Category: Uncategorized
-
Ngiye gukora umuziki utangaje mu 2021: Calvin Mbanda nyuma yo gusohora indirimbo ‘Aba People’ – VIDEO – Inyarwanda.com #rwanda #RwOT
Calvin Mbanda ni we wegukanye intsinzi mu marushanwa yo kuzamura impano yiswe 'Spark your talent', yateguwe ku bufatanye n'inzu ifasha abanyamuziki 'The Mane' na sosiyete icuruza ibyuma bya electronic, ibi akaba ari nabyo byatumwe aba umwe mu bagize itsinda ry’abahanzi bari muri The Mane Label. -
Amandine Petit yambitswe ikamba rya Miss France 2021 mu birori bititabiriwe n'abafana – Inyarwanda.com #rwanda #RwOT
Umukobwa witwa Amandine Petit w'imyaka 23 y'amavuko yambitswe ikamba rya Miss France 2021, asimbura Clémence Botino mu birori byabaye nta bafana bitabiriye bitewe no kubahiriza amabwiriza yo kwirinda icyorezo cya Covid-19 kibasiye Isi muri iki gihe gikomeje kwica ibihumbi by'abantu. -
Kigali: Byinshi ku rubyiruko rwibumbiye muri ‘Asafu Cinema’ rwiteguye kugeza Filime Nyarwanda ku rwego mpuzamahanga – Inyarwanda.com #rwanda #RwOT
Umuntu avuze ko uruganda rwa Cinema Nyarwanda ruri kugenda rutera imbere uko iminsi ishira ntiyaba yibeshye. Asafu Cinema ni itsinda rigizwe n'abantu 6 b'urubyiruko biyemeje kwishyira hamwe bagateza imbere ibyo bakunda. Batangarije INYARWANDA ko gahunda yabo ari ugukora kugeza ubwo bazaba aba mbere mu Rwanda muri Cinema. -
Ibaruwa ifunguye yandikiwe Bushali imuha ikaze mu muziki wahinduye umuvuno – Inyarwanda.com #rwanda #RwOT
Umufana wa Bushali yatugejejeho ibaruwa yamugeneye irimo amagambo y’agahinda, nk’agira ati “Iyo utaza kuyoba zahabu yawe iba irabagiranira mu mitima ya benshi agahinda ni kose ku bakunzi ba Kinyatrap isa nk’aho uwayizanye ari kugenda abura bitewe no kunywa ibiyobyabwenge”. -
Perezida Kagame yavuze ku kibazo cy’umusoro ku mutungo utimukanwa #Rwanda #RwOT via @kigalitoday #rwanda #RwOT
-
- Perezida Kagame yavuze ko icyo kibazo kigiye gusuzumwa
Yabitangaje kuri uyu wa 21 Ukuboza 2020 mu ijambo yageneye abaturarwanda akanagirana ibiganiro n’abanyamakuru ndetse n’abaturage binyuze mu buryo bw’ikoranabuhanga.
Umukuru w’Umudugudu wa Gasasa mu Kagari ka Rugando mu Murenge wa Kimihurura mu Karere ka Gasabo Niyitanga Salton avuga ko umusoro w’ubukode bw’ubutaka wiyongereye ku buryo abaturage ngo bafite impungenge zo kutabona uwo musoro bityo umutungo wabo uburiho ukaba watezwa icyamunara.
Yagize ati “Umusoro ku bukode bw’ubutaka wariyongereye wikuba inshuro nyinshi bituma abaturage benshi bagaragaza ko batazashobora kuwishyura bakaba bafite impungenge ko imitungo iri kuri ubwo butaka ishobora gutezwa cyamunara kubera kubura ubwishyu.”
Hari n’abandi baturage bamaze iminsi bagaragaza iki kibazo, harimo n’uwahisemo kubinyuza mu butumwa yanditse asaba Perezida Kagame gusuzuma ikibazo cy’imisoro ku mitungo itimukanwa.
