Author: webrwanda

  • Ikiganiro giteye umujinya umukobwa yagiranye n’umugabo wa mukuru we amufashe aca inyuma umuvandimwe we #rwanda #RwOT

    Umugabo : Bite Linda ?
    Umukobwa : Meze neza.
    Umugabo : Mabukwe ameze ate ? Ndimbwira ko uri kumwitaho neza.
    Umukobwa : Umuryango wanjye ndi kuwitaho keretse abantu bamwe bamvangira.
    Umugabo : Hmmm…Umugabo ndakeka ko dufite ikintu tugomba kuganiraho, kuki tutavugana ku byabaye ejo ?
    Umukobwa : Nta kintu nshaka kuganira nawe, tegereza mukuru wanjye azagaruke.
    Umugabo : Ubwo se wabikora !
    Umukobwa : Nakubonanye n’undi mugore mu buriri bw’umuvandimwe wanjye, none utinyutse no kumvugisha.nta soni ugira.
    Umugabo : Nyizeza, uko ubitekereza siko biri.

    Umukobwa : Umuvandimwe wanjye asanzwe akeka ko umuca inyuma, ibi byo sinzi uko abifata, narakwiboneye n’amaso yanjye, nta no kujya muri hoteli ! Mu rugo ! Urantengushye !

    Umugabo : Ntabwo nari ngambiriye kubabaza umuvandimwe wawe kuri iki kibazo, ndagusabye ibi ntubikore, ndabibarangiriza.

    Umukobwa : Mukuru wanjye akwiye gusobanukirwa umugabo yashatse.

    Umugabo : Icyo ushaka cyose ndakiguha, nzi neza ko nawe ushaka kumva uburyohe bwabyo, mba nkubona uburyo unyirebeshya iyo umuvandimwe wawe atatureba. Ndatekereza ko ukeneye ikintu kimeze nk’amabiringanya.

    Umukobwa : Ukomeje kuntegusha birenze uko nabitekerezaga.

    Umugabo : Ndaguha rugari, reka kwigira nk’umwana ndabizi koi bi ubikeneye, Ndaza gutuma uvuza induru nimanuka hepfo downtown, ndatekereza ko icyo mvuga ucyumva.

    Umukobwa : Ushaka kunkuramo ikariso ? Ushaka kuryamana na murumuna w’umugore wawe ?

    Umugabo : Ni imibonano mpuzabitsina gusa.

    Umukobwa : Umbabarije umutima.




    Ishyire mu mwanya wa Linda usangiye abandi uko wabigenza ikibazo nk’iki kikubayeho. Andika igitekerezo cyawe ahatangirwa ibitekerezo ku nkuru.

    source http://www.ukwezi.rw/urukundo/article/Ikiganiro-giteye-umujinya-umukobwa-yagiranye-n-umugabo-wa-mukuru-we-amufashe-aca-inyuma-umuvandimwe-we

  • China Has 410,000 5G Base Stations By June #rwanda #RwOT

    China built 257,000 new 5G base stations in the first half of the year, according to the Ministry of Industry and Information Technology (MIIT).

    The total number of the stations had reached 410,000 by the end of June, MIIT data showed.

    Shipments of 5G phones reached 86.23 million units in China, with 5G package users hitting 66 million by the end of June, said Wen Ku, an official with the MIIT.

    The value-added output of information transmission, software and information technology services rose 14.5% year on year, 1.3 percentage points faster than the first quarter.

    To give full play to the commercialization of 5G, more policies should be implemented to boost the vitality of the market, Wen said, adding that international cooperation in 5G technology, industry and application should be strengthened.
    http://dlvr.it/RcVfZ2

  • China Has 410,000 5G Base Stations By June #rwanda #RwOT

    China built 257,000 new 5G base stations in the first half of the year, according to the Ministry of Industry and Information Technology (MIIT).

    The total number of the stations had reached 410,000 by the end of June, MIIT data showed.

    Shipments of 5G phones reached 86.23 million units in China, with 5G package users hitting 66 million by the end of June, said Wen Ku, an official with the MIIT.

    The value-added output of information transmission, software and information technology services rose 14.5% year on year, 1.3 percentage points faster than the first quarter.

    To give full play to the commercialization of 5G, more policies should be implemented to boost the vitality of the market, Wen said, adding that international cooperation in 5G technology, industry and application should be strengthened.

    source https://taarifa.rw/china-has-410000-5g-base-stations-by-june/

  • Ugandan Police Arrests Over 100 Partygoers For Flouting #COVID-19 Lockdown #rwanda #RwOT

    Uganda’s police on Sunday arrested over 100 partygoers for flouting COVID-19 lockdown restriction measures, authorities said Monday.

