Author: webrwanda

  • Amafoto ya mama Dangote mubukwe bwa mushiki wa Diamond akomeje kwibazwaho nabenshi. #rwanda #RwOT

    Nyina wa Diamond Platnumz, Mama Dangote yasohotse yambaye imyenda itangaje irabagirana kuri tapi itukura y’ubukwe bw’umukobwa we.
    mama Dangote mubukwe bw’umukobwa we.

    Esma Platnumz, mushiki wa Diamond yashyingiranywe mumpera z’icyumweru n’umukunzi we Msizwa.
    mama Dangote n’umukunzi we .

    Esma yashakanye nk’umugore wa gatatu ku mutunzi wo muri Tanzaniya.

    Mama Dangote ariko, yasize abafana bakeka ko ashobora kuba yiteguye kwibaruka nyuma yo kubona uko Inda ye yabyimbye gato mu myenda yari yambaye.
    ubwoko bwimyenda ari kwambara iri gukemangwa n’abavugagako yaba atwite.

    Abafana baribwira ko bishobora kuba umubyibuho umuntu yiyongera muri iki cyorezo abandi bagahamya ko mama Dangote yaba yarasamye.

    The post Amafoto ya mama Dangote mubukwe bwa mushiki wa Diamond akomeje kwibazwaho nabenshi. appeared first on KASUKU MEDIA.

    source https://kasukumedia.com/amafoto-ya-mama-dangote-mubukwe-bwa-mushiki-wa-diamond-akomeje-kwibazwaho-nabenshi/

  • COVID-19: Rwanda records 30 new cases, 25 recoveries #rwanda #RwOT

    “Kigali:13 (testing in villages under lockdown), Rubavu:11 (returning residents isolated on arrival), Rusizi:5, Kayonza:1”

    Among the 275 385 test samples so far taken in Rwanda since the first case was registered, corded on 14th, March 2020, a total of 2092 are active cases and only five deaths were recorded so far.

    Symptoms of Coronavirus include coughing, colds, and difficulty breathing. It is transmitted through the mucous membranes of the respiratory tract.

    Rwandans are required to continue to comply with government regulations, especially with frequent washing of hands with water and soap, wearing face masks when in public places and respecting social distancing.

    Nicole Kamanzi M.

    source https://en.igihe.com/news/article/covid-19-rwanda-records-30-new-cases-25-recoveries

  • Police provides platform to facilitate people with late flights #rwanda #RwOT

    The online platform www.mc.gov.rw or the feature codes *127# helps the applicant to get a ‘clearance pass’ for the traveller, driver and the automobile to be used.

    RNP spokesperson, CP John Bosco Kabera said that the online facility is already open to applicants.

    “We remind all residents of Rwanda that effective August 3, 2020, all those going or coming from Kigali International Airport after 9 PM will be required to produce the clearance pass to Police officers enforcing the curfew for easy movement,” CP Kabera said.

    How to apply

    Whether applying through www.mc.gov.rw or the Unstructured Supplementary Service Data (USSD) *127#; the applicant will be required to fill in their full particulars, telephone number, automobile plate numbers and the timeframe when the automobile will be on the move, and the flight number.

    “For those arriving, their applications will be processed by hotels where they will be accommodated but in circumstances where an individual has to go out of the facility where he or she is accommodated, either going to their homes or for other emergencies past the curfew hours; the pass will be applied individually,” CP Kabera said.

    He reminded that the applicants will as well be required to produce their flight tickets.

    “Besides seeking the movement clearance, the applicants are also reminded to observe all other safety and hygiene directives including compulsory wearing of facemask, washing or sanitizing hands and social distancing,” CP Kabera said.
    Police officers, he said, will be on the road to facilitate them.

    For further information, the public or those falling under this category, are urged to call 0788311606, for assistance.

    IGIHE

    source https://en.igihe.com/news/article/police-provides-platform-to-facilitate-people-with-late-flights

  • 25 illicit fishing gears seized in Lake Kivu #rwanda #RwOT

    The operations were conducted between 28th and 31st of July as part of the ongoing fight against illegal fishing activities.

