Category: Uncategorized

  • Arasaba Perezida Kagame gusuzuma ikibazo cy’imisoro ku mitungo itimukanwa #Rwanda #RwOT via @kigalitoday #rwanda #RwOT

    Hamaze iminsi havuga ubwiyongere bw
    Hamaze iminsi havuga ubwiyongere bw’imisoro ku mitungo itimukanwa, bamwe bagasaba ko yagabanywa

    Ubutumwa bw’uyu muturage buragira buti:

    Murakoze Nyakubahwa kubera umwanya mwatugeneye, twishimiye iterambere ryihuse igihugu cyacu gikomeje kugeraho ariko nifuza kubaza akabazo kerecyeranye n’imisoro ku mitungo itimukanwa.

    - Tuzirikana ko imisoro ari yo yubaka igihugu, kandi ntitwifuza gutungwa n’imisoro y’ahandi.

    - Ariko itegeko ryongera 300% imisoro ku mitungo itimukanwa, tugendeye ku bushobozi bw’Abanyarwanda, biragaragara ko ari myinshi cyane kandi n’ubukungu bwarahungabanye kubera COVID-19.

    - Twabasabaga Nyakubahwa Perezida wa Repubulika ko mu bushishozi musanganywe mwareba uko iryo tegeko ryongera kwiganwa ubushishozi.

    Murakoze Nyakubahwa


    source https://www.kigalitoday.com/amakuru/amakuru-mu-rwanda/article/arasaba-perezida-kagame-gusuzuma-ikibazo-cy-imisoro-ku-mitungo-itimukanwa

  • TOP 10 events that sparked people's need for privacy tools in 2020 #rwanda #RwOT

    Azerbaijan, Hong Kong, and Turkey were the top three countries to register huge spikes in VPN demand

    December 21, 2020. In 2020, spikes in the demand for online privacy was monumental, research based on interest in the NordVPN service shows. New legislations, government control, civil unrest, and political destabilization is being met with digital dissidence this year.

    '2020 has been turbulent in many ways. Including attempts to restrict the free internet. This year alone, NordVPN received 7,254 emergency VPN access requests from journalists and activists. This is 10 times more than a year ago. Most of the requests came from Hong Kong, but we also received requests from Iran, Kashmere, Burma, and other countries with strict internet censorship and heavy surveillance. Not to mention the people who got affected by the bans and sought solutions to protect their online identities,' says Laura Tyrell, Head of PR at NordVPN.

    ProPrivacy Digital Privacy Researcher Attila Tomaschek believes that VPNs have become a crucial tool for those wishing to maintain their digital freedom in a tumultuous year. 'We've seen multiple instances this year where governments have taken action to exert control over their citizens both online and in person, typically under the guise of national security, public health or upholding morality.'

    The top ten instances of VPN demand spikes this year show the scale of the spike compared to the previous day and explain its social and political background.

    Countries where people, responding to events around them, rushed to protect their online presence the most this year.

    Country

    Date

    Increase overnight

    Reason

    Azerbaijan

    September 29

    148x

    Restriction of internet access

    Hong Kong

    May 22

    120x

    Introduction of the Chinese security law

    Turkey

    June 26

    19x

    Social media restrictions

    Belarus

    August 10

    10x

    Internet outages following rigged election

    Brazil

    September 25

    7x

    Implementation of the Brazilian data protection law

    South Korea

    January 29

    3x

    Five Eyes expands to include South Korea

    Thailand

    November 2

    3x

    Ban on Pornhub (and other adult sites)

    Japan

    November 23

    1,5x

    Update of data privacy and copyright laws

    India

    March 26

    1,3x

    Internet throttling by the government

    US

    August 7

    1/3x

    Announcement of a potential TikTok ban

    The most significant uplift of interest in NordVPN online privacy tools was registered in Azerbaijan. After the government restricted major online communications platforms, 148 times more people rushed looking for the cure to the problem.

