Author: webrwanda
-
Abarenze ku mabwiriza yo kwirinda Coronavirus bakanga kwitaba polisi bashobora gufungwa #rwanda #RwOT
Polisi y’Igihugu iherutse gusohora urutonde rw’abagera kuri 498 barenze ku mabwiriza yo kwirinda ikwirakwira ry’icyorezo cya Coronavirus, ibasaba kugana ubuyobozi bwayo bitarenze kuwa Gatanu w’icyumweru gishize. -
Diyosezi Angilikani ya Karongi yatashywe ku mugaragaro, umushumba wayo arimikwa (Amafoto) #rwanda #RwOT
Itorero Angilikani mu Rwanda ryatashye diyosezi nshya ya Karongi izahuza uturere twa Karongi, Ngororero, igice cya Rutsiro n’igice cya Nyamasheke, ije kunganira Diyosezi ya Kivu yari isanzwe iyoboye aka gace. -
Bamwe mubantu bagiye bavukana ibice bidasanzwe kuva isi yaremwa. #rwanda #RwOT
Ku isi tubaho abantu bisanga bateye bitandukanye ugasanga runaka na runaka bafite imiterere ihabanye gusa Hari n’abandi usanga ibice byabo bigaragarira amaso y’abandi bitandukanye cyane nibyabantu basanzwe bagira.
Kuriyi nshuro tugiye kubereka bamwe mu bantu batangaje ku isi bagiye bavukana ibice by’umubiri bidasanzwe.Umwana wavukanye amaguru mu gatuza

Uyu mwana witwa Deepak wavukiye mu buhinde, yavukanye amaguru n’amaboko arenze umubare usanzwe, uretse amaguru abiri asanzwe ku gice cyo hasi, uyu yavukanye nandi abiri yameze mu gatuza hejuru gato y’inda.
Iruhande gato rwayo maguru yo mu gatuza hari n’amaboko mato cyane nayo yiyongera ku yandi asanzwe. Akimara kuvuka abaturanye bamwe batekereje ko ari idayimoni mugihe abandi batekereje ko ari Imana ishobora kuba ibagendereye. Uyu mwana yaje kugira amahirwe ibitaro byo mu mujyi wa Bangalore byemeye kumubaga ku buntu ngo bimutunganye bikureho aya maboko n’amaguru y’umurengera. Iki gikorwa bamukoreye kubuntu kibarirwa agaciro ka miliyoni zisaga 75 z’amanyarwanda.Umugabo warufite imitima ibiri

Uyu wavukiye mu butaliyani, we ibye biratandukanye cyane. Uyu ntabwo yavutse afite imitima ibiri ahubwo uwundi yaje kuwugira nyuma. Uyu mugabo ubwo yarageze mu myaka ye y’izabukuru yaje kugira ikibazo cy’uburwayi bw’umutima, nibwo yemeye kujya kwa muganga nuko agezeyo basanga ikibazo cye kirakomeye cyane, babonye umutima we udashobora gukira bahitamo kumushyiramo undi muzima kugira ngo bafashe uwari urwaye, kumushyiramo undi byagenze neza ndetse uwo mugabo yisanga ari gukoresha imitima ibiri ndetse iza no kumenyerana yose.Umugore ufite imoko y’ibere mu kirenge

Uyu mugore wavukanye imoko mu bworo bw’ikirenge nawe yatunguye benshi cyane kuko ntibyari bisanzwe. Igitangaje kurushaho nuko uyu yatangaje ko itamubangamira cyangwa ngo imurye na gacye mugihe ari kugenda. Icyakora n’ibintu bitangaje cyane ndetse buri wese atapfa kumva byoroshye.Umwana wavukanye amano n’intoki 31.

