Babiryozwe: Guterwa mpaga kw’Amavubi byatumye FERWAFA isaba imbabazi abanyarwanda ndetse itangaza ibyemezo bikakaye byatangiye gufatwa – YEGOB #rwanda #RwOT

Written by

in

Ishyirahamwe ry'umupira w'amaguru mu Rwanda FERWAFA, yasabye imbabazi abanyarwanda nyuma y'amakosa yatumye ikipe y'igihugu Amavubi iterwa mpaga n'ikipe ya Bénin kubera ko bakinishije Muhire Kevin kandi atabyemerewe.

Mu butumwa FERWAFA yanyujije ku mbuga nkoranyambaga zayo zitandukanye, yavuze ko abatumye ibi biba bagiye gukurikiranwa maze babiryozwe. Dore ibyo batangaje.

Source : https://yegob.rw/babiryozwe-guterwa-mpaga-kwamavubi-byatumye-ferwafa-isaba-imbabazi-abanyarwanda-ndetse-itangaza-ikigiye-gukurikiraho/

Comments

Leave a Reply

Your email address will not be published. Required fields are marked *