Minisitiri w’Imari n’Igenamigambi Dr. Uzziel Ndagijimana avuga ko icyo kibazo kizwi kandi inzego kireba zirimo kugisuzuma no kugishakira igisubizo ariko na none ngo habayeho korohereza abasora ku buryo bikorwa mu byiciro kugeza ku wa 31 Werurwe 2021.
Ati “Twatangiye isuzuma ari Minisiteri y’Imari n’Igenamigambi, ari Minisiteri y’Ubutegetsi bw’Igihugu ndetse n’inzego z’ibanze, gusuzuma ikibazo ubu twarabitangiye ngo turebe icyakorwa ariko hagati aho hashyizweho uburyo bwo korohereza abasora kugera mu mpera za Werurwe 2021 kandi mu byiciro.”
Perezida wa Repubulika Paul Kagame avuga ko umusoro ujyanye n’ubukode bw’ubutaka ugomba kubaho ariko nanone hakarebwa amikoro y’abaturage ndetse n’igihugu hagashakwa igisubizo kibereye benshi ku buryo binashoboka ko habamo n’inyoroshyo.
Ati “Nagira ngo yumve ko ubutaka bugira ubukode n’umusoro ujyanye na bwo, icyo gihe umuntu agereranya ibintu byinshi akareba abantu amikoro yabo, igihugu n’impamvu uwo musoro wagiyeho noneho tugashaka igishobora kuba cyabera benshi na none ntabwo twabona igisubizo gihagije kuri buri wese ngo tuvuge ngo biramubereye ariko byo tugomba kubikurikirana tugashaka uko inyoroshyo yabaho.”
Umusoro ku mutungo utimukanwa wavuye ku mafaranga y’u Rwanda 0 kugera kuri 80 kuri metero kare imwe ugera ku mafaranga y’u Rwanda hagati ya 0 kugera kuri 300 kuri metero kare imwe.

-
-
2G, 3G, 4G Networks continue to play an important role in the safety of Rwandans during COVID 19 pandemic Time #rwanda #RwOT
2G, 3G, 4G Networks continue to play an important role in the rise of Rwanda's Economic growth while during the COVID 19 pandemic time, the use of above-mentioned networks has undoubtedly contributed to the reduction of the spread of the Coronavirus epidemic, TOP AFRICA NEWS reports
Rwandan President Paul Kagame on Monday, 21 December 2020 during a State of the Nation address announced that 4G Network has now reached 127 locations across the country.
With the modern 4G Network, it is considered to be a technology that signals a shift from voice- to the data-based transmission with high-speed in time for the onset of smartphone era and the next step forward in Rwanda.
In November 2019, Korea Telecom Rwanda Networks (KTRN) commenced the process of a network upgrade and optimization that included software and hardware upgrade along with coverage expansion in order to meet Quality of Service (QoS) demands from its customers and fill the coverage gaps experienced.
In a bid to deliver on its promise for a reliable and quality nationwide 4G network, KTRN invested more than USD 10 million in this network and system upgrade exercise and this has yielded instant good results in improving user experience on the 4G network.
'As a result of 4 G network and system upgrade, currently, KTRN possesses a more reliable network infrastructure that matches the rate of growth, meets 4G Internet demands, and increases performance to 4G full speed.' According to information retrieved from KTRN website.
With the recent upgrade and coverage expansion countrywide, KTRN is still the first telecom company in Rwanda to provide the largest network coverage with more than 98% of the population coverage.
KTRN's wide population coverage offers a huge opportunity to private companies, public institutions, and NGOs to expand their reach in the entire country, on a reliable and fast network.
The upgrade coincided with the novel COVID-19 global epidemic that saw the world shut down, but as the world was shutting down, the internet became an even more necessary essential needed at home as work and schools relocated to homes.
However, Rwandans find that there are still a lot to be done to get connected to the fastest Internet Networks as the modern communications speed increases.
This is in addition to the high cost of Internet such as 4 G based on the capacity of those who want a fast-growing network among them are predominantly young people who are very fond of knowing what is happening around the world.