    According to Chief Inspector of Police (CIP) Bonaventure Twizere Karekezi, the Police spokesperson for the Western region, the illicit nets valued at Rwf7.5 million, are more than 50 metres long, each.

    The illicit nets commonly known as Kaningini and substandard boats were disposed-of in Nkombo Sector, Rusizi District in a public destruction exercise.

    The disposing-of exercise brought together the Police, local leaders and residents.

    “Residents were enlightened on lawful fishing, ill-effects of illegal fishing and agricultural activities in buffer zones to the aquaculture. No farming activities are allowed with in at least 50 metres from the water body,” CIP Karekezi said.

    “They were also enlightened on the safety practices when in such water bodies, encouraged to form cooperatives and to use authorised fishing gears which don’t kill the young fish but rather facilitates fish growth and production,” he added.

    The operations followed others conducted on July 24, in Lake Kivu on the Islands of Mafundugu and Nyanamo in Musasa Sector, Rutsiro District, where 16 wooden boats and 15 rolls of illicit fishing nets were also seized and ten poachers arrested.

    A similar operation conducted in Lake Burera on July 22, seized two destructive nets, boats and poachers.

    Such illegal fishing activities are also blamed for environmental degradation and violation of measures against the spread of covid-19, since the violators don’t wear facemask.

    The ongoing operations are in line with the Marine Police responsibilities, which include; maintaining safety and security of water bodies and increasing public awareness.

    The awareness against illegal fishing and other unlawful practices targets mainly poachers and farmers, who encroach and degrade buffer zone environment.

    Illegal fishing, smuggling, drug trafficking and violation of waterways regulations are the most prevalent offenses registered in Lake Kivu.

    The law N°58/2008 of 10/09/2008 determining the organization and management of aquaculture and fishing in Rwanda provides that the right to fishing in public waters is only granted by a competent authority, which issues the fishing license.

    Any person, who engages in fishing activities without authorization shall be liable to a fine ranging from Rwf50,000 to Rwf200,000 and an imprisonment of 3 to 6 months or one of them, and dispossession of the equipment used.

    Article 11 outlaws use of “poisonous substances aimed at stunning, weakening or killing fish; applying explosives; using electromagnetic procedures or electrocution; flashing water with an aim of capturing fish; fishing where water organisms are reproduced.”

    IGIHE

    source https://en.igihe.com/news/article/25-illicit-fishing-gears-seized-in-lake-kivu

  • APR FC yavuze icyo ikeka cyatumye bivugwa ko Maj. Gen. Mubaraka Muganga yagizwe perezida w’iyi kipe #rwanda #RwOT

    Ubuyobozi bw’ikipe ya APR FC, burahakana amakuru y’uko Maj. Gen. Mubaraka Muganga wari umuyobozi wungirije w’iyi kipe, yagizwe perezida wayo asimbuye Lt. Gen. Jacques Musemakweli, bakeka ko byaba byaturutse ku kuba uyu muyobozi ari we urimo gukora cyane kuko ari we ufite umwanya.

    Ku munsi w’ejo ku wa Mbere tariki ya 3 Kanama 2020, ni bwo iyi nkuru yakwirakwiye ko Maj. Gen. Mubaraka Muganga ari we muyobozi w’ikipe ya APR FC.

    Mu kiganiro yagiranye n’ikinyamakuru ISIMBI, umuvugizi w’ikipe ya APR FC, Kazungu CLaver yavuze ko atari ukuri, ngo ntibazi aho byaturutse ngo kereka niba ari uko ari we uri kugaragara mu bikorwa bya APR FC cyane, bikaba biterwa n’uko ari we ufite umwanya.

    Yagize ati“ntabwo ari ukuri, sinzi aho byavuye, kuva yaba visi perezida wa APR FC, Maj. Gen. Mubaraka Muganga yagiye gukorera Iburengerazuba bituma ataba hafi y’ikipe cyane, ariko ahao aziye i Kigali yatangiye kujya ayikurikirana umunsi ku munsi.”