Uyu mwana nawe wavukiye m’Ubushinwa, yavukanye amano 16 ndetse n’intoki 15.Mu mwaka wa 2010, yajyanywe kwa muganga kumubaga kugira ngo akurweho izi ntoki n’amano by’umurengera, uyu yarabazwe bigenda neza kuri ubu ameze neza nk’abandi bose. Icyakora nubwo yabazwe ntabwo byaciwe ngo babijugunye byose, ahubwo nko kuntoki eshatu kukaboko kamwe zarahujwe zikora rumwe ndetse izindi enye kukandi nazo zirahuzwa ziba rumwe nyuma byaje kugaragara ko zimubangamiye haza gukurwamo zimwe ibintu bimera neza.
Umugore wameze amahembe

Ntabwo ari ibintu bisanzwwe kumva umwana w’umuntu yameze ihembe rwose, uyu witwa Zhang Ruifang ku myaka ye 100 yameze ihembe kuruhande rw’ibumoso ,mu gahanga.Rijya kuza byatangiye ari nkurwara cyangwa umusatsi ugiye kumera ariko byaje kuba ihembe rirakura ndetse rireshya na santimentero eshanu zose (5cm). vubaha uyu mukecuru yatangiye kumera nirindi hembe kurundi ruhande rw’agahanga ke, ndetse nyirubwite avuga ko aritegerezanyije amatsiko kugira ngo azayagire ari abiri areshya neza.
The post Bamwe mubantu bagiye bavukana ibice bidasanzwe kuva isi yaremwa. appeared first on KASUKU MEDIA.
source https://kasukumedia.com/bamwe-mubantu-bagiye-bavukana-ibice-bidasanzwe-kuva-isi-yaremwa/
-
Ibyo ukwiye kumenya ku cyobo gihora cyakamo umuriro cyiswe ‘amarembo y’ikuzimu’ #rwanda #RwOT

‘Door to hell’, amarembo y’ikuzimu ni izina ryahawe icyobo cyacukutse mu butayu bwo mu majyaruguru y’igihugu cya Turkménistan mu myaka 49 ishize.
Turkménistan ni igihugu kiri ku mugabane wa Asia hafi y’igihugu cya Iran. Inkomarume yo muri Canada George Kourounis niwe muntu wa mbere wabashije kumanuka ajya muri iki cyobo kureba niba ubuzima bw’umuntu ugezemo butazima.
Iki cyobo cyacukutse mu mwaka wa 1971, gifite umuzenguruko wa metero 60 kikagira ubujyakuzimu bwa metero 30. Giherereye mu Ntara ya Ahal ibamo gaze nyinshi kurusha byinshi.
George Kourounis muri 2013 yinjiye muri iki kinogo, akuramo itajya ajya kurikoreraho ubushakashatsi, yabwiye ikinyamakuru National Geographic ko yasanze ari gaze methane izamuka mu butaka ifite umuvuduko mwinshi igahita ikora umuriro ikaka.
Ati “Iki cyobo uko cyabayeho ni amayobera, nta hantu hantu hameze gutya ku Isi, aha hantu harihariye.
Kourounis yambaje imyenda imufubika umubiri wose kandi idapfa gushonga abona kujya muri iki cyobo. Avuga ko muri icyo cyobo harimo umuriro uhinda ukangira ni moteri iri hafi aho.
Avuga ko iyo ugeze muri icyo cyobo uba wumva ubuzima bugiye kugucika. Mbere y’uko ajya muri iki cyobo yamaze amezi 18 yitoza gutinyuka umuriro.
Uyu mushakashatsi avuga ko muri iki cyobo bavumbuye ikintu gikomeye kizatuma bagura ubushakashatsi bugamije gushaka niba mu mibumbe igaragiye izuba hari aho ubuzima bushoboka. Icyo bavumbuye ni uko mu butaka bwo kuri iki cyobo buhora bushushe cyane harimo ibinyabuzima ‘bacterie’. Izi bacterie ngo ziba zaramenyereye ubushuhe kandi ntushobora kuzibona ku butuka bwo hejuru y’iki cyobo.
Turkmenistan ni igihugu kidakunze gusurwa cyane mu rwego rw’ubukerarugendo, ariko kuri iki cyobo hakunze gusurwa n’abantu batandukanye bakagihagarara iruhande nubwo umutekano wabo uba utizewe.










