Author: webrwanda

  • Nigeria: Ibyamamare 5 byapfuye mu gihe barimo kubyara. #rwanda #RwOT

    Imwe mu mpfu zibabaza cyane mu basigaye ni impfu z’ababyeyi .Abagore bamwe na bamwe bahura ni bizazane mbere yigihe cyagenwe cyangwa nyuma yo kubyara kubera ibibazo. Hano hari amafoto ya bimwe mu byamamare byo muri Nigeria bapfuye mugihe barimo kubyara.

    1. Moji Olaiya

    Amakuru yaje kuvugwa ko umukinnyi wa Nollywood Moji yapfiriye muri Canada Gicurasi 2017 .Nyuma yo kuvuka k’umwana we.

    1. Modupe Oyekunle

    Umukinnyi wa filime wa Nollywood Modupe na we yapfiriye mu cyumba mu gihe yari mu gihe cyo kubyara umwana we wa 3. Yapfuye mu 2017 ku ya 4 Mata.

    1. Chiamaka Icyubahiro De Freitas

    Chiamaka yashakanye n’umunyaportigale mbere yuko apfa. Yashyingiwe mu 2016, yitaba Imana mu gihe cyo kubyara umwana we wa mbere muri Werurwe 2017. Yapfuye azize ibibazo nyuma yo kubyara.

    1. Olabisi Monsurat

    Olabisi yari producer wa firime ukomoka i Lagos nanone witwa Bisket. Yitabye Imana ku ya 30 Werurwe 2019; iminsi icumi nyuma yo guha ikaze umwana we. Yapfuye afite imyaka 47 nyuma yo kugerageza gusama umwana we wa 6.

    1. Bisi Komolafe

    Bisi kandi yapfuye mu mwaka wa 2012 ubwo yari atwite umwana. Yari umukinnyi wa filime, umuyobozi wa firime na producer. Yapfuye azize ibibazo bimwe na bimwe atwite.

    Src ghgossip.com

    source https://www.hillywood.rw/?p=74430

  • Gasabo: Abagore bo muri FPR Inkotanyi baremeye abatishoboye, babagenera ubutumwa bwo kwibohora #rwanda #RwOT

    Urugaga rw’Abagore rushamikiye ku Muryango FPR Inkotanyi n’Inama y’Igihugu y’Abagore, CNF, ku rwego rw’Akarere ka Gasabo baremeye abagore bagizweho ingaruka n’Icyorezo cya COVID-19 bo mu Murenge wa Gikomero babagezaho n’ubutumwa bwo Kwibohora.

    source https://igihe.com/amakuru/u-rwanda/article/gasabo-abagore-bo-muri-fpr-inkotanyi-baremeye-abatishoboye-babagenera-ubutumwa

  • Umuhanzikazi ufite impano yo kuririmba neza cyane mucyongereza Addy Mica yashyize hanze amashusho y’indirimbo ya mbere yise ‘Damn You’-VIDEO #rwanda #RwOT

    Mu kiganiro kigufi yahaye Hillwoodstar ubwo yatugezagaho amashusho y’indirimbo yenshya,”Damn you” yatubwiye ko impamvu yo guhimba iyi ndirimbo ari ukubera ko hari abantu bishushanya murukundo nyamara amarangamutima yabo atandukanye kure cyane nibibarimo imbere.

    Twagize amatsiko yo kumenya ese ijambo Damn you yise indirimbo ye risobanuye iki?
    Mucyongereza cyinshi ati yeeeaaah it means damn. Like to pretend someone ukaba uzi ngo umukunzi wawe muri kumwe nyamara hari undi bari kumwe. Mu Kinyarwanda ni nko kuba wavumbuye ko umukunzi wawe yarakwihishemo.

    Twamubajije ku mpamvu atigeze agaragara mu mashusho y’indirimbo ye atubwira ko ikigenzi ari uko abanyarwanda babona ubutumwa yashatse gutanga bukubiye mu mashusho y’indirimbo kuruta uko we yagaragara.
    Twagerageje ku mubaza ko hari ibindi bikorwa yaba afite imbere niba ateganya kuzagaragara abanyarwanda bakarushaho ku mu menya cyane ko Addy Mica ari n’umukobwa ufite ubwiza karemano kandi ucishije make cyane.
    Yadusubije ko hari ibindi bikorwa byinshi bafite imbere, afatanyije n’inzu itunganya ibihangano bye (Success Music Entertainment) abarizwamo bazareba ibikwiriye akaba aribyo bageza ku bakunzi b’umuziki nyarwanda.

    iyi ndirimbo mu buryo bw’amajwi n’amashusho byakozwe na Producer Teric muri Success
    Record.

    source https://www.hillywood.rw/?p=74425

  • Kagame Donates 589 Bicycles To Village Leaders In Appreciation For Their Support To Security #rwanda #RwOT

    President Paul Kagame and the Commander in Chief (C-in-C) of Rwanda Defence Force (RDF) has donated 589 bicycles to village leaders of the 18 sectors surrounding Nyungwe forest.