    “Aho byaturutse ntaho tuzi, niba ari uko agaragara mu bikorwa bya APR FC cyane kuko ari we uba ufite umwanya. Ubuyobozi bukuru bwa APR FC ntabwo buravuga ko Lt. Gen Jacques Musemakweli atakiri umuyobozi wa APR FC kuko kuyobora APR FC ntabwo wiyamamaza, bigenwa n’ubuyobozi bukuru bw’ingabo(RDF)”

    Muri 2013 ni bwo Lt. Gen. Jacques Musemakweli yagizwe umuyobozi w’ikipe ya APR FC asimbuye Maj. Gen, Alex Kagame.

    APR FC ihamya ko Lt. Gen. Jacques Musemakweli(iburyo) akiri perezida wa APR FC, Maj. Gen. Mubaraka Muganga(ibumoso) akaba visi perezida

    source http://isimbi.rw/siporo/article/apr-fc-yavuze-icyo-ikeka-cyatumye-bivugwa-ko-maj-gen-mubaraka-muganga-yagizwe-perezida-w-iyi-kipe

  • Umugore yabyaye abana batanu b’impanga #rwanda #RwOT

    Ibitaro by’i Mogadishu mu murwa mukuru wa Somalia byatangaje ibyishimo byabo nyuma yo kubyaza umugore abana batanu icya rimwe.

    Ibi bitaro byitwa “Mogadishu Somali Turkey Recep Tayyip Erdogan Training and Research Hospital” bivuga ko uyu mugore n’impinja yibarutse bameze neza.

    Umunyamakuru wa BBC i Mogadishu avuga ko iyi ari inkuru idasanzwe muri iki gihugu, ko abaganga bemeye gutangaza amakuru arambuye nyuma.

    Ibi bitaro byatangaje kuri Twitter ko uyu mubyeyi n’abana be bari gukurikiranirwa hafi.

    Bagaragaje ifoto y’aho babyarira iriho ikipe y’abaganga yafashije uyu mubyeyi muri uku kwibaruka kudasanzwe.

    Kubyara abana barenze batatu ntibibaho kenshi ku bantu.

    Mu burengerazuba bwa Kenya, mu kwezi kwa gatatu umwaka ushize wa 2019 umugore yabyaye abana batanu, gusa babiri muri bo bapfa nyuma bari kuvurwa.

    Eveline Namukhula wabyaye aba bana, nawe yaje gupfa mu kwezi kwakurikiyeho ubwo abaganga bageragezaga kuzibura imitsi ijyana amaraso mu bihaha.

    Mu muco w’uyu mugore mu burengerazuba bwa Kenya, kubyara abana batanu bifatwa nk’amakuba.

    Mu kwa munani umwaka ushize nabwo umugore witwa Sofiat Mutesi wo burasirazuba bwa Uganda yabyaye abana batanu icya rimwe.

    Uyu yabwiye ibinyamakuru byaho ko mu gusuzumwa yari yabwiwe n’abaganga ko atwite abana babiri.

    Madamu Mutesi yabwiye ikinyamakuru The Monitor ko mbere yari yarabyaye impanga (amahasa mu Kirundi), akurikizaho abana batatu icya rimwe, ubwo akaba yari yabyaye batanu.

    source http://www.ukwezi.rw/Udushya/article/Umugore-yabyaye-abana-batanu-b-impanga

  • Bimwe mu byo ubuyobozi bwa APR FC bwaraye buganiriye n’abakinnyi #rwanda #RwOT

    Ku munsi w’ejo hashize ubuyobozi bw’ikipe ya APR FC bwakoze inama n’abakinnyi b’iyi baganira ku ngingo zinyuranye aho kimwe mu byo basabwe ari ukwitwara neza mu mikino nyafurika ya CAF Champions League ya 2020-2021 izitabira.

    Ni inama yabaye mu gitondo cyo ku wa 3 Kanama 2020 ibera Kimihurura ku biro by’iyi kipe aho isanzwe ikorera ibikorwa byayo bya buri munsi.