-
Ten arrested in Lake Kivu for illegal fishing #rwanda #RwOT

The successful operations aimed at fighting illegal fishing were conducted by Nkora Marine station in collaboration with the fishing Union in Rutsiro District.
The Marine Commanding Officer (CO), Assistant Commissioner of Police (ACP) Elias Mwesigye said that the operation was conducted on the Islands of Mafundugu and Nyanamo in Sector Musasa of Rutsiro District, where 16 wooden boats and 15 rolls of illicit fishing nets known as kaningini that were being used by the poachers, were also seized.
“On Mafundugu Island, we arrested six poachers and impounded nine boats and seven rolls of illicit fishing nets.
On Nyanamo Island, we arrested four poachers, impounded seven boats and eight rolls of illicit and destructive fishing gears,” ACP Mwesigye said.
He added: “The poachers committed, among others, illegal fishing, environmental degradation and violation of measures against the spread of covid-19, since they had no facemasks.”
The seized boats and fishing nets, he said, will be disposed-of.
“These are operations aimed at executing of Marine Police responsibilities, which include; maintaining safety and security of water bodies and increasing public awareness,” the Commanding Officer said.
The awareness against illegal fishing and other unlawful practices in or on the shoreline, he said, targets mainly poachers and those who encroach and degrade buffer zone environment.
He outlined illegal fishing, smuggling, drug trafficking and violation of waterways regulations as the most prevalent offenses registered in Lake Kivu.
The CO observed that although illegal activities in Lake Kivu have decreased, illegal fishing has been persistent, thus efforts to curb it remain ongoing.
“It’s a challenge we are addressing together with other stakeholders including Rwanda Agriculture Board (RAB), Rwanda Utility Regulatory Authority (RURA), Rwanda Environment Management Authority (REMA) and local authorities, among others,” ACP Mwesigye said.
Issue of children safety
He further highlighted the concern of children from the shoreline communities, who play along the lake without any guardian and who might become delinquents due to interaction with poachers.
“Three of those caught during the operation are children, who were influenced by the poachers. We have also registered a number of children, who have drowned as a result of not being accompanied by responsible people.”
ACP Mwesigye, however, said that there are joint efforts to designate safe swimming sites in an attempt to address the concern of drowning.
He urged parents to watch over their children to prevent them from partaking in such illegal activities and to prevent them from drowning.
The law N°58/2008 of 10/09/2008 determining the organization and management of aquaculture and fishing in Rwanda provides that the right to fishing in public waters is only granted by a competent authority, which issues the fishing license.
Any person, who engages in fishing activities without authorization shall be liable to a fine ranging from Rwf50,000 to Rwf200,000 and an imprisonment of 3 to 6 months or one of them, and dispossession of the equipment used.
Article 11 outlaws use of “poisonous substances aimed at stunning, weakening or killing fish; applying explosives; using electromagnetic procedures or electrocution; flashing water with an aim of capturing fish; fishing where water organisms are reproduced.”
IGIHE
source https://en.igihe.com/news/article/ten-arrested-in-lake-kivu-for-illegal-fishing
-
The Significance of the National Security Law for Hong Kong Special Administrative Region #rwanda #RwOT

