Ubanza atungaho igahita yinjira! Diamond Platinumz ari kwitegura kwibaruka undi mwana agiye kubyarana n’umukunzi we – YEGOB #rwanda #RwOT

Written by

in

Umuhanzi w'icyamamare muri Tanzania, Diamond Platnumz yahishuye ko we n'umukunzi we bitegura kwibaruka.

Abinyujije ku rukuta rwe rwa Instagram ahazwi nko kuri 'Insta Stories', Diamond yavuze ko umukunzi we atwite ariko nta mazina yavuze. Mu byo yatangaje, asa nk'uwasezeye ku bakunzi be kugeza Mutarama 2024.

Diamond kandi yashimiye abakunzi be kuba barashyigikiye indirimbo ye 'My Baby' yemeza ko ikomeje kuyobora nyuma y'iminsi ibiri gusa isohotse.

Zuchu aherutse gusangiza abantu videwo kuri interineti aho yavugaga ko bishoboka ko yasama uyu mwaka. Biravugwa ko umwana Diamond yatangaje ko yitegura kwakira vuba ari uwe na Zuchu.

Source : https://yegob.rw/ubanza-atungaho-igahita-yinjira-diamond-platinumz-ari-kwitegura-kwibaruka-undi-mwana-agiye-kubyarana-numukunzi-we/

Comments

Leave a Reply

Your email address will not be published. Required fields are marked *