    Immediately following Beijing's introduction of a new security law that effectively signalled an end to the autonomy of Hong Kong, 120 times more people came looking for an online privacy tool that could help them to maintain online communication from the censoring eye.

    Finally, the night after the Turkish government announced its plan to block social media platforms and VPN services, 19 times more Turks came looking for ways to circumvent the censorship.

    'More and more we are seeing that informed citizens across the globe are using technology to push back. This is evidenced by the massive spikes we saw in VPN usage immediately following government efforts to censor online content or even shut down online communication entirely,' adds Attila Tomaschek.

    VPNs can be used for many things, but, most importantly, VPNs are a crucial tool that citizens can use to secure their digital privacy, bypass censorship efforts, and preserve their human rights and freedom of expression in the face of government oppression.

    49

    The post TOP 10 events that sparked people's need for privacy tools in 2020 appeared first on TOP AFRICA NEWS.

    Source : https://www.topafricanews.com/2020/12/21/top-10-events-that-sparked-peoples-need-for-privacy-tools-in-2020/?utm_source=rss&utm_medium=rss&utm_campaign=top-10-events-that-sparked-peoples-need-for-privacy-tools-in-2020

  • Ntibisanzwe! Kayonza umugore yasutse inkono y'ibiryo bishyushye ku myanya y'ibanga y'umugabo we #rwanda #RwOT

    Mu ijoro ryakeye ryo kuri uyu wa Mbere tariki 21 Ukuboza 2020, mu Mudugudu wa Rugunga mu Kagari ka Gitara mu Murenge wa Kabare mu Karere ka Kayonza haravugwa inkuru y' umugore w'imyaka 24 yasutse inkono y'ibiryo bishyushye ku myanya y'ibanga y'umugabo we w'imyaka 28.

    Ibi umugore we yabikoze nyuma yo kumutonganya amubaza aho yashyize amafaranga yavugaga ko yafashe mu kimina.

    Amakuru avuga ko uyu mugore yari bufate amafaranga mu kimina, umugabo ataha amubaza aho yayashyize undi aramuhakanira amubwira ko bazafata ku cyumweru gitaha, umugabo ngo yanze kubyemera akomeza kubaza uwo mugore cyane.

    Umugore we yageze aho agira umujinya akura inkono y'ibishyimbo ku mashyiga ayimena ku myanya y'ibanga y'umugabo amamininwa aramutwika kugeza ubwo ajyanwe ku kigo Nderabuzima.

    Umunyamabanga Nshingwabikorwa w'Umurenge wa Kabare, Gatanazi Rongin yavuze ko ayo mahano yabaye mu ijoro ryakeye bayamenye ndetse banamaze guta muri yombi uwo mugore.

    Yagize ati 'Bapfaga amakimbirane yo mu muryango ngo umugore hari amafaranga yagabanye mu kimina noneho umugabo agashaka kuyamwaka biza kurangira amumennyeho inkono ishyushye y'ibiryo, nk'ubuyobozi bw'umurenge twahise tumanuka tujyayo umugabo tumujyana ku bitaro umugore nawe twamushyikirize RIB ngo akurikiranwe.'

    Gitifu Gatanazi yakomeje avuga ko uwo mugabo yangiritse ku kibero no ku myanya y'ibanga asaba abaturage kubahana mu muryango bakirinda gupfa ibintu bidafatika.

    Ati 'Niba yagabanye mu kimina umugabo yari gutegereza akayazana atanayazana wenda akitabaza inshuti z'umuryango zikabafasha, umugore nawe ntabwo yari kurakara kuriya ngo amumeneho ibiryo.'

    Gatanazi yakomeje avuga ko ibintu nk'ibi bitari bisanzwe muri uyu Murenge ngo kuko abagirana amakimbirane hitabazwa inshuti z'umuryango n'ubuyobozi bw'inzego z'ibanze bakayakemura.

