Author: webrwanda
-
Ibitaro byitiriwe Umwami Faisal byatangije uburyo bufasha umubyeyi kubyara atababajwe n’ibise #rwanda #RwOT
Ibise, ni kimwe mu bintu byirahirwa n’umubyeyi wese, nk’igihe kibabaza cyane aho asabwa n’uburibwe bukomeye mbere yo kwibaruka. Ubwo bubabare butuma ababyeyi bamwe bagendera kure kubyara cyangwa bakabitinya, abandi bagahitamo ko babyara babazwe aho kubabazwa n’ibise. -
Barishimira ko ibikorwaremezo byangijwe n’ibiza muri Gicurasi biri gusanwa #rwanda #RwOT
Barishimira ko ibikorwaremezo byangijwe n’ibiza muri Gicurasi biri gusanwa.source https://www.rba.co.rw/post/Barishimira-ko-ibikorwaremezo-byangijwe-nibiza-muri-Gicurasi-biri-gusan
-
Dore ahantu 4 ushobora gukora ku mugore wawe cyangwa k' umukunzi wawe agahita aguha byihuse #rwanda #RwOT
Ubumenyi ngiro bwagiye bugaragaza kenshi ko abantu b'igitsinagore bose bari hagati y'imyaka 18 na 35 ngo urugingo rwabo rwose rw'umubiri wakoraho ruba rushobora gutuma bumva bifuje akabariro gusa hari ibice by'ingenzi bituma bafatwa vuba ari byo tugiye kubagezaho.
Nk'uko urubuga rwa Naij.com rubitanganza mu bushakashatsi rwakoze kuba bagore 30 bari hagati y'imyaka 18 na 35, bwerekanye ko urugingo rwose ubakozeho bahita bagira ubushake bwo gutera akabariro harimo ibi bikurikira:
_ Amabere
_Mu ntege
_Ku kibuno
_ Ku gitsina
Aho ho hakaba hihariye kuko byihutisha cyane ibyiyumviro bigatuma yumva ahise yifuza guhita atera akabariro.
Ubwo bushakashatsi bwakorwaga ngo barabafashe babaryamisha ahantu ubundi babapfuka ku maso maze ubushakashatsi bukorerwa ku bice bitandukanye by'umubiri.
Byagaragaye kandi ko imiterere n'ubworohe bw'umubiri w'abakobwa n'abagore bukururwa cyane no gukorwaho n'umubiri w'umugabo kurusha abo abagore bagenzi babo babaguyaguya kuko ngo abagiye bakorwaho n'abagore bitorohaga ko yumva ibyiyumviro bizamutse.
Niba rero w'ifuza gutegura umugore wawe uzajye wibanda ku bice twavuze haruguru ube ari byo ukoraho cyane gusa unamenye ko n'ikindi gice cyose wakoraho gishobora gutuma ashaka gutera akabariro.
-
German Virologist Warns Against New Covid-19 Situation #rwanda #RwOT
Germany is doing better than Spain or France â” yes, but only for the moment, warns virologist Christian Drosten. Some details are different in this country than in the southern countries, but this does not result in permanent corona protection.
Looking at the aggravated covid-19 situation in some other European countries, the virologist Christian Drosten has warned of a similar development in this country.
In view of the new infections currently reported in Germany, one has to be clear that 'if we superimpose the curves, we are a little behind Spain and France and England,' said the head of Charité Virology of the German Press Agency (dpa) in Berlin.
He emphasized 'that we shouldn't pretend that things are developing very differently for us. We don't do a lot of things very differently now '. 'There are a few details that may be different here than in southern Europe. Our households are often smaller, we have more one-person households, 'said Drosten.
The number of new corona infections had recently cracked the 10,000 mark in France. As the authorities announced on Thursday evening, 10,593 new infections were counted within one day â” the previous high on September 12 was slightly lower (10,561).
Infection numbers are skyrocketing again in much of the UK. In many places there is also a lack of tests, so the actual infection process can hardly be depicted at the moment. Each part of the country can decide on its own corona measures.
Spain is the country hardest hit by the corona pandemic in Western Europe. The marks of 600,000 infections and 30,000 fatalities had only been exceeded the day before. The situation in Madrid is of greatest concern, however. The autonomous region around the capital with its 6.6 million inhabitants accounted for almost 40 percent of all new cases on Tuesday with 1207 positive test results within 24 hours.
There are fewer multi-generation families in which the virus is spread very easily beyond the age limits, said Drosten. 'There are certainly differences. But otherwise Germany is not much different from these neighboring European countries. That is why we have to be very careful and watch very closely what happens now. '
The test frequency is extremely high in Germany â” but only since the decision to test returning travelers, said Drosten. 'This is a test frequency that we in Germany cannot hold out for much longer.' The basic test activity that was previously carried out in Germany and will soon be done again is not much higher than in other neighboring European countries. The core of infection monitoring is only slightly more pronounced in us than in other countries. 'That's why we have to take the numbers seriously.'
As Drosten explained, the number of cases in Germany over the summer was largely due to returnees from vacation who would not necessarily have passed the virus on to a large extent in this country. These infected people would rather give clues about the corona situation in the country of origin. 'What we are seeing at the moment is a reflection of what is going on in Germany in the form of virus cases.'
The Robert Koch Institute (RKI) in Berlin put the number of people infected with the coronavirus in Germany on Friday at 267,773 â” an increase from 1916 since the previous day. The Johns Hopkins University (JHU), based in the US city of Baltimore, reported 269,048 infected people. The RKI, which only takes into account the electronically transmitted figures from the federal states and updates its list once a day, registered 9378 deaths, seven more than the previous day. The JHU counted 9,376 dead. According to the RKI, the number of people recovered was around 238,700.
