Author: webrwanda

  • Coronavirus: Ingendo mu modoka rusange zijya/ziva Kigali zahagaritswe, utubari twose turafunzwe, Gutaha mu rugo biba saa moya… #rwanda #RwOT

    Mu itangazo ry’ibyemezo by’inama y’Abaminisitiri yateranye kuri uyu wa 26 Kanama 2020 iyobowe na Perezida Kagame, aho yabereye muri Village Urugwiro, bimwe mu byemezo bikaze byafashwe harimo; Kuba Buri wese ategetswe kuba yageze mu rugo saa moya, ingendo mu modoka rusange zihuza Kigali n’izindi ntara zirabujijwe, nta kabari na kamwe kemewe kaba n’ako muri Hotel…, ibyemezo bitangira kubahirizwa none kuwa 27 Kanama 2020.

    Dore amabwiriza yose y’ibyemezo by’inama y’abaminisitiri;

    Munyaneza Theogene / intyoza.com

    source http://www.intyoza.com/coronavirus-ingendo-mu-modoka-rusange-zijya-ziva-kigali-zahagaritswe-utubari-twose-turafunzwe-gutaha-mu-rugo-biba-saa-moya/

  • COVID-19: Ingendo rusange zihuza intara n’umujyi wa Kigali zongeye gufungwa #rwanda #RwOT

    Mumyanzuro y’Inama y’Abaminisitiri hibanzwe mu gukaza ingamba zo kwirinda icyorezo cya COVID-19 nyuma y’uko hagaragaye ubwiyongere bukabije bw’ubwandu ndetse n’umubare wabapfa, yanzura ko ingendo zibujijwe guhera saa moya z’ijoro aho kuba saa tatu kugera saa kumi n’imwe z’igitondo nk’uko byari bimeze.

    Kugeza ubu umujyi wa Kigali ukomeje kwiharira umubare munini w’abandura mu bipimo bya burimunsi byerekanwa n’inzego z’ubuzima.

    hamaze kuboneka 3625 banduye mu bipimo 383 481, abagera ku 1810 barayikize mu gihe 1800 bakitabwaho n’abaganga naho 15 bitabye Imana.
    Inama y’Abaminisitiri yanzuye ko mu kugabanya ubu bwandu, usibye amasaha y’ingendo yashyizwe saa moya aho kuba saa tatu nk’uko byari bimenyerewe, ubu ingendo hagati y’Umujyi wa Kigali n’izindi ntara hifashishijwe imodoka rusange nazo ntizemewe.
    Ni mu gihe ingendo zo kujya cyangwa kuva mu Karere ka Rusizi zahagaritswe uretse amakamyo atwaye ibicuruzwa gusa.
    Ingamba rusange zo kwirinda indwara ya COVID-19
    a. Udupfukamunwa tuzakomeza kwambarwa neza igihe cyose umuntu agiye aho ahurira n’abandi bantu.
    b. Serivisi zose zemerewe gukora zizakomeza kubahiriza amabwiriza atangwa n’inzego z’ubuzima (gukaraba intoki, kwambara udupfukamunwa, gusiga intera hagati y’umuntu n’undi).
    c. Abacuruzi bose barakangurirwa kwemera kwishyurwa hakoreshejwe ikoranabuhanga nka bumwe mu buryo bwo kwishyurana.
    d. Ingendo zirabujijwe guhera saa Moya z’ijoro (7:00 pm) kugeza saa Kumi n’imwe za mu gitondo (5:00 am).
    Ingamba zihariye zizubahirizwa mu Mujyi wa Kigali
    a. Ingendo mu modoka rusange (public transport) hagati y’Umujyi wa Kigali n’izindi ntara zirabujijwe.
    b. Ingendo mu modoka bwite (private transport) hagati y’Umujyi wa Kigali n’izindi ntara zizakomeza ariko hubahirizwa amabwiriza y’inzego z’ubuzima.
    c. Ibikorwa by’inzego za Leta bizakomeza ariko buri rwego rwa Leta rurasabwa gukoresha abakozi batarenze mirongo itatu ku ijana (30%) by’abakozi bose, abandi bakozi bagakorera mu rugo atiko bakagenda basimburana.
    d. Ibikorwa by’Inzego z’abikorera bizakomeza ariko buri rwego rugakoresha mirongo itanu ku ijana (50%), abandi bakozi bagakorera mu rugo ariko bakagenda basimburana.
    e. Amasoko n’amaduka (malls and markets) agomba gukora ku gipimo cya mirongo itanu ku ijana (50%) by’abayacururizamo, ariko basimburana.
    f. Amateraniro rusange arabujijwe, uretse amateraniro y’ingenzo ku babiherewe uburenganzira kandi umubare wabo nturenge 30% by’ubushobozi bwo kwakira abantu bw’aho bateranira. Uruhushya ruzajya rutangwa n’inzego z’ibanze ndetse n’Urwego rushinzwe Iterambere mu Rwanda (RDB) habanje gusuzumwa ko amabwiriza y’inzego z’ubuzima yubahirijwe.