    The police and military officers have arrested the offenders at the La Venti Lounge and Kitchen, about 12 km northeast of the capital Kampala, Patrick Onyango, Kampala Metropolitan police spokesperson, told Xinhua on Monday.

    Bars and clubs “are not supposed to open and operate,” said Onyango.

    However, the partygoers defied the restrictions and “began enjoying themselves without practicing social distancing.”

    “This could be a breeding ground for the spread of the virus. We had to come in order to prevent a further spread of the virus,” he said.

    He also said that the suspects currently detained at Najjera and Kiira police stations are waiting to be arraigned in courts over violation of presidential directives and ministry of health guidelines on COVID-19.

    “They will be charged with doing acts that are likely to cause the spread of infectious disease,” said Onyango.

    Bans on public gatherings and a night curfew are in place in the east African country, as part of measures to curb the spread of the virus.

    So far, Uganda has reported 1,115 COVID-19 cases, with 975 recoveries and two deaths since the first case was reported on March 21, according to the health ministry. 

    source https://taarifa.rw/ugandan-police-arrests-over-100-partygoers-for-flouting-covid-19-lockdown/

  • CIMERWA To List By Introduction On Rwanda Stock Exchange At Rwf120 Per Share #rwanda #RwOT

    CIMERWA PLC, Rwanda’s only integrated cement manufacturer has finally received approval from the Capital Markets Authority and the Rwanda Stock Exchange to list its shares on August 3, 2020.

    A free float of 344,575,560 shares (49% of 703,219,520 total shares) worth Rwf41,349,067,200 (About US$43 million) will be available for trading to the investor community at Rwf120 per share on the Rwanda Stock Exchange.

    The 49% constitutes shares owned by AGDF Corporate Trust on behalf of the government of Rwanda, Rwanda Social Security Board, Rwanda Investment Group, and Sonarwa Holdings Ltd.

    With CIMERWA PLC Listing by Introduction, it will become the second company to list through this approach and the tenth to be listed on the Main Investment Market Segment of the RSE.

    Albert Sigei, CIMERWA CEO said that this listing by introduction will prove that, “We have been part and parcel of Rwanda’s growth story with a contribution to the society on many fronts.”

    Sigei explained that this will be an opportunity for investors to gain exposure to the attractive cement industry with solid growth potential.

    “The listing will further encourage the drive towards the building of a stronger capital market base. We are excited with the opportunity to bring on board a wider pool of retail and institutional investors, both local and international, to participate in the ownership of CIMERWA,” Sigei added.

    Speaking on the timing of the equity transaction considering the ongoing COVID-19 pandemic, CIMERWA Board Chairman, Regis Rugemanshuro, explained that the company decided to continue with its plans and expressed confidence that CIMERWA remains a strongly attractive investment opportunity considering the fundamentals of Rwanda as a country and the cement industry in particular.

    “The timing is right,” he said, adding that, “This transaction will create opportunities for private investors, and the Government will become a neutral player in a sector whose potential is yet to be fully exploited.”

    “There could not be a better avenue of achieving this objective than listing at the RSE,” Rugemanshuro said.

    With Rwanda having about 57kg per capita cement consumption annually, Rugemanshuro says the company has but only scratched the surface on the huge long-term potential in the cement industry.

    The announcement of this equity transaction comes at a time when CIMERWA has been enlisted to supply cement to the ministry of education’s (MINEDUC) school expansion project where over 22,000 classrooms will be built nationwide over a short span of 3 months.

    The company’s production is currently at close to design capacity.

    “We commend the government of Rwanda for prioritizing the agenda of provision of safe education for all through the MINEDUC classrooms project. We are proud to support them throughout this journey as we pursue our “Strengthening Rwanda” agenda,” Sigei said.
    http://dlvr.it/RcVK1R

  • CIMERWA To Raise Over US$43M On Rwanda Stock Exchange At Rwf120 Per Share #rwanda #RwOT

    CIMERWA PLC, Rwanda’s only integrated cement manufacturer has finally received approval from the Capital Markets Authority and the Rwanda Stock Exchange to list its shares on August 3, 2020.