First, the National Security Law for Hong Kong SAR is a sound legal framework establishing at the national level and an enforcement mechanism for safeguarding national security in Hong Kong SAR to meet people’s aspiration.
Article 23 of the Basic Law authorizes Hong Kong SAR to enact laws on safeguarding national security. However, 23 years after Hong Kong’s return, nothing has been done and there is no legal framework or enforcement mechanism in terms of national security in Hong Kong SAR. As a result, the city is left “defenseless” against the anti-China forces seeking chaos and disruptions.
For some time, internal and external hostile forces have openly clamored for “Hong Kong independence” and “self-determination”. They have taken actions such as beating, smashing, looting, arson, confronting police enforcement with violence, and storming the Legislative Council of Hong Kong SAR. They have even cried for “waging armed revolution to gain independence”. Such activities trampled on rule of law, undermined social stability, and hit the economy hard. Hong Kong has become a notable source of risk to China’s national security.
Like any other country, the Chinese Central Government is responsible for upholding national security and cannot just sit by and do nothing. The National Security Law is about restoring order and responding to the outcry of the Hong Kong for chaos to be stopped. Only within eight days in late May, nearly three million Hong Kong people signed the petition in support of the Law.
Second, the National Security Law for Hong Kong SAR not only is in line with “One Country, Two Systems”, but also ensures the sustained implementation of this policy.
China’s guiding policy for the governance of Hong Kong is still “One Country, Two Systems”. This has not changed and won’t change in the future. Hong Kong is part of China. We have to defend our own country’s unity, sovereignty and territorial integrity. This is what is meant by “One Country”. And within the framework of “One Country”, on the basis of secure and stable “One Country”, “Two Systems” can prosper in parallel and together. This is the real meaning of “One Country, Two Systems”.
The new law is intended just for that purpose, to maintain and safeguard “One Country, Two Systems”, to make Hong Kong more stable, more secure for everybody, for the Hong Kong residents as well as for foreign investors. People could have a more predictable, safer environment to do their business and enjoy life in Hong Kong.
Third, the National Security Law for Hong Kong SAR has no impact on Hong Kong’s high degree of autonomy, the rights and freedoms of Hong Kong residents. It targets a very narrow category of acts that seriously jeopardize China’s national security.
According to the Basic Law of Hong Kong, its capitalist system and way of life shall remain unchanged for 50 years. This will be better ensured, not changed, by the national security law. The four offences and their corresponding penalties are precisely prescribed in the law, namely, secession, subversion, terrorist activities, collusion with foreign countries or external elements to endanger national security. This means that the law is highly targeted. It bans such criminal activities and protects the rule of law in Hong Kong and legitimate rights and freedoms of the people there.
Finally,one important task of the National Security Law for Hong Kong SAR is to prevent, suppress and punish collusion with a foreign country or with external elements to endanger national security.
Hong Kong is a special administrative region of China. Hong Kong affairs are China’s internal affairs and allow no external interference. No one should underestimate the firm determination of China to safeguard its sovereignty, security and development interests. Attempts to disrupt or obstruct the implementation of the National Security Law for Hong Kong SAR will be met with the strong opposition of 1.4 billion Chinese people.
The National Security Law for Hong Kong SAR is the fundamental solution that will end the chaos and restore order in Hong Kong. We, the Chinese are confident that, under the strong leadership of the Central Government of China, with the concerted efforts of all the Chinese people, including Hong Kong compatriots, and with the strong safeguards of the National Security Law for Hong Kong SAR, Hong Kong will become a safer, better and more prosperous place.
RAO Hongwei
Ambassador Extraordinary and Plenipotentiary of
the People’s Republic of China to the Republic of RwandaRAO Hongwei
-
Umuhanzi Christopher yatangiye ubucuruzi #rwanda #RwOT

Muneza Christopher, wamenyekanye mu muziki nka Christopher wamamaye mu ndirimbo nka; ‘Iri joro’, ‘Ndabyemeye’, ‘Byanze’, yatangiye ubucuruzi bw’ubuyobwa bw’ifu n’ububisi.
Abinyujije ku rukuta rwe Instagram, Christopher yashizeho ifoto y’ubwo bunyobwa acuruza avuga ko nyuma yo kwita ku matwi y’abantu ubu hagezweho ururimi rwabo.
Yagize ati“nari maze igihe nita ku matwi yanyu, ubu noneho ni ururimi rwanyu.”
Ubu bunyobwa acuruza ni ubwo yihingiye mu rwego rwo kubyaza umusaruro isambu y’iwabo mu Mutara, arabutunganya bumwe akabugurisha ari ifu ubundi ari bubisi.
Ni umushinga arimo gukurona na mubyara we. Ubu bunyobwa bacuruza bakaba barahisemo kubwita ‘Iwacu’.
Ubunyobwa Christopher acuruzaChristopher atangiye uyu mushinga nyuma y’uko mu minsi ishize umuhanzi King James wari usanzwe ufite Supermarket yatangiye uruganda rukora Kawunga.
Christopher yataniye ubucuruzisource http://isimbi.rw/imyidagaduro/article/umuhanzi-christopher-yatangiye-ubucuruzi
-
Niba ari ko Sadate yavuze yarabeshye rwose – Amran Nshimiyimana #rwanda #RwOT