President Paul Kagame presented the State of the Nation on 21st December 2020 Although President Kagame did not comment much on the 4G Network during the State of the Nation address on Monday, 21 December 2020 in Kigali, he pointed out that telecommunications technology had supported Rwanda during the COVID 19 time and this is confirmed by the way he successfully conducted an interactive session with citizens in different rural and urban areas across the country.
President Kagame said 'Due to the COVID-19 situation and the need to keep people safe, I was unfortunately unable to meet physically with many of you at the annual National Umushyikirano Council and the RPF Congress this year.'
However, President Kagame added 'Thanks to technology, we were able to have a virtual interaction this afternoon with citizens across the country and the press. It was an opportunity to highlight important issues to thank all Rwandans for your dedication and resilience in tackling domestic and global challenges'
ICT experts believe that the development of Internet communications in Rwanda, despite the high cost for some, has made a significant contribution to the safety of the citizens during the pandemic time.
It is clear that if the deployment of Networks such as 4G is successfully and wisely used, much benefits are set to arise.
For instance, Jacques Kabandana, Country Manager at Ericsson Rwanda which is heavily involved in deploying other technologies such as 2G and 3G with its partners namely MTN Rwanda and Airtel Rwanda, finds that in this hardship times of Covid19 pandemic, it is imperative to make use of the technologies available in Rwanda whether it is 2G, 3G or 4G.'By doing so, it will certainly help bridge the digital divide that we are all seeing. That would mean, more and more Rwandans will have access to Internet as a basic need but the latter are just infrastructure such as roads, electricity, etcâ¦. I would call it the first step.' He explains
'The second step will now be to stem use cases that will actually make an impact to our lives. He we think about 4G use case in agriculture sector where the technology will help you determine the amount of water needed for farming, etc⦠in the health sector whereby you can do an e-consultation, etcâ¦' Kabandana noted
'The use cases are even beyond our imagination.' He added.
By Ange de la Victoire DUSABEMUNGU
Â
8The post 2G, 3G, 4G Networks continue to play an important role in the safety of Rwandans during COVID 19 pandemic Time appeared first on TOP AFRICA NEWS.
-
The Fifth Plenary Session of the 19th CPC Central Committee brings more opportunities for China-Rwanda cooperation #rwanda #RwOT
First, the Session unveils China’s new development stage.
China now stands at a historical juncture. 2020 is the last year for the implementation of the 13th Five Year Plan (FYP). In 2021, China will embark on a new journey of building a modern socialist country in all aspects.
The Plenary Session highlighted China’s achievements in economic, scientific and composite national strength under the leadership of the CPC. The value-added output of China’s manufacturing industry has topped the world for many years and the investment in R&D ranked No. 2 in the world. China’s high-speed railway network accounts for more than two thirds of the world total. By the end of this year, China’s GDP is set to exceed 100 trillion RMB ($15.27 trillion). The development targets set in the country’s 13th FYP will be attained on schedule.
The Plenary Session pointed out that from next year, China will strive for a modern socialist country by 2049 when China celebrates its 100th centennial. During this period, we will uphold and improve the socialist system with Chinese characteristics and continue to modernize the system and capacity for governance.Second, the Session unveils China’s new development philosophy.
The most important outcome of the Fifth Plenary Session is the adoption of The Proposals of the CPC Central Committee Regarding the Formulation of the 14th Five-Year Plan (2021-2025) for National Economic and Social Development and the 2035 Long-Range Objectives. The documents set out the guiding principles, major objectives, key tasks, and major measures for China’s development during the 14th FYP period and envisage the long-range objectives of basically realizing socialist modernization by 2035.The new development philosophy embodied in the Proposals answers the question of what kind of development China should pursue in the new era and how to achieve. It articulates that efforts must be made to promote transformation in quality, efficiency and growth drivers for high-quality development, greater efficiency and more sustainability. The new development vision should be upheld throughout the whole process of development and in all sectors.
Third, the Session unveils China’s new development pattern.
The Proposals approved by the Session suggest that China should accelerate the building of the “dual circulation” growth pattern in which the domestic market will play a leading role, with international and domestic markets reinforcing each other. This new development pattern aims to meet the demand of China’s new development stage and shape the new edge in international cooperation and competition.