    Iyi nama yari iyobowe n’umuyobozi wungirije w’iyi kipe, Maj. Gen Mubaraka Munganga, yitabiriwe n’abakinnyi, staff technique(abatoza) n’abandi bari mu buyobozi bw’iyi kipe.

    Uyu muyobozi yatangiye ashmira abakinnyi uburyo bitwaye muri COVID-19 cyane ko nta n’umwe wiyongereye ibiro.

    Muri iya nama kandi ni naho bahereye ikaze abakinnyi bashya baguzwe babereka bagenzi babo, babereka umuryango mugari wa APR FC bazafatanya gushakira intsinzi APR FC mu mwaka uataha w’imikino.

    Abakinnyi 4 baherutse kugurwa berekaniwe muri iyi nama

    Abakinnyi baganirijwe byinshi by’ibanze ku hazaza h’ikipe, intego ifite mu myaka iri imbere, icyo basabwa n’ibyo abakinnyi basabwa.

    Nk’uko urubuga rw’iyi kipe rubitangaza, Maj. Gen. Mubaraka Muganga ku byerekeranye n’imikino nyafurika ya CAF Champions League bazitabira, abakinnyi n’abatoza basabwe kuzarenga icyiciro cy’ijonjora bakagera byibuze mu mikino y’amatsinda, ni mu gihe ikipe yiteguye gukora ibyo isabwa kugira bagere ngo kuri iyo ntego.

    Yagize ati”Impavu nyamukuru yaduhurije aha, ni ukugira ngo tugire ibyo tuganiraho bijyanye n’intego dufite umwaka utaha w’imikino, turifuza kwitwara neza hano iwacu nk’uko mwabikoze umwaka ushize ariko cyane cyane nditsa ku mikino nyafurika ari nayo ntego yacu nyamukuru. Umwaka utaha turifuza kugera mu matsinda y’imikino nyafurika, kwegukana ibikombe by’imikino yo mu karere (CECAFA) tutibagiwe n’andi marushanwa yose akinirwa hano mu Rwanda.”

    Nk’ibisanzwe, APR FC ni ikipe yitsa kandi igarukirana imyitwarire y’abakinnyi ba yo, ushobora kunanirwa gukina ariko ufite ikinyabupfura aho bakwihangira. Muri iyi nama abakinnyi bongeye kwibutswa amahame iyi kipe igenderaho, basabwa kurangwa n’ikinyabupfura aho bari hose yaba mu kibuga cyangwa hanze yacyo.

    Babwiwe ko bazihanganira byinshi ariko umukinnyi witwara nabi uwo nta mwanya aba agifite muri APR FC.

    Ni inama yabaye hakurikijwe uburyo bwo kwirinda COVID-19

    Abakinnyi basabwe gukomeza gukurikiza amabwiriza yo kurwanya COVID-19 ariko banakurikiza gahunda y’umutoza abaha ijyanye no gukora imyitozo muri ibi bihe bya COVID-19.

    Umutoza Adil ndetse na kapiteni w’iyi kipe, Manzi Thierry bijeje ubuyobozi bw’iyi kipe ko bazakora ibishoboka byose bakagera ku ntego nk’ikipe biyemeje.

    Manzi Thierry yijeje ubuyobozi kugera ku ntego biyemeje

    source http://isimbi.rw/siporo/article/bimwe-mu-byo-ubuyobozi-bwa-apr-fc-bwaraye-buganiriye-n-abakinnyi

  • DRC Court To Rule On Provisional Release Of Vital Kamerhe #rwanda #RwOT

    Congo’s former all powerful Vital Kamerhe is expected to know later Tuesday whether he could win a provisional release from prison.

    The Court of Cassation convened on Monday to hear an appeal against the judgment of the Kinshasa Gombe Court of Appeal on Vital Kamerhe’s request for provisional release.

    According to the judicial system in DRC, the Court of Cassation has jurisdiction over all civil and criminal matters triable in the judicial system, and is the supreme court of appeal in these cases.

    After hearing Kamerhe’s request for provisional release, the court said on Monday that it would give a ruling in not more than 48 hours.