    Uwakoze ayo mahano afungiwe kuri sitasiyo ya RIB ya Ndego mu gihe umugabo we yajyanwe ku bitaro bya Rwinkwavu ngo yitabweho n'abaganga barebeko barokora ubuzima bwe.
    Isoko y' inkuru Igihe.com

    Source : https://impanuro.rw/2020/12/21/ntibisanzwe-kayonza-umugore-yasutse-inkono-yibiryo-bishyushye-ku-myanya-yibanga-yumugabo-we/

  • INGINGO Z'INGENZI Z'IMPAMVU YO GUSABA GUHINDUZA AMAZINA/ NIYONSHUTI #rwanda #RwOT

    REPUBULIKA Y'U RWANDA
    Minisiteri y'Ubutegetsi bw'Igihugu

    INGINGO Z'INGENZI Z'IMPAMVU YO GUSABA GUHINDUZA AMAZINA

    Turamenyesha ko uwitwa NIYONSHUTI xxx mwene Uwihoreye na Mukankuranga, utuye mu Mudugudu wa Kanaba, Akagari ka Gatwaro, Umurenge wa Rutare, Akarere ka Gicumbi, mu Ntara
    y'Amajyaruguru wanditse asaba uburenganzira bwo guhinduza amazina asanganywe ariyo NIYONSHUTI xxx, akitwa NIYONSHUTI Eric mu gitabo cy'irangamimerere. Impamvu atanga yo guhinduza izina ni izina nabatijwe.

    The post INGINGO Z'INGENZI Z'IMPAMVU YO GUSABA GUHINDUZA AMAZINA/ NIYONSHUTI appeared first on RUSHYASHYA.

    Source : https://rushyashya.net/ingingo-zingenzi-zimpamvu-yo-gusaba-guhinduza-amazina-niyonshuti/

  • Fulfilling President Trump's Commitment to Provide Ventilators #rwanda #RwOT

    U.S. Agency for International Development
    Statement by Acting Deputy Administrator John Barsa
    Office of Press Relations
    December 18, 2020

    Today, I am pleased to announce that the United States Agency for International Development (USAID) has fulfilled President Trump's promise to deliver nearly 9,000 ventilators to 43 countries, plus the North Atlantic Treaty Organization.

    This remarkable achievement was possible only because of the ingenuity and generosity of the American people and the innovation of U.S. private industry. USAID played a pivotal role in providing these ventilators to benefit patients with COVID-19 in our partner countries. When a global health crisis arises, America Acts, and we at USAID are committed to ensuring we improve the ability to prevent, detect, and respond to outbreaks of infectious diseases in our partner countries while keeping Americans safe at home.

    Over the past two decades, the United States has provided more than $140 billion in global health assistance, and is the single largest contributor to the international response to the pandemic of COVID-19.

    36

    The post Fulfilling President Trump's Commitment to Provide Ventilators appeared first on TOP AFRICA NEWS.

    Source : https://www.topafricanews.com/2020/12/21/fulfilling-president-trumps-commitment-to-provide-ventilators/?utm_source=rss&utm_medium=rss&utm_campaign=fulfilling-president-trumps-commitment-to-provide-ventilators

  • Rwanda’s Christelle Kwizera Wins 2020 Global Citizen Prize: Cisco Youth Leadership Award #rwanda #RwOT

    The young Rwandan is an engineer and entrepreneur who developed a sustainable way to provide struggling communities in Africa with clean water.

    She is among three of the remarkable finalists for the award that have dedicated their skills, resources, and time to making the world a better place by working towards achieving the United Nations’ Global Goals and standing up for those who are vulnerable.

    Kwizera becomes the first Rwandan winning the prize beating her contestants Suhani Jalota from India and Ryan Gersava from Philippines.

    Kwizera was revealed as the winner of the award at the Global Citizen Prize ceremony broadcast and streamed globally on 19th December 2020. Although this year’s ceremony was hosted virtually, it was an incredible affair that celebrated world leaders, business leaders, activists, musicians and artists, young people, and philanthropists from around the globe.

