisubiramo ibikubiye mu nyandiko y'ibirego.

    Ubu bwicanyi bwamenyekanye bwa mbere mu kwezi kwa cumi mu 2017 ubwo polisi yasangaga ibice by'imibiri y'abantu mu nzu ya Shiraishi mu mujyi wa Zama mu Buyapani, hafi y'umurwa mukuru Tokyo.

    Abunganizi be mu mategeko nkuko BBC ibitangaza, bavuze ko ibirego ashinjwa byari bikwiye kugabanywa, bavuga ko abo yishe bari bamuhaye uruhushya rwo kubica.

    Ariko, nyuma Shiraishi yaje kuvuguruza ibivugwa n'abunganizi be ku buryo ubwo bwicanyi bwagenze, avuga ko yabishe batabyemeye.

    Kuri uyu wa kabiri, umucamanza wasomye umwanzuro w'urubanza yavuze ko 'nta n'umwe mu bishwe wari wemeye ko yicwa'.

    Ikinyamakuru The Straits Times cyasubiyemo amagambo y'umucamanza Naokuni Yano agira ati: 'Uregwa byasanzwe ko yabigizemo uruhare rwuzuye'.

    Munyaneza Theogene / intyoza.com

    Source : http://www.intyoza.com/umwicanyi-wo-kuri-twitter-mu-buyapani-yakatiwe-igihano-cyurupfu/