Bugenimana Liberee ucuruza inkweto mu isoko rya Muhanga avuga ko byamusabye guhindura imibereho y’urugo rwe kugira ngo ahangane n’ingaruka za COVID-19.
Uyu mubyeyi avuga ko yatangiye ubucuruzi muri Mutarama 2020, atangirana igishoro cy’ibihumbi 300 by’amafaranga y’u Rwanda.
Mu mezi make abanziriza COVID-19 yakozemo, yabashaga kwinjiza ku munsi, inyungu iri hagati y’ibihumbi 8 by’amafaranga y’u Rwanda n’ibihumbi 15 igihe byagenze neza.
Nyamara ngo COVID-19 ije, yatumye ubucuruzi buhagarara bajya (…)
– Ubuhamya
Leave a Reply