    During the broadcast Kwizera was surprised with a call from singer-songwriter, Nick Jonas, who shared the news with the young entrepreneur that she had won this year’s Cisco Youth Leadership Award.

    Kwizera was evidently jubilant and shared with Jonas that she was 'super super surprised'. She then called in her 'work family' to meet Jonas and be part of the exciting moment.

    'The work we do, keeping water running for hundreds of thousands, we’re going to scale to millions because we’re tackling a challenge that affects 400 million id. people across Africa and over 2 billion worldwide,' she said.

    'In 10 years, this prize being a huge catalyst for this in 10 years we’re going to be servicing 30 million and more; we’re going to create over 13,000 jobs because when we give water, we also create jobs,” added Kwizera.

    As the winner of this year’s award, Kwizera will receive $250,000 to put forward her social enterprise, Water Access Rwanda.

    When she was just 20, Kwizera founded Water Access Rwanda in response to the dangerous conditions that Rwandans would face when collecting water from rivers and dams, including crocodile attacks and disease-ridden water.

    The social enterprise aims to eliminate water scarcity and provide communities with safe and easily accessible water. Today they successfully supply over 70,000 people in and around Rwanda with clean water daily.

    She told Global Citizen that the work Water Access Rwanda does now is just the beginning.

    'Our ambition is much bigger because, as I like to say, the crisis is way bigger than what we’re doing,' she said.

    The Global Citizen Prize: Cisco Youth Leadership Award was established in 2018 to honor and uplift extraordinary young activists who have dedicated themselves to working towards achieving the UN’s Global Goals.

    This year’s winner, Christelle Kwizera, works towards providing African communities with clean water, which contributes to the United Nations’ Global Goal 6, to ensure availability and sustainable management of water and sanitation for all; and Goal 11 for building sustainable communities.

    Kwizera has become the first Rwandan winning the prize beating her contestants Suhani Jalota from India and Ryan Gersava from Philippines.

    IGIHE

    Source : https://en.igihe.com/news/article/rwanda-s-christelle-kwizera-wins-2020-global-citizen-prize-cisco-youth

  • Release of the U.S. Strategy to Prevent Conflict and Promote Stability #rwanda #RwOT

    America's prosperity and security depend on peaceful, self-reliant, U.S. economic and security partners.  By breaking the costly cycle of conflict and instability, the United States advances its own security.  Today, the Department of State released the U.S Strategy to Prevent Conflict and Promote Stability.  This Strategy sets forth a framework for U.S. government efforts to prevent conflict, stabilize conflict-affected areas, and address global fragility, in line with the Global Fragility Act of 2019.  The Strategy will reinforce the National Security Strategy, which commits the United States to strengthening the resilience of communities and states 'where state weakness or failure would magnify threats to the American homeland.'

    The Strategy emphasizes bilateral, multilateral, public-private, and civil society partnerships.  It elevates prevention and facilitates an integrated U.S. response.  It was developed through extensive consultations with stakeholders and partners, including civil society experts, non‑governmental organizations, government partners, and multilateral agencies.  The United States is committed to sustaining a consultative, collaborative approach throughout Strategy implementation, monitoring, and evaluation.

    Read the Strategy here.

    5

    The post Release of the U.S. Strategy to Prevent Conflict and Promote Stability appeared first on TOP AFRICA NEWS.

    Source : https://www.topafricanews.com/2020/12/21/release-of-the-u-s-strategy-to-prevent-conflict-and-promote-stability/?utm_source=rss&utm_medium=rss&utm_campaign=release-of-the-u-s-strategy-to-prevent-conflict-and-promote-stability

  • Mu gihe Tanasha yishimira umubano wa Diamond n’umuhungu we, Zari aricuza impamvu yamushyiriye abana #rwanda #RwOT

    Umuherwekazi w’umugande wibera muri Afurika y’Epfo, Zari Hassan aricuza impamvu yashyiriye Diamond abana yabyaranye muri Tanzania kumusura kuko ibyo yari yiteze sibyo yabonye, ni mu gihe Tananasha avuga ko ibintu bimeze neza.

