Author: webrwanda
-
Trump ashobora kwisubiraho akababarira Snowden yitaga umugambanyi ukwiriye kwicwa #rwanda #RwOT
Perezida Donald Trump yatangaje ko ashobora kubabarira Edward J. Snowden wahoze akora mu nzego z’ubutasi za Amerika ukurikiranyweho ibyaha byo gushyira hanze amabanga y’ubutasi y’igihugu. -
Umubare w’abanyarwandakazi basaba gukuramo inda ukomeje kwiyongera #rwanda #RwOT
Kuva itegeko ryemerera abagore gukuramo inda ryavugururwa, abaganga n’abakora mu miryango yita ku buzima, basobanura ko abasaba iyi serivisi basigaye biyongera umunsi ku wundi. -
USA: Umunyarwandakazi Makoma yegukanye ikamba rya Miss Rwanda Utah 2020 #rwanda #RwOT
Umunyarwandakazi witwa Pauline Makoma yegukanye ikamba rya Miss Africa Utah 2020 muri Leta Zunze Ubumwe za Amerika. -
Umukunzi wanjye yaranyanze ngo kubera ntaciye imyeyo none ndashaka umuhungu wakwemera kunkunda. #rwanda #RwOT
Nitwa Uwera Sabine mfite imyaka 26 ntuye i Kigali. Nakundanye n’umusore turakundana cyane bigera ubwo dutangira gutekereza kuba twabana. Buri gihe iyo icyo kiganiro twatangiraga kukivugaho yahitaga ambwira ko mbere yo gutangira gupanga ubukwe tugomba kubanza kuryamana. Jye nari naramuhakaniye kuko nabyiyumvagamo ko umunsi twaryamanye ashobora kuzahita anyanga. Byakomeje gutyo dukomeza gukundana, ajya kunyerekana iwabo nanjye mwerekana iwacu ibyo byatumye mugirira ikizere mbona ko ankunda by’ukuri. Uretse n’ibyo, ibintu byose yankoreraga byanyerekaga ko ankunda nta buryarya. Maze kubyishyiramo ko twamaze guhuza, twongeye kugira ibiganiro byo kuba twapanga ubukwe, nawe yongera kunsubiriramo ko atapanga ubukwe tutararyamana. Bitewe n’uko nari namaze kumwizera narabyemeye kuko nubundi kuva yaramaze kunyerekana iwabo nari naratangiye kwitwara nk’aho ndi umugore we. Nyuma y’uko turyamanye yanyoherereje ubutumwa ambwira ko adashobora kubana nanjye. Namubajije impamvu ambwira ko kuba ntaraciye imyeyo byerekana ko ntazigera mufata neza mu buriri, ko ntazamushimisha, ko bizatuma ararikira abandi bagore bityo akanca inyuma. Ngo rero icyo yifuza n’ukubana n’umukobwa waciye imyeyo kuko ari byo bizamurinda kujya mu busambanyi. Uretse kuba narabyumvaga gutyo, ibyerekeranye no guca imyeyo nta muntu wundi wari warigeze abinganirizaho muri make sinari mbisobanukiwe kuko sinagize amahirwe yo kubana n’ababyeyi banjye, bitabye Imana nkiri muto, wenda bo bari kuba barabinsobanuriye. Ubu rero ndashaka umuntu twakundana tukibanira we akankunda by’ukuri kandi akanyizeza ko atazanca inyuma kandi ko atazanziza icyo kintu. Habaye hari uhari yanyandikira inbox.
Kumwandikira inbox Kanda Hano wiyandikishe mu bashaka umukunzi nurangiza kwiyandikisha Ukande hano maze nubona izina rye urikandeho uhite ukanda ahanditse “Message” maze umwoherereze ubutumwa. Niba waramaze kwiyandikisha mu bashaka umukunzi Kanda hano maze nubona izina rye urikandeho uhite ukanda ahanditse “Message” maze umwoherereze ubutumwa cyangwa ukande kuri Chat muganire mu ibanga rikomeye murebana imbonankubone ku ikoranabuhanga rya Webcam.
-
Ni nde uzabazwa ibikoresho bya Leta byibwe n’ibyangirikiye mu karere ka Rubavu? #rwanda #RwOT
Imyaka ishize ari itatu mu karere ka Rubavu by’umwihariko mu biro by’akarere ndetse no mu mirenge hagaragayemo ubujura bw’ibikoresho bitandukanye ariko hakabura ibimenyetso. -
Abanyafurika barenga miliyoni 13 bashobora kwisanga mu bukene bukabije kubera Coronavirus #rwanda #RwOT
Abanyafurika babarirwa muri miliyoni 13 byitezwe ko bashobora kugirwaho ingaruka zikomeye na Coronavirus bakisanga munsi y’umurongo w’ubukene mu mpera z’uyu mwaka aho mu gihe ibintu byaba bigenze nabi cyane uyu mubare ushobora kwiyongera bakagera nibura kuri miliyoni 50. -
Musanze: Igare rikomeje kugira uruhare mu guteza imbere ubukerarugendo bw’imbere mu gihugu #rwanda #RwOT
Hashize amezi abiri gusa hatangijwe ku mugaragaro ubukerarugendo bushingiye ku igare, aho abifuza gutembera bihera ijisho ibyiza nyaburanga bitatse Igihugu by’umwihariko mu Karere ka Musanze, bifashisha igare bagakora siporo ari nako bateza imbere ubukerarugendo bwo mu gihugu imbere. -
Hyundai mu rugamba rwo kwiharira isoko ry’imodoka zikoresha amashanyarazi #rwanda #RwOT
Uruganda kabuhariwe mu gukora imodoka rwa Hyundai, rwashyize hanze gahunda rufite yo gukora imodoka zikoresha amashanyarazi, zizarufasha mu mugambi rufite wo gucuruza imodoka miliyoni imwe zikoresha amashanyarazi mu gihe gito. -
Film y’urukozasoni igaragaramo abakobwa babiri umwe w’umwirabura n’undi w’umuzungu bari guhuza ibitsina yanyuze kuri Television yateje ikibazo mu gihugu. #rwanda #RwOT
Film y’urukozasoni yitwa Vivante yakozwe n’umugore usanzwe ukora ama film witwa Anoushka, muri iri joro yaraye inyuze kuri Television yitwa Canal+ yateje ikibazo gikomeye mu gihugu cy’Ubufaransa. Iyi Film igaragaramo abakobwa babiri uwitwa Charlotte (Bertoulle Beaurebec) hamwe na Lou (Romy Furie) umwe ni umwirabura undi ni umuzungu barimo bahuza ibitsina. Muri iyi film umwe muri aba bakobwa akora impanuka maze akongera kuba muzima bitewe n’urukundo mugenzi we amwereka. Si urukundo gusa ahubwo kubyina ndetse n’uko guhuza ibitsina nibyo bituma uwendaga gupfa yongera kuba muzima. Mu gihe uwo wakoze impanuka aba yaramugaye agendera mu kagare, mugenzi we akora ibishoboka byose kugira ngo yongere kuba muzima. Muri iyi film hakaba harimo n’aho abo bakobwa bahuza ibitsina ari batatu. Iyi film rero ikaba yateje ibibazo muri iki gihugu cy’Ubufaransa bitewe n’uko hari itegeko ribuza gukorera umuntu ubana n’ubumuga ikintu cyose kijyanye no guhuza ibitsina cyangwa se ikindi cyose gisa nabyo.

