Author: webrwanda

  • Dj Ira yahishuye umusore bakundana, icyo yamukundiye n’ibyo gukora ubukwe(VIDEO) #rwanda #RwOT

    Umukobwa umaze kwandika izina mu Rwanda mu kuvangavanga imiziki, Iradukunda Grace Divine uzwi nka Dj Ira yahamije ko afite umukunzi kandi akunda akamwubahira ko yubaha akazi ke akora ko kuvangavanga imiziki.

    Mu minsi ishize ni bwo aganira na ISIMBI, Dj Ira yahakanye ko atari umutinganyi nk’uko abantu bakunze kubivuga cyane ko afite umukunzi, gusa yari yirinze gutangaza izina rye.

    Mu kiganiro yongeye kugirana n’ikinyamakuru ISIMBI yavuze ko afite umukunzi kandi amukundira ko yubaha akazi ke akanamukunda gusa ngo ubukwe si vuba.

    Yagize ati“ikintu cyatumye mukunda ni uko na we yankunze, akazi kanjye arakubaha ntabwo ambangamira kuba nakora ijoro. Turubahana, turakundana, turihanganirana. Turacyakeneye igihe cyo gukora, ubukwe si vuba ntabwo turabupanga, ntabwo igihe kiragera.”

    Dj Ira avuga ko ari mu rukundo n’umusore w’umunyarwanda witwa Ziggy, ndetse Imana ibishatse ngo ni we wazamubera umugabo.

    Dj Ira yahishuye umusore bari mu rukundo

    Reba ikiganiro na Dj Ira

    source http://isimbi.rw/imyidagaduro/article/dj-ira-yahishuye-umusore-bakundana-icyo-yamukundiye-n-ibyo-gukora-ubukwe-video

  • 11 beza bakinanye na Nzarora Marcel wamaze gusezera ruhago #rwanda #RwOT

    Nyuma yo gusezera ku mupira w’amaguru kubera imvune, umunyezamu Nzarora Marcel yatangaje abakinnyi 11 b’ibihe byose kuri we bakinanye.

    Mu ntangiriro z’iki cyumweru ni bwo hamenyekanye inkuru y’uko uyu munyezamu wakiniye ikipe y’igihugu igikombe cy’Isi cy’abatarengeje imyaka 17 muri 2011 yasezeye ku mupira w’amaguru.

    Nzarora Marcel uhamya ko yagiriye ibihe byiza mu mupira w’amaguru, yasezeye kubera imvune yagize abona itazakira ngo yongere guconga ruhago.

    Aganira n’ikinyamakuru ISIMBI, Nzarora Marcel yahishuye ikipe y’abakinnyi 11 b’ibihe byose kuri we, gusa ahamya ko yakinanye n’abakinnyi benshi bafite impano, gusa 11 babanjemo ku mukino wa nyuma y’igikombe cy’Afurika cya 2011 cy’abatarengeje imyaka 17 bakaza gutsindwa na Libya 2-1, ni bo b’ibihe byose kuri we.

    Yagize ati“abakinnyi bo ni benshi, abakinnyi benshi mu Rwanda bafite impano, nakinanye na benshi bazi gukina ntabwo nabarondora bose ngo nzabavemo ariko ni benshi. Ngiye gukora ikipe ya 11 ntabwo najya kure ni 11 babanjemo ku mukino wa nyuma w’igikombe cy’Afurika, iyo kuri njye mbona ari ikipe nziza nashyira ahantu hose.”

    Nzarora Marcel asoje ruhago nyuma yo gukinira amakipe nka Police FC, Rayon Sports, Musanze FC na Mukura VS.

    Dore 11 beza b’ibihe byose kuri Nzarora Marcel

    Umunyezamu: Nzarora Marcel

    Ba Myugariro:Rusheshangoga Michel, Usengimana Faustin, Turatsinze Hertier na Ndayishimiye Celestin

    Abakina Hagati:Nsabima Eric Zidane, Ndatimana Robert na Buteera Andrew

    Ba Rutahizamu: Tibingana Charles, Kabanda Bonfils na Mico Justin

    11 beza kuri Nzarora Marcel

    source http://isimbi.rw/siporo/article/11-beza-bakinanye-na-nzarora-marcel-wamaze-gusezera-ruhago

  • Govt sets deadline for motos’ meters use #rwanda #RwOT

    The new moto electronic transport system was announced during the press briefing, which brought together City of Kigali, RURA and RNP.

    The GPS-enabled tool calculates distance and electronically generates the transport fare instantly.

    RURA Director General, Patrick Nyirishema said that the deadline was well thought about including facilitating the motorcyclists to access the meters by the set deadline.

    “We have taken two years to prepare this and to transform the moto transport system; we had meetings with the motorcyclists on this issue, and we hope by that date, all taxi-moto operators will be set for the new and efficient electronic services,” Nyirishema said.

    With meters, passengers have options of paying using Mobile Money, Airtel Money or Tap & Go.

    Currently, there are over 46,000 registered commercial motorcyclists across the country, with about 26,000 operating in Kigali.

    According to RURA, about 19,500 motorcyclists in Kigali have so far acquired meters.
    Nyirishema said that the mandatory electronic system for motorcyclists started in Kigali and will be decentralized to other parts of the country soon.
    He said that the meters are friendly in terms of fares.