    g. Ibikorwa by’ubukerarugendo bw’imbere mu gihugu n’ubukerarugendo mpuzamahanga bizakomeza ariko ba mukerarugendo bagomba kuba bafite impushya zo gusura zemewe ndetse n’ibisubizo bigaragaza ko nta bwandu bwa COVID-19 bafite.
    Serivisi zizakomeza gukora mu gihugu hose

    a. Ibikorwa by’inzego za Leta bizakomeza ariko buri rwego rwa Leta rurasabwa gukoresha abakozi batarenze mirongo itatu ku ijana (30%) by’abakozi bose, abandi bakozi bagakorera mu rugo atiko bakagenda basimburana.
    b. Ibikorwa by’Inzego z’abikorera bizakomeza ariko buri rwego rugakoresha mirongo itanu ku ijana (50%), abandi bakozi bagakorera mu rugo ariko bakagenda basimburana.
    c. Abategura inama (conferences/meetings) barasabwa kubahiriza ingamba zo kwirinda COVID-19.
    d. Ibikorwa by’ubukerarugendo bizakomeza.
    e. Abagenzi bose baza ku Kibuga cy’Indege Mpuzamahanga cya Kigali bagomba kuba bapimwe COVID-19 mu masaha 120 mbere yo guhaguruka kandi bakubahiriza amabwiriza y’inzego z’ubuzima.

    f. Ibikorwa bya siporo zikorerwa hanze abantu bategeranye bizakomeza. Icyakora siporo ikorewe mu nyubako z’imyidagaduro (gyms) irabujijwe.

    g. Moto zizakomeza gutwara abagenzi, uretse mu duce twashyizwe muri gahunda ya Guma mu Rugo (lockdown). Abatwara moto barasabwa kubahiriza amabwiriza y’isuku no kwambara udupfukamunwa buri gihe.

    h. Umubare w’abitabira ikiriyo ntugomba kurenga abantu 15 icyarimwe.
    i. Insengero zemerewe gukora hubahirijwe ingamba zo kwirinda COVID-19.
    j. Ishyingirwa rikorewe imbere y’Ubuyobozi rizakomeza ariko ryitabirwe n’abantu batarenze 15.

    k. Imihango y’idini yo guherekeza/gusezera uwapfuye mu nsengero izakomeza,ariko ikitabirwa n’abantu batarenze 30. Imihango yo gushyingura nayo ntigomba kurenza abantu 30.
    Serivisi zizakomeza gufunga mu gihugu hose
    a. Ingendo zo kuva no kujya mu Karere ka Rusizi zirabujijwe uretse amakamyo atwaye ibicuruzwa.

    b. Amashuri azakomeza gufunga mu gihe hakinozwa isesengura ry’inzego z’ubuzima n’iz’uburezi ku bijyanye n’uburyo amashuri yakwigisha hubahirizwa ingamba zo kurwanya COVID-19. Kwiga hifashishijwe ikoranabuhanga bizakomeza kandi bigomba kongerwamo imbaraga.

    c. Imipaka yo ku butaka izakomeza gufungwa, uretse ubwikorezi bw’ibicuruzwa (cargo trucks). Abanyarwanda n’abandi bantu basanzwe batuye mu Rwanda bemerewe gutaha, ariko bagahita bashyirwa mu kato (isolation) nk’uko amabwiriza y’inzego z’ubuzima abiteganya. Abari mu kato biyishyurira ikiguzi cya serivisi zose bahabwa.
    d. Ibikorwa by’imikino y’amahirwe birabujijwe.
    e. Utubari twaba utwo mu marestora no mu mahoteli tuzakomeza gufunga.

