Author: webrwanda
-
Nsabimana Callixte yasabye ko urubanza rwe ruhuzwa n'urwa Rusesabagina yita Sebuja #rwanda #RwOT
Nsabimana Callixte yasabye ko urubanza rwe ruhuzwa n'urwa Rusesabagina yita 'Sebuja'. -
COVID19: Urukingo ni rwo nkingi ikomeye izatuma ubukungu busubira ku murongo – Perezida Kagame #rwanda #RwOT
Perezida Kagame yagaragaje ko urukingo rwa COVID19 ari rwo nkingi ikomeye izatuma ubukungu busubira ku murongo. -
Covid-19: Igihombo Ku bagore bacururizaga mu isoko rya Gahanga. #rwanda #RwOT
Kugabanya amasaha yo gukora n’ay’ingendo muri rusange bitewe no kwirinda Covid-19 byagabanyije umuvuduko w’ubucuruzi muri rusange kuburyo bamwe mu bacuruzi bo mu mugi wa Kigali bataka igihombo, bakaba bavuga ko kuba abakiliya baragabanutse byatumye nabo batagicuruza uko bikwiye.
Madame Christine twamusanze muri Centre ya Gahanga mu Karere ka Kicukiro atubwira byinshi kuri byerekeye imibereho y’abagore bacuruza n’uburyo bagezweho n’igihombo biturutse kuri gahunda ya guma mu rugo. Ati 'Ubundi hano (…)– Ibikorwa

-
Kigali: Female small business owners affected by COVID-19 appeal for support #rwanda #RwOT
Antoinette Mukamusoni’s business was flourishing and expectations were so high until she heard that the market she was operating in was to be closed to mitigate the spread of COVID-19. She is one of hundreds of women who operated at one of the busiest markets located in Nyabugogo suburb in the area better known as Kwa Mutangana. The market was closed three weeks ago leaving with no option but to become a street vendor which is a risky business as it is illegal to sell products on the street. (…)
– Ibikorwa

-
Perezida Kagame yagaragaje uruhare rw'urubyiruko mu kuvugurura ubuhinzi muri Afurika #rwanda #RwOT
Perezida Kagame yagaragaje uruhare rw'urubyiruko mu kuvugurura ubuhinzi muri Afurika. -
Perezida Kagame asanga ubucuruzi hagati y’ibihugu bya Afurika bwatuma ikibazo cy’ibiribwa gikemuka #rwanda #RwOT
Perezida Kagame asanga ubucuruzi hagati y’ibihugu bya Afurika bwatuma ikibazo cy’ibiribwa gikemuka. -
Gupimisha COVID19 abitabira ibirori by'ubukwe, imbogamizi ku babutegura #rwanda #RwOT
Gupimisha COVID19 abitabira ibirori by'ubukwe, imbogamizi ku babutegura.Source : https://www.rba.co.rw/post/Gupimisha-COVID19-abitabira-ibirori-byubukwe-imbogamizi-ku-babutegura
-
I Muhanga hagiye kubakwa hoteli ihuriwe n’uturere 3 #rwanda #RwOT
I Muhanga hagiye kubakwa hoteli ihuriwemo n’uturere 3.Source : https://www.rba.co.rw/post/I-Muhanga-hagiye-kubakwa-hoteli-ihuriwemo-nuturere-3
-
Nyabihu: Iminara bemerewe na Perezida Kagame yabagezeho, itumanaho ryaroroshye #rwanda #RwOT
Bamwe mu baturage bo Karere ka Nyabihu barishimira ko iminara bemerewe na Perezida Kagame yabagezeho, kuri ubu itumanaho ryarorshye. -
Dore impamvu 5 zikomeye zituma abantu bahumiriza iyo bari gusomana #rwanda #RwOT
Gusomana ni umuco utari usanzwe mu Banyarwanda ariko uri kugenda ufata indi ntera. Hari ugusomana bifatwa nko gusuhuzanya bisanzwe no gusomana bigamije gushimishanya ari nabyo bimara umwanya ugereranyije no gusomana byo gusuhuzanya.
Akenshi abasomana bagamije gushimishanya iyo ubitegereza usanga bahumirije. Iyi nkuru iragaragaza impamvu eshanu zituma abantu bahumiriza iyo bari gusomana.
1. Kureka iminwa ikivugira
Ubusanzwe umunwa ni cyo gice cy'umubiri kidufasha mu kuvuga, uretse kuvuga ngo usohore amagambo mu rukundo hari amagambo atabasha kuvugika akenshi aba ari nk'ibyiyumviro umuntu yagira ariko atabasha kubona uburyo abigaragaza ugasanga mu gusomana n'umukunzi wawe nibwo buryo bwonyine wakoresha iminwa yawe mu kuvuga bimwe bikuri ku mutima.
2. Kugaragaza umunezero
Akenshi mu kugaragaza ibyishimo dufunga amaso ; hari abafunga amaso bishimiye indirimbo nziza bari kumva, hari ufunga amaso ari kuramya ahimbaza kandi ahimbawe, hari uryoherwa n'isengesho agahumiriza, iyo dusinziriye nawo ni umunezero dufunga amaso, turi kurya cyangwa tunywa ikintu kiryohereye abenshi turahumiriza.
No mu gusomana ababikora bombi baba banezerewe, bityo bagafunga amaso.
3. Ikimenyetso cy'icyizere
Nta mpamvu n'imwe uba ufite mu gukanura cyane iyo uri ahantu wizeye kandi ufite umutekano.
Nk'uko wakemera guhumiriza umuntu wizeye akagufata ukuboko akakuyobora cyangwa waba urwaye umuntu wizeye akakurandata ni nako iyo uri gusomana n'umukunzi wawe ufunga amaso nk'ikimenyetso cy'ikizere umufitiye, ibintu bigaragaza ko nta rwikekwe uriho.
4. Kwirinda kirogoya
Iyo ibice byose 5 by'ibyumviro bias n'ibifunze, niho ibindi bice by'ingenzi bitinzwa imbaraga zidasanzwe zo gukora cyane. Ibi wabihamirizwa cyane n'ababana n'ubumuga bwo kutabona cyangwa bwo kutumva.
Mu gihe cyo gusomana rero, gufunga amaso bituma wita cyane ku gikorwa urimo ndetse iminwa n'ibindi birebwa n'icyo gikorwa bigatizwa umurindi bityo icyo ari cyo cyose cyaza kukurogoye binyuze mu maso ukacyirinda ukarushaho kuryoherwa n'ibyo urimo.
5. Kwita cyane ku gikorwa urimo
Ibi bigaragaza ko utari kwinginga igikorwa urimo, ahubwo uwo uri gusoma nawe ari kugusoma niyo mpamvu byitwa gusomana atari ugusoma gusa. Bivuze ngo si igikorwa ngira cyangwa ngirira ahubwo ni igikorwa ngirana, gikorerwa hamwe.
Iyo uhumirije uri muri iki gikorwa bigufasha kuba ari cyo utekerezaho gusa ukaba ari nacyo witaho cyane gusa ndetse ukanaryoherwa n'urukundo kurushaho.
Niba wajyaga ukora ikosa ryo gusomana n'umukunzi wawe ufunguye amaso, itoze kubikosora uge ubikora ufunze amaso uzarushaho kwishimira icyo gikorwa birenze uko byajyaga bikugendekera.

Source : https://impanuro.rw/2020/09/17/dore-impamvu-5-zikomeye-zituma-abantu-bahumiriza-iyo-bari-gusomana/