Atungwa n’ibiraka n’abagiraneza nyuma y’uko umugabo amutaye #rwanda #RwOT

Written by

in

Ingaruka za COVID-19 zageze kuri Mukamucyo Liberata w’imyaka 37 umaze amezi asaga ane umugabo amutaye mu nzu y’ubukode akamutana abana batandatu ndetse anatwite.
Ubusanzwe Mukamucyo n’umugabo we batuye mu karere ka Muhanga mu murenge wa Nyamabuye I Gifumba.
Bakaba bari batunzwe n’ubuzima bwo gukora ibiraka bitandukanye. Imirimo yakoraga ikababeshaho irimo guhingira abantu, ubuyede,kumesa n’indi.
Nyamara mu gihe cya COVID-19 iyo mirimo yaje kugenda ibura, bituma n’ubusanzwe umugabo we batari (…)

Ubuhamya

Source : http://agasaro.com/spip.php?article4371

Comments

Leave a Reply

Your email address will not be published. Required fields are marked *