Umukinnyi ukina mu kibuga hagati mu ikipe ya Rayon Sports, Nshimiyimana Amran avuga ko niba perezida wa Rayon Sports yaratangaje ko nta mwenda wa recruitment bamufitiye yaba yarabeshye cyane.
Ku munsi w’ejo mu kiganiro cy’imikino kuri Radio10, perezida wa Rayon Sports, yavuze ko Amran Nshimiyimana ari umwe mu bakinnyi iyi kipe idafitiye umwenda wa recruitment.
Mu magambo ye yagize ati“abakinnyi dufitiye umwenda harimo Kayumba Soter, Maxime. Nshimiyimana Amran sintekereza ko hari icyo tumugomba, simbitegereza rwose.”
Aganira n’ikinyamakuru ISIMBI.RW, Amran Nshimiyimana yavuze ko niba koko perezida w’iyi kipe yabitangaje yabenshye kuko yagiye amwandikira amwishyuza amafaranga arimo na recruitment ntagire icyo amusubiza.
Yagize ati“niko yavuze? Yaba yarabeshye cyane, niba ariko yavuze yaba yarabeshye kuko urebye na message mwandikira ntansubize harimo no kumubaza ku kibazo cya recruitment, buriya nzamubaza neza ukuntu yayimpaye.”
Rayon Sports muri iyi minsi benshi mu bakinnyi yaguze umwaka ushize wa 2019, bagiye bumvikana bayishyuza amafaranga baguzwe batabonye yose.
Amran Nshimiyimana akaba ari umwe muri abo bakinnyi binjiye muri Rayon Sports umwaka ushize aho yari avuye muri APR FC aho yasinye imyaka 2 ubu akaba amazemo umwe asigaje undi.
Amran avuga ko Rayon Sports imufitiye recruitment atabonyesource http://isimbi.rw/siporo/article/niba-ari-ko-sadate-yavuze-yarabeshye-rwose-amran-nshimiyimana
-
Meddie Kagere yananiwe gukuraho agahigo yashyizeho nk’uko yari yabyiyemeje #rwanda #RwOT

Rutahizamu w’umunyarwanda Meddie Kagere yananiwe gukuraho agahigo yishyiriyeho ko kurenza ibitego 23 yatsinze umwaka ushize, ibitego bitaratsindwa n’undi mwataka muri shampiyona ya Tanzania imyaka 10 ishize.
Ku munsi w’ejo ni bwo shampiyona ya Tanzania yasozwaga, Simba SC ya Meddie Kagere yanegukanye igikombe cya shampiyona, yakinaga na Polisi Tanzania iyitsinda ibitego 2-1, ibitego byose bya Simba SC byatsinzwe na kapiteni w’iyi kipe, John Raphael Bocco.
Meddie wabanje ku ntebe y’abasimbura, ntiyagize amahirwe yo gutsinda ibitego ngo abe yakuraho agahigo yishyiriyeho nk’uko yari yabyiyemeje, asoje afite ibitego 21 ayoboye abandi, ni mu gihe umwaka ushize yari yatsinze 23 yifuzaga kurenza.
Uyu rutahizamu akaba yari yatangiye shampiyona afite intego yo kuba yakuraho aka gahigo dore ko n’ubundi ari we ugafite wenyine muri iyi shampiyona ko kugeza ibitego 23 mu mwaka umwe mu myaka 10 ishize.
Icyo gihe yagize ati“nishimira gutsinda, nkunda gukora ibyo ku mpamvu z’ikipe yanjye. Nimbona umwanya wo gutsinda nzatsinda ibitego kuko mfite intego yo kwibona natsinze ibitego biri hejuru y’ibyo natsinze umwaka ushize.”
Meddie Kagere umwaka ushize w’imikino wa 2018-2019, wari umwaka we wa mbere mu ikipe ya Simba SC, ni umwaka wari uhagije kugira ngo uyu mukinnyi akureho uduhigo tw’abandi ba rutahizamu bashyizeho mu mwaka 10 yari itambutse, aho ari we wahise uba umukinnyi watsinze ibitego byinshi muri shampiyona ya Tanzania muri iyo myaka itambutse.
Abandi bakinnyi batsinze ibitego byinshi ni Amiss Tambwe wakiniraga Young Africans watsinze 21 umwaka w’imikino wa 2015/2016 na Emmanuel Okwi, umugande wakiniraga Simba SC yatsinze ibitego 20 mu mwaka w’imikino wa 2017/2018.
Gukuraho agahigo yashyizeho byanze -
Bakame avuga ko ntacyo afite cyo kuvugana na Rayon Sports, imyanzuro igomba kubahirizwa #rwanda #RwOT