    For the first 2kms, a passenger pays only Rwf300 and Rwf133 for any additional kilometers.

    In case a passenger makes a stoppage along the route, he or she will have free 10 minutes after which Rwf21 will be charged per minute.

    Nyirishema said that there are enough meters for all motorcyclists.
    Three firms were authorized to provide the meters. These are Yego Moto, Pascal and Tap&Go.

    A meter can only be used for two years, after which a new one alongside a smartphone will be given to a motorcyclist.

    On the issue of the meter being expensive, Nyirishema disclosed that there will be no upfront payment as it will be paid in the course of two years.

    He cleared the air that there will be no extra charges for clients using telecom payment services.

    City Mayor, Pudence Rubingisa said that use of meters and shifting to cashless payment is in line with the ‘Smart City’ programme and part of the efforts to prevent further spread of novel Coronavirus.

    “We are building a clean city that embraces e-services across all sectors including transport to ensure efficiency and service delivery,” Mayor Rubingisa said.

    The mayor appealed to clients to also play their part by adopting the electronic payment system and to use motos with meters to prevent being cheated.
    RNP spokesperson, CP John Bosco Kabera said that the force is always ready to enforce any instructions.

    “This will help the Police in relation to security matters; in case of conflict between the motorcyclist and client and also when a motorcycle or its rider has been implicated in any unlawful acts,” CP Kabera said.

    He added: “This is for the benefit of the motorcyclist, client and the country in general; we don’t wish to see any motorcyclist on the road on August 15, without a meter because on that very day, the Police will carry out its enforcement duties.”

    He said that RNP will continue to work with City of Kigali, RURA and the federation of motorcycle cooperatives to ensure that the directives are adhered to. City Mayor, Pudence Rubingisa said that use of meters and shifting to cashless payment is in line with the ‘Smart City’ programme

    IGIHE
    http://dlvr.it/RdF623

  • Akanama k’abaminisitiri ka EAC kemeje ingengo y’imari ya miliyoni $97.6 #rwanda #RwOT

    Inama idasanzwe ya 41 y’Akanama k’abaminisitiri ka EAC, kemeje ingengo y’imari y’uyu muryango ingana na miliyoni $97.6 zizagabanywa inzego eshatu n’ibigo biwushamikiyeho muri uyu mwaka watangiye kuwa 1 Nyakanga 2020, ukazageza kuwa 30 Kamena 2021.
  • Despite COVID-19, Rwanda Expo Scheduled For December In Gahanga – PSF Chairman #rwanda #RwOT

    Rwanda Private Sector Federation (PSF) Chairman, Robert Bapfakurera is optimistic that the Rwanda International Trade fair (EXPO Rwanda) will be successfully held despite fears of COVID-19.

    “We have not foregone the exhibition,” he said on Saturday morning at KISS FM in a discussion on Rwanda’s economic recovery especially through the Economic Recovery Fund. Bapfakurera said that planning activities are on going to have the EXPO, which was scheduled to take place between 21st July to 10th August 2020 at Gikondo Expo Grounds, held in December 2020 between 11th and 31th.

    One of the major considerations is the plan to hold the trade fair in Gahanga, Bugesera district in the industrial zone. “We are looking for a larger space,” he said. “In view of COVID-19 guidelines, we need a bigger space.”

    PSF has already secured a construction permit, and studies are being carried out to come up with a solid plan of how the trade fair should be organised.

    source https://taarifa.rw/despite-covid-19-rwanda-expo-scheduled-for-december-in-gahanga-psf-chairman/

  • Ibyo Kenya yohereje mu Rwanda byageze kuri miliyoni $1.34 muri Gicurasi 2020 #rwanda #RwOT

    Ibyo Kenya yohereza mu Rwanda muri Mata byaragabanutse bigera ku $831,775 bivuye kuri miliyoni $1.3 muri Werurwe 2020, byongera kuzamuka bigera kuri miliyoni $1.34 muri Gicurasi, nyuma y’uko ibihugu byinshi bifunguye ibikorwa ari nako bihangana n’icyorezo cya Coronavirus.
  • Rutsiro: Batatu bafatiwe mu bucukuzi bw’amabuye y’agaciro butemewe #rwanda #RwOT

    Polisi ikorera mu karere ka Rutsiro mu murenge wa Rusebeya mu kagari ka Kabona yafashe uwitwa Yadufashije Jean Marie Vianney w’imyaka 27, Habiyambere Gaspard w’imyaka 32 na Yankurije Consolee w’imyaka 33 bari mu bucukuzi bw’amabuye y’agaciro butemewe.
  • Mark Zuckerberg yinjiye ku rutonde rw’abaherwe batunze miliyari 100 z’amadolari #rwanda #RwOT

    Umuyobozi mukuru wa Facebook, Mark Zuckerberg guhera kuri uyu wa Kane yinjiye mu rutonde rw’abaherwe batunze miliyari 100 z’amadolari ku isi nyuma y’uko imigabane muri sosiyete ye yiyongereye.
  • Ihere ijisho imyambaro igezweho yafasha ab’igitsinagore kuberwa no kurimba (Amafoto) #rwanda #RwOT

    Inzu ihanga imideli ya Joselyne Umutoniwase izwi nka Rwanda Clothing, iherutse gushyira hanze imyambaro y’ab’igitsinagore igezweho yabafasha kuberwa muri iyi mpeshyi.