It should be reiterated that this new development paradigm emphasizes both domestic and international circulations, not China’s domestic circulation alone. China will participate in the international circulation in a more in-depth manner, boost higher-quality opening-up, further expand market access to foreign countries and improve outbound investment.
Fourth,the Session unveils China’s new development requirement.
'Common prosperity' is an essential requirement of socialism and a shared aspiration of all Chinese people. Just like the RPF’s 'People First' ideology, the CPC believes that development is of the people, by the people and for the people. Development outcomes shall be shared by all — no one left.
By the end of 2019, the average life expectancy of Chinese people reached 77.3 years and the rate for nine-year compulsory education was 94.8%. The issue of absolute poverty, which has beset China for millennia, will be resolved once and for all. All the goals concerning people’s livelihood in the 13th FYP will be achieved.
In the Session’s Proposals, notable and substantial progress in common prosperity is clearly marked as a long-term goal. It’s a brand new expression included in the documents of the CPC Central Committee plenary sessions for the first time. The principal contradiction in China now is the gap between unbalanced and inadequate development and people’s ever-growing aspiration for a better life. Therefore, tangible progress must be made to ensure common prosperity. Major requirements are raised in employment, income, education, culture, sports, health, elderly care, and social security. China’s modernization should be the one with Chinese characteristics for 1.4 billion people.
Fifth, the Session unveils China’s commitment to building a new type of international relations.
As we have noticed, the world is facing profound changes unseen in a century as well as the raging pandemic. Against this background, instead of solidarity and cooperation, some countries push for unilateralism, protectionism and hegemony, causing instability and insecurity to the international community. The Session’s Proposals emphasize that China will hold high the banner of peace, development and win-win cooperation with all the partners, adhere to an independent foreign policy of peace, advance external exchanges in all areas and at all levels, and promote a community with a shared future for mankind.
China is firmly committed to the path of peaceful development. It never seeks expansion or sphere of influence, let alone start so-called 'new cold war' or 'neocolonialism'. In this regard, our Rwandan and African friends have the say.
During the past decades, China and Africa have enjoyed profound, long-standing friendship, no matter in the struggles for national liberation and independence, or in the endeavors of pursuing social and economic development. China and African countries have demonstrated a partnership of mutual respect and support, as well as an example of promoting global peace, stability and development. China calls for the respect for other countries’ choices of development paths and models.
China insists on a multilateral approach in global affairs. We will uphold the international system with the United Nations at its core, the international order based on international law and the multilateral trade system with the WTO at its center. China also advocates the building of a global community of health for all.
During the past three years and ten months as the Chinese ambassador to Rwanda, I’m honored to be a witness,a participant and a promoter of China-Rwanda friendly cooperation and exchanges. In the 14th Five-Year Plan period and beyond, China will bring more opportunities for China-Rwanda cooperation. To this end, I would like to make three proposals.
First, we should strengthen mutual learning and exchanges for a better bilateral relationship.
Both China and Rwanda agree that making national development plans is the major way to translate version into reality. Only by upholding a strong leadership throughout formulation and implementation, can national development plans be on the right track. We should further step up exchanges and cooperation in pursuit of a new type of bilateral relations which seeks to expand common ground while reserving differences and enhances mutual respect, trust and understanding.
Second, we should dovetail China’s 14th FYP, Rwanda’s 2050 Version and development strategies for win-win results.
The Session not only provides strong driving forces for China’s growth, but also can boost the confidence of Rwanda’s economic recovery. China will be a major powerhouse for global growth in the post-pandemic era. With a population of 1.4 billion and a middle-income group of 400 million, the Chinese market is considered the most promising and probably will become No.1 in the world very soon. Besides, China’s “dual circulation” development pattern will guarantee a more efficient connection and sharing of production factors and resources among cooperative partners. Rwanda’s success story on e-WTP has been a good example. Last May, at an online promotion event organized by Alibaba Group and the Rwandan embassy in China, 3,000 bags of Rwandan coffee beans, totaling 1.5 metric tons, were sold out in less than a minute. Rwandan farmers now can earn an additional $4 per kilo by selling directly to Chinese consumers through this platform.