    This was done as a token of appreciation for the exemplary work done last year when armed elements from neighboring countries bordering the forest made several attempts to kill innocent lives and destroy their properties, but security forces in collaboration with local leaders and local communities defeated them.

    On behalf of RDF leadership, the area Senior Commanders handed over the bicycles to the village leaders in Nyaruguru, Karongi, Nyamasheke, and Rusizi Districts, thanked them for their brave acts that contributed to bringing security in their communities.

    “The collaboration between security organs, village leaders and residents in general has proved that we are united and ready to defeat any enemy trying to destabilise our country. We commend your understanding that owning,  protecting our country’s safety and security is a pillar for its development” one area Senior Commander said.

    Nubahimana Emmanuel, Nyacyondo Village leader in Ruheru Sector said, “The bicycles are a motivation for us to deliver even more and continue our close collaboration with our security organs to protect our country.”

    Last year saw a number of sporadic attacks by armed groups in areas of Western and Southern provinces that targeted civilians and their properties. A similar incident occurred last week when unidentified armed men attacked RDF Position in Ruheru- Nyaruguru District with the intention to kill civilians in Yanza IDP Model Village.

    The armed groups were neutralized, thanks to the vigilance of RDF, other security organs, and most importantly thanks to the cooperation of the local population and their leaders.

    source https://taarifa.rw/kagame-donates-589-bicycles-to-village-leaders-in-appreciation-for-their-support-to-security/

  • Abasura Pariki z’Igihugu bagiye kujya babanza gupimwa COVID-19 #rwanda #RwOT

    Ikigo cy’Igihugu cy’Iterambere (RDB) cyatangaje ko abashaka gusura Pariki z’Igihugu bagiye kujya babanza gusuzumwa COVID-19, ikiguzi cyo gupimwa kikazajya cyishyurwa ku mafaranga atangwa n’uwasabye gusura mbere y’igihe.

    source https://igihe.com/ubukerarugendo/article/abasura-pariki-z-igihugu-bagiye-kujya-babanza-gupimwa-covid-19

  • Perezida Putin yahawe uburenganzira bwo gutegeka kugeza muri 2036 #rwanda #RwOT

    Hamaze kubarurwa 98% by’amajwi, 78% yayo ashyigikiye kuvugurura itegekonshinga nk’uko komisiyo y’amatora ibivuga.

    Amavugurura azasubiza kuri zeru manda za Bwana Putin mu 2024, bimwemerere kuba yakongera kwiyamamariza izindi manda ebyiri z’imyaka itandatu.

    Abatavuga rumwe n’ubutegetsi bamaganye ibyavuye mu matora bavuga ko Putin ashaka kuba “Perezida iteka”, ibyo we ahakana.

    Nta ndorerezi zigenga zari muri aya matora yamaze iminsi irindwi, ndetse kopi z’itegekonshinga rishya zabonetse mu maguriro y’ibitabo muri icyo cyumweru cy’amatora.

    Alexei Navalny unenga ubutegetsi bwa Kremlin avuga ko ibyavuye mu matora ari “ikinyoma gikomeye” kitagaragaza ugushaka kw’abatuye igihugu.

    Ibyavuye mu matora by’agateganyo byatangajwe mbere y’uko ibiro by’itora bya nyuma bifunga saa kumi n’ebyiri ku isaha ngengamasaha ya GMT, muri iki gihugu kigari gifite imirongo miganda 11 y’amasaha (time zones).

    Amatora yatangiye mu cyumweru gishize mu Burusiya, komisiyo iyashinzwe ivuga ko yitabiriwe ku kigero cya 64%.

    Hari abantu amagana bakoze imyigaragambyo mu mijyi ya Moscow na St Petersburg bamagana impinduka zishaka gukorwa mu itegekonshinga.

    Abo ku ruhande rushyigikiye Bwana Putin, bo bavuga ko izi mpinduka – zigera kuri 200 zose hamwe – zikenewe ngo igihugu gukomeze gukomera.

    Putin w’imyaka 67, ntabwo aratangaza niba azongera akiyamamaza manda ye – yari kuba ari iya nyuma – nirangira mu 2024, gusa yavuze ko ari ingenzi kuba afite ayo mahitamo.