    Ni kenshi Tanasha Donna yagiye yumvikana mu itangazamakuru avuga ko uyu mugabo nta kintu na kimwe amufasha ndetse ko nta n’icyo akeneye kuko byose abyishoboreye, kuri ubu ahamya ko nyuma y’igihe kinini yaramutereranye ubu ibintu bimeze neza arimo kwita ku muhungu we.

    Mu kiganiro yahaye Rick Media, Tanasha yavuze ko ubu Diamond arimo kugerageza kuba umubyeyi mwiza ntacyo amushinja.

    Ati'ubu arimo arishyura amashuri ye, yashyizemo imbaraga arimo kumwitaho. Nakunze ibyo arimo gukorera abana be. Arimo kugerageza kuba ahari ku bwabo. Ntewe ishema na we.'

    Ku rundi ruhande ariko Diamond na Zari ntabwo bimeze kuko urugendo rwo muri Tanzania ashyiriye abana se rwatumye bangana kurushaho.

    Mu ntangiriro z’Ugushyingo 2020, nibwo Zari yari muri Tanzania ashyiriye Diamond abana babyaranye(Tiffah na Nilan) ngo bamusure dore ko kuva muri 2018 batandukana yari atarababona.

    Inkuru dukesha ikinyamakuru Amani, ni uko uyu mugore yavuye muri Tanzania atishimye ndetse yicuza impamvu yagiyeyo kuko yari yizeye ko ari yo yari inzira nziza yo gusubirana na Diamond ariko ntibyakunda.

    Umwe wo mu muryango wa Diamond yabwiye iki kinyamakuru ko byageze aho aba bombi bashwana ari nabwo Zari yafataga umwanzuro wo gusubira muri Afurika y’Epfo.

    Ati'ruriya rugendo rwa Zari n’abana be Tiffah na Nilan yari gahunda ya Zari, kuko abana bari no kuza bonyine ariko Zari yari azi ko ari wo mwanya mwiza ko gutunanya urukundo rwe na Diamond rumaze imyaka 3 rwasinziriye.'

    'Byaje gukurura kutumvikana, Zari ashaka kumwumvisha ibyo ashaka ngo abe ariko bikorwa mu rwego rwo kurera abana babo, Diamond nawe ntabikozwe. Diamond yahisemo no kubaha cyumba cyabo(mu nzu babagamo Mbezi Beach) na we ifata icye kugira ngo adakomeza gushwana na Zari, ni nabwo Zari yafashe umwanzuro wo gusubira muri Afurika y’Epfo kuko yabonaga ntakizavamo.'

    Uku kumwicaho ngo ni uko Diamond Platnumz afite umukunzi ndetse arimo gutegura ubukwe bwabo bityo ko nta marangamutima agifitiye Zari.

    Zari yari yashyiriye abana se

    Zari ngo yavuye muri Tanzania yicuza icyahamuzanye

    Source : http://isimbi.rw/imyidagaduro/article/mu-gihe-tanasha-yishimira-umubano-wa-diamond-n-umuhungu-we-zari-aricuza-impamvu-yamushyiriye-abana

  • U Rwanda rwohereje ingabo muri Santarafurika zo kunganira izihasanzwe ziri kwibasirwa n'inyeshyamba #rwanda #RwOT

    U Rwanda rwohereje ingabo zo kurinda umutekano muri Repubulika ya Centrafrique, hashingiwe ku masezerano y'ibihugu byombi areba ibya gisikare.

    Ni mu rwego rwo guhangana n'ibitero by'inyeshyamba ziyobowe na François Bozize wigeze kuyobora iki gihugu  zigaba ku ngabo z'u Rwanda ziri mu butumwa bw'amahoro.