On Sept 28, the eighth session of the Rwanda-China Joint Committee on Economic, Technical and Trade was successfully held. This session was the first such meeting held under a trade and economic mechanism between China and an African country since the Covid-19 outbreak began. Last month, Rwanda actively participated in the Third China International Import Expo (CIIE) and the City of Kigali inked a MoU with Yiwu City of Zhejiang province to enhance cooperation in areas of tourism, trade, science and technology among others. I’m sure these platforms will contribute to Rwanda’s sustainable development and broad prosperity.
As China enhances the high-quality development and innovation during the 14th FYP period, new technologies, new industries, new models and new forms of business can lend more impetus to Rwanda’s sustained growth and economic transformation. More cooperative projects are expected in infrastructure, manufacture, agriculture and ICT sectors.
Third, we should become defenders of independent development, contributors to the global peace development, and upholders of international order.
It’s proved that sound guiding principles must be combined with true understanding of a country’s history, cultural traditions, national conditions and the call of the times. Only in this way can a government translate its blueprint into reality. After all, no others can understand our nations better than ourselves. No others can offer better solutions to our issues than our own people. The successful practices of Rwanda and China can serve as the reference to all developing countries in their pursuit of independent progress.
In the wake of the outbreak of Covid-19, China and Rwanda, together with other African countries, held a Special China-Africa Summit on Joint Fight against Covid-19 by video, which has played an important role in garnering people’s support and pooling people’s strength to fight the pandemic. With the same version and spirit, we should work together for the improvement and update of global governance system, mitigating inequalities in rights, opportunities and rules. We should adhere to the principle of extensive consultation and contribution for shared results. We should promote multilateralism and jointly respond to global challenges. We should build a better world with lasting peace and common prosperity.
RAO Hongwei Ambassador Extraordinary and Plenipotentiary of the People’s Republic of China to the Republic of Rwanda
RAO Hongwei Ambassador Extraordinary and Plenipotentiary of the People’s Republic of China to the Republic of Rwanda.RAO Hongwei
-
COVID-19: African Development Bank unveils Top 20 AfricavsVirus winners #rwanda #RwOT
African Development Bank unveils Top 20 AfricavsVirus winners in virtual event
More than 25,000 participants from Africa and around the world pitched their ideas during a 72-hour ideathon
ABIDJAN, Ivory Coast, December 21, 2020/ ┠The African Development Bank (www.AfDB.org) has announced 20 finalists of the AfricavsVirus Challenge (https://AfricaVsVirus.com) who will receive a grant of up to $20,000 as well as access to business development and other in-kind services.
The Top 20 Winners, announced during a virtual event held Friday, have been selected from a shortlist of a hundred applicants who pitched ideas for innovative solutions to the health and economic challenges presented by the COVID-19 pandemic.
The 20 winning solutions, including a distance learning device from Cameroon, digital business training from Uganda, color-coded soap from Nigeria and digitally-encoded health records in Senegal, are designed to tackle education, economic and health challenges arising from the pandemic.
'The AfricavsVirus Challenge highlighted a diverse capacity for creativity and innovation. It is a direct reflection of how young people are creating tangible opportunities despite facing the adversity of quickly changing and unprecedented times,' said Martha T.M. Phiri, the Bank's Director of Human Capital, Youth and Skills Development during the event.
More than 25,000 participants from Africa and around the world pitched their ideas during a 72-hour ideathon that the Bank's Innovation and Entrepreneurship Lab hosted in partnership with the Youth Entrepreneurship and Innovation Multi-Donor Trust Fund in April. The top 20 entrants and their solutions were chosen according to  the relevance and impact of each solution, proposed implementation and the qualifications of team members.
'Joining AfricavsVirus was an opportunity to work with a global team to find solutions that were unique to the African perspective. Since the challenge we have been able to gain additional support from government stakeholders and start conversations on the need for more public-private partnerships,' said Tizzita Tefera, a Top 20 Winner who participated in the virtual event. Tefera's team, Maisha Technology, has developed a solution that uses affordable drones to deliver COVID-19 test kits to rural health centers in Ethiopia.
