Author: webrwanda
-
Abiyomoye kuri RNC bashinze irindi shyaka mu kwihimura kuri Kayumba #rwanda #RwOT
Uguhuzagurika muri RNC kurakomeje umunsi ku wundi. Nyuma y’uko bamwe mu bari abayobozi bayo b’imena batangiye kuyivamo umwe ku wundi bagashinga amashyaka yabo, ubu igice kiyobowe na Jean Paul Turayishimiye wahoze ari umuntu wa hafi wa Kayumba Nyamwasa, cyashinze umutwe witwa Rwanda Alliance for Change (RAC). -
Patrick Nyamitari na Bill Ruzima bafashije Mani Martin mu gitaramo cya Iwacu Muzika Festival #rwanda #RwOT
Umuhanzi Mani Martin yasusurukije abakurikiranye iserukiramuco rya Iwacu Muzika kuri Televiziyo Rwanda, mu ndirimbo ze uhereye ku za kera, aho yafashwaga na Patrick Nyamitari ndetse na Bill Ruzima bombi bazwiho ubuhanga mu kugorora ijwi. -
Bwa mbere, Trump yagaragaye mu ruhame yambaye agapfukamunwa #rwanda #RwOT
Perezida wa Leta Zunze Ubumwe za Amerika, Donald Trump, yagaragaye mu ruhame ku nshuro ya mbere yambaye agapfukamunwa kuva icyorezo cya Coronavirus cyatangira kwigasira Isi. -
Rayon Sports yasabwe kwishyura ibihumbi 650 muri miliyoni zirenga 18 zifuzwaga na Runanira Amza #rwanda #RwOT

Akanama nkemurampaka ka FERWAFA, kasabye Rayon Sports kwishyura myugariro Runanira Amza amafaranga y’u Rwanda ibihumbi 650 muri miliyoni zirenga 18 yari yasabye kubera kumwirukana binyuranyije n’amategeko.
Muri Kamena 2019 ni bwo Runira Amza yasinyiye Rayon Sports amasezerano y’imyaka 4 avuye muri Marines FC, muri Gashyantare uyu mwaka iyi kipe yaje kumwirukana imuziza amakosa yakoze yanahanwa ntakore ibihano yahawe.
Runanira Amza uhagarariwe na Me Uwineza Neema, tariki ya 2 Kamena 2020 ni bwo yatanze ikirego arega Rayon Sports kumwirukana binyuranyije n’amatregeko, aka kanama kakaba karahuje impande zombi tarki ya 18 Kamena.
Uyu musore akaba yarasabaga kwishyurwa miliyoni 18.4 (18 475 000frw) arimo umushahara w’amezi 40 yari asigaje muri iyi kipe, imishahara y’amezi 2 atahawe, indishyi yo kwirukanwa binyuranyije n’amategeko n’igihembo cy’Avoka.
Perezida wa Rayon Sports wari uhagarariye iyi kipe, yavuze ko uyu mukinnyi yafatiwe ibihano n’ikipe kubera imyitwarire ye mibi, aho yaje koherezwa gukorera imyitozo mu bato b’iyi kipe ariko n’ubundi agakomeza kwitwara nabi, yanasabwa ibisobanuro ntabitange.
Ku kijyanye n’imishahara n’uduhimbazamusyi yasabye ko bamuha umwanya akabanza akabaza ababishizwe ko atabibonye, ari nabwo yaje kwemeza ko ari byo koko ariko agahimbazamushyi kakaba ari ibihumbi 50 aho kuba 75 kuko umukino ari ibihumbi 25.
Me Uwineza Neema wunganira Amza yavuze ko aho bamwohereje gukorera imyitozo mu bato b’iyi kipe yayikoraga ko yasibye kubera imvune yagize ndetse abimenyesha n’umuganga mukuru wa Rayon Sports, yerekanye n’impapuro yivurijeho muri CHUK.
Nyuma yo kumva impande zombi, tariki ya 2 Nyakanga aka kanama kafashe umwanzuro maze kemeza ko icyemezo Rayon Sports yafashe cyo gukata uyu musore 1/3 cy’umushahara we nta shingiro gifite hagendewe ku masezerano bafitanye.
Kanzuye kandi ko imishara y’amezi 40 n’igihembo cy’umwunganira mu mategeko Amza yifuzaga nta shingiro bifite ahubwo ko Rayon Sports igomba kumwishyura amezi 2 y’umushahara yari imurimo(Mutarama na Gashyantare) ahwanye n’ibihumbi 600 ndetse n’agahimbazamusyi nk’ibihumbi 50 byose hamwe bikaba ibihumbi 650.
Amza agomba kwishyurwa ibihumbi 600 muri miliyoni 18 yari yasabye -
Water dispenser ikirishyashya isohora amazi asanzwe nashyushye yagukorera nicyacyi cg ikindi icyari cyose yagushyuhuriza namata yu mwana nibyishi ufite 35000/ mpamagara 0782819118 DUBAI PORT MASAKA #rwanda #RwOT
Water dispenser ikirishyashya isohora amazi asanzwe nashyushye yagukorera nicyacyi cg ikindi icyari cyose yagushyuhuriza namata yu mwana nibyishi ufite 35000/ mpamagara 0782819118 DUBAI PORT MASAKA