    RDF itangaza ko Ingabo z'u Rwanda ari na zo zizagira uruhare mu guharanira ko amatora rusange  ateganijwe ku cyumweru tariki ya 27 Ukuboza 2020 aba mu mahoro.


    Itangazo rya Minisieri y'Ingabo mu Rwanda

    Nta mubare watangajwe w'abasirikare u Rwanda rwohereje muri Centrafrique, aho rusanzwe rufite abagera kuri 750 boherejwe mu murwa mukuru Bangui mu kwezi kwa kabiri mu 2019.

    Mu kwezi kwa cumi mu 2019 Perezida w'u Rwanda Paul Kagame yagiriye uruzinduko muri Centrafrique, rwari urwa mbere agiriye muri icyo gihugu.

    Mbere yarwo, leta ya Centrafrique yari yatangaje ko rugamije 'gushimangira umubano w'ibihugu byombi' no gushyira umukono ku masezerano y'ubufatanye mu bukungu, ubucukuzi bw'amabuye y'agaciro n'ubufatanye mu bya gisirikare.

    Mu gihe gishize hari ingabo za Centrafrique zakoreye amahugurwa ya gisirikare mu Rwanda.

    U Rwanda ni igihugu cya gatatu gifite abasirikare benshi mu ngabo za ONU zagiye kubungabunga amahoro muri Centrafrique zitwa MINUSCA.

    Centrafrique ni igihugu cyakiriye Abanyarwanda benshi b'impunzi nyuma y'intambara na jenoside mu 1994, ubu habarirwa Abanyarwanda bagera mu bihumbi babayo.

    Source : https://impanuro.rw/2020/12/21/u-rwanda-rwohereje-ingabo-muri-santarafurika-zo-kunganira-izihasanzwe-ziri-kwibasirwa-ninyeshyamba/

  • #CecafaU17: Uganda na Tanzania zabonye itike y’igikombe cya Afurika #Rwanda #RwOT via @kigalitoday #rwanda #RwOT

    Ikipe ya Tanzania izwi nka Serengeti Boys yishimira kuzitabira imikino nyafurika y
    Ikipe ya Tanzania izwi nka Serengeti Boys yishimira kuzitabira imikino nyafurika y’abatarengeje imyaka 17 (AFCON U17) izabera muri Maroc

    Ni imikino ya kimwe cya kabiri yabaye kuri iki Cyumweru tariki ya 20 Ukuboza 2020 kuri Sitade Umuganda mu Karere ka Rubavu.

    Mu mukino watangiye saa sita, ikipe ya Uganda yatsinze Djibouti igitego kimwe ku busa cyatsinzwe na Oscar Mawa ku munota wa 90 w’umukino. Uyu mukinnyi yujuje ibitego bitandatu mu mikino itatu amaze gukina.

    Saa cyenda ikipe ya Tanzania izwi nka Serengeti boys yacakiranye na Ethiopia. Ni umukino Tanzania yafunguyemo amazamu ku munota wa 38 igitego cyatsinzwe na Omari Sultan Omari. Ku munota wa 71 w’umukino ikipe ya Ethiopia yatsinze igitego cyo kunganya cyatsinzwe na Makiyas Ganta, iminota 90 y’umukino yarangiye amakipe anganya igitego kimwe ku kindi.

    Nyuma y’iyi minota hitabajwe Penaliti, ikipe ya Tanzania itsinda Penaliti enye kuri eshatu za Ethiopia umukino urangira Serengeti boys berekeje muri Maroc.

    Kuri uyu wa Kabiri haraba umukino wa nyuma aho Uganda izacakirana na Tanzania mu gihe bazabanzirizwa n’umukino wo guhatanira umwanya wa Gatatu aho Ethiopia izakina na Djibouti.


    source https://www.kigalitoday.com/imikino-11/football/article/cecafau17-uganda-na-tanzania-zabonye-itike-y-igikombe-cya-afurika