Source : https://taarifa.rw/german-virologist-warns-against-new-covid-19-situation/
-
Abamotari batangiye gusogongera ku byiza byo gukoresha mubazi #rwanda #RwOT
Nyuma y’Ukwezi kurenga abamotari batangiye gukoresha ikoranabuhanga rya mubazi mu kumenya amafaranga bari bwishyuze umugenzi bitewe n’uburebure bw’urugendo yakoze, baravuga ko basanze iri koranabuhanga ari ryiza ndetse ko ryatangiye kubahesha andi mahirwe arimo nko guhabwa inguzanyo n’ibigo by’imari zitandukanye no kubona moto bazishyura gahoro gahoro. -
Nzi gutekesha inkoko ubuki! Umunyamakuru Antoinette Niyongira yatangiye kwigisha guteka #rwanda #RwOT
Umunyamakuru Antoinette Niyongira yatangiye kwigisha abantu guteka, nyuma yo gusanga biri mu mpano afite kandi byafasha benshi. -
Indonesia: Abinangiye kwambara agapfukamunwa bari guhanishwa gucukura imva #rwanda #RwOT
Inzego z’ubuyobozi muri Indonesia ziri guhanisha amatsinda y’abantu banze kwambara agapfukamunwa ibihano birimo kubaryamishwa mu masanduku rubanda rukabajora ndetse no kubacukurisha imva zishyingurwamo abahitanwe n’iki cyorezo. -
APR FC yerekanye Tuyisenge Jacques nk’umukinnyi wayo mushya #rwanda #RwOT
APR FC yerekanye rutahizamu mpuzamahanga w’Umunyarwanda Tuyisenge Jaques wasinye amasezerano y’imyaka ibiri ishobora kongerwa. -
APR FC yerekanye ku mugaragaro rutahizamu Jacques Tuyisenge (AMAFOTO) #Rwanda #RwOT via @kigalitoday #rwanda #RwOT
Hashize iminsi rutahizamu Jacques Tuyisengeatandukanye n’ikipe ya Petro Atletico yari amazemo umwaka umwe, aho byahise bitangira kuvugwa ko yaba agiye guhita yerekeza mu ikipe ya APR FC.
Kuri uyu wa gatanu tariki 18/09/2020, ni bwo ikipe ya APR FC yemeje ko yamaze gusinyisha uyu mukinnyi, akaba yaneretswe itangazamakuru nyuma yo gusinya amasezerano y’imyaka ibiri.

Visi Perezida wa APR FC Maj Gen. Mubarakah Muganga, yashimiye itangazamakuru ko riri mu batumye batekereza kumusinyisha, aho ibiganiro byahise bitangira kandi bimara igihe gito
“Ibiganiro byamaze igihe gito ugereranyije n’uko byavuzwe, itangazamakuru riri mu batumye tuganira na Jacques Tuyisenge ndanarishimiye, twaraye dusinyanye nawe amasezerano y’imyaka ibiri ashobora kongerwa”
Jacques Tuyisenge wirinze kugira icyo avuga ku byatumye atandukana na Pterl Atletico y’i Luanda muri Angola, yavuze ko azi intego za APR FC uyu mwaka, akaba yiteguye gufasha iyi kipe kuzigeraho
Yagize ati “Icya mbere intego APR FC ifite muri uyu mwaka naganiriye n’abayobozi barazimbwira, ngomba gufatanye na bagenzi banjye kuzibagezaho,. APR ifite abakinnyi beza duhurira no mu ikipe y’igihugu, ndizera ko tuzabasha kubigeraho”

-
APR FC yerekanye Jacques Tuyisenge(AMAFOTO) #rwanda #RwOT
Mu gitondo cy’uyu munsi ku wa Gatanu tariki ya 18 Nzeri 2020, APR FC yerekanye rutahizamu Jacques Tuyisenge ugiye kuyifasha mu myaka ibiri iri imbere.
Ni umuhango wabereye ku biro by’iyi kipe Kimihurura uyu munsi saa 9h, wayobowe n’umuyobozi wungirije wa APR FC Maj Gen. Mubarakah Muganga, yasinye imyaka 2 muri iyi kipe y’ingabo z’igihugu yambara umukara n’umweru.
Ku mugoraba w’ejo hashize nibwo twabagejejeho inkuru y’uko Jacques Tuyisenge ari bwerekanwe muri APR FC uyu munsi.
Ni umukinnyi uje gufasha iyi kipe kwitwara neza mu mikino nyafurika ya CAF Champions League izitabira ndetse no kuyifasha muri shampiyona.Ntabwo higeze havugwa ibyo uyu musore yatanzweho, gusa amakuru avuga ko uyu rutahizamu yishyuwe ibihumbi 55 by’Amadorali, akazajya ahembwa amadorali 3500 ku kwezi.
Muri 2016 Jacques Tuyisenge yatandukanye na Police FC yerekeza muri Kenya mu ikipe ya Gor Mahia, yayikiniye imyaka 3 maze muri 2019 ahita yerekeza muri Angola mu ikipe ya Petro Atlético de Luanda batandukanye mu kwezi gushize akaba yasinyiye APR FC.
Yamaze kuba umukinnyi wa APR FCSource : http://isimbi.rw/siporo/article/apr-fc-yerekanye-jacques-tuyisenge