    Last week, the Kinshasa Gombe Court of Appeal rejected Vital Kamerhe’s request for provisional release. Vital Kamerhe’s lawyers raised an argument of “the deterioration of his state of health”.

    Vital Kamerhe’s lawyers moved to convince the president of the Court of Cassation Ibanda following the refusal of the Court of Appeal of Kinshasa / Gombe to grant provisional release to their client.

    “The court must rule on the bail refused by the Court of Appeal,” he said on his Twitter account and added: “The hearing is over,” Kamerhe’s lawyers said.

    Kamerhe is currently sentenced to 20 years of forced labor for embezzling public funds as part of President Tshisekedi’s 100-day emergency program, in its construction component prefabricated houses including Samih Jammal and Muhima Ndoole.

    Vital Kamerhe remains in detention at Makala Prison.

    At the court of cassation, Vital Kamerhe maintained that the judges of the Kinshasa Gombe court of appeal did not say the right thing in the council chamber. They made an analogical reasoning, made deductions on allegations without proof, he added.

    He asked the judges of the court to re-analyze the conditions for his provisional release by referring to the code of criminal procedure (articles 27 to 32).

    However, the appeal trial has already started but the case has been postponed until August 7 by the Kinshasa-Gombe Court of Appeal.

    The postponement was granted to the accused party in order to regularize the proceedings against the civil party, the DRC.

    source https://taarifa.rw/drc-court-to-rule-on-provisional-release-of-vital-kamerhe/

  • Three Arrested Selling Dog Meat #rwanda #RwOT

    Three young men in their 20s have been arrested red handed with dog meat which they were attempting to sell to unsuspecting clients.

    The suspects have only been identified as Ihimbazwe (aged 20), Yangeneye (aged 22) and Nshimiyimana (27). They are residents of Gikumba village, Gikoma cell in Ruhango district.

    Jean Bosco Nizeyimana the executive secretary at Ruhango sector was quoted saying that he was aware of the incidence but didn’t have more details.

    According to a local newsblog Umuseke, the suspects had bought the dog from Alexis Gasatsi on Sunday but the dog bit Dusingizimana a resident who was later rushed to Kinazi hospital.

    On realising that the situation had turned complicated, the owners of this dog decided to slaughter it and sold the meat claiming it was goat meat but residents burst their ploy.

     

    source https://taarifa.rw/three-arrested-selling-dog-meat/

  • Kenya’s High Oil Prices Could Have Ripple Effects In Rwanda #rwanda #RwOT

    Rwanda’s economy could be braced for tough times as fuel prices not far away in Kenya rise to a 12-month high according to statistics from Central Bank of Kenya (CBK).

    The East African economy said on Monday that its fuel inflation rose for the fourth straight month to hit 8.6 per cent in July, up from 4.5 per cent in March.

    A careful analysis of this data shows that it is the first time since June last year for Kenya’s fuel inflation to be above food inflation.

    Oil prices and levels of inflation are often seen as being connected in a cause-and-effect relationship. As oil prices move up, inflation—which is the measure of general price trends throughout the economy—follows in the same direction higher.

    Earlier this year, oil prices collapsed amid the COVID-19 pandemic and economic slowdown. OPEC and its allies agreed to historic production cuts to stabilize prices, but they dropped to 20-year lows. So far oil prices are shooting higher and higher because of effects of growing scarcity.

    Kenya has an advantage of being a coastal country which makes importation of oil products much easier directly from OPEC suppliers.

    However, in Kenya, Diesel and petrol prices last month jumped by Sh17.30 and Sh11.38 per litre, respectively—the fastest single month jump in 13 years—blunting the pace of easing cost of living.

    For land locked countries like Rwanda importing the already highly priced oil in OPEC is again further affected by transport costs and the final consumer will definitely fork out extra cash per litre.

    The costs of energy and transport will now be of concern to the economy given that it affects the pricing of goods and services in many other sectors such as transport, manufacturing and agriculture.

    source https://taarifa.rw/kenyas-high-oil-prices-could-have-ripple-effects-in-rwanda/