The AfricavsVirus Challenge is part of the Bank's continent-wide response to the COVID-19 pandemic that includes an up to $10 billion COVID-19 Response Facility (http://bit.ly/3paMU2N) to help countries tackle the health and economic impacts of the crisis.
The initiative was funded by the Bank's Fund for African Private Sector Assistance, Youth Entrepreneurship and Innovation Multi-donor Trust Funds (YEI MDTF) and received direct support from the government of Switzerland and the European Commission through the Innovation and Entrepreneurship Lab (IEL). Both YEI MDTF and IEL are programs of the Bank's Jobs for Youth in Africa Strategy, which aims to create 25 million direct and indirect jobs over the next decade and uplift the lives of 50 million young people.
To learn more about AfricavsVirus and the Top 20 Winners visit www.AfricaVsVirus.com
TOP 20 WINNERS
AbegYa (Cameroon)
Acadasuite (Nigeria)
Ada Selli Passeport Santé Senvitale (Senegal)
Affordable RE (Nigeria)
BD Waste (Ghana)
Diginue Technology (Nigeria)
Drcloud (Nigeria)
ECOGEN (Malawi)
Enarmour3D (Kenya)
Fahs (Algeria)
Fundi App (Tanzania)
Jalule (Uganda)
L'earnerApp (Kenya)
LyfPlus Limited (Tanzania)
Lync Systems (Malawi)
Maisha Technology (Ethiopia)
OHMNI (Cameroon)
SAFETYassured (Nigeria)
S-Band Face Shields (Nigeria)
Uzima Health (Kenya)
42The post COVID-19: African Development Bank unveils Top 20 AfricavsVirus winners appeared first on TOP AFRICA NEWS.
-
U Rwanda rushobora kuba mu bihugu bya mbere bizahabwa urukingo rwa Covid-19 muri Afurika #Rwanda #RwOT via @kigalitoday #rwanda #RwOT

Yabigarutseho kuri uyu wa Mbere tariki 21 Ukuboza 2020, ubwo yagezaga ku Banyarwanda uko u Rwanda ruhagaze, akaba yaboneyeho no kuganira n’abanyamakuru ndetse n’abaturage bahagarariye abandi hirya no hino mu gihugu hifashishijwe ikoranabuhanga.
Ku bijyanye n’icyorezo cya Covid-19, Perezida Kagame yatangiye asobanura uko icyorezo gihagaze n’ingamba zitandukanye zashyizweho zo kugikumira ariko kandi hanarebwa uko ubukungu bw’igihugu butakomeza kuzahara, anakomoza ku kuba urukingo rwatangiye gutangwa mu bihugu by’amahanga rwagera mu Rwanda.
Yagize ati “Inkingo zarasohotse ariko ibihugu bikomeye mu Burayi na Amerika bihita bizigura ku buryo ibindi bihugu kugira ngo bizibone birakomeye. Ariko biciye muri Covax kuko ishaka uko urukingo rwazagera no mu bindi bihugu nk’ibya Afurika, Aziya n’ahandi, tuzarubona kuko si ibihugu bikomeye gusa bigomba kurubona”.
Ati “Dufite amahirwe nk’u Rwanda, turakorana n’ibyo bihugu na Covax ndetse bitewe n’uko twabyitwayemo neza mu gukumira icyorezo, bigatuma bavuga bati aba bantu birwanyeho bagakora ibintu neza, mu bo dukwiye kwibuka ba mbere reka dushyiremo n’u Rwanda. Ngira ngo muri Afurika tuzaba mu ba mbere bazabona urukingo, ndizera ko mu mezi nk’atatu ya mbere ya 2021 byatinda bikagera muri Kamena, urukingo tuzaba twarubonye rwaramira bamwe”.
Yongeraho ko kuba anafite inshingano zo gukurikirana iby’ubuzima muri Afurika bishobora kuba andi mahirwe y’uko urukingo rwaboneka bidatinze.