    A free float of 344,575,560 shares (49% of 703,219,520 total shares) worth Rwf41,349,067,200 (About US$43 million) will be available for trading to the investor community at Rwf120 per share on the Rwanda Stock Exchange.

    The 49% constitutes shares owned by AGDF Corporate Trust on behalf of the government of Rwanda, Rwanda Social Security Board, Rwanda Investment Group, and Sonarwa Holdings Ltd.

    With CIMERWA PLC Listing by Introduction, it will become the second company to list through this approach and the tenth to be listed on the Main Investment Market Segment of the RSE.

    Albert Sigei, CIMERWA CEO said that this listing by introduction will prove that, “We have been part and parcel of Rwanda’s growth story with a contribution to the society on many fronts.”

    Sigei explained that this will be an opportunity for investors to gain exposure to the attractive cement industry with solid growth potential.

    “The listing will further encourage the drive towards the building of a stronger capital market base. We are excited with the opportunity to bring on board a wider pool of retail and institutional investors, both local and international, to participate in the ownership of CIMERWA,” Sigei added.

    Speaking on the timing of the equity transaction considering the ongoing COVID-19 pandemic, CIMERWA Board Chairman, Regis Rugemanshuro, explained that the company decided to continue with its plans and expressed confidence that CIMERWA remains a strongly attractive investment opportunity considering the fundamentals of Rwanda as a country and the cement industry in particular.

    “The timing is right,” he said, adding that, “This transaction will create opportunities for private investors, and the Government will become a neutral player in a sector whose potential is yet to be fully exploited.”

    “There could not be a better avenue of achieving this objective than listing at the RSE,” Rugemanshuro said.

    With Rwanda having about 57kg per capita cement consumption annually, Rugemanshuro says the company has but only scratched the surface on the huge long-term potential in the cement industry.

    The announcement of this equity transaction comes at a time when CIMERWA has been enlisted to supply cement to the ministry of education’s (MINEDUC) school expansion project where over 22,000 classrooms will be built nationwide over a short span of 3 months.

    The company’s production is currently at close to design capacity.

    “We commend the government of Rwanda for prioritizing the agenda of provision of safe education for all through the MINEDUC classrooms project. We are proud to support them throughout this journey as we pursue our “Strengthening Rwanda” agenda,” Sigei said.
    http://dlvr.it/RcVK2m

  • Ubukana bwa Coronavirus bwatumye utubari duhagarikwa mu Gihugu cya Kenya #rwanda #RwOT

    Uhuru Kenyatta, Perezida w’Igihugu cya Kenya yongereye igihe cyo kutemerera buri wese gutembera mu masaha y’ijoro mu gihe cy’iminsi 30 mu gihugu cyose kubera imibare y’abanduye icyorezo cya coronavirus ikomeza kwiyongera mu Gihugu.

    Mu ijambo yashyikirije nyuma yo kuganira na ba Guverineri b’Intara, Perezida Uhuru Kenyatta yatangaje ingingo yo gufunga utubari mu gihe kitazwi guhera kuri uyu wa 27 Nyakanga 2020, saa sita z’ijoro.

    Kenyatta, yatangaje kandi ko kizira kikaziririzwa gucuruza inzoga mu nzu y’uburiro/Restaurant. Yavuze ko uzafatwa arimo gucuruza inzoga aho ariho hose bazahita bamwambura burundu uburenganzira bwo kongera gucuruza.

    Hari haciye iminsi 21 Leta itangaje ingingo zo koroshya, ariko ikaba yari yatangaje ko itazashidikanya kongeara gufata icyemezo cyo gisumbyeho mu gihe ibintu byakomeza biba nabi.

    Perezida Kenyatta, avuga ko atewe impungenge n’uburyo iki cyorezo kigenda kiyongera ku rugero ruteye ubwoba mu rubyiruko. Asaba abanyagihugu bose ba Kenya kwita ku buzima bw’uru rubyiruko bakifatira ingingo yo kwirinda bonyine kuko “Leta idashobora kubona abapolisi ahantu hose”.

    Yagize ati: “Igihe kirageze kugira ngo buri wese arebe ikiruta ikindi, nk’ababyeyi, nka bene wacu na bashiki bacu, buri muntu akibaza icyo ashinzwe ku bamukikije n’abo ashinzwe. Ntidushobora kubona umupolisi kuri buri rugo”.

