Aho yaciye ntihaca urwango: Meddy Saleh wabyaranye na Shaddy Boo yamwibukije ko ari agacecuru ku isabukuru ye y’amavuko – YEGOB #rwanda #RwOT

Written by

in

Ku munsi w'ejo hashize nibwo Umunyamideli Mbabazi Shadia wamamaye nka Shaddy Boo yagize isabukuru y'amavuko.

Meddy Saleh, babyaranye abana babiri yamwifurije isabukuru nziza y'amavuko.

Aho yagize ati:' Umunsi mwiza w'amavuko gakecu. '

N'ubwo aba Bambi Meddy Saleh na Shaddyboo batandukanye gusa umubano wabo ukomeje kuba mwiza nk'uko bigaragarira abantu.Dore ko bakomeje kuba inshuti zidatanya kurera abana babyaranye.

Source : https://yegob.rw/aho-yaciye-ntihaca-urwango-meddy-saleh-wabyaranye-na-shaddy-boo-yamwibukije-ko-ari-agacecuru-ku-isabukuru-ye-yamavuko/

Comments

Leave a Reply

Your email address will not be published. Required fields are marked *