Ati “Abanyafurika banshinze gukurikirana iby’ubuzima muri Afurika yose, ibihugu bikabona amafaranga cyangwa no kuyashaka hanze kugira ngo ubuzima bube bwiza ndetse no kubona izo nkingo birimo. Mfite iyo nshingano rero yo kubikurikirana muri Afurika, urumva rero ko ‘ijya kurisha ihera hafi y’urugo’, tuzakora ibishoboka byose ngo turebe ko twabigeraho”.
Perezida Kagame yavuze kandi ko icyorezo cya Covid-19 kigenda gihindura isura kuko mu minsi ishize cyigeze kugabanuka cyane ariko noneho muri iyi minsi kikaba cyiyongereye haba mu Rwanda ndetse no hanze yarwo, ku birebana n’u Rwanda akagaruka ku mpamvu ebyiri abona ari zo zatumye cyiyongera.
Ati “Muri ibi bihe rero imibare yaturuse kubera impamvu ebyiri, twongeye kurekura kugira ngo ubuzima burusheho kumera neza kuko n’amashuri yarafunguwe. Ikindi ni uko hanze bisa n’aho ibintu byacitse kuko byongeye kuzamuka ku buryo basubiye muri Guma mu rugo ikaze, twe turacyafunguye n’indege ziraza izindi zikagenda bigatuma imibare yiyongera ndetse ikagera no mu byaro”.
Ati “Mu baturanyi na ho hari abantu benshi bambuka imipaka twabapima tugasanga umubare utari muto baranduye. Abava hanze hari abaza bafite inyandiko zerekana ko bipimishije kuko tubisaba, zikerekana ko ari bazima ariko twabapima tugasanga baranduye, ni ikibazo cyongeye rero gusa n’ikizamuka kidusaba ko twongera gufata ingamba zindi cyangwa ziyongera ku zisanzwe”.
Akomeza yibutsa abantu kubahiriza ingamba zo kwirinda zirimo kwambara neza udupfukamunwa, guhana intera, gukaraba kenshi ndetse bakirinda kujya ahahurira abantu benshi nko kwizihiza iminsi mikuru kuko biri mu bikwirakwiza icyorezo.

-
Ntiwagira icyo uhindura ku rurimi rw’Abanyarwanda utababajije – Hon Bamporiki #Rwanda #RwOT via @kigalitoday #rwanda #RwOT
-
- Hon Bamporiki
Yabigarutseho ku wa 20 Ukuboza 2020, ubwo we n’abo bari bafatanyije mu kiganiro kuri RBA, basobanuraga impinduka zigiye kuba mu myandikire y’Ikinyarwanda, nyuma y’izaherukaga muri 2014, byinshi mu byari byarahindutse bikaba byongeye gusubira uko byahoze.
Hon Bamporiki avuga ko ubushakashatsi bwakozwe haba izo mpinduka zo muri 2014 butitaye ku bene rurimi ari bo Banyarwanda, bituma impinduka zabayeho ndetse zinatangazwa n’urwego rubishinzwe zidakurikizwa, ari yo mpamvu byasubiwemo.
Agira ati “Ikibazo cyabayeho gikomeye cyane ni uko abashakashatsi bategereye abene rurimi ngo babasobanurire izo mpinduka bityo bamenye ko ntaho baba batakoze uko bikwiye. Ikindi cyirengagijwe ni uko ubushakashatsi burangiye, ababukoze batashatse izindi ntiti mu rurimi ngo bazigaragarize ibyavuyemo mbere y’uko busohoka”.
Ati “Kuva kuri ba sogokuruza, Ikinyarwanda ni rwo rurimi rwonyine Abanyarwanda twarazwe ku buryo ntawe wagira icyo aruhinduraho atababajije. Iyo rero hirengagijwe benerwo biteza ingorane, amabwiriza ya 2014 yarasohotse ajya mu mashuri bariga, ariko mu nzego z’imirimo ndetse na Minisiteri y’Umuco yayatangaje abayikoramo ntibigeze bayubahiriza, mu bitangazamakuru n’ahandi na ho ntiyubahirijwe”.