(Feed generated with FetchRSS)
-
A post from La Ru #rwanda #RwOT
-
Water dispenser ikirishyashya isohora amazi asanzwe nashyushye yagukorera nicyacyi cg ikindi icyari cyose yagushyuhuriza namata yu mwana nibyishi ufite 35000/ mpamagara 0782819118 DUBAI PORT MASAKA #rwanda #RwOT
Water dispenser ikirishyashya isohora amazi asanzwe nashyushye yagukorera nicyacyi cg ikindi icyari cyose yagushyuhuriza namata yu mwana nibyishi ufite 35000/ mpamagara 0782819118 DUBAI PORT MASAKA



(Feed generated with FetchRSS)
-
House for rent with furniture 11 bedroom s 10 bedroom s swimming pool parking garden call+250788336989 #rwanda #RwOT
House for rent with furniture 11 bedroom s 10 bedroom s swimming pool parking garden call+250788336989


(Feed generated with FetchRSS)
-
It’s very clean no zib at all with 4gbs internal at only 48k… Call or WhatsApp 0788695182/// KIGALI PHONES ARENA #rwanda #RwOT
It’s very clean no zib at all with 4gbs internal at only 48k… Call or WhatsApp 0788695182/// KIGALI PHONES ARENA



(Feed generated with FetchRSS)
-
Bill Gates asanga urukingo rwa Coronavirus n’imiti kuri yo bidakwiriye kwiharirwa n’abifite #rwanda #RwOT
Umuherwe w’Umunyamerika Bill Gates, yaburiye ko icyorezo cya coronavirus kizakomeza kubaho mu gihe imiti ikoreshwa mu guhangana nacyo ndetse n’urukingo rushobora kuboneka bihawe abifite gusa. Asanga imiti nk’iyi ikwiye kugera mu gihugu byose biyikeneye kurusha ibindi.
Bill Gates w’imyaka 64 y’amavuko, yavugiye mu nama yakoresheje mu buryo bw’ikoranabuhanga-kuri internet, ko niba imiti n’inkingo bihawe urushije abandi amafaranga, hazabaho “icyorezo kimara igihe kirekire, kirimo akarengane kurushaho kandi gihitana abantu benshi kurushaho“.
Mu gihe hakomeje ibikorwa byinshi byo gukora inkingo, ndetse ibihugu by’i Burayi n’Amerika bikaba bikomeje kubishoramo za miliyari z’amadolari, BBC dukesha iyi nkuru itangaza ko hari impungenge ko ibihugu bikize kurusha ibindi byaziharira imiti yatanga icyizere cyo kuvura Covid-19.
Akanama k’Uburayi ndetse n’ishami ry’umuryango w’abibumbye ryita ku buzima (OMS/WHO) byaburiye ko hashobora kubaho uguhatana kutari kwiza, mu gihe abategetsi bamwe bo muri Amerika bavuze ko bazashyira imbere abaturage b’Amerika.
Munyaneza Theogene / intyoza.com