    Akomeza ati:” Abakenya 280 bamaze kuhasiga ubuzima kandi n’abandi baracyapfa. Ikibazo ni ukumenya gusa niba iyo mibare izagera igihe ikagabanuka cyangwa se niba tugiye guhura n’ibiza/ibidasanzwe. Ikigaragara ni uko turi mu ntambara n’umwanzi utaboneka kandi udafite impuhwe”.

    Akomeza ati:” Niba umuntu yinjiye mu iduka ryawe, nawe ukaba ufite ibyo ucuruza, akaba aje kubishaka, mu gihe adafite agapfukamunwa, mutegeke akambare!”.

    Abamaze kwandura iki cyorezo cya Covid-19 nkuko BBC ibitangaza, mu gihugu cyose barenga 17.000, imibare ikomeza yiyongera umunsi ku munsi. Muri iyi minsi ibiri ikurikirana, habonetse imibare iri hejuru y’abanduye iki cyorezo.

    Ejo ku cyumweru tariki 26 Nyakanga 2020, Minisiteri y’Ubuzima muri icyo gihugu yatangaje ko abashyika 960 ari bo banduye mu bantu 8,261 bapimwe mu gihe  cy’amasaha 24 gusa. Kuri uyu wa Mbere tariki 27 Nyakanga 2020, Minisiteri y’Ubuzima yatangaje imibare y’abantu bagera kuri 892 banduye mu bantu 8,261 bapimwe mu masaha 24.

    Munyaneza Theogene / intyoza.com

    source http://www.intyoza.com/ubukana-bwa-coronavirus-bwatumye-utubari-duhagarikwa-mu-gihugu-cya-kenya/

  • Umukirisitu muri Afurika y’Epfo yarashe abajura bari bitwaje intwaro #rwanda #RwOT

    Igipolisi cyo muri Afurika y’Epfo kirimo kirakora iperereza kw’iyicwa ry’abantu babiri bivugwa ko bari abajura bitwaje imbunda mu rusengero rwo mu mujyi wa Centurion mu Ntara ya Gauteng, nk’uko bitangazwa n’ibitangazamakuru byaho.

    Aya makuru avuga ko kuri iki cyumweru tariki 26 Nyakanga 2020 abantu batatu bitwaje imbunda bateye mu rusengero rwa Querentia Ministry muri Wierdapark batangira kwambura abarimo gusenga.

    Umwe mu barimo basenga witwa Pieter van der Westhuizen, asanzwe afite uburenganzira bwo gutunga no gutemberana imbunda, yashoboye kwica babiri muri abo bagabo mu gihe uwundi wari kumwe nabo yashoboye gutoroka.

    Ikinyamakuru News24 kivuga ko Bwana Der Westhuizen ari mwenewabo na nyakwigendera w’umukinnyi w’ikipe y’igihugu ya Rugby uzwi cyane witwa Joost van der Westhuizen.

    Mu ijambo rye yasubiwemo ku iradiyo yigenga, JacrandaFM, umuvugizi w’igipolisi cya Gauteng, Mathapelo Peters, BBC itangaza ko yavuze ati: “Hari itangazo twabonye ry’uwo mukiristu avuga ko yarashe abo bikekwa ko bari abajura kandi rizashyikirizwa abayoboye inzego z’ubucamanza”. Ayo makuru avuga ko umupasitori w’urwo rusengero yakomeretse buke kandi akaba yarahise avurirwa aho.

    Munyaneza theogene / intyoza.com

    source http://www.intyoza.com/umukirisitu-muri-afurika-yepfo-yarashe-abajura-bari-bitwaje-intwaro/

  • Uwigeze kuba umutoza wa Rayon Sports yirukanwe muri Young Africans azizwa ivangura ruhu #rwanda #RwOT

    Umubiligi Luc Eymael wigeze gutoza ikipe ya Rayon Sports yo mu Rwanda, yirukanwe mu ikipe ya Young Africans yo mu Gihugu cya Tanzania azizwa kwita abafana“ Inkende”, amagambo ashingiye ku ivangura ruhu.

    Ishyirahamwe ry’umupira w’amaguru mu gihugu cya Tanzania ryavuze ko ryiteguye kurega uyu mutoza Luc Eymael mu ishyirahamwe ry’umupira w’amaguru ku Isi-FIFA kubera aya magambo ashingiye ku ivangura ruhu yavuze ku bafana.

    Eymael, umubirigi watoje ikipe ya Rayon Sports mu 2014, yari yanditse ku mbuga nkoranyambaga asaba imbabazi abaturage ba Tanzania.