Muri ayo mabwiriza ya 2014 agiye guhinduka, ibyateje impaka binavugwa cyane mu itangazamakuru, ni nko ku gihekane -jy- hari aho cyahindukaga -g- cyangwa igihekane -cy- kigahinduka -k-, urugero: Amajyepfo bikaba Amagepfo, igitabo cyanjye bikaba igitabo cyange.
Aho ngo abashakashatsi bazanye izo mpinduka ntabwo bitaye ku ‘kamenyero’ mu rurimi, nk’uko Umuyobozi mukuru wungirije mu nteko y’Ururimi n’Umuco, Jean Claude Uwiringiyimana abisobanura.
-
- Uwiringiyimana Jean Claude
Ati “Buri gihe impinduka mu rurimi zigira impamvu, niba abantu bandika Amajyepfo kimwe, kuki wowe ushaka kubihindura! Ariko nk’iyo umwe yandika umwalimu undi akandika umwarimu (l-r), uramusobanurira akamenya guhitamo. Amabwiriza ya 2014 rero yirengagije amabwiriza y’impuzanyandiko, ikintu niba abantu bacyandika kimwe nubwo nk’umushakashatsi wabona ko ari ikosa gihita gihinduka ukuri kuko ururimi ni urw’abenegihugu”.
Ati “Muri ayo mabwiriza ubundi akamenyero kagombaga kwitabwaho, ariko abashakashatsi bakagasobanura hakamenyekana icyagateye. Ikindi cyirengagijwe ni uko hari ihame rivuga ko ibintu bivugwa kimwe byandikwa kimwe, iyo bitavugwa kimwe ntibyandikwa kimwe, kandi umushakashatsi mu iyigandimi ntategeka ibyo Abanyarwanda bavuga ahubwo areba impamvu bavuga gutyo, akamenya kuki bavuga ‘intsinzi batavuga insinzi”.
Abo bayobozi bombi icyo bahurizaho ni uko ubuhanga mu myandikire y’Ikinyarwanda bwagombye kugenda busobanurirwa Abanyarwanda buhoro buhoro, kuko akenshi ngo ubushakashatsi bwihutishijwe budakunda gutanga umusaruro mwiza, ari yo mpamvu ibyo Abanyarwanda batishimiye muri izo mpinduka za 2014 bagaragaje ko batabyemeye bituma batabikurikiza.
Ikindi ngo kuba baravugaga ko bashakaga koroshya imyandikire y’Ikinyarwanda kuko ngo harimo ibihekane bigoye, ngo si byo kuko iyo bikomeye ari iby’Abanyarwanda birimo n’intekerezo nzima ntawe binanira, ngo byaba ari ubutesi kandi ntawabatumye guteta.
Ku kibazo cy’igihombo cyatejwe n’izo mpinduka mu myaka itandatu zimaze, aho hari ibitabo byinshi Leta yacapishije bikajya mu mashuri, Minisitiri Bamporiki avuga ko hazarebwa uko amakosa yakozwe bikurikiranwe.
Ati “Mu bantu benshi twaganiriye kuri byinshi, twageze no kuri icyo gihombo kinini kubera amafaranga menshi yagiye ku bitabo by’amashuri, gusa ni igihombo gito ugereranyije n’ikiri mu kugira abantu bafite ingorane mu rurimi rwabo batejwe n’ababo. Ibyo rero birakurikiranwa kuko mu Rwanda iyo umuntu yateje igihombo birakurikiranwa basanga yarabikoze ku mpamvu ze cyangwa ku makosa, hagatangwa ibihano bitandukanye”.
Abantu mu nzego zinyuranye batanze ibitekerezo kuri izo mpinduka zongeye kuba, bose bahuriza ku kuba zari zikenewe, hakagaruka ibyahozeho kuko ibindi byatezaga urujijo, cyane ko abana mu mashuri ari bo babyigaga bagera hanze bakahasanga ibitandukanye.

-


