Amakuru agezweho: APR Fc yabonye umuyobozi mushya – YEGOB #rwanda #RwOT

Written by

in

Uwayezu François Regis wigeze kuba Umunyamabanga mukuru wa FERWAFA yagizwe Vice Chairman wa APR FC asimbuye Brig Gen Bayingana Firmin woherejwe mu zindi nshingano umwaka ushize wa 2022.

Lt Col Richard Karasira ni we Chairman mushya wa APR FC asimbuye kuri uyu mwanya Umugaba Mukuru w'Ingabo, Lt Gen Mubarakh Muganga, wari uwumazeho imyaka itatu.

Source : https://yegob.rw/amakuru-agezweho-apr-fc-yabonye-umuyobozi-mushya/

Comments

Leave a Reply

Your email address will not be published. Required fields are marked *