    Eymael yumvikanye avuga ko abafana ba Young Africans ari ‘nk’abazimu batazi iby’umupira ariko bagasakuza nk’inkende cyangwa imbwa’ amagambo afite abo yarakaje cyane.

    Uyu mutoza Eymael yari amaze amezi umunani aje gutoza iyi kipe, avuye muri Black Leopards yo mu gihugu cya Africa y’Epfo.

    Eyamael yavuze ibi ari gusubiza ku gitutu cy’abafana bamusabaga gusimbuza umukinnyi w’ikipe Ghislain mu mukino yariho atoza mu byumweru byashize.

    Nyuma y’ibi, Eymael yanditse ku rubuga rwa Facebook ubutumwa busaba imbabazi bwakwirakwijwe cyane muri Tanzania, aho yavugaga ko yabitewe n’umujinya.

    Kuri facebook nkuko BBC ibitangaza, Eymael yaranditse ati:”Ndashaka gusaba imbabazi abaturage ba Tanzania, abakuriye ikipe ya Yanga, abafana n’abaterankunga kubera ariya magambo. Ariya si amagambo ya Luc Eymael ahubwo ni umujinya n’amarangamutima…”.

    Nubwo yasabye imbabazi, ikipe ya Young Africans ubu yatangaje ko yahagaritse amasezerano bari bafitanye. Ubwo yatozaga Rayon Sports mu 2014, Luc Eymael yahagaritswe kudatoza mu Rwanda imyaka ibiri, ashinjwa guteza urugomo ku kibuga.

    Munyaneza Theogene / intyoza.com

    source http://www.intyoza.com/uwigeze-kuba-umutoza-wa-rayon-sports-yirukanwe-muri-young-africans-azizwa-ivangura-ruhu/

  • CIMERWA To Raise Over US$43M On Rwanda Stock Exchange At Rwf120 Per Share #rwanda #RwOT

    CIMERWA PLC, Rwanda’s only integrated cement manufacturer has finally received approval from the Capital Markets Authority and the Rwanda Stock Exchange to list its shares on August 3, 2020.

    A free float of 344,575,560 shares (49% of 703,219,520 total shares) worth Rwf41,349,067,200 (About US$43 million) will be available for trading to the investor community at Rwf120 per share on the Rwanda Stock Exchange.

    The 49% constitutes shares owned by AGDF Corporate Trust on behalf of the government of Rwanda, Rwanda Social Security Board, Rwanda Investment Group, and Sonarwa Holdings Ltd.

    With CIMERWA PLC Listing by Introduction, it will become the second company to list through this approach and the tenth to be listed on the Main Investment Market Segment of the RSE.

    Albert Sigei, CIMERWA CEO said that this listing by introduction will prove that, “We have been part and parcel of Rwanda’s growth story with a contribution to the society on many fronts.”

    Sigei explained that this will be an opportunity for investors to gain exposure to the attractive cement industry with solid growth potential.

    “The listing will further encourage the drive towards the building of a stronger capital market base. We are excited with the opportunity to bring on board a wider pool of retail and institutional investors, both local and international, to participate in the ownership of CIMERWA,” Sigei added.

    Speaking on the timing of the equity transaction considering the ongoing COVID-19 pandemic, CIMERWA Board Chairman, Regis Rugemanshuro, explained that the company decided to continue with its plans and expressed confidence that CIMERWA remains a strongly attractive investment opportunity considering the fundamentals of Rwanda as a country and the cement industry in particular.

    “The timing is right,” he said, adding that, “This transaction will create opportunities for private investors, and the Government will become a neutral player in a sector whose potential is yet to be fully exploited.”

    “There could not be a better avenue of achieving this objective than listing at the RSE,” Rugemanshuro said.

    With Rwanda having about 57kg per capita cement consumption annually, Rugemanshuro says the company has but only scratched the surface on the huge long-term potential in the cement industry.

    The announcement of this equity transaction comes at a time when CIMERWA has been enlisted to supply cement to the ministry of education’s (MINEDUC) school expansion project where over 22,000 classrooms will be built nationwide over a short span of 3 months.

    The company’s production is currently at close to design capacity.

    “We commend the government of Rwanda for prioritizing the agenda of provision of safe education for all through the MINEDUC classrooms project. We are proud to support them throughout this journey as we pursue our “Strengthening Rwanda” agenda,” Sigei said.

    source https://taarifa.rw/cimerwa-to-raise-over-us43m-on-rwanda-stock-exchange-at-rwf120-per-share/