Umwaka warashize Urukiko rw’Umurimo rwemeje ko Rayon Sports igomba kwishyura Ndayishimiye Eric[Bakame] miliyoni 7 kubera kumwirukana binyuranyije n’amategeko, gusa ntacyakozwe uyu munyezamu akaba avuga ko imyanzuro y’urukiko igomba kubahirizwa kuko igihe bahaye iyi kipe cyo kumwegera cyarangiye kandi bakaba batarabikoze.
Bakame yareze Rayon Sports kumwirukana binyuranyije n’amategeko. Nyuma yo gutsindwa mu Rukiko rw’Umurimo iyi kipe yajuririye mu Rukiko Rwisumbuye rwa Nyarugenge na rwo rwemeza ko ikirego cya Bakame gifite ishingiro bityo bagomba kubahiriza imyanzuro y’Urukiko rw’Umurimo.
Icyo gihe Rayon Sports yabwiye ISIMBI ko itarabona imyanzuro y’urukiko ko nta n’icyo batangaza.
Aganira na ISIMBI, Bakame yavuze ko aho ibintu bigeze ubu ari ugukurikiza imyanzuro y’urukiko.
Yagize ati “navuga ko ikibazo cyanjye na Rayon Sports kitararangira ariko kigeze hejuru ya 90%, simba nshaka kubyinjiramo kuko mfite umunyamategeko urimo kubikurikirana. Oya nta muyobozi twigeze tuvugana.”
Bakame ngo arimo kureba uburyo icyemezo cy’urukiko cyakubahirizwaYakomeje avuga ubu barimo kubikurikirana kugira ngo imyanzuro y’Urukiko yubahirizwe.
Yagize “nkeka kuvugana nabo byararangiye kuko igihe bahawe cyararenze, oya kuvugana ubu ntibyakunda kuko ubu twangiye inzira zo kugira ngo imyanzuro y’urukiko yubahirizwe “
Muri Kamena 2018, Rayon Sports hagaritse Bakame igihe kitazwi kubera amajwi yakwiriakwiye ku mbuga nkoranyambaga avugana n’umwe mu bafana amagambo atari meza ku ikipe, byafashwe nko kuyigambanira.
Mu Gushyingo 2018 ni bwo iyi kipe yafashe umwanzuro wo gutandukana burundu n’uyu musore ndetse ntibagira ikintu na kimwe bamuha.
Bakame yahise yitabaza Urukiko rw’Umurimo maze muri Gashyantare 2019 rutegeka ko yishyurwa amafaranga y’u Rwanda arenga gato miliyoni 7.
Ashinja ubuyobozi bwariho kumwirukana binyuranyije n’amategekoBakame yagereraga umushahara w’amezi 5 yahagaritswe ntahembwe ahwanye na 2 250 000 z’amafaranga y’u Rwanda y’amezi kuko yahembwaga ibihumbi 450, asaba Frw 450 000 yo kuba atarabonye icyemezo cy’umukoresha wa nyuma, asaba kandi imishahara y’amezi 8 yari isigaye ku masezerano ye ingana na 3 600 000, Frw 800 000 y’umwunganizi mu mategeko n’andi 20 000 yatanzwe nk’ingwate y’amagarama y’urukiko, yose hamwe akaba Frw 7 120 000, ibi byose Urukiko rukaba rwarabihaye umugisha.
Ibi Rayon Sports ntiyabikojejewe ahubwo yahise ijuririra iki cyemezo mu rukiko rwisumbuye rwa Nyarugenge.
Uru rukiko narwo rukaba rwaremeje ko ikirego cya Bakame gifite ishingiro bityo ko iyi kipe igomba kwishyura amafaranga yategetswe n’Urukiko rw’Umurimo.
Yari kapiteni w’iyi kipe
Ngo nta kintu yigeze avuana n’ubuyobizi bwa Rayon Sports kuko igihe bahawe cyarenze