    The post COVID-19: Ingendo rusange zihuza intara n’umujyi wa Kigali zongeye gufungwa appeared first on KASUKU MEDIA.

    source https://kasukumedia.com/covid-19-ingendo-rusange-zihuza-intara-numujyi-wa-kigali-zongeye-gufungwa/

  • ACP Lynder Nkuranga, umugore wari ukomeye kurusha abandi muri Polisi y’u Rwanda yazamuwe mu ntera #rwanda #RwOT

    Uyu mwanya yawusimbuyeho Rtd Colonel Kalibata Anaclet wawugiyeho mu kwezi k’Ukwakira 2018, avuye nabwo ku buyobozi bw’urwego rw’abinjira n’abasohoka mu gihugu.

    ACP Lynder Nkuranga niwe mugore wari ufite umwanya ukomeye mu buyobozi bukuru bwa Polisi y’u Rwanda kandi yagiye anakora imirimo itandukanye mu buyobozi bwa Polisi y’igihugu.

    ACP Lynder Nkuranga yamenyekanye cyane mu itangazamakuru mu mwaka wa 2017 ubwo yari umuvugizi wa Polisi wungirije ku rwego rw’igihugu, icyo gihe yari yungirije Theos Badege. Muri icyo gihe, Lynder Nkuranga yari afite ipeti rya Chief Superintendent.

    Aha Lynder Nkuranga yari afite ipeti rya Chief Superintendent ubwo yabaga Umuvugizi Wungirije wa Polisi ku rwego rw’igihugu

    Niwe mugore rukumbi wabaye umuvugizi wa Polisi ku rwego rw’igihugu, n’uyu mwanya w’umuvugizi wungirije nta wundi muntu wari wawuhabwa haba mbere ye na nyuma ye, umuvugizi wa Polisi ubundi ntakunze kugira umwungirije.

    Muri Mutarama 2018, ubwo Perezida Kagame yazamuraga mu ntera abofisiye ba Polisi y’u Rwanda, yanazamuye Lynder Nkuranga, hamwe n’abandi bagore bagenzi be babiri Rose Muhisoni na Teddy Ruyenzi, bose bahawe ipeti rya Assistant Commissioners of Police (ACP). Iri ni ipeti rya kane rikomeye mu gipolisi cy’u Rwanda.

    Aba bagore uko ari batatu banashyizwe mu myanya y’ubuyobozi bwa Polisi mu mashami atandukanye, ariko by’umwahariko ACP Lynder Nkuranga we yari umwe mu bagize ubuyobozi bukuru bwa Polisi buzwi nka Police Command, mu bapolisi bakuru babugize uko ari 36 akaba ari we mugore rukumbi wari urimo aho yari ashinzwe ibikorwa by’imikoranire n’izindi nzego (Commissioner for Cooperation and Protocol).

    Uretse uyu mwanya, ACP Lynder Nkuranga asanzwe ari n’Umuyobozi Nshingwabikorwa w’Urwego rushinzwe kurwanya ihohoterwa rishingiye ku gitsina (Executive Director for the Regional Center of Excellence on GBV)

    source http://www.ukwezi.rw/mu-rwanda/2/article/ACP-Lynder-Nkuranga-umugore-wari-ukomeye-kurusha-abandi-muri-Polisi-y-u-Rwanda-yazamuwe-mu-ntera

  • Korali Yesu Araje yo mu Badiventisiti yakuye urujijo ku ndirimbo itaravuzweho rumwe #rwanda #RwOT

    Korali Yesu Araje yo mu Itorero ry’Abadiventisiti b’Umunsi wa Karindwi yashyize hanze indirimbo nshya yise ‘Ndacyari Njyewe’ ikubiyemo ubutumwa bugusha ku guhumuriza abantu ko nubwo hari ibibagoye hari Imana ica inzira.
  • Amasaha y’ingendo yavanywe saa tatu ashyirwa saa moya, ingendo mu modoka rusange zihuza Kigali n’intara zirahagarikwa #rwanda #RwOT

    Inama y’Abaminisitiri yakajije ingamba zo kwirinda icyorezo cya COVID-19 nyuma y’uko bigaragaye ko imibare y’ubwandu n’abantu bapfa ikomeje kwiyongera, yanzura ko ingendo zibujijwe guhera saa moya z’ijoro aho kuba saa tatu kugera saa kumi n’imwe z’igitondo nk’uko byari bimeze.
  • Wema Sepetu yatangaje ko yari agiye kwiyahura #rwanda #RwOT

    Nyampinga wa Tanzania 2006, Wema Sepetu ahamya ko nyina ari we w’agaciro mu buzima bwe cyane ko yamubaye hafi mu gihe cy’amezi 3 ubwo yashakaga kwiyahura.