Nubwo m’Ubufaransa bibujijwe ariko m’Ububiligi, Ubudage hamwe n’Ubusuwisi ho biremewe. Anoushka wakoze iyi film ubwo bamubazaga icyatumye ayikora yavuze ko yashakaga kugaragaza ibyiza byo guhuza ibitsina ndetse n’akamaro bishobora kugira m’ugufasha umuntu ndetse ko yashatse kugaragaza ko buri wese afite uburenganzira bwo kubikora. Ibi rero bikaba byongeye kugaragaza ko turi mu minsi ya nyuma aho abantu basigaye bakora ibidakorwa. Muri iyi film hagaragaramo kandi umugore witwa Marie-Léa Kinka akaba ari umwe mu bakinnyi ba film z’urukozasoni b’ibyamamare muri iki gihugu.

Dore muri iyo film uko byari byifashe.
-
Ifoto ya Tokyo yakuyemo ikariso ikomeje guca ibintu ku mbuga nkoranyambaga. #rwanda #RwOT
Tokyo wamenyekanye cyane muri film yitwa La casa de papel (Money heist) yashyize hanze amafoto amugaragaza yambaye ikariso yonyine.
Uyu mukobwa amazina ye bwite ni Úrsula Corberó akaba yashyize hanze ayo mafoto maze avugisha imbaga y’abantu dore ko akurikirwa n’abarenga Miliyoni 20 k’urubuga rwa Instagram. Aya ni amwe mu mafoto yashyize hanze maze abamukurikira baratangara cyane. Ifoto imugaragaza yakuyemo ikariso ari kurunguruka igitsina cye niyo yakomeje gutangaza abantu.

source https://nibyiza.com/ifoto-ya-tokyo-yakuyemo-ikariso-ikomeje-guca-ibintu-ku-mbuga-nkoranyambaga/
-