    Putin amaze imyaka 20 mu butegetsi bw’Uburusiya, nka Perezida cyangwa nka Minisitiri w’intebe.

    Mu bindi byavuguruwe mu itegeko rikuru ry’Uburusiya harimo kubuza abahuje igitsina gushyingirwa no kuvuga ko Uburusiya “bufite icyizere mu Mana”.

    Ibyumba byombi by’inteko ishingamategeko y’Uburusiya byamaze kwemera izo mpinduka ariko Bwana Putin yategetse ko n’abaturage batora kugira ngo byemerwe n’amategeko.
    http://dlvr.it/RZpr9f

  • Nyanza : Miliyoni 150 zashowe mu guhangana na coronavirus yadindije imishinga y’iterambere #rwanda #RwOT

    Yabitangarije mu kiganiro yagiranye n’abanyamakuru kuri uyu wa 2 Nyakanga 2020, ikiganiro cyabaye nyuma y’iminsi ibiri hasojwe umwaka w’ingengo y’imari 2019/2020.

    Mu kwezi kwa 3 uyu mwaka nibwo icyorezo cya covid-19 cyageze mu Rwanda, ibikorwa bimwe biradindira.

    Meya Ntazinda yavuze ko abafatanyabikorwa b’akarere bakusanyije amafaranga y’u Rwanda arenga miliyoni 150 ashorwa mu bikorwa byo guhangana na covid-19.

    Ati “Ahanini yagiye mu gufasha imiryango yagezweho n’ingaruka zitaziguye muri gahunda ya guma mu rugo, andi yagiye mu kubaka ubukarabiro, gutanga amasabune n’ibikoresho by’isuku ku miryango itishoboye”.

    Iki cyorezo cyadindije imishinga y’akarere

    Umushinga wo kugeza amashanyarazi mu murenge wa Cyabakamyi warandidiye. Amashanyarazi yagombaga kuba yagezeyo mu mwaka ushize w’ingengo y’imari ariko kubera iki cyorezo kugeza ubu ntabwo amashanyarazi arageraho kuko ibikoresho byagombaga kuva mu Bushinwa.
    Meya Ntazinda ati “Ubu imirimo yongeye gusubukurwa, amapoto yamaze gushingwa mu minsi iri imbere abaturage ba mbere bazaba bacana”.

    Icyorezo cya covid-19 cyahagaritswe urugerero ruciye ingando kandi izi ni imbaraga zakoreshwaga mu guhindura imyumvire no kubaka ibikorwaremezo n’amazu y’abatishoboye.

    Umushinga wo kubaka agakiriro nawo wadindijwe na covid-19 kuko wari warahagaze kuri ubu wongeye gusubukura mu kwezi kwa 5, agakiriro karuzuye ariko ntabwo kuzuriye igihe.

    Indi mishanga yadindijwe na covid-19 harimo kubaka ibyumba birenga 600 by’amashuri, kubaka ubuhunikiro n’ indi mishinga irimo kugura imbagungukira, yabonetse mu mpera za Kamena kandi yaragombaga kuboneka muri Gicurasi.

    Ntazinda avuga ko ikintu kitagizweho ingaruka zikomeye na covid-19 ari ubuhinzi
    http://dlvr.it/RZprDR

  • Minisanté yiyemeje gupima abantu 5000 mu gusuzuma ubukana bwa Coronavirus muri Kigali #rwanda #RwOT

    Minisiteri y’Ubuzima yatangiye gahunda yo gupima abantu ibasanze mu nzira, hagamijwe kureba ubukana icyorezo cya COVID-19 gihagazeho muri Kigali, nyuma y’uko imibare y’abanduye ikomeje kwiyongera ndetse hari uduce tumwe tw’Umujyi twashyizwe muri gahunda ya Guma mu Rugo.
    http://dlvr.it/RZprFR

  • USA : Umubare W’ abicwa na Corona wagabanyutse mu buryo bugaragara #RwOT #Rwanda #WebRwanda

    Ikigo gishinzwe kugenzura ikwirakwiza z’indwara z’andura muri America uratangaza ko umubare w’abari guhitanwa n’inrwara ya COVID-19 Wagabunyutse mu buryo bugaragara muri icyo Gihugu. Ibi bikaba byakomejwe gushimangirwa na Donald Trump, aho yavuze ati, “Impamvu dufite abanduye benshi ni uko twapimye benshi, gusa abahitanwa n’iycorezo cya Corona Virusi yaturutse mu bushinwa bakomeje kugabanyuka.

    Source : Twitter