    Mu kiganiro Trendy Show kinyura kuri Wasafi TV, uyu mukobwa yavuze ko yageze igihe ahura n’ihungabana, ariko akaba yaragize nyina wabaye hafi n’aho ubundi aba yariyahuye.

    Ntabwo yigeze avuga birambuye icyari kibimuteye ariko yavuze ko nyina ari inkingi ikomeye mu buzima bwe kuko yabashije kumugarura ubwo yari ayobowe n’amarangamutima y’ihungabana, ngo byasabaga nyina ko arara areba.

    Yagize ati“Mama yahoze amfasha, ni inkingi yanjye. Ni we muntu wampaye imbaraga zo gukomeza. Yizera ubushobozi bwanjye cyane. Ubwo nari ngeze ku rwego rwo kuba nakwiyahura, nahise njya aho atuye mpamara amezi 3. Mama yari ahari ku bwanjye icyo gihe cyose. Nta n’ubwo yaryamaga. Nabyuka ni njoro ngiye mu bwiherero, yagombaga kwicara akantegereza.”

    Wema Sepetu uretse kuba yarabaye Nyampinga wa Tanzania 2006, yamenyekanye cyane kandi ubwo yari mu rukundo n’umuhanzi Diamond Platnumz, ni n’umukinnyi wa filime ukomeye muri iki gihugu. Wema avuga ko hari igihe cyageze ashaka kwiyahura
    http://dlvr.it/RfQpYj

  • Seif wa APR FC yasezeranye imbere y’amategeko na Belyse(AMAFOTO) #rwanda #RwOT

    Umukinnyi wa APR FC n’Amavubi Niyonzima Olivier Seif, yasezerenye imbere y’amategeko na Mushambokazi Belyse biyemeza kubana akaramata.

    Ni umuhango wabaye uyu munsi ku wa Gatatu tariki ya 26 Kanama 2020 aho wabereye mu murenge wa Remera mu karere ka Gasabo aho bahamije isezerano rya bo imbere y’amategeko, aho biyemeje ko igihe basigaje ku Isi bazakimarana.

    Nyuma yo gusezerana imbere y’amategeko biteganyijwe ko bazakora ubukwe tariki ya 6 Nzeri 2020 ari na bwo bazahamya isezerano rya bo imbere y’Imana.

    Mu kiganiro yagiranye n’ikinyamakuru ISIMBI mu minsi yashize, Seif yavuze ko impamvu yahisemo kubana na Belyse ari uko yasanze bahuje ibintu byinshi.

    Ati“Ni ibintu maze igihe kirekire ntekereza turabyumvikana, twumva ko ari ngombwa bigenda kuriya. Iyo ubanye n’umuntu ugenda umumenya ukamenya imico ye, rero nasanze duhuza hari ibyo yanyuganiramo mu buzima numva ko ntakabuza twazabana.”

    Ku Cyumweru tariki ya 8 Werurwe bari Quiet Haven Nyarutarama mu mujyi wa Kigali ni bwo Seif imbere y’inshuti n’abavandimwe yasabye Belyse bamaranye umwaka n’igice bakundana ko yazamubera umugore maze igihe asigaje ku Isi bakazakimarana. Seif yarahiriye kuzabana na Mushambokazi Belyse mu byiza n’ibibi Mushambokazi na we ati”ndabyemeye!” Akanyamuneza kari Kose Seif ati iyo usetse amasaro arasesekaaaaa!!! Bati none se ubu birarangiye cyangwa? Ate njye ubu nagu…
    http://dlvr.it/RfQpZS

  • La CIRGL organise une rencontre des Chefs de renseignement rwandais et burundais a la frontiere de Nemba #rwanda #RwOT

    Les deux Chefs de renseignement militaire rwandais (a gauche) et burundais (a droite) marchent cote a cote vers la salle de reunion. Le mediateur de la CIRG se met en retrait a gauche

    Une heureuse initiative de la CIRGL
    Le Rwanda était représenté par le Gén. Vincent Nyakarundi et le Burundi par le Col. Ernest Musaba. Le principal organisateur de la rencontre, l’EJVM, était représenté par le Col. Léon Mahoungou.

    D’entrée de jeu, le Col. Mahoungou a pris la parole pour déplorer le déficit sécuritaire constaté depuis 2015 le long de la frontière entre les deux pays avant d’inviter les deux parties à débattre en toute liberté et franchise sur les causes de cette situation précaire et de tenter des solutions.

    « Je vous annonce qu’au cours de la séance de débat, il n’y aura pas de limitation de durée de prise de parole. Néanmoins, je vous invite à la concision et précision dans vos débats », a tenu à préciser le colonel Mahoungou.

    Col Leon Mahoungou annonce le plan de travail de la rencontre

    Prenant la parole à son tour, le Gén. Vincent Nyakarundi a déploré l’opacité entretenue par la partie burundaise autour des incursions meurtrières sur le territoire rwandais venant du Burundi sont incontrôlées. Il a parlé de la présence de groupes anti rwandais des FLN/ CNRD (Forces Nationales de Libération- Conseil National pour le Renouveau et la Démocratie) dans la Réserve naturelle de la Kibira burundaise formant un prolongement de la Nyungwe rwandaise.

    Cette rencontre prépare-t-elle celle des Chefs d’Etat Major des deux armées ?

    « Je vous invite au débat franc », a dit Mahoungou suggérant que dans le canevas de la réunion, le premier exposé reviendra à la partie burundaise et qu’à la fin de la rencontre, « la partie rwandaise présentera des approches pour le règlement des défis constaté (et qu’elle sera) suivie par la partie burundaise… ».

    Une bonne méthodologie de travail dites-vous ? Oui en effet, à part que les questions à verser au débat sont de taille. Et chaque pays devra faire des concessions très pénibles pour renormaliser la situation.

    La partie burundaise sera-t-elle capable de revoir son plan qu’elle mijote serieusement depuis longtemps et pour lequel elle a invité sur son sol et en formation de bataille le long de la frontière rwando burundaise, beaucoup d’éléments FDLR/Forces Démocratiques de Libération du Rwanda ? A quel prix pourra-t-elle extirper ces éléments de ses bataillons militaires déployés le long de la frontière commune, certainement prêts à en découdre avec l’autre cote de la Kanyaru ?

    Et comment la partie rwandaise pourra-t-elle traiter les auteurs du putsch manqué de 2015 au Burundi à qui elle a donné asile et qui ne cogitent pas ?

    Une rencontre détendue

    On a vu les deux chefs des services de renseignement des deux pays causer entre eux sans gêne en présence du Médiateur de l’EJVM. Pourtant la tâche qui les attendait au cours des débats à huis clos doit avoir été énorme.

    Une causerie de bon gout entre les trois militaires Col Mahoungou (EJVM) a gauche, Gen. Nyakarundi (Rwanda) au Centre et Col. Musaba (Burundi) a droite. Une reunion qui s’annonce detendue !

    Une photo souvenir de la rencontre

    Jovin Ndayishimiye

    source https://fr.igihe.com/La-CIRGL-organise-une-rencontre-des-Chefs-de-renseignement-rwandais-et.html

  • Kenya To Open Night Clubs Despite Surge In Covid-19 Cases #rwanda #RwOT

    Kenya government on Wednesday said it was considering lifting a ban on night clubs as the demand to completely ease covid-19 restrictions gains momentum.

    President Uhuru Kenyatta has asked bar owners and the Health Ministry to jointly develop guidelines that would promote social distance and hygiene in the quest to strike a balance between promoting the hospitality industry and curbing the spread of Covid-19.

    “In the next 30 days, bar owners, in consultation with the Ministry of Health will develop self-regulating mechanisms as part of their civic responsibility to their clientele, in order to allow their resumption,” Uhuru said on Wednesday during a televised address.

    Kenya is the worst hit compared to its neighbours in the EAC regional bloc. So far the government has recorded 33,016 positive cases and 564 deaths. The alarming infections propelled the government last month to ban restaurants from selling alcohol to contain the virus.

    The East African economy shut down bars on March 25.

    President Uhuru has also extended a nationwide curfew for 30 days, saying covid-19 cases were rising in areas outside Nairobi and Mombasa — which were under lockdown for three months, adding that infections were slowing in the two cities.

    “This crisis has, however, begun to percolate to the counties. The new frontier of this invisible enemy is increasingly shifting to the counties and to our rural areas,” Uhuru said.

    The Kenyan leader ordered bars and nightclubs shut for another 30 days – but increased the number of people allowed to attend weddings, funerals and other events to 100 from 15.

    He however, allowed hotels with residence or room services to sell alcohol, a month after he banned restaurants from selling beers and spirits.

    In July, Tourism Cabinet Secretary Najib Balala gave lodges, hotels and resorts a go-ahead to sell alcohol to their checked-in clients inside their rooms and not in public areas within the facilities.

    source https://taarifa.rw/kenya-to-open-night-clubs-despite-surge-in-covid-19-cases/